AMATEGEKOYUMUHANDA

You might also like

You are on page 1of 32

BIMWE MU BIBAZO N’IBISUBIZO BYABYO

BIREBANA N’AMATEGEKO Y’UMUHANDA

1. a) Igisate Igisate cy’umuhanda bivuga kimwe mu bice bigabanyije


cy’umuhanda umuhanda mu burebure bwawo gishobora kugaragazwa
bivuga iki ? n’umurongo umwe ukomeje cg ugizwe n’uduce
b) Kigaragazwa n’iki ? dukurikiranye.
2. Amategeko y’umuhanda yakorewe Amategeko y’umuhanda yakorewe uburyo bwo kugenda
iki,yerekeye bande ? mu nzira nyabagendwa, yerekeye abanyamaguru,
ibinyabiziga, inyamaswa z’ikurura,izikorera izo
bagendereraho kimwe n’amatungo.
3. Vuga ibintu bine(04) umuyobozi 1.Agomba kubanza kureba ko ntawatangiye
wese w’ikinyabiziga agomba kumunyuraho.
kubahiriza mbere yo kunyura ku 2.Agomba kureba kandi ko uwashaka kunyuraho
wundi ? atatangiye icyo gikorwa cyo kugira uwo anyuraho.
3.Agomba kureba ko imbere aho agana ko nta nkomyi
ihari mu muhanda.
4.Asubira iburyo bwe.
4. Vuga umuvuduko ntarengwa Uwo muvuduko ntugomba kurenza km 20/h
imodoka igenderaho igihe ikuruye
indi muri depannage ?
5. Amategeko y’umuhanda yakomotse Yakomotse mu Bubirigi ( Belgique)
he ?
6. Permis International yemejwe Yemejwe kuwa 8 Ugushyingo 1968 yemezwa i Viyeri
ryari ? hehe ? muri otriche.
7. Vuga ibintu bine by’ingenzi ubanza - Ubanza kureba imiterere y’ikinyabiziga
kuringaniriza umuvuduko kugirango - Ureba imiterere y’umuhanda
bitaba intandaro y’impanuka ? - Ureba imiterere y’ikirere
- Ureba ubwinshi bw’ibiri mu muhanda
8. a) Ni ubuhe burebure ibinyabiziga a) Ibinyabiziga biherekeranyije mu
biherekeranye mu butumwa butumwa bigomba gutonda uburebure bunga na
bigomba gutonda ? metero magana atanu( 500 m)
b) Hagati y’ikinyabiziga n’ikindi haba b) Hagati y’ikinyabiziga n’ikindi haba intera ya 30 m
intera ingana ite ? c) Hagati y’itsinda n’irindi haba intera ya 50 m
c) Hagati y’itsinda n’irindi haba d) Ikinyabiziga cy’imbere mubiherekeranyije mu
intera ingana ite ? butumwa kirangwa n’icyapa cy’umuhondo cyanditswemo
d) Ikinyabiziga cy’imbere inyuguti zitukura ngo ATTENTION CONVOI( ITONDERE
n’icy’inyuma mu biherekeranyije mu IBINYABIZIGA BIHEREKERANYIJE MU BUTUMWA)
butumwa birangwa n’iki ? ikinyabiziga cy’inyuma kikarangwa n’icyapa
cy’umuhondo cyanditswemo n’inyuguti zitukura ngo FIN
DE CONVOI ( IHEREZO RY’IBINYABIZIGA
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

BIHEREKERANYIJE MU BUTUMWA) aya magambo


agomba kuba asomerwa muri 100m.
9. Amategeko y’ibinyabiziga Ibinyabiziga bitayakurikiza n’ibinyabiziga by’abasirikare
biherekeranyije mu butumwa ni a) Mu nsisiro
ibihe binyabiziga bitagomba b) Kuva bwije kugeza bukeye
kuyakurikiza ? gih e ki ? c) Igihe igihu cyabuditse ukaba utareba muri 30 m
byibura.

10 Amafaranga atangwa na ba Ashyiwaho na Ministre w’ubucuruzi abisabwe na Ministre


nyir’ibinyabiziga ashyirwaho ushinzwe gutwara ibintu n’abantu.
n’itegeko rya nde igihe bigiye
gusuzumwa ?
11 Amategeko ntayegayezwa Ashyirwaho n’iteka rya Perezida wa Repubulika.
ashobora kumara igihe kirekire
ashyirwaho n’iteka rya nde ?
10. Inzego z’ibinyabiziga zigomba 1.Ibinyabiziga bikoreshwa na moteri bigenewe gutwara
isuzumwa miterere ni izihe ? abagenzi
2.Ibinyabiziga bikoreshwa na moteri bigenewe gutwara
imizigo(ibintu).
3.Ibinyabiziga bikoreshwa na moteri bigenewe
kwidagadura.
4.Ibinyabiziga bikoreshwa na moteri byigirwaho gutwara.
5.Ibindi binyabiziga.
11. a)Ni izihe nzego z’ibinyabiziga a)Izo nzego ni izi :
zigomba gusuzumwa kugira ngo 1. Ibinyabiziga bigenewe gutwara abantu muri
bihabwe icyemezo cy’uko rusange
bikomeye ? 2. Ibinyabiziga bigenewe gutwara ibintu birenze
b)Iryo suzumwa riba kangahe mu Toni eshatu n’igice.
mwaka mbere y’uko ikinyabiziga 3. Ibinyabiziga bigenewe ibigo byigisha gutwara.
gishyirwa mu muhanda ? b) Iryo suzumwa riba nyuma y’imyaka ibiri gitangiye
akazi.
12. Uburenganzira bushinzwe igenzura Uburengenzira butangwaa na Ministri ushinzwe gutwara
ry’imiterere y’ibinyabiziga butangwa ibintu n’abantu amaze kureba ko ibyangombwa byose ko
na nde ? Kubera iki ? bihagije.
13. Ikinyabiziga kiri mu igeragezwa Kitwa ko kiri mu igeregezwa, ikinyabiziga kigendeshwa
kitwa ko kiri mu igeragezwa ryari ? mu muhanda n’abagikoze, abagiteranyije, abashyiraho
Karosori, abakigurisha cyangwa abasannyi b’ikinyabiziga
bamaze kugiterenya cyangwa kugisana kugira ngo
basuzume imikorere myiza y’ikinyabiziga bakerekana
kugira ngo kigurishwe.
14. Izina ry’ingereka n’icumbi bya Iryo zina rigomba kwandikwa ku buryo bugaragara
nyir’ikinyabiziga bigomba imbere kandi ku ruhande rw’ibumoso bw’ikinyabiziga.

2-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

kwandikwa ku ruhe ruhande rwo Ibyo binyabiziga ni ibi bikurikira :


kubihe binyabiziga ? a)Ibinyabiziga bikoreshwa na moteri byikorera ibiro
birenze igihumbi kandi bidatwara abantu gusa.
b)Ibinyabiziga bikururwa.
c)Ibinyabiziga bisunikwa n’abantu.
d)Ibinyamitende bidasorerwa.
15. Werekanisha ibihe bimenyetso ko Ibyo bimenyetso ni Triangle(Mpandeshatu) no gucanira
uhagaze aho ushobora kubera amatara ndangacyerekezo icyarimwe cyangwa
abandi imbogamizi ku muhanda ? hagakoreshwa itara ritwarwa mu ntoki rimyasa cyangwa
risa n’umuhondo usa n’icunga rihishije.
16. Ibimenyetso by’inkomyi bigomba Ibimenyetso by’inkomyi bishyirwaho n’uwateje iyo
gushyirwaho na bande mu nzira nkomyi ariwe biturutseho, bigashyirwaho n’ubutegetsi
nyabagendwa ? bushinzwe inzira nyabagendwa iyo nkomyi itaturutse ku
muntu
17. Iyo uwateje inkomyi atabashije Bishyirwaho n’umutegetsi ushinzwe iby’umuhanda,
gushyiraho ibimenyetso by’inkomyi amafarnga yakoreshejwe muri iyo mirimo akishyurwa
bishyirwaho na nde ? n’uwananiwe gushyiraho ibimenyetso by’inkomyi.
18. Ibyapa bibuza bikurikizwa kuva he Ibyapa bibuza bikurikizwa kuva aho bishinze n’inkomane
kugera he? ikurikira ku ruhande rw’inzira bishinzeho cyangwa kuva
Bigira ayahe mabara ? ukikibona kugera no mu masangano akurikira.
19. Ibikoresho ngarura rumuri Ibyo bikoresho ngarura rumuri bishobora kugira ngo
bigaragaza inkombe zombi z’inzira bigaragaze inkengero z’inzira nyabagendwa, bigomba
nyabagendwa bigomba kugaragara kugaragaza iburyo umutuku cyangwa umuhondo usa
mu yahe mabara iburyo n’icunga rihishije naho ibumoso bikagaragazwa n’ibara
n’ibumoso ? ryera.
20. Utugarura rumuri tw’ibinyabiziga Utugarura rumuri turi ku ruhande rw’imbere
tw’imbere no mu mbavu ndetse rw’ikinyabiziga rugomba gusa n’umweru, utw’inyuma
n’inyuma tugomba gusa dute ? tugasa n’umutuku, naho utwo mu mbavu tugasa
n’umuhondo usa n’icunga rihishije.
21. Tanga ingero eshanu z’ibinyabiziga 1.Ibinyabiziga by’abapolisi
ndakumirwa ? 2.Ibinyabiziga by’ibizimya nkongi y’umuriro
3.Ibinyabiziga bitwara abategetsi
4.Ibinyabiziga bitwara abarwayi
5.Iibinyabiziga by’amabanki
N.B : Biba ndakumirwa igihe biri mu kazi.
22. Abayobozi b’amagare n’aba Vélo Aha banyura bambukiranya umuhanda haba haciye
Moteur bambukiranya umuhanda imirongo ibiri icagaguye igizwe na kare cyangwa
banyuze he ? ingirwamwashi by’ibara ryera.
23. Igisate cy’umuhanda gifite ubugari Cyagenewe agahanda k’amagare.
budahagije kigarukira ku mirongo
ibiri yera icagaguye ibangikanye
cyagenewe iki ?

3-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

24. Ibiraro byo mu Rwanda birimo Birimo amoko atatu :


amoko angahe ? a) Ibiraro bikoze mu biti
b) Ibiraro bikoze mu mabuye
c) Ibiraro bikoze mu byuma.
25. Ibiraro bikoze mu nginga z’ibiti Ubwo buremere nti bugomba kurenza Toni umunani
uburemere ntarengwa bugomba
kubinyuzwaho bungana iki ?
26. Ibinyabiziga byigirwaho gutwara Ibinyabiziga byigirwaho gutwarabirangwa n’inyuguti ya
birangwa n’ibihe bimenyetso ? « L » yera yanditse mu buso bw’ubururu ifite uburebure
bwa 15cm cyangwa bikarangwa n’icyapa cy’umeru
cyanditswemo « AUTO-ECOLE » mu nyuguti z’umukara.
27. Umusozo w’ibyapa bishinze ku Ntu shobora kuba mu nsi ya m1,50 cyangwa kujya
mihanda uretse ibyapa hejuru ya m2,10 uhereye ku butaka
by’agateganyo ugomba kureshya
ute ?
28. Umuyobozi w’ikinyabiziga akurikiza Akurikiza ibyapa bishinze iburyo bwe.
ibyapa bishinze ku ruhe ruhande
rw’inzira nyabagendwa ?
29. Ni ryari umunyamaguru yemererwa Ni igihe nta nkengero y’umuhanda iringaniye ihari
kunyura ku kayira k’abanyamagare cyangga idashobora kugendwamo.
cyangwa mu muhanda ?
30. Permis zirimo amoko angahe ? Zirimo amoko atatu :
1. Permis Provisoire
2. Permis National
3. Permis International.
31. Ni muyihe mihanda byemewe Ni igihe umuhanda ufite ibisate byinshi bibiri bijya mu
kugenda imodoka ibangikanye cyerekezo kimwe no mu muhanda w’icyerekezo kimwe
n’indi ? (Sens Unique) ufite ibisate (byinshi) bibiri.
32. Iyo ubugali bw’umuhanda Iyo ubugali bw’umuhanda budahagije kugirango ibisikana
budahagije kugira ngo ibisikana ryorohe, abayobozi bategetswe kwegera impande
ryorohe abayobozi bakora iki ? z’abanyamaguru ariko bigakorwa ku buryo bidateza
impanuka abagenzi bazirimo.
33. Mu mihanda yo mu misozi no Umuyobozi w’ikinyabiziga kimanuka agomba gushyira ku
muzindi nzira nyabagendwa ruhande ikinyabiziga atwaye kugira ngo areke
zicuramye cyane cyane aho ikinyabiziga cyose kimanuka gitambuke keretse iyo hari
ibisikana ridashoboka cyangwa ubwikingo ibinyabiziga bishobora guhagararamo uwo
riruhije aayobozi bakora iki ? mwanya ukaba uteye neza kuburyo hakurijwe
umuvuduko naho ibinyabiziga biri ikinyabiziga kizamuka
kikaba cyabujyamo.
34. Iyo byanze bikunze kimwe mu Abagomba gusubira inyuma ni :
binyabiziga bigiye kubisikana 1. Abatwaye ibinyabiziga bidakomatanye bahuye
kigomba gusubira inyuma n’abatwaye ibikomatanye.

4-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

abayobozi bagomba gusubira 2. Abatwaye ibinyabiziga bito bahuye n’abatwaye


inyuma ni bande ? ibinini
3. Abatwaye ibinyabiziga bitwara abantu bahuye
n’abatwaye ibyikoreye imizigo
35. Iyo ibinyabiziga bigomba kubisikana Ni umuyobozi w’ikinyabiziga kimanuka keretse iyo
ari ibyo mu rwego rumwe ni nde bigaragara neza ko gusubira inyuma byoroheye
ugomba gusubira inyuma ? kurushaho uzamuka.
36. Ni ryari guhagarara akanya gato no a) Mu muhanda rubisikanirwamo (Igihe hagati y’ibyo
guhagarara akanya kanini bibujijwe binyabiziga hasigara m6).
mu ruhande ruteganye n’urw’ikindi b) Mu muhanda w’ikerekezo kimwe (Igihe hagati y’ibyo
kinyabiziga gihagazemo ? binyabiziga hasigara m3).
37. Uretse amategeko yihariye Ugomba kuba m 5 igihe ari mu nsinsiro na m 20 igihe
akurikizwa muri ako karere, atari mu nsinsiro.
umwanya usigara hagati
y’ibinyabiziga bibiri bihagaze
umwanya munini ku ruhande rumwe
rw’umuhanda ubisikanirwamo kandi
utma hahita ibinyabiziga bibiri gusa
ugomba kuba metero zingahe ?
38. Iyo umurongo mugari wera ukomeje Uwo muromgo udacagaguye ushobora gucibwa ku
ushushanyije ku nkengero nkombe nyayo y’umuhanda n’umusezero w’inzira
z’umuhanda uvuga iki ? Art 110/7. y’abanyamaguru cg w’inkengero y’umuhanda yegutse
kugirango biboneke kuburo burushijeho kandi igice kiri
hakurya y’uwo murongo kigenewe guhagararwamo
umwanya muto n’umwanya munini.
39. Umurongo ugizwe na mpande Uwo murongo umenyesha aho abayobozi bagomba
eshatu nyampanga zifite amasonga guhagarara akanya gato iyo bishoboka kugirango
yerekeje imitwe yayo aho abayobozi batange inzira.
b’ibinyabiziga baturuka umenyesha
iki ? Art 111/2.
40. Umurongo w’umuhondo ucagaguye Uvuga ko ari umusezero w’inzira y’abanyamaguru cg
uciye ku nkombe nyayo w’inkengero y’umuhanda yegutse bakavuga ko
y’umuhanda uvuga iki ? Art 110/7. uguhagarara umwanya munini bibujijwe kuri uwo
muhanda kuburebure bw’uwo murongo.
41. Umurongo ukomeje n’umurongo a) Umurongo udacagaguye ugizwe n’imitemeri y’ibara
ucagaguye igizwe n’imitemeri cg ryera cg risa n’icyuma iri mu ntera ngufi igenda ingana
imisumari itandukanywa n’iki igihe hagati yayo.
isimbura imirongo irombereje mu
bimenyetso by’agateganyo ? b) Umurongo ucagaguye ugizwe n’imitemeri y’ibara ryera
cg isa n’icyuma ishyizweho mu dutsiko muri two
imisumari igashyirwa mu ntera ngufi igenda ingana
hagati yayo,utwo dutsiko twose natwo ubwatwo tukaba
dutandukanijwe n’intera isumbaho.

5-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

42. Ibimenyetso by’agateganyo bigizwe Ibimenyetso by’agateganyo bigizwe n’imitemeri y’ibara


n’iki ? Art 110/12. risa n’icunga rihishije bishobora gusimbura imirongo
yera irombereje idacagaguye n’icagaguye kandi
ibimenyetso by’agateganyo birusha agaciro ibyapa
byose,bikabanzirizwa n’umukozi ubifitiye ububasha .
43. Umurongo mugari wera Uwo murongo werekana aho abayobozi bagomba
udacagaguye uciye k’uburyo guhagarara akanya gato gategetswe.
bugororotse ku nkengero
y’umuhanda werekana iki?
44. Intangiriro n’iherezo by’aho abantu Hashobora kugaragazwa n’umurongo wera
bahagarara umwanya munini udacagaguye wambukiranya umuhanda .
bishobora kugaragazwa n’uwuhe
murongo . Art 110/9.
45. Uturanga cyerekezo,dutoranya Utwo turanga cyerekezo twerekana igisate cy’umuhanda
tw’ibara ryera dushobora gushyirwa abayobozi bagomba gukurikira kugirango bagane mu
hafi y’amasangano twerekana iki ? cyerekezo kerekanwa n’utwo turanga cyerekezo.
Art 112/1.
46. Ibyandikishijwe ibara ryera mu Bishobora kuzuza ibyerekanwa n’ibyapa.
muhanda bishobora kuzuza iki mu
muhanda ? Art 112/3
47. Imyanya y’aho ibinyabiziga bibujijwe Bishobora kugaragazwa k’ubutaka n’imirongo iberamye
cg bitegekwa kunyura mu iteganye yera ifite ubugari buri hagati ya cm 10 na cm 15
cyerekezo iki n’iki bishobora kandi itandukanijwe kuva kuri cm 20 kugeza kuri cm 30.
kugaragazwa n’iki kubutaka. Art
112/7
48. Ibimenyetso birombereje birimo Ibimenyetso birombereje birimo ibyiciro bitatu(3).
ibyiciro bingahe ? Bivuge Art 109/1. 1. Umurongo udacagaguye
2. Umurongo ucagaguye
3. Umurongo udacagaguye n’umurongo ucagaguye
ibangikanye.
49. Umurongo udacagaguye ariwo Umurongo wera udacagaguye uvuga ko umuyobozi
ukomeje uvuga iki ? wese abujijwe kuwurenga kandi birabujijwe kugendera
ibumoso bw’umurongo wera udacagaguye iyo mirongo
itandukanya ibyerekezo byombi by’umuhanda.
50. Umurongo ucagaguye uvuga iki ? Umurongo ucagaguye uvuga ko buri muyobozi abujijwe
Sobanura. kuwurenga keretse mu gihe agomba kunyura ku kindi
kinyabiziga,gukatira ibumoso,guhindukira cg kujya mu
kindi gice cy’umuhanda.
51. Iyo umurongo udacagaguye Iyo iyo mirongo ibangikanye ukurikiza urushijeho ku
ubangikanye n’umurongo kwegera.
ucagaguye ukurikiza uwuhe ? Art
110/4

6-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

52. Iyo uduce tw’umurongo ucagaguye Iyo utwo duce twegeranye kandi ari tugufi bisobanura ko
ari tugufi kandi twegeranye umurongo ukomeje wegereje.
bisobanura iki ? Art 110/3
53. Iyo wageze k’umurongo ukomeje Ikibikubwira n’uko ubona uduce tw’umurongo turushijeho
ubwirwa n’iki ko ugiye kugera kwegerana.
k’umurongo ucagaguye ?
54. Ni ikihe gisate cy’umuhanda Icyo gisate ni icy’ibumoso bwe.
umuyobozi w’ikinyabiziga abujijwe
kunyuramo igihe umuhanda
ugenderwamo mu byerekezo
byombi ?
55. Ibimenyetso bigenga uburyo bwo Birimo ibyiciro bitatu ari byo ibi :
kugenda mu muhanda birimo 1. Ibimenyetso bimurika( by’umuriro)
ibyiciro bingahe ? Bivuge. 2. Ibyapa bishinze mu muhanda
3. Ibimenyetso birombereje.
56. Buri kinyabiziga kigendeshwa na Kigomba kugira ibyuma biyobora bikomeye bituma
moteri kigomba kuba kimeze gite ? umuyobozi akata ikinyabiziga cye mu buryo
bworoshye,bwihuse kandi bwizewe.
57. Buri modoka yagenewe gutwara Abagomba kuyambara n’umuyobozi n’umugenzi bicaye
abantu ariko umubare wabo ku ntebe y’imbere. Ibiranga imikandara yo kurinda ibyago
ntarengwa ukaba munsi ya bigenwa na Minisitiri ushinzwe gutwara abantu n’ibintu.
batandatu habariwemo umuyobozi
bifite imikandara yo kurinda
impanuka ni bande bayambara ?
58. ikinyabiziga kigendeshwa na moteri Ugiha uburenganzira ni Minisitiri ushinzwe gutwara
kirimo ibyuma ntamenwa gituma abantu n’ibintu cg umuhagarariye.
gikoreshwa mu gutera cg kwitabara
gihabwa na nde uburenganzira bwo
kugenda mu nzira nyabagendwa ?
art 88/7.
59. Ni ibiki bibujijwe kongerwa ku Ibibujijwe ni ukongeraho imitako cg ibindi bifite imigongo
mpande z’ikinyabiziga kigendeshwa cg ibirenga k’umubyimba,bitari ngombwa kandi
na moteri cg velo moteri ? bishobora gutera ibyago abandi bagendera mu nzira
nyabagendwa.
60. Ni ryari umuyobozi w’ikinyabiziga Nta narimwe byemewe kugenda wazimije moteri cg
ashobora kuzimya moteri wakuyemo na vitessi keretse igihe ikinyabiziga gikuruwe
akavanamo vitesse igihe agenda n’ikindi kijyanywe mi igaraje.
ahamanuka ?
61. Amatara y’utugarurarumuri agomba Bigomba gushyirwaho kuburyo nta gice na kimwe
gushyirwa kubinyabiziga kubuhe cy’ikinyabiziga cg cy’imizigo cyabangamira ibonesha
buryo ? Art 75/1 ryayo.

7-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

62. Amatara maremare n’amagufi Ashobora gushyirwa mu kirahure kimwe kimurika imbere
ashobora gushyirwa ate ku y’imodoka urumuri rwera cg rw’umuhondo rudahuma
kinyabiziga ? amaso.
63. Itara rishyirwa ku bihe binyabiziga ? Bishyirwa ku binyabiziga bifite ingufu za moteri zirengeje
cm3

64. Itara ndanganyuma rigomba Rishyirwa ahegereye inguni y’ibumoso y’ikinyabuziga


gushyirwa hehe ku kinyabiziga ? inyuma.

65. Amatara ndangaburumbarare Ashyirwa ku binyabiziga birengeje m2 na cm 10.


ashyirwa ku bihe binyabiziga ?

66. Amatara ndanga yera cyangwa Agaragarira muri 300 m ariko kuri velo moteri
y’umuhondo ari imbere n’ibinyamitende ni kuri 100 m.
y’ikinyabiziga n’amatara ndanga
atukura ari inyuma y’ikinyabiziga,
agomba ariko kuba adahumye
cyangwa ngo atere imbogamizi
abandi bayobozi, agaragarira muri
metero zingahe iyo ari nijoro igihe
ijuru rikeye?
67. Utugarurarumuri iyo tumuritsweho Tugomba kugaragarira muri metero 150.
tugaragarira muri metero zingahe ?
68. Utugarurarumuri tw’inyuma ya za Tugomba gusa n’igishushanyo cya mpandeshatu
remorque tugomba kuba duteye zingana zifite kuva kuri 15 cm kugera kuri 20 cm, kandi
dute ? art 77/D rimwe mu masonga yayo ureba hejuru iruhande
biteganye rwo rutambitse
69. Ni izihe remorque zishyirwaho Ni remorque zifite ubugari butarenga 80 cm.
akagarurarumuri kamwe ?
70. Umurongo w’inyuma w’igice Ugomba kuba ahatarenga 40 cm ku mpande z’ubugari
kimurika w’igice cy’amatara ntarengwa bw’ikinyabiziga.
ndangambere na ndanganyuma
kimwe n’icy’utugarurarumuri
tw’imbere n’utw’inyuma ugomba
kuba ahareshya gute ? art 77/3
71. Ahari hejuru cyane y’ubuso Hagomba kuba hatarenze m1,90 hejuru y’ubutaka iyo
bumurika h’amatara ndangambere ikinyabiziga kidapakiye.
na ndanda nyuma hagomba
kungana hate ?
72. Amatara yo guhagarara umwanya Agomba kohereza imbere urumuri rwera, inyuma
munini agomba kohereza imbere urutukura.
n’inyuma urumuri rusa rute ?

8-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

73. Amatara mareremare y’ibara ryera Agomba kumurika mu ntera ya m100, iyo ntera ikaba
cyangwa ry’umuhondo agomba m75 ku binyabiziga bifite moteur itarengeje ingufu zigera
nijoro igihe ijuru rikeye kumurika ku kuri cm3 125
ntera ingana iki ? Art 78/1
74. Amatara ndanga burumbarare Agomba kubonwa nibura ku ntera ya 200 m.
agomba kubonwa nijoro igihe ijuru
rikeye ku ntera ya metero
zingahe ?
75. Amatara magufi yo kubisikana Amatara agomba kugaragarira muri m40 imbere
y’ibara ryera cyangwa ry’umuhondo y’ikinyabiziga iyo ntera ikangana na m15 ku binyabiziga
yo agomba kugaragarira muri bifite moteur itarengeje ingufu zigera kuri cm3 125.
metero zingahe ?Art 78/2
76. Amatara yo gusubira inyuma Agomba kugaragarira muri 20 m mu rumuri rwera
agaragarira muri metero zingahe ? cyangwa rw’umuhondo.
Kandi asa ate ?
77. Itara ryo guhagarara ry’ibara Rigomba kugaragarira nijoro igihe ijuru rikeye mu nte ya
ritukura ridahumishwa rigomba 150 m no ku manywa muri 20 m.
kugaragarira muri metero zingahe
ku manywa na nijoro igihe ijoro
rikeye ?
78. Iyo itara ryo guhagarara riri hamwe Ubibwirwa n’uko urumuri rurushaho kwiyongera
n’itara ndanganyuma cyangwa kubonesha cyane kurusha iyo rifatanye naryo.
rifatanye naryo uribwirwa n’iki
ukurikije urumuri rwayo ? Art 79/1
79. Iyo ikinyabiziga gifite itara rimwe ryo Iryo tara rigomba gushyirwa mu murongo ugabanyijemo
guhagarara iryo tara rigomba ikinyabiziga kabiri ku buryo bungana mu burebure
gushyirwa he ku kinyaiziga ? Art bwacyo cyangwa hagati y’uwo murongo n’impembe
79/3 y’ibumoso y’ubugali ntarengwa bw’ikinyabiziga.
80. Itara ryo guhagarara ricanwa ryari ? Iryo tara ricanwa iyo hakoreshejwe feri y’urugendo.
Art 79/4

81. Amatara ndanga cyerekezo Agomba kuba agizwe n’ibintu bifashe ku rumuri rumyasa,
agomba kuba agizwe n’ibiki ? Art biringaniye ku buryo bigira umubare utari igiharwe ku
80/1 mpande z’imbere n’inyuma z’ikinyabiziga. Amatara
y’imbere akaba yera cyangwa umuhondo, ay’inyuma
akaba atukura cyangwa asa n’icunga rihishije.
82. Amatara ndanga cyerekezo Aho amatara ndanga cyerekezo ashyirwa hagomba kuba
agomba gushyirwa ahameze hate ? hateye ku buryo icyerekezo cyerekanwa n’ayo matara
Art 80/2 bibonwa ku manywa, nijoro habaa imbere n’inyuma
h’ikinyabiziga n’abagenzi bakeneye kumenya imigendere
y’ikinyabiziga.

9-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

83. Amatara ndanga cyerekezo Agomba kugaragarira muri 50 m nijoro no


agomba kugaragarira muri metero kumanywa muri 20 m .
zingahe ijuru rikeye ? Art 80/3
84. Imikorere y’imyasa ku matara Imikorere y’imyasa igomba kuba kuba inshuro 90 mu
ndanga cyerekezo riba mu gihe munota umwe ariko hashobora kwiyongeraho cyanwa
kingana gite ? Art 80/5 kugabanukaho inshuro z’imyasa 30.
85. Itara ribonesha icyapa kiranga nº Iryo tara rigira urumuri rwera kandi izo nº zisomerwa muri
y’ikinyabiziga rigira urumuri rusa 20 m inyuma y’ikinyabiziga iyo gihagaze.
rute ? kandi rusomerwa muri metero
zingahe igihe ikinyabiziga
gihagaze ? Art 81/1
86. Ibirahurebyoguhagarika umuyaga Ibyo birahure bigomba kuba bikoze mu bintu bibonerana
kukinyabiziga bigomba kuba bikoze bidacuya bikaba bikoze ku buryo bidahindura isura
bite ku kinyabiziga ? Art 81/2 y’ibireberwamo, kandi mu gihe bimenetse umuyobozi
agakomeza kubona bihagije inzira nyabagendwa.
87. Ibinyabiziga bigendeshwa na Bigomba kuba bikozwe ku buryo bitagenda bimena
moteur na vélo Moteur bigomba bidasanzwe amavuta, binavubura ibyotsi bicumba
kuba bikozwe bite ? Art 86/1 umwotsi igihe moteur yakijwe kandi bitabangamiye
rubanda cyangwa ngo bitere ubwoba inyamaswa kubera
urusaku.
88. Ni ibiki bibujijwe ku bijyanye Birabujijwe gukoresha impombo yohereza imyotsi igihe
n’impombo yohereza imyotsi ? idafite akagabanya rusaku kandi mu nsisiro birabujijwe
kuyisakurisha igihe imodoka ihagaze yaka.
89. Impombo yohereza imyotsi igomba Isonga ry’impombo yohereeza imyotsi rigomba
gushyirwa ku ruhe ruhande kwerekezwa ibumoso bw’ibinyabiziga.
rw’ikinyabiziga ? Art 86/2
90. Ibiziga by’ibinyabiziga bigendeshwa Bigomba kuba byambaye inziga zihagwa zifite amano
na moteur n’ibya vélo moteur kimwe n’ubujyakuzimu butari munsi ya 1 mm ku migongo yabyo
n’ibya Remorque zabyo bigomba yose n’ubudodo bwabyo ntibugira ahantu na hamwe
kuba biteye bite ? Art 87/1 bugaragara kandi ntibigire aho byacitse bikomeye mu
mpande zabyo.
91. Umuyobozi w’ikinyabiziga cyangwa Agomba kuba yicaye ku ntebe ya 55 cm, abandi bagenzi
w’ikinyamitende 3 cyangwa 4 bifite bo ni 40 cm.
moteur agomba kugira aho yicara
hafite ubugari butari mu nsi ya cm
zingahe ?
92. Umubare ntarengwa w’inyamaswa Umubare w’inyamaswa ntushobora kurenga 4
zikurura ikinyabiziga ugomba zikurikiranye na 3 zibangikamye.
kureshya gute mu nzira
nyabagendwa mu kubangikana
cyangwa mu gukurikirana aribyo mu
burebure no mu bugali ? Art 51

10-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

93. Ni gihe ki imizigo igizwe Ni igihe ikinyabiziga kijya ahatarenze 25 km kuva aho
n’ibinyampeke, ikawa idatonoye, ikinyabiziga cyapakiriwe.
ibishara, ibishami cyangwa ubwatsi
bw’amatungo uretse amapaki
afunze ishobora kugira ubugali bwa
3 m aho kuba 2,75 m ? Art 6/6
94. Ni ibihe binyabiziga bitari ngombwa Ibyo binyabiziga ni amagare na vélo moteur n’amapikipiki
kurangirwa kure n’ibimenyetso adafite akanyabiziga ko ku ruhande.
byabugenewe kugira ngo biburire
hakiri kare abandi bagenzi baza
babigana mu gihe cyose byaba
bihagaritswe ahantu bibujijwe ?
95. Ijambo inzira y’ibinyabiziga bivuga Bivuga umuhanda n’inzira ziwukikije.
iki ?

96. Inzira y’ibinyabiziga igizwe n’ibihe Igizwe n’umuhanda n’inzira ziwukikije.


bice nyabagendwa ?

97. Umwanya ugomba gusigara hagati Uwo mwanya ugomba kuba umwanya uhagije.
y’ikinyabiziga n’ikindi ugomba
kungana iki cyaba kikoreye
cyangwa kitikoreye ?
98. Kuki umuyobozi w’ikinyabiziga Impamvu ni ukugirango uw’imbere nafata feri uw’inyuma
gikurikiye ibindi agomba gusiga adahita amugonga cyangwa kugira ngo uw’inyuma na
umwanya uhagije hagati ye n’undi ? depasa uw’imbere abone uko asubira iburyo bwe mu
bwikingo.
99. Ijambo akayira bivuga iki ? Ijambo akayira bivuga inzira nyabagendwa ifunganye
ariko ikaba igenewe kunyuramo ibinyabiziga bigendera
ku biziga bibiri n’abanyamaguru.
100.Ijambo inzira y’ubutaka bivuga iki ? Ijambo inzira y’ubutaka bivuga inzira nyabagendwa
yagutse kurusha akayira ariko ubusanzwe ikaba
itaragenewe kunyuramo ibinyabiziga bibiri.
101.Ijambo remorque ntoya ( remorque Bivuga remorque iyo ariyo yose itarengeje ibiro 750 kg.
leger) bivuga iki ?
102.Ijambo remorque nini bivuga iki ? Bivuga remorque iyo ariyo yose irengeje ibiro 750 kg

103.Abana babujijwe kwicara ku ntebe Ni abatagejeje imyaka 12.


y’imbere iyo bindi byicaro ni
ab’imyaka ingahe ?
104.Vuga uko imyaka y’abayobozi c) imyaka 12 ayobora amatungo
bayobora mu nzira nyabagendwa d) imyaka 14 ayobora inyamaswa
ikurikirana n’inzego zabo e) imyaka 15 ayobora igare ridahetse

11-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

f) imyaka 17 ayobora igare na velo moteri


bihetse
g) imyaka 18 ayobora ibinyabiziga byo mu
rwego A na B
h) imyaka 20 ayobora ibinyabiziga byo mu
rwego C, D, E na F
105.Ku muhanda hari ibyapa Ugomba gukurikiza iby’umupolisi, iyo adahari ibwo
bishushanyijemo, ibishinzemo, ukurikiza iby’umuriro (feu tricole).
iby’imiriro bikora n’iby’umupolisi,
ukurikiza ibihe ?
106.Iyo bibaye ngombwa ko amatungo a) umukumbi ugomba kuba ugizwe
ayobowe mu nzira nyabagendwa n’amatungo 10
acibwamo imikumbi kubera ubwinsi b) hagati y’umukumbi n’undi hagomba
bwayo : kuba harimo intera ya 20 m
i) buri mukumbi
ugomba kuba ugize
n’amatungo
angahe ?
j) hagati ya buri
mukumbi n’undi
hagomba kuba
harimo intera
ingana ite ?
107.Ijambo amatara ndangambere Bivuga amatara y’ikinyabiziga akiranga kandi
bivuga iki ? akagaragaza ubugari bwacyo burebewe imbere.
108.Ijambo amatara ndanganyuma Bivuga amatara y’ikinyabiziga akiranga kandi
bivuga iki ? akagaragaza ubugari bwacyo burebewe inyuma.
109.Ijambo akagarurarumuri bivuga iki ? Bivuga akantu karabagirana kagarura imirasire y’urumuri
inyuma ku kintu kiyohereje.
110.Ijambo ubuso bubonesha buvuga Ku byerekeye amatara bivuga ubuso busohokana
iki ?Buboneka he ? urumuri naho k’utugarurarumuri ikavuga ubuso
burabagiranamo urumuri.

111.Ufiite uruhushya rw’agateganyo Yemerewe gutwara ibinyabiziga byose ariko mugihe ari
yemerewe gutwara mu nzira kumwe n’umwigisha ufite uruhushya rwemewe rw’icyo
nyabagendwa ibihe binyabiziga ? kinyabiziga atwaye.
112.Vuga ibintu bitanu bikunze guteza Ibyo bintu bitanu ni ibi :
impanuka ? 1.Umuvuduko mwinshi
2.Ubusinzi
3.Uburangare
4.Ubuswa ( Ubujiji )

12-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

5.Gupakira nabi imizigo

113.Tanga ingero eshatu z’ibyapa Izo ngero ni izi : UN, CD, IT.
biranga ibinyabiziga
by’abanyamahanga bizwiho
ubudahangarwa bakorera mu
Rwanda ?
114.Vuga ibintu bine bitangwa 1.Itariki cyakoreweho
nuwakoze ikinyabiziga cyangwa 2.Izina ry’uwagikoze
uwagicuruje byemeza ko ari 3.Ingeri y’ikinyabiziga
gishya ? 4.Ubwoko bw’ikinyabiziga.
115.Ijambo ikinyamitende ni iki ? Ikinyamitende bivuga ikinyabiziga cyose nk’igare
ry’ikiziga kimwe, ry’ibiziga bibiri, ry’ibiziga bitatu
cyanagwa bine nko kuba gikoresha ibirenge cyangwa
intoki.
116.Ijambo inkomane ni iki ? Inkomane bivuga aho imihanda ihurira, aho umuhanda
wisukira mu wundi mbese mu maharakubiri y’inzira
nyabagendwa.
117.Ijambo imburira ni iki ? Zikoreshwa Imburira ni amatara magufi n’amaremare watsa
ryari ? uyazimya igihe cya n’ijoro mu cyimbo cy’ihoni. Ariko ku
manywa imburira ni ihoni.
118.a) Ninde ushyiraho ibimenyetso a) Ushyiraho ibyo bimenyetso ni ugiye gukora imirimo
byerekana imirimo ikorerwa mu mu nzira nyabagendwa.
nzira nyabagendwa ? Art 113 b) Ubivanaho ni uwakoraga imirimo mu nzira
Bivanwaho ryari, nande ? nyabagendwa igihe ayirangije.

119.Ni gihe ki umuyobozi w’ikinyabiziga Nta narimwe byemewe.


ufite permis yo murwego rwa « B »
agomba gutwara Minubus ?
120.Uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga Rwerekeye urwego cyangwa inzego z’ikinyabiziga
rwerekeye iki ? rwatangiwe.
121.Iyo ibinyabiziga byageze muri Ugira priolrité ni uwageze muri Rond- point.
Rond-point n’ibigiye kwinjiramo
nibihe bigira uburenganzira (
Priorité ) mbere y’ibindi ?
122.Iyo bidashoboka kubahirizwa kandi Umuyobozi w’ikinyabiziga akikira inkomyi asize
umunyamaguru akaba anyura hafi umwanya wa 1m kandi akagendera ku ntambwe
y’inkomyi umuyobozi akora iki ? y’abanyamaguru nka 5 km mu isaha.
123.Umuyobozi w’ikinyabiziga agomba Ategekwa gusiga 1m.
gusiga umwanya ungana iki iyo
agenda mu nzira

13-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

nyabagendwa hagatiye
n’abanyamaguru ?
124.Umuyobozi w’ikinyabiziga iyo ageze Ategekwa gutegerereza muri m5 umunyamaguru
abanyamaguru bagenewe akabanza akambuka.
kwambukira hari imirongo
ibigaragaza agasanga hari
uwatangiye kwambuka ategerereza
muri metero zingahe kugirango
atamubangamira yambuka ?
125.Imodoka inyuze ku yindi hagati yayo Hagomba kuba harimo cm 50.
niyo inyuzeho hagomba kuba hari
intera ya metero zingahe ?
126.Kunyuranaho i bumoso birabujijwe 1. Birabujijwe igihe uri imbere yawe igihe ashaka
mu muhanda ugenderwaho gukatira i bumoso.
mubyerekezo byombi kubera izihe 2. Birabujijwe igihe ari mu ikorosi.
mpamvu ? 3. Igihe uri imbere yawe yatangiye kunyura ku kindi
kinyabiziga.
4. Birabujijwe iyo ugeze ahari ibice by’umuhanda
bimeze nabi
5. Birabujijwe Ku iteme.
6. Birabujijwe ku cyapa kibibuza.
7. Birabujijwe mu ihuriro ry’imihanada.
8. Birabujijwe k’umurongo ukomeza.
9. Birabujijwe k’umurongo abanyamaguru
bambukiraho.
10. Birabaujijwe mu muhanda w’ikerekezo kimwe.
11. Birabujijwe mu mpinga z’imipando.

127.Abanyamaguru bagomba kunyura Bagomba kunyura mumyanya yabateganyirijwe igihe iyo


mu myanaya yabateganyirijwe myanya yabateganirijwe igihe iyo myanaya iri
ryari ? ahatarengeje m 50 hafi yabo.
128.Kugirango ikinyabiziga kigere aho Bigaragazwa n’icyapa cya mpandenye yera gifite cm 30
kigomba gukorerwa kigomba ikindi z’uruhande kikajya imbere ku modoka ikurura ntirenze
kigikurura hagomba ibiziriko, ibyo km 20/h.
biziriko bigaragazwa ni iki ?
129.Uburebure ntarengwa bwemewe Ubwo burebure ntibuurenga1/2 cy’uburemere
bwa remorque idafite feri bw’ikinyabiziga gikurura hongeho n’ubwumuyobozi.
y’urugendo bungaana iki ?

14-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

130.Remorque zifite ubugari ntarengwa Izo romorque zishobora gushyirwaho akagarurarumuri


bwa cm80 zishobora gushyirwaho kamwe gusa gafite cm15 kugeza kuricm20) z’uruhande
utugarurarumuri tungahe kubera kakaba ari mpande eshatu itukura kubera ko ikuruwe
izihe mpammvu ? n’ipikipiki idafite akanyabiga kometse ku ruhande.

131.Iyo icyapa kiburira gishinze aaho Icyo cyapa kiba kigizwe n’urukiramende rufite
inzira nyabagendwa irasukira umuzenguruko wirabura ubuso bwera harimo
,icyapa cy’inyongera kiba kigizwe ni sakarangakerecyezok’umukara kerekana uruhande
iki ? ruherereyemo icyago.

132.Ni hehe imironko yose y’igabo Bategetswe kugendera mu ruhande rw’iburyo.


n’agatsiko kose k’abanyamaguru
bari mu muhanda bategetswe
kugendera ?

133.Abanyamaguru badafatanije Bategetswe kugendera mu ruhande rw’ibumoso


gahunda bagomba kugendera mu
ruhe ruhande rw’umuhanda ?

134.Ugeze kunkengeroy’umuhanda Ubibwirwa n’umurongo w’umuhondo ucagaguye.


yegutse cg umusezero w ‘inzira
y’abanyamaguru wabwirwa niki ko
bi bujijwe kuhahagarara umwanya
munini/

135.Mu bimenyetso bimurika bigizwe Aba asobanura nk’itara ry’umuhondo ko ugoma kwiegura
n’amatara2gusa iyo yakiye rimwe ko ugomba guhagarara cg ugakambuka witonze
asobanura iki ?

136.Iyo hari ibintu byangiritse mu mu Abayobozi babyumvikanaho byananirana bakitabaza


handacg habayeho ibikomere abakozi babifitiye kubyiirebera.
byoroheje abayobozi bakora ik ?

15-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

137.Umurongo w ‘umweru ukomeje iyo Ukurikiza urushijeho kukwegera.


ubangikanye n’umronko w’umweru
ucagaguye ukurikiza uwuhe/

138.Ni ibiki umuyobozi w’ikinyabiziga Agomba kuba yizeye ko agihagaritse ahatabera abandi
gifite moteri agomba kubanza imbogamizi kumuhanda kandi agomba kuba yizeyeko
kwiringira mbere yokukivamo ngo kitakoreshwa nta ruhushya rwe.
agende agisige aho kiri ?

139.Munsisiro ibyapa biburira Mu nsisiro ibyapa biburira bishingwa hafi y’ahantu habi
bishingwa kuntera ingana iki hakuburira.
yahantu habi hakuburira ?

140.Ahatari munsisiro ibyapa biburira Ahatari munsisiro bikurikizwa kuva kuntera ya 150m
bishingwa kuntera ingana iki ? kugeza kuri 200m.

141.Amatara magufi y’amapikipiki na Acyanwa igihe cyose ibyo binyabiziga biri murugendo.
v/moteur acyanwa ryari ?

142.Iyo umuyobozi w’akanyamizigo Umuyobozi akurura akanyabiziga ke.


atwaye kukanyabiziga ke ibifuma
atabasha kureba imbere hakorwa
iki ?
143.Iyo umukozi ubifitiye ububasha Iyo akubwiye ukanga ibyangiritse bibazwa nyiri
akubwiye ngo ukureho ikinyabiziga kinyabiziga,Ariko iyo atakubwiye ngo wange ibyangiritse
ukanga kugikuraho akagikuzaho bibazwa LETA.
ibyangiritse bibazwande ? iyo
atakubwiye akagikuzaho
ibyangiritse bibazwande ?
144.Ukuboko kuzamuye bikozwe Bitegetse abagenzi bose guhagarara keretse abageze
n’ubifitiye ububasha bitegetse iki ? mumasangano bagomba guhita bakavamo.

16-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

145.Ukuboko cyangwa amaboko Bitegeka guhagarara abaturuka mubyerekezo


atambitse bivuga iki ? bisanganya icyerekezo cyerekenwa n’ukuboko cg
amaboko atambitse arambuye

146.Kuzunguza intambike itara ritukura Bitegeka guhagarara abo iryo tara riganishaho.
riba kunkoni y’ abakozi babifitiye
ububasha bivuga iki ?

147.Iyo umuntu yapfiriye mumpanuka cg Ibikorwa ni ukwirinda gusibanganya ibimenyetso


habaye ibikomere bikabije bishobora kugaragaza abari mumakosa gucanira rimwe
umuyobozi akora iki ? amatara ndanga cyerekezo no kubimenyesha
ababishinzwe bari hafi aho.
148.Amahoni agomba kumvikanira a)Imodoka yumvikanira muntera ya 100m iyo ntera ikaba
muntera ingana iki ? 50m iyo ikinyabiziga gipakiye kinagendera mumuvuduko
wa 50km/h
b)Ipikipiki imburira zayo zumvikanira muri 50m
c)Igare na v/moteur amahoni yumvikanira muri 20m.
N.B :Nijoro amahoni arabujijwe ahubwo asimburwa
n’amatara maremare n’amagufi watsa uhinduranya ariyo
mburira.
149.Vuga umuvuduko ntarengwa kuri ibi a)Amapikipiki ni modoka zifite uburemere ntarengwa
binyabiziga bikurikira iyo butarengeje ibiro 1000(1ton) R/km80/h
ntamategeko awugabanya (ni b)Imodoka zikoreshwa nk’amavatiri y’ifasi cg amatagisi
ukuvuga ahatari munsisiro) : nizifite uburemere bwemewe butarenga 3500kg
R/km80/h.
C)Imodoka zifite uburemere ntarengwa bwemewe buri
hagati y’ibiro3500 na kg12000 kimwe n’ibinyabiziga
bitwarira hamwe abantu R/60 km/h
d)Imodoka cg ibinyabiziga bikomatanye bifite uburemere
ntarengwa bwemewe cg uburemere bugendanwa
burenga ibiro 12.500 kimwe na v/moteur R/km50/h.
e)Ibinyabiziga by’ubuhinzi bifite imipira irambuka cg
itarambuka imodoka zifite ibizibuza kwiceka kuberako
ariko zikoze n’izindi zose zikoze kuburyo bwihariye
zitavuzwe haruguru .
R/km25 Ahatari munsisiro :
1. a) Amapikipiki =km80/h
2. Amavatiri asanzwe nibindi binyabiziga
bitarengeje Ton1=KM80/h
1. b) Amavatiri y’ifasi=km70/h
2. Amatagisi=km70/h
3. Izitarengeje 3500 kg =km70/h
1. c) Iziri hagati ya 3500kg na 1200kg(amakamyo

17-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

mato)=km60/h
2. Na za auto bus=km60/h
1. d) Amakamyo manini ya 12500kg=km50/h
2. Za v/ moteur=km50/h
1. Amakamyo manini ya 12500kg=km50/h
e) Ibinyabiziga by’ubuhinzi=km25/h

Munsisiro cg mumijyi :
.a) imodoka zagenewe gutwara abantu uretse
ibinyabiziga bitwarira abantu hamwe hamwe nimodoka
zidashobora kwikorera ibirenze Ton1=km50/h.
b) 1.amakamyo mato=km40/h
2.amakamyo manini=km40/h
3.Za auto bus=km40/h
4.v/moteur munsisiro=km40/h
5.Ibinyabiziga bidasanzwe=km25/h.
.

150.Ni ikihe kinyabiziga kigenda Nta nakimwe kibyemerewe.


munzira nyabagendwa kidafite
umuyobozi (umushoferi)

151.Vuga uburebure ntarengwa Ubwo burebure ntibugomba kurenza 18m.


bw’ibinyabiziga bikuruwe
n’inyamaswa zaba ziziritse cg
zitaziritse ?
152.Ni ubuhe burebure ntarengwa Ubwo burebure ntibugomba kurenga kumpera y’inyuma
bushobora kurenga ku mpera y’ikinyabiziga M3 bigomba kugaragarazwa n’agatambaro
y’inyuma h’ikinyabiziga ? gatukura ka cm 50 z’uruhande
bigaragazwa niki ?
153.Niryari nta PRIORITE 1. Uyambuwe n’umukozi ubifitiye ububasha
(Uburenganzira bwo gutambuka 2. Igihe uvuye mumuhanda muto ujya mumunini
mbere) Munzira nyabagendwa 3. Igihe icyapa kiyikwambuye
kandi wari uyifite mbere ? 4. Igihe uhuye n’ibinyabiziga ndakumirwa.
5. Igihe uhuye n’ibinyabiziga bifatanyije gahunda.
6. Igihe umanuka undi azamuka kubisikana
bigoranye.
7. Igihe utwaye imizigo undi atwaye abantu
benshI mumuhanda muto.
8. Ni igihe uhuye n’ utwaye abantu benshi
atangiye guhaguruka

18-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

154.Ahantu habujijwe guhagarara 1. Ahari icyapa kibikubuza


umwanya munini n’umuto nihehe ? 2. Mu ikorosi
3. Ku iteme
4. Aho binjirira n’aho basohokera
5. Mu ihuriro ry’imihanda
6. Ahari imirongo y’aho abanyamaguru bambukira
7. Mu mpinga z’imipando(z’imisozi)
155.Nibihe bibujijwe kumiryango Birabujijwe kuva mukinyabiziga cg kukijyamo utabanje
y’imodoka mugukingura no kureba ko bitari buteze impanuka.
gukinga ?

156.Ni ibihe byapa bibujijwe gushyirwa Ibyapa bibujijwe gushyirwa ku nzira nyabagendwa ni
ku nzira nyabagendwa ? ibyapa byamamaza, ibyapa biyobya n’ibijya gusa
n’iby’iteka ry’inzira nyabagendwa.

157.Ni ibiki ugomba gusuzuma igihe - Ugomba gupakira mu kinyabiziga hagati


upakira ikinyabiziga ? - Ugomba gupakira udakingiriza indorerwamo
(Rétroviseur)
- Ugomba kutarenza uburemere ikinyabiziga cyagenewe
- Ibyo upakiye bigomba guhambirwa ku buryo bufashe
cyane budanangiye.
158.Iyo ibibuzwa ari byinshi bigomba Bishyirwa mu ngasire imwe ariko umubare nturenze
kuburizwa ahantu hamwe bitatu.
byerekanwa bite ?

159.Ibinyabiziga bifite iminyururu Bishyirwaho ibituma bitangiza umuhanda cyangwa


bigenda bite mu nzira bikikorerwa.
nyabagendwa ?

160.Iyo umuyobozi w’ikinyabiziga agiye Ibinyabiziga areka bigatambuka mbere ni ibimuturutse


gukatira ibumoso, ni bihe imbere.
binyabiziga areka bigatambuka
imbere ?
161.Ni ryari igice cy’imizigo y’impera Ni igihe ku mpera y’inyuma harengaho 3 m.
y’inyuma y’ikinyabiziga kigomba
kugaragazwa n’ikimenyetso
cyabugenewe ?
162.Uhuye n’amatungo wakora iki Icyo ukora uritaza, ukirinda guhindisha ikinyabiziga
kugira ngo utange inzira ? cyawe, ukirinda kuvuza ihoni byaba ngombwa
ugahagarara.

19-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

163.Kubisikana ni iki, bitandukaniye he Kubisikana ni ighe uhuye n’ikinyabiziga kigiye wowe aho
no kunyuranaho, kandi bikorerwa uvuye cyangwa umwe amanuka undi azamuka muri mu
mu ruhe ruhande ? byerekezo bitandukanye. Bikorerwa iburyo.

164.Ninde ushobora kukwambura Ni Porokereri wa Repubulika.


Permis burundu ?

165.Ni iki gishobora gutuma wamburwa Icyatuma wamburwa Permis ni uburwayi bwo mu mutwe,
Permis burundu ? uburwayi bw’amaso bukabije butakosowe n’amataratara,
uburwayi bw’amatwi ku buryo bukabije, gutakaza
urugingo rw’umubiri no kurwara mu bwonko.
166.Ninde ushobora guhindura Ni Perefe ( umukuru w’intara).
umuhanda wagenderwagamo mu
byerekezo byombi ukaba
icyerekezo kimwe (Sens Unique) ?
167.Umuntu usunika igare n’undi Umuntu usunika igare ikimutandukanya n’urigenderaho
urigenderaho batandukaniye he nuko we akurikiza amaregeko y’abanyamagurru ariko
kandi bakurikiza ayahe mategeko ? urigenderaho akurikiza amatekeko y’ibinyabiziga.

168.Ni ibihe binyabiziga bishobora Ni ibinyabiziga bitagishoboye kugenda na Remorque.


guhagarara mu nzira nyabagendwa
igihe kirenze iminsi 7 ?

169.Aho abayobozi b’ibinyabiziga Ku butaka hagaragazwa n’umurongo wa mpandeshatu


bategetswe kunyura bagatanga zifite amasonga arebe iyo abayobozi b’ibinyabiziga
inzira bagaragazwa n’iki ku baturuka.
butaka ?
170.Ibinyabiziga bifite inziga zidahagwa, Inziga zihagwa : Ikinyabiziga kikorera 3,20 T umwuka
izikoze mu byuma cyangwa muri ujya mu mapine yayo ugomba kungana na 5,5 kgs.
kawucu gusa ni ubuhe Inziga zifite umwuka ariko zidahagwa : Zo zigomba
buremerebigenewe ? kwikorera 15 T.
Inziga zidahagwa zikozwe mu myuma cyanwa muri
kawucu : Nti zigomba kurenza 8T, uruziga rw’ibyuma
ubwarwo rukagira 250 kgs.
171.Vuga ubugali ntarengwa bw’imizigo a) 2,75 m zishobara kugera no kuri 3 m
yikorerwa n’ibinyabiziga bikurikira : igihe ikunyabiziga kijya ahatarenze 25
a) Imodoka km kuva aho cyapakiriwe.
b) Amagare b) Ntibugomba kurenza 75 cm
na Vélo c) Ntagomba kurenza 1,25 m.
moteur d) Ntagomba kurenza 30 cm.
c) Amapikip e) Ntagomba kurenza 30 cm.

20-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

iki
adakuruy
e
Remorqu
e
d) Amapikip
iki
akuruye
Remorqu
e
e) Ibinyamit
ende
itatu
n’ine
bifite
moteur

172.Ni ryari ibujijwe kwata imirongo Birabujijwe kwata iyo mirongo igihe bagenda
y’abasirikare cyangwa k’uruhererekane bafatanyije gahunda.
uruhererekane rw’anayeshuei
bayobowe n’abarimu ?
173.Ibimenyetso by’inkomyi bishyirwa Ibyo bimenyetso babishyira mu ntera ya m 20 imbere
kuyihe ntera imbere n’inyuma ? n’inyuma uturutse aho inkomyi yabereye.

174.Ni ryari kunyuranaho bikorerwa Ni igihe ukurimbere agaragaje ko agiye gukatira ibumoso
iburyo ?Art 21/1 yabigaragarishije itara – ndangakerekezo.

175.Amabwiriza yihariye ashyirwaho Amabwiriza yihariye ashyirwaho n’umukuru w’Intara


nande ? Ashobora kumara igihe ashobora kumara igihe cy’amezi atatu.
kingana iki ?

176.Icyapa cy’umuvudukogishyirwa Icyo cyapa gifite umurambararo wa cm 21, ubugari


inyuma y’ikinyabiziga kirengeje Toni bw’umuzenguruko utukura = cm 3
3500 giteye gite ? kingana iki ? Imibare yanditsemo ni umukara = cm 17 icyo cyapa
Gishyirwa kuruhe ruhande ? kigomba gushyirwa iburyo inyuma ku kinyabiziga.

Cm 21
90 KM
cm 3

21-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

Cm 17

177.Urwego rwa Categorie E rugira Rugira agaciro ku binyabiziga bikomatanye bifite


agaciro ku bihe binyabiziga ? ikinyabiziga gikururwa kiri muri rumwe mu nzego B,C na
D umuyobozi afitiye uruhushya kandi remorque yabyo
ikaba ifite uburemere ntarengwa bwemewe burenge ibiro
750 ( 750 kg)
178.Urwego rwa Categorie F rugira Rugira agaciro ku binyabiziga bidasanzwe. Ibimashini
agaciro ku bihe binyabiziga ? bihinga, ibikora imihanda n’ibindi.

179.Urwego rwa Categorie D rugira Rugira agaciro ku binyabiziga byagenewegutwara


agaciro ku bihe binyabiziga ? abantu kandi bifite imyanya irenga 08 yo kwicaramo
hatabariwemo uw’umuyobozi

180.Urwego rwa Categorie B rugira Rugira agaciro ku binyabiziga byakorewe gutwara


agaciro ku bihe binyabiziga ? abantu kandi bifite imyanya 08 ntarengwa yo kwicaramo
hatabariwemo uw’umuyobozi.
Imodoka zagenewe gutwasra ibintu kandi zifite
uburemere ntarengwa bwemewe butarenza ibiro 5.000
Ibinyamitende 04 bifite moteur , ku binyabiziga byo muri
urwo rwego bashobora gushyiraho remorque ntoya ifite
umutambiko 01
181.Murwego rwa Categorie C rugira Rugira agaciro ku binyabiziga byagenewe gutwara ibintu
agaciro ku bihe binyabiziga ? bifite uburemere ntarengwa bwemewe burenga ibiro
5000 ( Kg 5000 ), ku binyabiziga byo muri urwo rwego
bashobora gushyiraho remorque ntoya.
182.Urwego rwa CATEGORIE A Rugira agaciro ku mapikipiki n’ibinyamitende itatu bifite
rugira agaciro ku bihe binyabiziga ? moteur biriho cyangwa bitariho intebe k’uruhande.

183.Uruhushya rwo gutwara rutangwa Rugengw n’iteka rya Ministre ushinzwe gutwara abantu
n’iteka ryande ? n’ibintu abisabwe na Komite y’Ighugu ishinzwe
umutekano mu muhanda ya Police y’igihugu.

184.Abanyamaguru bafatanye cyangwa Bategetswe kunyura mu tuyira t’impande z’ibumoso.


bagize udutsiko tudafatanije
gahunda kandi batanayobowe
n’umwarimu bategetswe kunyura
mu tuhe tuyira ? Art 48/1

22-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

185.Ijambo « MAKUZUNGU » bivuga MAKUZUNGU bivuga remorque iyo ariyo yose


iki ? yagenewe gufashwa ku kinyabiziga gikurura k’uburyo
igice cyacyo kiba kikiryamyeho kamdi igice cy’uburemere
bwacyo ndetse n’ubwibyo itwaye bukaba bushikamiye
icyo kinyabiziga.
186.Ijambo « Ibinyabiziga bikomatanye Bivuga ibinyabiziga bifatanye bikagenda nkaho ari
n’ibinyabziga bikururana » Bivuga kimwe.
iki ?

187.Ijambo « Ikinyabiziga gifatanije » Bivuga ikinyabiziga gikomatanye kimwe ari ikinyabiziga


Bivuga iki ? gikurura ikindi ari MAKUZUNGU.

188.Ijambo « Ikinyabiziga gikururana Bivuga ibinyabiziga bikomatanye bikururanana bigizwe


kabiri » Bivuga iki ? n’ikinyabiziga gifatanye kandi kiriho remorque yacyo.

189.Amagambo
A « Uburemere bwitw Bivuga uburemere bw’ikinyabiziga kizima gifite karisori
n’uburemere bw’ikidapakiye » n’ibikoresho byacyo ngombwa kandi cyuzuye Risansi,
Bivuga iki ? Mazutu cyangwa Gazi , amazi n’Amavuta ariko
hatabariwemo abagitwaye abantu cyangwa imizigo
byikoreye.
190.Ijambo « Uburemere bwikorewe » Bivuga ubuemere bwite bw’ikinyabiziga kizima
Bivuga iki ? hongereweho uburemere bw’imizigo
cyikoreye,ubw’ugitwaye n’ubwundi muntu wese gitwaye.

191.Ijambo « Uburemere ntarengwa Bivuga uburemere bwose ntarengwa bw’ikinyabiziga


bwemewe »Bivuga iki ? bwemejwe hakurikijwe ibivugwa muri iri teka, uburemere
ntarengwa bwemewe bw’ibinyabiziga bikomatanye,
bw’ikinyabiziga gifatanije cyangwa ikinyabiziga
gikururana kabiri bwitwa « Uburemere bugendanwa ».
192.Ijambo « Guhagarara umwanya Bivuga igihe cyangombwa ikinyabiziga kimara gihagaze
muto » Bivuga iki ? kugirango abantu cyangwa ibintu byinjire cyangwa
bisohoke.

193.Ijambo « Guhagarara umwanya Bivuga igihe kirenze icyangombwa ikinyabiziga kimara


munini » Bivuga iki ? gihagaze kugirango abantu cyangwa ibintu byinjire
cyangwa bisohoke.

23-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

194.Ijambo « Akagarurarumuri » Bivuga Bivuga akantu karabagirana gasubiza imirasire y’urumuri


iki ? ku kintu kiyohereje.

195.Ijambo « Amatara y’urugendo » Bivuga amatara y’ikinyabiziga amurika umuhanda


Bivuga iki ? muntambwe ndende imbere y’icyo kinyabiziga.

196.Ijambo « Amatara yo kubisikana » Bivuga amatara y’ikinyabiziga amurika inzira


Ariyo matara magufi bivuga iki ? nyabagendwa imere y’icyo kinyabiziga, kitagombye
guhuma cyangwa kubangamira abayobozi bava mu
cyerekezo ajyamo.
197.Ijambo « Amatara ndangambere » Bivuga amatara y’ikinyabiziga acyiranaga kandi
Bivuga iki ? agaragaza ubugari bwacyo burebewe imbere.

198.Ijambo « Amatara ndanganyuma » Bivuga amatara y’ikinyabiziga akiranaga kandi


Bivuga iki ? akagaragaza ubugari bwacyo burebewe inyuma.

199.Ijambo « Amatara kamena bihu Bivuga amatara y’ikinyabiziga abaonesha neza inzira
y’imbere » Bivuga iki ? imbere yacyo igihe cy’igihu, cy’imvura nyinshi, cy’urubura
cyangwa cy’umukungugu mwinshi.

200.Ijambo « Amatara kamenabihu Bivuga amatara y’ikinyabiziga abonesha neza inzira


y’inyuma » Bivuga iki ? inyuma yacyo igihe cy’igihu, cy’imvura nyinshi,
cy’urubura, cyangwa cy’umukungugu mwinshi.

201.Ijambo « Amatara ndanga Bivuga itara ry’ikinyabiziga rigenewe kwereka abandi


cyerekezo » cyangwa ikinyoteri bagenzi ko umuyobozi ashaka kugana iburyo cyangwa
bivuga iki ? ibumoso.

202.Amagambo « Itara rishakisha ariryo Bivuga itara ry’ikinyabiziga gishobora guhindukizwa


tara rishakisha » Bivuga iki ? n’umuyobozi bidatewe nuko ikinyabiziga kigenda kandi
rishobora……

203.Ijambo « Inzira Bivuga imbago zose z’imihanda minini, amabarabara,


nyabagendwa »Bivuga iki ? inzira n’utuyira two ku mihanda, ibiraro, ibyambu mbese
k’uburyo rusange imihanada nyabagendwa yose
igendwamo k’ubutaka.

24-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

204.Ijambo « Umuhanada » Bivuga iki ? Bivuga igice cyangwa ibice by’inzira nyabagendwa
bigendwamo n’ibinyabiziga, iyo nzira nyabagendwa
ikaba yagira imihanda myinshi itandukanijwe k’uburyo
bugaragara n’ubutaka bwayo cyangwa ubusumbane.
205.Ijambo « Agahanda k’amagare » Bivuga, igice cy’inzira nyabagendwa cyagenewe
Bivuga iki ? kunyurwamo n’amagare na Velo moteur bikagaragazwa
n’ikimenyetso cyabugenewe.

206.Ijambo « Itara ry’umuhondo » Bivuga itara ryose ry’umuhondo wiganje umuhondo


Bivuga iki ? nyawo cyangwa usa n’icunga.

207.Ijambo «Itara Bivuga itara ry’ikinyabiziga ryerekana ubugari bwacyo


ndangamubyimba n’itara ahagana imbere n’inyuma igihe uburebure bwacyo
ndanagaburumbarare » Bivuga iki ? burenga 6m cyangwa iyo ubugari bwacyo habariwemo
n’ibyo cyikoreye burenga 2,10m.
208.Ijambo « Umukozi ubifitiye Bivuga umwe mu bakozi wambaye k’uburyo bugaragara
ububasha » Bivuga iki ? ibimenyetso by’imirimo ashinzwe.

209.Ijambo « Igare » Bivuga iki ? Bivuga ikinyamitende cy’ibiziga bibiri.

210.Ijambo « Velo moteur » Bivuga iki ? Bivuga ikinyabiziga gifite ibiziga bitarenze bibiri kandi
gifite moteur itarengeje cm3 50 cyangwa imbaraga
zitarenga KVA 4 kandi hakurikijwe uko cyakozwe
umuvuduko wacyo nturenge 60km/h.
211.Ijambo « Ipikipiki » Bivuga iki ? Bivuga ikinyabiziga cyose cy’ibiziga bibiri gifite moteur
ukuyemo za Velo moteur.

212.Ijamabo « Umuyobozi » Bivuga Bivuga umuntu wese utwaye ikinyabiziga cyangwa


iki ? uyobora munzira nyabagendwa inyamaswa zikurura,
izikorera cg zigenderwaho cg amatungo yaba ubushyo
cg imwe imwe.
213.Vuga uko amatara yo mu - Habanza icyatsi kivugako ufite uburenganzira bwo
bimenyetso bimurika akurikirana kurenga icyo kimenyetso.
nuko asobanura ? - Hagakurikiraho umuhondo uvugako ubonye nta
mpanuka wateza.
- Itara ry’umuhondo ryaka nyuma y’iryicyatsi.
- Itara ritukura ryaka nyuma y’iry’umuhondo.

25-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

214.Umuyobozi
U w’inyamaswa cyangwa Umuherekeza ( 1 ) agomba kuyobora ( 8 ).
amatungo agomba kugira
abaherekeza. Buri mu herekeza
yayobora anagahe cyangwa
zingahe ?
215.- Vuga bamwe muri ba agent - Ba Ofisiye na ba Sous Ofisiye bo muri Polisi.
qualifie ( Abakozi babifitiye - Ba Kaporali bo muri Polisi y’igihugu.
ububasha ) Uzi ? - Abakozi bo mu biro by’amateme n’imihanda.
- Abakozi bo mu biro by’imisoro.
- Abakozi ba Gasutamo.
216.Imizigo y’ikinyabiziga kikoreye Kugirango bidateza impanuka no kwangiza inzira
igomba gupangwa neza kugirango nyabagendwa.
bitagenda bite ?

217.Iyo ugeze ahari ubusitani mu Wanyura i buryo bw’ubusitani.


muhanda, wanyura he y’ubwo
busitani ?

218.Ugeze ahari ikinyabiziga gitwarira Wareka kikabanza kigatambuka.


hamwe abantu benshi kigiye
guhaguruka, wakora iki ubaye
utwaye igitoya ?
219.Udafite amatara ndangacyerekezo Ukoresha akaboko.
ukoresha iki mu gutanga inzira ?

220.Amatara ndangambere na Ashobora gusimburwa n’amatara yo guhagarara


ndanganyuma y’imodoka umwanya munini iyo ibyo binyabiziga bihagaze
zitarengeje m 6 z’uburebure na m umwanya muto cg umunini mu nsisiro bibangikanye
2 z’ubugari habariwemo n’imitwaro k’uruhande rw’umuhanda.
kandi nta kindi kinyabiziga
kiziritseho ashobora gusimburwa
n’ayahe matara ? Art 42/3
221.Ibyapa by’inyongera bimenyesha Ibyapa by’inyongera bishobora kumenyesha ubugerure
iki ? Art 97/3 cg amarengamategeko rusange cg ibibujijwe cg
ibitegetswe byihariye.

26-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

222.Iyo ikinyabiziga cyikoreye ibirenze Bigaragazwa n’agatambaro gatukura ka cm 50


ku mpera y’inyuma ho metero 3 z’uruhande.
bigaragazwa ni ki ?

223.Vuga uburemere ntarengwa Ubwo buremere ntarengwa ntibugomba kurenza T 53.


bugomba gutwarwa n’ikinyabiziga,
kigendeshwa mu mihanda y’u
Rwanda ?
224.Ni ayahe matara y’ubwoko bumwe Ni amatara ndangamubyimba cg amatara
arenga abiri ku kinyabiziga ? ndangaburumbarare hamwe n’itara riranga ikerekezo.

225.a)Iyo begereye ibyome,abayobozi a) Abayobozi icyo bakora,batonda umuronko umwe no


b’ibnyabiziga bagomba gukora iki ? guhagarara iburyo bw’umuhanda.

b)Mbere yo gutambutsa ibinyabiziga b) Abayobozi bakuramo abantu bose hagasigara


ku cyome bitwaye abantu hakorwa umuyobozi n’umuherekeza.
ik ?
c) Ibinyabiziga bitambuka mbere ku cyome ni
c)Ni ibihe binyabiziga bitambuka ibinyabiziga bitwaye abarwayi cg inkomere kimwe
mbere ku cyome ? n’abajyanye abaganga bahurujwe ku buryo
bwihutirwa,ibinyabiziga ndakumirwa bifite uburenganzira
d)Uburemwre ntarengwa bwemewe bwo guhita mbere,ibinyabiziga bitwaye umuntu ufite
kujya mu cyome bwerekanwa ni icyemezo kimwanditseho cyo guhita mbere kuko bifitiye
iki ? ART 40 13-6. akamaro rubanda nyamwinshi, ibinyabiziga bifite
ubutumwa bwanditse bifite ikimenyetso
kibiranga,ibinyabiziga bitwara amatungo.

d)ubwo buremere bwerekamwa n’ibyapa biri kuri buri


nkombe.
226.Intabuza zihariye zirabagirana Zigizwe n’itara rimwe cg amatara menshi amyasa
z’ibinyabiga ndakumirwa zigizwe ni y’ubururu, bifite kandi intabaza yihariye itanga amajwi
iki ? y’icengera-matwi.

227.Ni ibiki abayobozi b’ibinyabiziga Ibyo batubahiza ni ibijyanye n’umuvuduko ntarengwa


ndakumirwa batubahiriza n’ibyo n’ayerekeye ibimenyetso by’umuriro iyo guhita kwabyo
bubahiriza ? kurangwa n’intabaza zihariye ariko bubahiriza abakozi
babifitiye ububasha.

228.Itara ryitiriwe umusaraba Risobanura ko kugenda ku gisate cy’umuhanda rigenga


waMutagatifu Andereya risobanura bibujijwe ku bayobozi bakigana.
iki ? art 106/2

27-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

229.Itara ry’icyatsi kibisi risa Risobanuye ko kugenda ku gisate cy’umuhanda rigenga


n’akarangacyerekezo gafite isonga byemewe ku bayobozi bakigana.
ryerekeye hasi risobanuye iki ?

230.Kugirango werekane ahantu habi Hakoreshwa itara ry’umuhondo rimyasa rivuga


cyane hakoreshwa itara risa rite ? uburenganzira bwo barushijeho kwitonda.
art 107/1

231.Itara ry’umuhondo rikoreshejwe mu Rishyirwa kuri buri nzira cyangwa hagati y’amasangano
masangano n’amayira ahwanyije ku buryo ribonwa n’umuyobozi wese ugiye kuhinjira
agaciro rishyirwahe ?

232.Za Autobus zigenewe gutwara Zishobora gushyirwaho amatara 02 asa n’icunga rihishije
abanyeshuri zishobora gushyirwaho amyasa, rimwe riri imbere irindi riri inyuma, kugirango
amatara angahe asa ate ? zerekane ko zihagaze no kwerekana ko bagomba
kwitonda. Ayo matara agomba kumurika muri 100 m muri
buri ruhande rw’aho zihagaze.
233.Itara ryo guhagara rishyirwa ku bihe Rishyirwa ku binyabiziga bifite ingufu za moteur zirenga
binyabiziga ? 125 cm3

234.Iyo ikinyabiziga kinjijwe mu gihugu Kigomba kugendera mu muhanda cyambaye ibyapa


kitagomba kukigumamo bigenda biranga igihugu giturukamo, gipfa gusa kugira uruhushya
bite ? mpuzamahanga rwo kugendera mu muhanda cyangwa
inyandiko irusimbura. Ny’ir’ikinyabiziga ategetswe
kwerekana urwo ruhushya iyo umukozi ubifitiye
ububasha abimusabye.
235.Ikinyabiziga kigenewe gutwara Kigomba kwandikwaho ku buryo bugaragara ku rugi
abantu bakiriha kigenewe kuba rw’umuyobozi, ku rugi cyangwa ku nzugi aho abayobozi
gikoze gite ? binjirira, umubare ntarengwa w’abagenzi bagomba
kugendamo. Uwo mubare ntushobora kujya hejuru y’uwo
uwakoze ikinyabiziga yagennye.
236.Komite ishinzwe umutekano mu - Umuyobozi wo gutwara
muhanda igizwe na bande ? art 146 abantu n’ibintu muri minisiteri ishinzwe gutwara
abantu n’ibintu (Prezida)
- Komanda w’umutwe wa Polisi
y’igihugu ushinzwe umutekano mu muhanda (Visi-
Perezida).
- Umuyobozi ushinzwe
amateme n’imihanda muri Minisiteri ifite mu
nshingano zayo imirimoya leta (Umujyanama)
- Ushinzwe ishami
ry’umutekano mu muhanda muri Minisiteri ifite mu

28-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

nshingano zayo gutwara abantu (Umunyamabanga)

237.Iyo komite iterana mu gihe kinga Iterana buri mezi 04


iki ?

238.Inkiombe z’inzira nyabagendwa Zishobo kugaragazwa n’ibikoresho ngarurarumuri.


zishobora kugaragazwa ni iki ?

239.Umuntu wese uguweho n’impanuka -guhita ahagarara igihe bimushobokeye kandi


ashobora gukora iki ?ArtUmuntu atagombye kubangamira kundi bushya iburyobwo
wese uguweho n’impanuka kugenda mu muhanda cg kwiteza ibyago ubwe.
ashobora gukora iki ?Art 4 _Gukora uko ashoboye kugira ngo uburyo bwo kugenda
mu muhanda bw’aho impanuka yabereyebwere
guhungabana ashyira ikimenyetso ahashobora gutera
inkomyi
_kwakiriza icyarimwe amatara
ndangacyerekezoy’ikinyabiziga cg
_kuhatereka itara rimyasa cg itara risa n’icunga.
240.UmuntuU wakomeretse cyane bivuga Bivuga umuntu wagize ibikomere bishobora kumuviramo
ikim? urupfu,kumushegesha wese ,kumutesha igice cy’umubiri
u cg urugingo.
n
g
t
u
241.Igikomere
I cyoroheje bivuga iki ? Bivu igikomere cyos umuntu yumva kitahungabanya
ubuzima,kitamushegesha wese cg kitatuma atakaza
igice cy’umubiri cg urugingo.

242.Uruhushya rw’agateganyo rumara Rumara amezi atatu kandi rushobora kwongerwa insuro
igihe kingana iki ? 3gusa.

243.Ikinyabiziga kigirwaho kiranngwa Kigomba kurangwa n’inyuguti ya « L » yanditse inyuma


n’iki ? mu ibara ry’ubururu kandi ifite uburebure butari munsi ya
cm15 cg icyapa cy’umweru cyanditsweho Auto-Ecole
mu nyuguti y’umukara.

29-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

244.Iyo ikinyabiziga gihagaze kubera -Agomba gukora uko ashoye kwose kugira ngo inzira
impanuka cg ibyo gitwaye bimwe nyabagendwa igendwemo nta nkomyi.
muri byo byaguye mu muhanda, _Iyo umuyobozi atabishoboye umuherekeje niwe
umuyobozi wabyo agomba gukora ugomba kubikora yaba ntawe,bigakorwa n’umugenzi
iki ? Art 8 :2 wese wagiweho n’iyo mpanuka.
245.Birabujijwe kubangamira uburyo Kubera impamvu zikurikira :kujugunya,kurinda gusiga cg
bwo kugenda mu muhanda cg kugusha mu nizra nya bagendwa ibintu ibyo aribyo
gutuma watera ibyago kubera izihe byose nk’ibisate by’amabuyecg ibirahuri,mazutu,az
mpamvu ? Art8 :1 n’amamvuta ,kubuka ibyotsi cg ibyukacg se kubashyira
ikintu cyose cy’inkomyi.
246.Iyo umuhanda ugabanijwemo ibice Umuyobozi abujijwe kunyura ku bice bibiri biri ibumoso
bine kandi kuwugendamo kandi kugenda ku mironko ibangikanye byemewe gusa
bigakorwa mu byerekezo igice cya kabiri cy’iburyobw’umuhanda.
bibiri,umuyobozi akora iki ?
247.Iyoabanyamaguru banyuze mu Abayobozi basiga umwanya ungana na m1 y’ubugari
muhanda kubera gukikira abayobozi hagati yabo n’iyo nkomyi.
bakora iki ? NB :Iyo bidashoboka kubahirizwa kandi umunyamaguru
akaba anyura hafi y’iyo nkomyi,mu muha nda abayobozi
bagomba kuyikikira bafite umvuduko wa km 5 mu isaha
(5km/h).
248.Niryari abanyamaguru bashobora Niigihe nta nkengero y’umuhanda iringaniye cg ishobora
kunyura mu muhanda cg mu kayira kugendwamo.
k’abanyamaguru ? ART ;48 :3

249.Ni abahe bayobozi bategetswe Abantu batwaye utunyabiziga tw’abana cg tw’ibimuga cg


kubahiza amamtegeko tw’abarwayi cg aabyozi b’amagareiyo bayasunika bata
y’abanyamaguru ?ART :48 :10. yicayeho (iyo bayasunika).

250.Hagati y’ibinyabiziga biherekeranije Hagomba kuba nibura metero 30.


mu butumwa hagomba kuba nibura
metero zingahe ? ART :49 :1

251.Ibinyabiziga biherekeranije mu Ibinyabiziga biherekeranijwe mu butumwa bigomba


butumwa ni ubuhe burebure gutonda uburebure bwa metero 500
bigomba gutonda ?ART ;49 :1 Hagati n’irindi hakabamo metero 50.

252.Imodoka zikururwa n’inyamaswa Zigomba kugabanywamo amatsinda afite uburebure


ziherekeranijwe mu butumwa bungana na m500 kandi hagati yayo hakabamo
zigomba kugabanwamo amatsinda niburam30.
areshya ate ?

30-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

253.Ni ibihe binyabiziga bitubahiriza Ni ibinyabiziga bya gisikare iyo ari :


amategeko y’’ibinyabiziga -mu nsisiro
biherekeranijwe mu butumwa ? -kuva bwije kugeza bukeye
-igihe igihu cyabuditse kidatuma bashobora kubona
neza muri metero 30.
254.Ibinyabiziga biherekeranjwe mu -Imbere icyapa cy’umuhondo cyanditseho mu nyuguti
butumwa bigomba kurangwa n’iki zitukura ATTENTION CONVOI ayo magambo asomeka
imbere n’inyuma ? neza muri metero100
-Inyuma icyapa cy’umuhondo cyanditse mu nyuguti
zitukura FIN CONVOI ayo magambo asomeka neza muri
metero100
255.Abayobozi ba magare navelo moteri a.kuyora :
ni iki babujijwe ? -badafashe amahembe.
a.Kuyobora :- badafashe -badakandagiye ku birenge.
amahembe. -gukurura inyamaswa
-bakur swa
b-kunyura mu umhanda kandi hari akayira k’amamgare
kagendeka.
c-kurenza umuvuduko wa km40/h iyo bagenda mu kayira
k’amagare.
D-Gukoresha amahoni kandi atari igikoresho
cyateganijwe n’ingingo ya 83
e-Kunyura hagati y’imirongo2 ibangikanye y’ibinyabiziga
bikurikiranye.
256.Abayobozi
a b’amamgare na velo- Iyo bayoboye ikinyabiziga cyabo batakicayeho
moteri ni ryari bubairiza amategeko (bagisunika).
abanyamaguru ?

257.Imikumbi y’inyamaswa igomba Igomba kugabanwamo inyamaswa zitarenga10


kugabanywamo inyaswa zingahe ? zitandukajwen’intera ya 20cm.

258.Vuga uburebure ntarengwa bwa Ntiburenga 17,40m.


makuzungu ?

259.Vuga uburebure bw’ikinyabiziga Ntibugomba kurenga 18m.


gikuruwe n’inyamaswa ntarengwa ?

31-32
Bimwe mu bibazo n’ibisubizo byabyo mu birebana n’amategeko y’umuhanda.

260.Iyo imizigo Bushobora kugera kuri 2,75m ariko bishobra kuba 3m iyo
y’ibinyampeke(ikawa,amakora,ipam ikinyabiziga kijya ahatarenze km25 uvuye aho
ba idatonoye,ibishora ibyatsi,ishami cyapakiriwe.
cg ubwatsi bw’amamtungo
bihambiriye )uretse amampaki
afunze ubugari bushobora kugera
kuri m zingahe ?
261.Ni ryari imizigo y’ikinyabiziga Iyo iyo mizigo ijyanwe ahantu hatarenze 25km uvuye aho
ishobora kugera kuri 3m ? yapakiriwe usibye mu nsisiro.

262.Iyo imizigo y’ikinyabiziga isumbye -Ku manywa kirangwa n’agace k’igitambaro cya cm 50
impera y’inyuma ho1m irenga igice z’uruhande cg
giheracy’inyuma kigomba kurangwa -Itara ritukura cg akarangarumuri gatukura.
ni iki ?
263.Ibimenyetso bakoresha kugirango Kubuhagarike burenze1,55
berekane impera y’inyuma y’imizigo
bishyirwa ku buhe buhagagarike
uvuye ku butaka/

32-32

You might also like