Professional Documents
Culture Documents
Peace Building Group
Peace Building Group
DEPARTMENT: UNDERGRADUATE
LEVEL: V
GROUP SSGNIMENT
DATE 8/3/2023
INGINGO: lncamake y'lmiterere y'ihakana n' ipfobya bya Jenoside yakorewe Abatutsi bibera
mu mahanga n'ingamba zo kurwanya
INTANGIRIRO
Ubushakashatsi bumaze gukorwa kugeza ubu ku ihakana n'ipfobya bya Jenoside yakorewe
abatutsi, bwibanze cyane cyane ku miterere y'ihakana n'ipfobya bibera imbere mu gihugu ,
bunasesengura uburyo ingengabitekerezo ya Jenoside ishingiye kuri Politiki y' ivangura n'itoteza
yakwirakwijwe uko yashyizwe mu bikorwa na Repubulika ya mbere n'iya kabiri.
3. Umutwe wagatatu hakubiyemo imiterere y`ihakana n`ipfobya bya jenoside yakoreee abatutsi
bibera my mahanga, isesengura ry`inyandiko n`amakuru kubiganiro mbwirwaruhame cyangwa
inama.
Mu Rwanda, jenoside yakore abatutsi mu 1994 yatwaye ubuzima bw`abatutsi barenga miliyoni
mu gihe cy`iminsi 100 gusa.
Impamvu z`ubushakashatsi
Muri iki gihe, leta y`u Rwanda ihanganye n`ikibazo cyi hakana n`ipfobya bya jenoside
yakore abatutsi bibera mu mahanga, nkimwe mu nzitizi ku bumwe n`ubwiyunge
nimibereho myiza y`abanyarwanda igihugu kimaze kugeraho.
Byo ngeye Kandi ihakana n`ipfobya bya jenoside yakoreee abatutsi ni imwe mungaruka
za jenoside igihugu gifite Kandi kigomba kubonera umuti hakoreshejwe uburyo bwose.
Bumwe muri bwo, ni ukumenya imiterere yabyo, uburyo byigaragazamo , n`uburyo bwo
kubirwanya.
2. Umutwe wa kabiri:IBITEKEREZO NGENGA
Lemkin yarisobanuye bwa mbere ashingiye ku ijambo ry'ikigereki genos rivuga ubwo cyangwa
inkomoko, hamwe n'iryikilatini caedere risobanura kwica.
3. Gushyira abantu b'itsinda rimwe mubuzima bubi ubigendereye , ugamije ko barimbuka bose
cyangwa igice cyabo
Ugenekereje mu Kinyarwanda , icyaha cya Jenoside bivuga kimwe muri ibi bikorwa bikurikira
mu gihe bikoranywe umugambi wo kurimbura Bose Cyangwa igice cy'abantu bahuriye ku
bwenegihugu , ubwoko, ibara ry'uruhu Cyangwa idini.
Intego yabyo simwe . Intambara iba igamije gutsinda maze abatsizwe bakayoboka abatsinze.
Jenoside iba igamije kurimbura abo yibasiye ntihagire n' umwe usigara.
Intambara igira imfungwa z' intambara . Jenoside iba igamije kumaraho itsinda runaka , ntigira I
mfungwa. Intambara igira ingaruka mbi n'inziza, naho Jenoside ingaruka zayo zose ni mbi.
Habaho ubwicanyi butandukanye: Hari ububa bugamije kwihorera , ubugamije guhana Hari
ubuterwa n' uburakari busanzwe , urugomo n' ibindi . Ubwicanyi nk'ubwo ntibukorerwa
gahunda na Leta ngo butegurwe ishishikarize igice kimwe cy'abaturage bayo kuzakorera ubwo
bwicanyi ikindi gice bayo.Byumwihariko ubwicanyi busanzwe ntibubabugamije kurimbura igice
cy'abaturage no mu bundi bwoko . Jenoside yo nicyo iba igamije : kurimbura abari mu bundi
bwoko bwibasiwe na Leta.
Umwe mu banditsi bazwi cyane kuri iki kibazo ni Gregory Stanton wasobanuye byimbitse uko
Jenoside itegurwa igashyirwa mu bikorwa.Uyu mwanditsi yaje kugaragaza uko ibibyiciro
bigaragara mu nzira itegura ikanashyira mu bikorwa Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda.
Muri iki cyiciro cya mbere Abantu bacibwamo ibice ndetse hakabamo guhanganisha abantu ku
bandi. Munyandiko Gregory Stanton yanditse mu mwaka wa 2002, aragaza uko ibi byagaragaye
mu mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.
Nyuma yo gucamo abaturage bice buri tsinda rihabwa izina ryihariye rikagenderwaho
batandukanywe n'abandi badahuje itsinda. Ibibirango bahabwa birangwa
3. Ivangura (discrimination)
Muri iki cyiciro, itsinda ryibasiwe ryamburwa uburenganzira bimwe bw'ibanze mu bihugu
ribamo. Nko mu Rwanda, habayeho politike yiringaniza yatumye Abatutsi batiga Cyangwa ngo
bajye mu murimo ya leta ari benshi abagiyemo Kandi nabwo babaga Ari abantu badafite
icyizere, hakaba amabanga batamenyeshwa , Impamvu zidasobanutse zatumaga birukanwa mu
Madhuri cyangwa mu kazi.
5. Gushyiraho gahunda(Organisation/Organization)
Buri Jenoside igira gahunda Kandi ikorwa na leta, ikanakoresha imitwe be yitwara gisirikare
kugira ngo uruhare rwayo rutagaragara. Ingero
Nyuma yo gutanduka ya amatsinda no kuyaha amazina yihariye kuri buri tsinda, itsinda
ryibasiwe ryamburwa ubumuntu n`uburengenzira bw`ibanze ku buryo bugaragara, abarigize
bakagereranywa n`ibikoko.
Iki gice kigaragazwa n`uko amatsinda ahanganye adasgobora kubana na gato. Mu Rwanda,
habayeho gusobanura umwanzi uwo Ari we, ko Ari umututsi w`imbere mu gihugu cyangwa uwo
hanze yacyo.
Kuri uru rwego, abagomba kwicwa bagira ibibazo cyane hakabaho igeragezwa n`ibitero bya
jenoside hakorwa ubwicanyi bubibasira bitavugwa.
Atanga imibare y`abantu bishwe mu mwaka wa 1990, 1991, 1992, mu vice bimwe by`igihugu
harimo kinigi, bigogwe, bugesera ndetse no muri Kigali.
9. Kurimbura (Extermination)
Mu by`ukuri tugendeye kuri jenoside zabaye hirya no hino ku isi, Jenoside yose irategurwa,
nipfa kubaho, Jenoside igira umurongo mugari igenderaho(Stanton G.H.2013) ni wo uhuza
abasangiye icyerekezo kumwe cyo gukora Jenoside uwo murongo mugari ni wo bita
ingengabitekerezo ya Jenoside.
Ihakana n`ipfobya biratandukanye ariko byose biba bigamije ikintubkimwe niba gupfobya atari
uguhakana, ariko gupfobya ni uburyo bukoreshwa mu kuzimanganya noguhakana ibyabaye.