You are on page 1of 2

NO Bamwe banga kwihana kubwo kwanga guta icyubahiro cyatugeza kuri Kristo?

Abantu benshi bajya babaza iby'abo

KWIHANA
cyabo, kwanga guca bugufi no kwanga guhomba iby’isi. ku munsi wa Pentekote babajije, ubwo bemezwag'ibyaha
KUBABARIRWA Uwiteka agashyirwa ku ruhande mu mitima kandi byabo, bakarangurura bati: “Tugire dute?” Ijambo rya
IBYAHA bagakomeza kujya mu nsengero bakora imirimo yose mbere Petero yabashubije n'iri ngo: “Nimwihane.”
bigengesereye kandi imbere y’Imana bafite umwenda lbyakozwe 2:38. Bidatinze yongera kubabwir'ati:
w’ibyaha byabo. Bibiliya iduha ishusho nyayo yacu iti: “Nimwihane, muhindukire, ibyaha byanyu bihanagurwe.”
ahirwa uwababariwe ibicumuro bye, Ibyaha bye
H bigatwikirwa. Hahirwa umuntu Uwiteka atabaraho
gukiranirwa, Umutima we ntubemo uburiganya.
“Umutwe wose urarwaye, umutima wose urarabye,
uhereye mu bworo bw'ikirenge ukageza mu mutwe nta
(Ibyakozwe n’intumwa 3:19).
Kwihana, rero, n'ukubabazwa n'ibyaha, no kubicikaho.
hazima, ahubwo ni inguma n'imibyimba n'ibisebe
Nakwemereye ibyaha byanjye, Sinatwikiriye binuka, bitigeze gukandwa cyangwa gupfukwa, nta Ariko nta warek' ibyaha atiyumvisemo ububi bwabyo.
gukiranirwa kwanjye. Naravuze nti “Ndaturira Uwiteka n'ubwo byabobejwe n'amavuta. (Yesaya 1:5b, 6)”. Kuko Kubicikaho bya nikize ntibyatuma duhinduka
ibicumuro byanjye”, Nawe unkuraho urubanza rw'ibyaha bose bakoze ibyaha, ntibashyikira ubwiza bw'Imana by’ukuri” (Kugana Yesu P.10).
byanjye (Zaburi 32:1-2,5). (Abaroma 3:23), kuko ibihembo by'ibyaha ari urupfu, Uhisha ibicumuro bye ntazagubwa neza, ariko ubyatura
Isi yaremwe ari nziza itagira icyaha ariko yaje kuzaho ariko impano y'Imana ni ubugingo buhoraho muri Yesu akabireka azababarirwa (Imigani 28:13). Igihe
satani. Uwo niwe waje gushuka abakurambere bacu Adamu Kristo Umwami wacu (Abaroma 6:23). Niyo mpamvu umunyabyaha amaze kubwira Imana ibyaha yakoze byose
na Eva, amateka y’uko icyaha cyaje mu isi turayazi neza. buri muntu wese ku isi asabwa kwita kuri iyi ngingo yo hiyongeraho kwaturira bagenzi be ibyo yabacumuyeho
Kubw’Adamu twabaye abanyabyaha kandi tuvuka turi Kwihana no Kubabarirwa ibyaha, kuko ntawe uzajyanwa ndetse agasana ibyo yangije.
abanyabyaha. Kristo rero mu ishusho ya Adamu wa kabiri mu ijuru atarihanye kandi ngo ababarirwe.
Umunyabyaha nagarura ibyo yahawe ho ingwate,
yaje kudukiza ibyaha byose twakoze binyuze mu gitambo Mbere yuko Yesu asezera ku bigishwa be, yabahaye akagarura ibyo yibye, akagendera mu mategeko ahesha
yatambye rimwe gusa I Kaluvari ngo hanyuma umwizera inshingano ikomeye, twese twahawe ati: Maze abungura ubugingo ntakore ibibi, kubaho azabaho ntabwo azapfa
ahabwe ubugingo buhoraho, utamwizera acirweho iteka ubwenge ngo basobanukirwe n'Ibyanditswe, ati “Ni ko (Ezekiel 33:15).
(Yohana 3:16-18). byanditswe ko Kristo akwiriye kubabazwa no kuzuka ku
munsi wa gatatu, kandi ko kwihana no kubabarirwa “Abantu benshi ni abatekereza ko kwatura ibyaha
Ingingo yo kwihana ibyaha yagiye ipfukiranwa kenshi. Ibi
ibyaha bikwiriye kubwirwa amahanga yose mu izina rye, bizabatesha icyubahiro cyabo kandi bikabatesha agaciro
byatumye abakristo bakomeza kwizirika ku mihango,
bahereye kuri Yerusalemu. Ni mwe bagabo b'ibyo (Luka muri bagenzi babo. Ntacyo kwatura ibyaha byawe
imigenzo no kutagira ibyiringiro byo kuzasanganira Yesu.
24:45-48). Kuki iyi nshingano? Kuko twakoze ibyaha bizagabanya ku cyubahiro cyawe. Ikuremo icyo cyubahiro
Bamwe aho kureka ibyaha bakomeje gusayisha, ibyaha
twese! gipfuye. Gwira Rutare maze umeneke, nibwo Kristo
bikagenda byiyongera umunsi ku wundi hanyuma Ubuntu
Nituvuga yuko ari nta cyaha dufite tuba twishutse, ukuri azaguha icyubahiro cy’ukuri kandi cy’Ijuru…. Ibyaha
bwa Kristo bakabupfusha ubusa.
kuba kutari muri twe. Ariko nitwatura ibyaha byacu, ni byinshi bitaturwa ngo birekwe, bizabera inzitizi
“Neretswe ko abantu benshi bafite ibitekerezo bijijwe yo yo kwizerwa kandi ikiranukira kutubabarira ibyaha umunyabyaha ku munsi wa nyuma w’urubanza. Byaba
kubyerekeye guhinduka. Kenshi bagiye bumva amagambo byacu no kutwezaho gukiranirwa kose. Nituvuga yuko ari byiza guhangana n’ibyaha byawe uyu munsi, ukabyatura
avugirwa ku ruhimbi ngo, “Mukwiriye kubyarwa ubwa nta cyaha twakoze tuba tuyise umunyabinyoma, kandi kandi ukabireka muri iki gihe igitambo gikuraho ibyaha
kabiri.” Cyangwa se ngo, “Mukwiriye kugira umutima n'ijambo ryayo ntiriba riri muri twe (1Yohana 1:8-10). kikikuvuganira.” (Ubutumwa Bwatoranijwe, Vol 1, P.
mushya.” Iyo mvugo nshoberamahanga yagiye ibabera 257, 258.).
amayobera. Ntibashobora gusobanukirwa n’Inama Uko byagenda kose amategeko y’Imana uyigereranijeho
ahita agushinja ko uri umunyabyaha. Nyuma yo “Ibyaha byanyu mubibwir'lmana: ni yo yonyin'ibasha
y’Agakiza. (Ivugabutumwa, P. 222.2)
guhishurirwa ko uri umunyabyaha, ukwiriye gutera kubababarira; kand'ibicumuro mwagiriranye
Bamwe bashakiye amahoro mu gukora neza, gufasha intambwe usanga Yesu we ubabarira ibyaha by’abari mu Isi mubibwirane. Niba waracumuye kuri mugenzi wawe,
abakene, gutanga amafaranga menshi mu nsengero, kuba (Matayo 1:21). cyangwa ku muturanyi, ukwiriye kwemer'igicumuro
muri korali, kubwiriza, n’indi mirimo ariko ijambo cyawe, kandi naw'akwiriye kukubabarira ataziganije.”
ry’Imana riduhamiriza ko nta mahoro y’umunyabyaha. KWIHANA NO KWATURA (Kugana Yesu, P. 28).
Amahoro aboneka gusa muri Kristo Yesu (Yesaya 48:22; “Mbese umuntu yatsindishirizwa n'Imana ate? “Kwatura k’ukuri kuraromboreza, kukemera ibyaha nk’uko
57:21). Umunyabyaha yahinduka umukiranutsi ate? Kristo ni we biri, ntigukikira. Hari ibyaha byabwirwa Imana gusa;
gusa ubasha kutwuzuza n’Imana, ngo twere. Ariko se, n'iki
hariho n’ibindi bikwiriye kubwirwa ababigiriwe. Niba ari umugisha wayo. Nyamara nta cyabuza kuwaka n’ubu nk'icyondo cyo mu nzira. Ni iyihe Mana ihwanye nawe
ibyaha byakorewe kumugaragaro, bikwiriye kuvugwa ku ngubu. Icyakora bagomba ubuntu bw’Imana ibabarira gukiranirwa, ikirengagiza igicumuro cy'abasigaye
mugaragaro. Nyamara, kwatura ibyaha kose gukwiriye n’Umwuka wa Kristo byo kubatabara mu ntege nke b'umwandu wayo? Ntihorana uburakari bwayo iteka, kuko
kwerura, ntigukikire, ikintu cyose kikavugwa nk’uko kiri, zabo. Bitabaye ibyo ntibabasha gutsinda ikibi. Yesu yishimira kugira imbabazi (Mika 7:7-10, 18).
icyaha cyose kikaturwa mu izina.” (Kugana Yesu, P. 29). akunda ko tumusanga, uko turi, turi abanyabyaha,
abanyantege nke, ari we dutezeho byose” (Kugana Muvandimwe ncuti, Paulo avuga nawe iby’imbabazi
Dawidi amaze gukora icyaha kandi amaze kukimenyeshwa Yesu, P. 42). z’Imana mu 1 Timoteyo 1:12-15. Soma umurongo wose
yahise yikubita hasi arihana asaba Imana ati: Mana, uratangazwa n’uburyo Imana yacu ari nziza,
umbabarire ku bw'imbabazi zawe, Ku bw'imbabazi zawe Yesu akunda ko tumusanga uko turi kose, kuko ari bwo inyambabazi ndetse nawe yabikubera.
nyinshi usibanganye ibicumuro byanjye. Hisha amaso buryo bwonyine buriho twabasha kujya kuri we.
yawe ibyaha byanjye, Usibanganye ibyo nakiraniwe Bavandimwe dukeneye kwihana tumaramaje! Buri wese
Ntashyiraho umubare ntarengwa w’inshuro asuzume imibereho ye arebe niba Yesu aje nonaha
byose. Mana, undememo umutima wera, Unsubizemo twamusanga zo kwemerwa bundi bushya. Ntadukundira
umutima ukomeye. Ntunte kure yo mu maso yawe, yamujyana, imbabazi ziracyariho ariko zigiye kurangira,
ko hari icyiza kiba muri twe, ahubwo adukunda kuko turi zizarangira bitunguranye niyo mpamvu nta mwanya wo
Ntunkureho Umwuka wawe Wera. Unsubizemo abantu be yiremeye. Iyo rero tumaze kumenya ko
kunezezwa n'agakiza kawe, (Zaburi 51). guta twanga gusanga Yesu Kristo aho ari mu buturo bwera
adukunda, kandi ko twemerwa na we ni bwo uburwayi bwo bwo mu ijuru. Ndagirango mbibutse ko Ubwo
Dawidi ni urugero rwiza rw’uwihana. Nka we, Imana bwacu butangira gukira. Kwemera ko atwemera niho imbabazi zizaba zirangiye, kwihana ntibizaba bigishoboka.
yifuza ko tuyibwira ibyo twakoze byose tutitaye ku byose byuzurizwa. Mbese ko ibimenyetso bitwereka ko isi igeze ku musozo
cyubahiro dufite. Buri muntu wese akeneye kwitekerezaho Iyo umunyabyaha yegereye umusaraba akicisha bugufi wayo, wishingikirije kuki? Mbese ko ejo cyangwa ejobundi
ashingiye ku byanditswe byera akareba inzira ze za kera imbere yawo, ahinduka icyaremwe gishya muri Kristo. Aba wapfa, uzapfana iki? uramutse upfuye utihannye waba
hanyuma agasaba Imana kumubashisha kwihana by’ukuri. atunganye. Imana ubwayo itsindishiriza uwizeye. wizize. Uyu munsi ntiwinangire umutima. Sanga Yesu uko
uri yiteguye kukwezaho gukiranirwa kwose, yiteguye
Mbega uburyo twononwe n’icyaha! Mbese Umunyezaburi yakomeje kugaragaza ukwicisha bugufi kukubabarira ibyaha. Naho byatukura tukutuku arabyeza
ntiwakwitegereza uko dukeneye cyane ukwihana? Njya yihana agira ati: (Yesaya 1:18). Naho waba warasayishije agutegeye
mbona abantu baturanye umwe abaho atavugisha undi, hari Ni nde ubasha kwitegereza kujijwa kwe? Ntumbareho ibiganza. Fata ingamba wowe ku giti cyawe wihane maze
n’abavuga ko babaroga, bigatuma bangana n’abantu kandi ibyaha byanyihishe, Kandi ujye urinda umugaragu wawe wisunge Yesu. Wowe ihererane na Yesu niwe wacumuyeho,
ari abaturanyi ba bugufi cyane nyamara ugasanga bemeza gukora ibyaha by'ibyitumano, Bye kuntwara uko ni ko pfukama umusabe imbabazi kandi wizere ko ubabariwe
neza ko ari abizera bategereje kugaruka kwa Kristo bwa nzatungana rwose, Urubanza rw'igicumuro gikomeye kuko yarabisezeranye kandi umusabe ubutwari bwo
Kabiri. ntiruzantsinda. (Zaburi 19:13-14) kwatura no kuri bagenzi bawe.
Hamwe na hamwe ubusambanyi bw’abakundana Ntiwibuke ibyaha byo mu busore bwanjye cyangwa “Icyo nshaka kimwe ni uko wemera ibyaha byawe, ibyo
batarashakana bwamaze kuba icyiza gikenewe! Kwica, ibicumuro byanjye, Nk'uko imbabazi zawe ziri abe ari ko wacumuye ku Uwiteka Imana yawe…Ni ko Uwiteka
ubwibone, kwishyira hejuru n’ibindi byaha bikorwa unyibuka, Ku bwo kugira neza kwawe Uwiteka. Uwiteka avuga.” (Yeremiya 3:13).
n’umutima wawe uzi abandi batamenya, Hari ababasha ku bw'izina ryawe, Mbabarira gukiranirwa kwanjye
kubwira bagenzi babo ngo ntacyo navugana nawe, undi ati: kurakomeye. Reba umubabaro wanjye n'imiruho, Mbese wakwemera irarika ry’Imana mbere yuko imbabazi
usibe numero yanjye, Ikibabaje iyi myitwarire mibi Unkureho ibyaha byanjye byose. (Zaburi 25:7, 11, 18). zirangira?
uyisanga mu ngeri zose z’abantu, mu nsengero, mu
bayobozi b’itorero, muri korali, mu bashakanye, mu Mbese Umuhanuzi Mika we ntiyagaragaje urugero rwo
bavandimwe, … kugeza aho isano Imana yabahaye kwihana muri iyi mvugo: “Wa mwanzi wanjye we, we
bayitesha agaciro bagasigara barebana ay’ingwe. kunyishima hejuru ningwa nzabyuka, ninicara mu mwijima
Dukeneye kwihana no kwatura ibyaha mu izina rya Yesu. Uwiteka azambera umucyo. Nzihanganira uburakari
bw'Uwiteka kuko namugomeye, kugeza ubwo azamburana +250 784031303
KRISTO ASHAKA KO TUMUSANGA UKO TURI +250 789745928
akantsindira. Azansohora anjyane mu mucyo, mbone onlineamateraniro@gmail.com
+250 787017349
“Bamwe bibwira ko bakwiye kubanza kugaragariza kureba gukiranuka kwe. Maze umwanzi wanjye azabirebe
amwarwe, uwambwiraga ati “Uwiteka Imana yawe iri he?” almosthomerw@gmail.com
Uwiteka ko bahindutse ngo babone gushyikira
Amaso yanjye azamureba, ubu azanyukanyukwa www.almosthome.rw

You might also like