You are on page 1of 3

BIG EVANGELICAL NETWORK

‘’Kandi abanyabwenge bazaka nk’umucyo wo mu isanzure ry’ijuru n’abahinduriye benshi ku bukiranutsi


bazaka nk’inyenyeri iteka ryose’’ Danyeli 12:3
INYANDIKO YUZUZWA N’UMUNYAMURYANGO MUSHYA USABA GUFATANYA NA BIG EVANGELICAL NETWORK

I.IMYIRONDORO Y’USABA KUBA UMUNYAMURYANGO

-Amazina:

-Telephone:

-Email:

-Aho atuye:

-Icyo akora:

-Aho akorera:

-Itariki y’amavuko

-Marital Status:

-Imbugankoranyambaga akoresha:

II.UBUZIMA BWA GIKRISTO N’UBUHAMYA BWIZA

-Itorero asengeramo:

-Umuryango wa gikristo abarizwamo:

-Igihe yakirijwe:

-Izina na nomero z’umushumba we:

-Icyo akora mu itorero rye:

III.IMPAMVU N’ISHINGIRO RY’UMUHAMAGARO

-Umurimo akora mu rusengero:

-Haba hari aho wakoraga uwo murimo(niba hahari wahashyiraho)

IV:UBUHAMYA BW’UMUYOBOZI W’USABA GUFATANYA NA BIG EVANGELICAL NETWORK

-Umushumba:(Izina n’umukono biherekezwa n’icyemezo):

-Umuyobozi we muri Association(izina n’umukono biherekezwa n’icyemezo):

N.B:Usaba kuba umunyamuryango yongeraho na ifoto ya Passpo


Date…/…/….

BIG EVANGELICAL NETWORK

IMPAMVU:Gusaba gufatanya na Big Evangelical Network

Ngewe……………………………………….,kubw’umuhamagaro w’Imana no kubw’ishyaka


ryo gutanga umusanzu wange mu kwagura ubwami bw’Imana namamaze Yesu
Kristo,kandi nshingiye ku byo Yesu yavuze muri Matayo 28:19’’Mugenge
muhindure abantu bo mu mahanga yose abigishwa,mubabatiza mu izina rya Data
wat wese n’Umwana n’Umwuka Wera’’.Maze no kumva no gusobanukirwa neza
ko umuryango w’ivugabutumwa,BIG EVANGELICAL NETWORK ko ari wo
murongo urimo niyemeje kuzafatanya n’awo mu bikorwa by’awo bya buri munsi
ngamije ko ntanga umusanzu wange mu gutuma benshi bamenya Yesu bagakizwa
na we.
Mu by’ukuri Big Evangelical Network ,nayimenye mu mwaka
wa…………………….,nyimenyeye …………………………..numva Nifuje gufatanya n’ayo
mu kugira ku muhamagaro n’intumbero yawo.Nsanzwe ngira nange iryo shyaka
n’ubwitange kuri uyu murimo,nkaba mbizeza ko ntazacogozwa n’ibihe ahubwo
nzahanga amaso icyerekezo cya BIG EVANGELICAL NETWORK ntaharanira inyungu
zifitakika.Nzakomeza kuyoborwa n’icyanditswe kigenga umuryango dusanga muri
Danyeli 12:3’’‘’Kandi abanyabwenge bazaka nk’umucyo wo mu isanzure
ry’ijuru n’abahinduriye benshi ku bukiranutsi bazaka nk’inyenyeri iteka
ryose’’
Mbashimiye uburyo mubyakiriye kandi mbizeza ko nzakomeza
guhharanira icyateza Big Evangelical Network imbere n’umurimo
w’Imana muri rusange.
Izina…………………… …………..
Umukono……..

You might also like