You are on page 1of 16

IKINYAMAKURU KIVUGIRA A B A T U R ARWANDA Kaminuza ya KIM yatanze

UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009 FRW: 500, Uganda: Shs1500, Tz: Shs600, Kenya:Shs42, Burundi: Francs 700 impamyabumenyi mpuzamahanga

Col. yatabaje ibukuru, none


abajenerali baramuhitanye !!!

Gen. Kabarebe yasabye ko ubutabera bukora akazi. Col. Semana Paul yatemeweho igitaka. Gen. Jack Nziza aratungwa agatoki kuba nyirabayazana.

Mu Rugwiro na ho
itiku ntirihatinya

Mu gihe gito Ingabire Umuhoza


Victoire araba asesekaye i Kanombe
Perezida Kagame akomeje
Vatican : Papa Benedigito wa kwitandukanya n’indiri
XVI yongeye kwerekana aho y’abajura bo muri FPR
Kiliziya Gatolika ihagaze ku
ikoreshwa ry’agakingirizo no RWANDATEL igeze
gukuramo inda ku bushake aharindimuka!
Urup. 2 AKARENGANE UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Yatabaje ibukuru, none


abajenerali baramuhitanye !!!
I
kinyamakuru UMUVUGIZI
kimaze iminsi gikora itohoza
ku ifungwa rya Colonel
Engineer Paul Semana, ryatunguye
abasirikare ba RDF, cyane
cyane abo bakoranaga, kubera
ubunyangamugayo basanzwe
bamuziho.
Col Semana ni umwe mu
basirikare bize bakaminuza,
akaba ari Engineer, kandi akaba
amaze igihe akora neza imirimo
ashinzwe, nk’uko twabitangarijwe
n’umwe mu bamaneko ba
gisirikare, utarashatse kwivuga,
kubera impamvu z’umutekano
we. Uwo maneko « Junior Officer
», yadutangarije ko ibibazo bya
Col Paul Semana byatangiye mu
mwaka w’2007, ubwo yabaga
inzitizi mu guha isoko sosiyete Intra Gen. Jack Nziza aratungwa agatoki kuba nyirabayazana. Col. Semana Paul yatemeweho igitaka.
Speed, ikora akazi ko kudeduwana. Nk’uko twabitangarijwe n’umwe guhashya ubujura, Semana na we
Abajenerali bari bayishyigikiye, muri za maneko utarashatse kwivuga yaje guhimbirwa dosiye, berekana
kugira ngo ihabwe icyo kiraka kubera impamvu z’umutekano we, ko yariye amafaranga y’umushinga
cyo kudeduwana ibikoresho bya ngo nyuma y’aho abanyembaraga sosiyete Horizon yakoreraga i
sosiyete y’ubwubatsi ya RDF yitwa batangiriye gutoteza no gusezerera Gashora mu Bugesera. Nuko
« Horizon », ngo mu gupiganirwa mu ngabo Captain Kananga, Captain Rutayisire wakoreshejwe
iryo soko, iyo sosiyete yasabaga baje gukurikizaho Col Paul na mbere muri dosiye ya sosiyete
1.800.000 USD, ariko ngo Col Semana. Nuko arateseka, kugeza MADE, avanga za RedBull
Semana aba inzitizi, kuko yanze aho yandikiye Gen. Kabarebe mu bikoresho, kugira ngo abari
ko iyo sosiyete ibona iryo soko. yinshingana, agenera kopi Umugaba batsindiye isoko baregwe magendo,
Abibonye atyo atungira agatoki w’Ingabo w’Ikirenga, yerekana ni na we bakoresheje mu guhimba
Umunyamabanga Uhoraho wa urugomo akomeje kugirirwa na J7. no gushaka icyakubita hasi Col
MINADEF, wari ukimara kugera Semana.
muri iyo Minisiteri. Na we icyo J7 yakubitishije Col Semana Maneko yadutangarije ko nta
gitekerezo agishyikiriza Umugaba inzego za gisirikare makosa Col Semana yaba yarakoze,
Mukuru wa RDF, amwereka ko Maneko wa gisirikare twavuganye, ko wenda niba hari n’ahari
iyo sosiyete ihenda cyane, kandi yakomeje adutangariza ko Col byakwitwa imiyoborere mibi
hari indi sosiyete yitwa MADE, Semana yatangiye guhura n’imitego, (mismanagement) ariko adakwiye
yari yatanze igiciro kiri hasi cya Gen. Kabarebe yasabye ko ubutabera bukora akazi. ubwo bapangiraga murumuna we, gushinjwa ubujura cyangwa ruswa
600.000 USD. Gen. Nziza wari ufite ipeti rya Captain, wakoraga “corruption” nk’uko babimurega.
ushinzwe amasoko icyo gihe, ku buryo bitwaje inzoga zitwa amasoko ya gisirikare. Nuko mu biro by’iperereza rya gisirikare, Ngo uyu mugabo ni we watangije
ntiyashyigikiye icyo cyemezo, RedBull zo mu dukopo, zari avamo, ariko ahiga kuzihimura bakamwohereza kwiga, mu icyo kigo cya Horizon, atangiriye
dore ko we yashakaga ko Intra zashyizwe mu modoka rwihishwa kuri abo basirikare ba Horizon, mugambi wo kugira ngo atazamena kuri zero kandi n’abakozi yari afite
Speed ari yo yegukana iryo soko. n’abashakaga gushyira sosiyete yavugaga ko bashatse kumurwanya. amabanga y’ibyo bapangiraga nta burambe bari bafite, dore ko
Ariko nyuma, Umugaba Mukuru MADE mu mutego. Ibyo Nuko atangirira k’uwitwa Captain mukuru we. Nuko umwe mu ba abenshi bari abasirikare, abandi
w’Ingabo yaje kwemeza ko isoko byahinduwe magendo ya RedBull, Kananga, aramufungisha, nyuma aza Major warezwe na J7 tutashatse ari abagore babo cyangwa b’aba
rihabwa uwari watanze igiciro ndetse abacuruzi n’abashoferi gushyirwa ku rutonde rw’abademob, gutangaza kubera kwitinyira cadres ba RDF, ku buryo bagiye
kidakanganye, ari yo sosiyete yitwa barafungwa, ariko ngo nyuma, aho bazi ko bimurangiranye. Nuko, ko bakongera kuduhondagura biga akazi buhoro buhoro. Ngo
MADE, ya muramu wa Donald Perezida Kagame n’ubuyobozi nyuma y’aho, imwe mu masosiyete imitarimba, ubu wahawe amabwiriza kuri we, nk’uko yabikurikiranye
Kaberuka. bwa RDF babimenyeye, baje y’igihugu cya Leta Zunze Ubumwe yo kwohereza Captain Aaron wari cyangwa yumvise bagenzi be
kubafungura. z’Amerika ikorana na RDF, iba uvuye i Darfur, wakoze no muri babivuga, ngo gufunga Col
Ibyari isoko byahindutse Ikinyamakuru UMUVUGIZI imuhaye akazi mu Bugesera, MVK, gushakisha idosiye kuri Col Semana, umurega ubujura ni
intambara cyaje gutabariza abo bacuruzi ku aho bubaka. Ariko amakuru Semana, maze si ugutondagira uwo “ukumugerekaho urusyo”.
Nyuma y’aho Gen. Kabarebe na buyobozi bwa RDF, twerekana ko atugeraho, yemeza ko, bamwe mu Colonel! Kugeza aho nyuma Nibamureke avemo neza kimwe
Ambasaderi Nsenga bamariye barenganye, ko atari « magendu » mu banyembaraga baherutse bakuye Col Zigira muri Komisiyo na Captain Kananga, dore ko
kwemeza ko isoko rihawe sosiyete bazira, ko ahubwo ari akagambane kunyarukira mu Bugesera ya demob, utazi ikintu na gito mu batazabura akazi kubera umwuga
MADE, havutse intambara, dore ka mucyeba wa sosiyete MADE, bashaka ko Captain demob bya engineering, ngo asimbure wabo, kandi batakwanga igihugu,
ko nyiri sosiyete yahawe isoko ushyigikiwe n’umunyembaraga wa Kananga yirukanwa ku kazi, aho Semana. Nyuma cyakora, Semana kubera umujenerali ukoresha
yahuye n’imitego itari micye, RDF, witwa J7. kumushyigikira cyangwa guterwa yaje gusubizwa mu buyobozi system yo guhiga abatemera
ubwo bamwe mu bantu batishimiye Twabibutsa ko, icyo gihe ishema n’uko umusirikare wabo bukuru bwa gisirikare. Umwanya amafuti ye.
icyo gikorwa, baje kumunaniza, twerekanye ko izo RedBull zari yahawe akazi. wa Col Semana waje gushyirwa Amakuru atugeraho yemeza ko
kugera n’aho bategera ibikoresho zapakiwe na Officer wa RDF, witwa Ikinyamakuru UMUVUGIZI ku isoko kugira ngo upiganirwe, habanje gukorwa ka audit gatoya
bya gisirikare ku cyambu cya Rutayisire Vianney, abitumwe cyashoboye kuvugana n’umwe mu na we asabwa kubikora, ariko muri Horizon, nyuma ni bwo J7,
Mombasa, bagambiriye kunaniza n’abahigaga iyo sosiyete, nk’uko Banyamerika bari aho mu Bugesera, arifata kubera amatiku yari arimo kubera ingufu agifite mu biro
iyo sosiyete. Kugeza aho ubuyobozi twari twabitangarijwe n’abo adutangariza ko uwo demob ari atutumba. by’iperereza, yifashishije umu
bwa RDF bubimenyeye, bukiyama bakoranaga, barwanyaga iyo umwe mu ba Engineer beza bafite Major yakoreshaga, akorana cyane
abo bantu. myitwarire itari ihwitse. kandi ko akorana umurava. Col Semana yaje gusigwa icyasha n’abo ba Captain babiri, bakora
Ibikoresho bya Horizon (RDF), Nyuma y’ibyo byose, igihe cyari cy’ubujura iyo dosiye simusiga.
bigeze ku mupaka ku Rusumo, kigeze ngo umunyembaraga akurwe Col Semana yishinganye ku Kubera gahunda ya Perezida
bongeye kunaniza uwo mucuruzi, mu kanama gashinzwe gutanga buyobozi bwa RDF Kagame, aherutse gushyiraho yo Gasasira J. Bosco

umuvugizi@yahoo.com
Urup. 3 UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Perezida Kagame akomeje kwitandukanya


n’indiri y’abajura bo muri FPR
H
Gikondo, Makuza House 2nd Floor, B.P. 2147, Kigali - RWANDA (E.A) ashize iminsi micye Kayonza na Executive, batawe muri
Tel: (+250) 08417942, 08300668 E-mail: umuvugizi@yahoo.com Umukuru w’igihugu, akaba yombi, kubera gukekwaho ubujura.
n’Umuyobozi w’ishyaka Gusa ntawabura kubabazwa
n’umusaza Gacinya wari DAF wa

Ijambo ry’ibanze
FPR-Inkotanyi, riri ku butegetsi,
atunguye aba cadres ba FPR- MININFRA, wagiye muri icyo
Inkotanyi, ubwo yabyaturaga mu kigare cy’abajura, kubera gutinya
ruhame, ko yitandukanyije n’abiyita kwamagana ubujura, cyane ko

Abayobozi bakwiye aba cadres ba FPR, basigaye


bariyemeje kwiba ibya rubanda.
Mu nama ya Bureau Politique
benshi bemeza ko yagize intege
nke, agatinya no kuzimura kubera
imyaka afite. Nuko na we aba

gutozwa umuco wo ya FPR-Inkotanyi, iherutse kubera


ku Kimihurura, Kagame ntiyari
ashyizwe mu gikundi cy’abajura,
kubera kutitandukanya na bo,
dore ko, nka DAF wa MININFRA
yishimye, ku buryo abayobozi

kwegura batagombye batandukanye bashatse kugira


icyo bavuga yagiye abaka ijambo,
atabona n’icyo yireguza.
Kubera izo report zose Perezida
Kagame afite ku bantu be n’abandi

gutegereza kweguzwa
abereka ko ababajwe n’icyorezo
cy’ubujura bumaze kwogoza bataratabwa muri yombi, dore ko
igihugu, abayobozi bakuru bafitemo urutonde ari rurerure, byatumye

M
uruhare kandi abenshi muri bo agira uburakari, ku buryo atashoje
u buyobozi bw’iki gihugu, hadutse umuco bakaba bibera mu ishyaka rya FPR- n’iyo nama. Yashimangiye ko benshi
Inkotanyi. Perezida Paul Kagame mu ba cadres ba FPR banduye kandi
wo kuvana abantu mu myanya kakoreshejwe
Mu ijambo rye, Perezida Kagame bakomeje kwijandika mu bujura.
imvugo ngo “yeguye kumpamvu ze bwite”. Vincent, na we wafunzwe nyuma
yavuze ko “Bibabaje kubona aba Amakuru dukesha bamwe mu ba
Nyamara mu kuri, abenshi mu bakurwa mu y’aho amariye gutungwa agatoki cadres bari muri iyo nama, yemeza
cadres ba FPR-Inkotanyi basigaye
myanya , baba ari abayobozi bavugwaho imikorere mibi: barangwa n’ubujura, ku buryo n’itangazamakuru n’izindi nzego, ko Kagame yababajije ngo “Harya
ubujura, ruswa, gukekwaho ibyaha binyuranye, ubushobozi babanza kurya ibya rubanda, mbere cyane cyane mu idosiye ya bagenda bavuga ko abafunga, ngo
buke … y’uko babibagezaho”. sosiyete STRABAG, ari na yo kandi ari bwo agitangira, cyane ko
Kuri iki cyo kugaragaza ubushobozi bucye , ikinyamakuru Umwe mu basaza bari aho, ikoze k’uwahoze ayobora CEPEX, atazihanganira na gato abiba bitwaje
Umuvugizi nticyahwemye kugaragaza uburyo abantu Mzee Mugesera, yaje kwunga mu Katurebe George, kubera ko na we izina rya FPR-Inkotanyi”.
bashyirwa mu myanya bishingiye ku kimenyane no ku rya Kagame, avuga ko kugeza ubu yariyemo akayabo k’amafaranga Ubwo ngo Perezida Kagame,
cyenewabo, hatitawe ku bushobozi bafite, bagera mu kazi ibigiye gusenya FPR, ari amatiku amaze kubasonera “exoneration” yasohotse inama itarangiye,
n’ubusambo, bikomeje kurangwa ku bikoresho binjije, igihugu aba abwiye Ngarambe,
bakibura. Birushaho guhumira kumirari iyo bagabiwe imyanya
mu bayobozi b’igihugu ku isonga kikabihomberamo bitavugwa. Umunyamabanga Mukuru wa
y’ubuyobozi kuko bidatinda kwigaragaza aho usanga abo Ntitwasoza tutabibukije
kandi hakaba hari abo baba bicaye FPR gukomeza kuyiyobora, ngo
umuntu ayobora aribo bamwereka ibyo yakabaye akora. Muri umuyobozi wa statistiques, Dr azamugezeho report yayo, kuko we
iruhande rwa Chaiman.
iri jambo ry’ibanze, dushatse kugira icyo tuvuga ku bantu Munyakazi L., na we watwawe atashoboraga gukomeza kuyobora
Twabibutsa ko kugeza magingo
bashyirwa mu myanya ku buryo bw’inkonkobotsi, bataramara aya, aba cadres ba FPR bari mu intambike, kubera kunyereza ibyo inama irimo abantu banduye, ngo
kabiri ugasanga badurumbanyije ibyo basanze ku buryo kugira biganje ku rutonde rw’abatungwa yacungaga. Uretse Munyakazi, hato batamucumuza. Nuko aba
ngo uwo muntu azaveho bisaba ingufu ziruta izakoreshejwe agatoki mu gusahura igihugu. hari na Gasana Charles, na we arigendeye ari kumwe n’umufasha
ashyirwaho. Urugero rwa hafi dutanga , ni muri Minisiteri Hano umuntu yavuga uwahoze utungwa agatoki, kuba yarasangiye we, Janet Kagame. Abari aho ni bwo
y’itangazamakuru aho mu ntangiriro z’umwaka ushize wa ari Umunyamabanga Mukuru n’umucuruzi Mugarura, ku isoko basohokaga, batubwira ko Kagame
2008, ubwo havugururwaga Guverinoma, iyo Minisiteri wa MINICOM na MINEDUC, ryo kubaka inzu y’ibiro by’Intara yitandukanyije n’abajura bo muri
watorokeshejwe n’ibyegera bya y’Iburasirazuba. Ku buryo kubera FPR-Inkotanyi.
yahawe Madamu Mushikiwabo Louise, akomotse muri
Kagame, avuye aho yari afungiye uburemere bw’ibyo aregwa, Yemwe ngo n’amafunguro bari
Banki Nyafurika BAD aho yari ashinzwe guhuza abantu na yahamagajwe ikitaraganya amaze
muri station ya police, kubera gutinya bateguriwe ntawashoboye kwegera
banki(public relations). kugera mu Buyapani, aho yari agiye
ko yabavamo, agashyira ahagaragara ameza uretse ngo abadamu bake
Akimara kugabirwa uwo mwanya, uyu mudamu yahise kwiga, akigaruka ahita afungwa. Si bari baturutse kure bifitiye inzara.
amanyanga bakoranye. Nyuma
atangira gufata ibyemezo bidasobanutse, nko guheza y’uyu, hakurikiyeho Gatwabuyenge abo gusa, ejobundi vice Mayor wa Gasasira J. Bosco
abanyamakuru mu biganiro no mu nama zibagenewe, gushaka
kuvugurura itegeko rigenga umwuga w’itangazamakuru
akurikije uko abyumva n’ibindi. Ibyaje kuba akarusho, Senataire Safari nawe yaciye murihumye gacaca!
ni ukuntu yafashe icyemezo cyo gufunga Radio BBC, no
Nyuma yo gusenya MDR agahembwa umwanya
gufatanya n’abadepite kohereza itegeko kwa Perezida wa
Repubulika ririmo ingingo zicuramye, Perezida Kagame akaba w’ubusenateri, Senataire Safari Stanley gacaca
ataratinze kubereka ko atakwemera kugendera ku makosa yabo iramushyiguye !
yanga kurisinya, Abadepite bakaba barongeye kuryemeza, Hari hashize igihe kitali gito yabaye umwe mubarwanashyaka
ariko ibyahinduwemo bikaba byarahishwe abanyamakuru Senataire Safari Stanley ashyirwa ba MDR bagiriwe icyizere imuha
muri Komisiyo y’Inteko. mumajwi ko hari ibyo agomba umwanya w’ubudepite. Kuva icyo
gihe Safari yafatwaga nk’umwe mu
Mubihugu byateye imbere rero nkuko tubizi, iyo habaye gusobanura muri gacaca y’iTumba
i Butare kuruhare yaba yaragize nararibonye za politike n’amateka y’u
guhuzagurika nk’ukwa Mushikiwabo, iyo ari umuntu ushyira Rwanda kuburyo atasibaga kuri Radio
mugaciro, aribwiriza agatanga umwanya. Kimwe n’abadepite muri jenoside.
Iburanishwa rye ryakomeje na Televiziyo by’igihugu yigisha
bagize komisiyo ya bureau politique barimazeho iminsi uburyo ubuyobozi bwabanjirije ubwa
kugenda ryigizwayo, nyuma
ngo barimo kurivugurura naho barimo kurivuyanga, nabo FPR bwose bwari bubi. yahisemo kwishingira irye rya PSP,
inteko iza gufata icyemezo cyo
icyo gikwiye kubabera ikimenyetso cy’uko ibyo bakora Muri 2002, ubwo FPR yiteguraga riza no kumuhesha itike yo gusubira
kumutumiza kuburana, urubanza
ntabushobozi babifitiye, zikaba ari ingaruka y’buryo baba kwinjira mu matora, hadutse mu nteko umutwe wa SENA
rushyirwa ku italiki ya 03/06/09
binjiye mu nteko. ikibazo cyuko ishyaka MDR rifite ari naho yari yihengetse kugeza
ruhabwa inteko ya Kimironko kuko
Uretse n’ibi kandi, aho itangazamakuru rigeze mu Rwanda ingengabitekerezo ya giparimehutu. ubu.Nyuma y’igenda rye rero,
izindi ngo yazihanaga.
Nyuma y’ubushakashatsi bwakozwe haravugwa byinshi, bamwe bati
magingo aya cyane cyane iryigenga, n’amakosa amaze Mugihe hari hasigaye iminsi 2 ngo
na komisiyo y’umutwe w’abadepite nawe se kandi yatinyuka agahunga
gukoresha Perezida Kagame mugihe gito amaze muri aburane, nibwo yafashe icyemezo
n’amagambo yavugaga ! n’abantu
cyo gukuramo ake karenge, yari iyobowe na Depite Mukama
iyo minisiteri, riragaragaza ko Minisitiri Mushikiwabo yagambaniye nka Maj Maniraguha
bigaragara ko yatinye amasaziro Abbas kuri iryo shyaka, MDR,
atarishoboye. Akaba akwiye kwibwiriza akegura atarabisabwa. abayoboke baryo bakundaga kwita Jacques(RIP) ! abandi nabo bati
Si ukwibasira uyu mudamu kandi, no muzindi nzego imvugo yo muri gereza. Safari Stanley ni
ishyaka ry’umucyo, ryaje gukatirwa agahinda gake nawe namenye ko
kweguzwa ikwiye kuvaho, bikavugwa uko biri ko umuntu umuntu wamamaye cyane nyuma
igihano cyo guseswa. FPR ntanyiturano igira.
ya jenoside nk’umurwanashyaka
yananiwe gukora inshingano ze akirukanwa mugihe yananiwe Abenshi mubari abayoboke baryo Iyi nkuru tuzayigarukaho
w’ishyaka ryari ikigugu MDR
kwibwiriza ngo asezere hakiri kare. berekeza muri FPR, abandi barinumira. ubutaha
itari power, ariyo bitaga MDR
y’amajyogi. Safari washyizwe mu majwi cyane
Ubwanditsi mubagize uruhare mugusenya MDR, Ubwanditsi
FPR ikimara gufata ubutegetsi,

umuvugizi@yahoo.com
UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009
Urup. 4
UBUTABERA

Mu Rugwiro na ho
itiku ntirihatinya
Umuyobozi w’imari n’ubutegetsi muri
Perezidansi ya Repubulika, Kalisa Mupende
muri gereza. Arashinjwa ibyaha bidasobanutse!
K
u itariki ya 22 Gicurasi Kalisa Mupende akurikiranyweho Kirehe, mu Ntara y’Iburasirazuba,
2009, urukiko rwa gisirikare kuba, nk’umuyobozi w’imari muri zaba zaronnye imyaka y’abaturage.
rukorera i Nyamirambo, Perezidansi ya Repubulika, muri Icyakora, nk’uko amakuru
rwaburanishije urubanza ruregwamo 2005 yaratumye umwe muri abo dufitiye gihamya abivuga, icyo gihe
abagabo batatu, barimo abasirikare basirikare bafunganye, kubikuza inka zona, ubuyobozi bw’ibanze
2 bakiri mu kazi n’undi umwe ibihumbi 100 by’amadolari muri bwo muri ako karere bwahamagaje
wakivuyemo n’ubwo atemera Banki Nkuru y’Igihugu. Ayo nyir’inka ari we Mupende,
ko yanakigezemo, ari we Kalisa madolari yagombaga gukoreshwa buhamagara n’abonesherejwe,
Mupende, bose bakaba ari abakozi mu rugendo Perezida wa Repubulika barumvikana, bahabwa indishyi,
ba Perezidansi ya Repubulika. yakoreye mu Bwongereza. Ayo ikibazo kiracyemuka.
Uyu Kalisa Mupende urukiko madolari amaze kubikuzwa, Uburyo cyazanywe mu rukiko
rwemeje ko ari umusilikare ndetse mu kuyahererekanya kw’abo rero nk’ikirego nshinjabyaha, nubwo
basirikare bombi, ni ukuvuga Gen. Frank Mugambaje
rumumenyesha na army number n’ubusanzwe kwonesha ari icyaha Rose Kabuye yishyimiye ifungwa
ye ariko we akavuga ko iyo nuber hagati y’uwayavanye muri BNR aratungwa gatoki mu kwirenza
civil, abantu ntibabisobanukiwe. rya Mupende.
atayizi kuko ngo yabaye mu n’uwayajyanye mu Bwongereza, Ikaba ari yo mpamvu bamwe Kalisa
gisilikare ari muto babandi bitaga haje kuburamo amadolari ibihumbi bavuga ko ibyabaye kuri Mupende Basubije ko icyo kibazo
ba kadogo, intambara irangiye ahita 20. Mu gihe abo yanyuzeho bitanaga atari ikibazo cy’ubutabera, ahubwo cyarangiye, ko abaturage
ajya gukomeza amashuri. Kuri bamwana, Kalisa Mupende, nk’uwari ari ikibazo afitanye n’abo bakorana bonesherejwe barishywe. Ariko
ubu rero, yari ushinzwe ubuyobozi abakuriye, yabategetse ko bombi mu mirimo inyuranye ashinzwe basabwe kubikorera raporo, ari
n’imari (DAF) muri urwo rwego bakora ibishoboka, bakayishakamo, haba aho ibukuru mu Rugwiro, yo yazanywe mu rukiko, byitwa
rukuru rw’igihugu. Ubushinjacyaha bitaba ibyo akabashyikiriza haba n’ahandi, dore ko uretse uwo kwangiza imitungo y’abaturage,
Bumurega ibyaha 4, ari byo inzego zibishinzwe. Iyo nama ye mwanya, yari na Perezida w’inama Nyuma y’imyaka 4 yitwaje umwanya arimo.
Ikindi Gen Mugambage na Rose
gutonesha, gutanga amasoko abo basirikare barayumvise, uko
babigenje ntawe ubizi. Icyabaye ni
y’ubutegetsi ya Banki y’u Rwanda ishize ibyo bibaye, Kabuye basa n’abageretse kuri
ya Leta mu buryo bunyuranyije y’Iterambere, BRD.
n’amategeko, kunyereza umutungo uko amadolari yabonetse, ikibazo Mupende araregwa Mupende, bafatanyije n’ushinzwe
kirangira, hatitabajwe izindi nzego. umutekano muri Perezidansi ya
wa Leta yari ashinzwe no kuba
inka ze zaroneye abaturage. Kuba Nyuma y’imyaka 4 ishize ibyo
Ngo yaba azira kubangamira
inyungu z’abanyabubasha !
ko yakoze icyaha Repubulika, Major Willy, ngo
twatangiye tuvuga ko ibyaha uyu bibaye, Mupende araregwa ko cyo gutonesha ni ukuba Mupende yarinjije
muri Perezidansi, umuntu
mugabo aregwa bidasobanutse, yakoze icyaha cyo gutonesha Nk’uko twabivuze haruguru, Kalisa
si ugushaka gupfobya akazi kuko atabashyikirije ubutabera. Mupende, uretse umwanya yari kuko atabashyikirije uri kuri black list (utizewe),
bivuze ko yahungabanyije
k’ubushinjacyaha cyangwa kwigira
umucamanza. Gusa twabitewe
Ikindi cyaha ubushinjacyaha
bumukurikiranyeho, ni icyo kuba
afite w’ubuyobozi muri Perezidansi,
kubera ubushobozi n’icyizere
ubutabera umutekano. Amakuru dukesha
n’uko ibyaha ubwabyo byigaragaza yarishyuye umucuruzi witwa Perezida Kagame yamugiriye, bamwe munshuti za hafi za
cyangwa byasobanuwe. icyakora na Kazoora, wahawe isoko ryo dore ko yamufataga nk’umuhungu Mupende, avuga ko bamaze
none, ntawabura kuvuga agashya gushyira amatapi muri Perezidansi. we, kuko ari na we wamusabiye, kumuteranya kwa Perezida
kagaragaye muri urwo rubanza. Ubushinjacyaha bukavuga ko iryo akanamushyingira, akimara Kagame, yamurakariye cyane
Abaregwa bamaze gusomerwa soko yarihawe mu buryo butemewe kurangiza amasomo muri za bituma ndetse amutanga ngo
ibyaha baregwa, kubera imiterere n’amategeko, bukanongeraho kaminuza zitandukanye mu Buhinde bamucishemo akanyafu ka
y’ibyaha baregwa n’urwego ndetse ko uwo mucuruzi Kazoora no mu Bwongereza, aho yakuye y’Igihugu, François Kanimba, bari gisilikare. Ubwo Major Will aba
bakoreramo, byabaye ngombwa ko ari ku rutonde rw’abatemerewe impamyabumenyi ihanitse (Master/ baratinye gukora kuri iyo dosiye. aramubonye.
urubanza ruburanishwa mu muhezo. gupiganira amasoko ya Leta (black Maitrise) mu icungamutungo, Ndetse amakuru dufite, avuga ko Ibyo byaha byose rero, nubwo
Ibyo ni ibisanzwe. Gusa, icyaje list/liste noire). Icyo abakurikirana yashinzwe kuyobora inama uwo munyabubasha yaba yaragiye byaburanishijwe bikanasomerwa
kuba agashya, mu gihe cy’isoma uru rubanza batangariye, ni ukuntu y’ubutegetsi ya BRD. Aha rero kwisobanura ibukuru, nyuma mu muhezo, ni byo byatumye
ry’urubanza, rwasomwe ku wa Mupende aregwa icyo cyaha kandi nk’uko amakuru dufite abigaragaza, atangira kwikoma cyane Mupende DAF wa Perezidansi, Mupende
25/05/2009, ni ukuntu ku nshuro ya atari umwe mu batanga amasoko, ngo yahasanze dosiye y’umwe mu no kumuteranya kwa Boss we, Kalisa, urukiko rwa gisirikare
mbere, urukiko rwasomye urubanza icyo yari ashinzwe ari ukwishyura bayobozi bafite ububasha muri ari na byo byatumye muri ibi rutegeka ko yaba aryamye muri
mu muhezo! abayatsindiye arinayo yakoze. iki gihugu (ntitumuvuga izina bibazo,Perezida Kagame asa n’aho gereza ya gisirikare ku Murindi,
Kuba ukuriye akanama gatanga ku mpamvu zitandukanye cyane amukuyeho amaboko. mu gihe cy’iminsi 30, kugira ngo
Si ubutabera bugamijwe, ni amasoko, Gen. Frank Mugambage, cyane iz’umutekano), wakuye muri Mu baba barifashishijwe iperereza rikomeze neza. Benshi
ibibazo abantu bifitaniye! atarahamagajwe mu rubanza, bikaba iyo banki akayabo ka miliyoni kugira ngo dosiye igire bakaba bibaza impamvu Perezida
bidasobanutse. zikabakaba 800 nta nyito yayo bifite. uburemere, havugwa Gen. Frank Kagame, atarangije ibi bibazo
Ayo ni amwe mu magambo Uretse ibyo byaha byombi, mu Ni ukuvuga ko atari inguzanyo Mugambage, Umuyobozi w’ibiro bivugwa mu rugo rwe, cyane
yavuzwe n’abo mu miryango gihe cy’iperereza, ubushinjacyaha cyangwa impano, kandi bizwi bya Perezida wa Repubulika ko uyu Mupende bamubonaga
y’abaregwa, bari baje gukurikirana ngo bwageze kwa Mupende, ko ayo mafaranga yari agenewe ndetse na Madamu Rose Kabuye, nk’umuhungu we.
urwo rubanza. Bakimara kumva busanga afite intebe zo muri salon kuzamura ubukungu bw’igihugu, ushinzwe Protocole muri Icyakora, nk’uko amategeko
icyemezo cyafashwe n’urikiko zihenze, ngo zifite agaciro ka akoreshwa mu nguzanyo zihabwa Perezidansi. Aba bombi ngo baje abyemera, Mupende yahise
rwa gisirikare cyo kuba rufunze miliyoni hafi eshatu. Hakurikijwe ba rwiyemezamirimo. mu kibazo cya Mupende, ubwo ajuririra icyo cyemezo, ubujurire
abaregwa by’agateganyo iminsi 30, urwego arimo, bikaba bifatwa nko Mu gihe rero Mupende basabaga umuyobozi wa Polisi bwe bukazasuzumwa n’urukiko
ikunze kwitwa iy’iperereza. kuba yaranyereje umutungo wa yatangiraga gukurikirana iyo y’ihihugu mu Karere ka Kirehe, rukuru rwa gisirikare. Nguko
Mu by’ukuri, nk’uko Leta. Kugira ngo ibyaha bigwire dosiye, ni bwo yatangiye kurebwa gushakisha raporo y’uko inka uko ntaho bukikera. N’ibukuru,
abatarakurikiranye urwo rubanza (ni ko umuntu yabivuga), kuri ibyo nabi, bitewe n’uko abandi, barimo za Mupende zoneye abaturage, amatiku no kugambanirana
babibwiwe n’ababashije kuba mu byaha hiyongereyeho ikindi kivuga uwayoboraga iyo banki, Turatsinze kimwe n’Umunyamabanga ntibihatinya.
cyumba cy’iburanisha, barimo ba ko mu mpera z’umwaka ushize, Théogène wanaje kwegura, kimwe Nshingwabikorwa w’Umurenge
nyir’ubwite kimwe n’ababunganira, inka za Mupende ziba mu Karere ka na Guverineri wa Banki Nkuru urwuri rwa Mupende rurimo. J. Cherif
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 5 AMASHYAKA UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Mugihe gito Ingabire Umuhoza


Victoire araba asesekaye i Kanombe
I
ngabire Umuhoza Victoire, gihugu, ku buryo ritari rikwiriye
usanzwe aba mu gihugu Impfubyi n’abapfakazi gutinya abacyeba kandi bigaragara
cy’Ubuholandi, amaze imyaka Impfubyi zose, abapfakazi bose, no nta n’imigambi idasanzwe
igera kuri 15 ari mu buhungiro. impfubyi za Jenoside n’impfubyi bageza ku Banyarwanda, uretse
Ni umwe mu banyapolitiki b’u z’ubundi bwicanyi zizarihirwa kubizeza ibitangaza gusa. Mu
Rwanda, utajya arya iminwa, amashuli ku buntu kugeza zirangije bigaragarara rero amashyaka
iyo yamagana politiki ya Leta ku rwego rwa kaminuza. mashya yavuka akaba nta mahirwe
ya Kigali, avuga ko yananiwe. Abapfakazi bose bazagenerwa menshi afite yo kuba yahangana na
Ni kenshi akunze kumvikana ku inkunga iciriritse ya buri FPR-Inkotanyi, nubwo na yo hari
maradiyo mpuzamahanga nka kwezi, kandi abadafite amazu byinshi Abanyarwanda bakomeje
BBC Gahuzamiryango cyangwa bazubakirwa ku buntu. kuyinenga.
Radio Ijwi ry’Amerika (VOA), Cyane ko, gukomeza gukumira
akoresha imvugo ikarishye mu Ubutabera: Imfungwa za politiki andi mashyaka atari cyo
kunenga politiki y’ishyaka FPR n’abakurikiranwaho Jenoside gisubizo, ahubwo ishyaka FPR-
riri ku butegetsi, yerekana ko badafite amadosiye bazahita Inkotanyi, rikwiye kwerekana
ishyaka rye FDU-INKINGI, ari barekurwa. Bazakuraho igihano ko ryihanganira ibitekerezo bya
ryo rifite ibisubizo by’ibibazo, cya burundu y’umwihariko, politiki bitandukanye n’ibyaryo,
ubu byugarije Abanyarwanda. abakatiwe gufungwa burundu bityo rikaba rishyigikiye
Iyo ikaba ari na yo mpamvu, basubirane uburenganzira bwo demokarasi isesuye, nk’uko iri
urwego rukuru rw’ishyaka FDU- kuba basurwa n’ababo. mu byo ryiyemeje guharanira,
INKINGI abereye umuyobozi, Ingabire Victoire yaka passport muri ambasade y’uRwanda mu buholande ritangiza urugamba rwo kubohora
ruherutse gufata icyemezo cyo Indimi bose. Ishyaka FDU-INKINGI u Rwanda.Hagati aho ariko itahuka
gukorera politiki mu Rwanda. Mu Igifaransa bazagisubizaho, ndetse Cyakora, nyuma yo gusesengura rishobora guhura n’uruva rya Ingabire rikomeje kuvugwaho
gushyira mu bikorwa icyo cyemezo bongereho n’igiswayili ; maze izo ibikubiye muri iyi gahunda ya gusenya byinshi.
Ingabire Umuhoza Victoire ndimi uko ari 2 zize ziyongere ku FDU-INKINGI, umuntu ntiyabura Bitewe n’ingorane zakunze Bamwe basanga bizaba nko
akaba, ku wa 13 Gicurasi 2009, Kinyarwanda n’Icyongereza. kwibaza niba hari ubushobozi kwigaragaza, abashatse gushinga kwiyahura, bitewe nuko uyu
yarandikiye umuyobozi w’ibiro Buri mwana agomba kwiga buhagije ku bijyanye n’amikoro, amashyaka ya politiki kuri iyi Leta mudamu yagaragaje ko adakorera
bishinzwe abinjira n’abahosoka byibura amashuri kugeza ku kugira ngo zimwe muri izi ngamba ya Kagame, nka ba Kabanda Célestin kubwoba, kandi akaba ntacyo
mu Rwanda, amusaba urwandiko yisumbuye. zibe zashyirwa mu bikorwa koko. wa ADEP-AMIZERO, Bizimungu yishinja kuko n’iturufu ya
rw’inzira kugira ngo atahuke mu Kuko nk’uko byakunze kugaragara, Pasteur muri PDR-Ubuyanja, Me jenoside ijya ikoreshwa rimwe
gihugu cye. Imiyoborere y’igihugu : imigambi abanyapolitiki bageza ku Ntaganda Bernard wa PSI n’abandi na rimwe kubashaka kuvangira
Mu yandi magambo rero, ishyaka Bazashyiraho komisiyo ihuriweho baturage akenshi iba ari amareshya ,bagiye bahura na zo, ntitwabura FPR nkuko byagendekeye Dr
FDU-INKINGI rikaba ryiteguye n’Abanyarwanda b’ingeri zose mugeni. kwibaza niba FDU-INKINGI ya Teoneste Niyitegeka, we ngo
guhangana mu matora y’Umukuru yo gusuzuma ibintu bikurikira Tugarutse ku kibazo cy’itahuka Ingabire Umuhoza Victoire, izaca nyiyamufata kuko jenoside
w’igihugu azaba umwaka utaha, : impamvu zateye amarorerwa rya Ingabire Umuhoza Victoire, mu rihumye Minisitiri Musoni yabaye atari mu Rwanda.Aha rero
n’umukandida ishyaka FPR- yabaye mu Rwanda, abagize nk’undi Munyarwanda wese, ubundi Protais ! Byaba bidasanzwe. Aha bamwe bagasanga uyu mudamu
Inkotanyi rizatanga, doreko andi uruhare muri ayo marorerwa yose, ibi ntibyagombye kuba ikibazo, ariko icyo umuntu yasaba Leta y’u bishobora kuzamugendekera nka
mashyaka amenyereye kwigira uburyo bwiza bwo guha ubutabera kuko ari uburenganzira bwe, kandi Rwanda, ni uko yareka gukomeza Nyakwigendera Benazil Bouton
mukwaha kwayo. Nkuko amakuru abahohotewe bose, demokarasi na Leta y’u Rwanda ikaba idahwema kwitwara nk’itifitiye icyizere, muri Pakisitani, waturikijwe
aturuka iyo mu Buhorandi iboneye u Rwanda, n’ingamba guhamagarira Abanyarwanda ikemerera amashyaka atavuga n’igisasu ku manywa y’ihangu
agenda atugeraho, ishyaka FDU- zashyirwaho ngo amakimbirane bari mu buhungiro kugaruka mu rumwe n’iriri ku butegetsi gukora ku ubwo yari muri mitingi y’ishyaka
INKINGI ryihaye umurongo wa atazasubira. Ubukungu bw’igihugu rwababyaye. Ibi Leta y’u Rwanda mugaragaro, na yo akagira uruhare rye yitegura guhangana na
politike rizagenderaho kugirango bugasaranganywa uturere twose iyobowe na FPR, ishyaka rirwanya mu gushimangira demokarasi Musharraf.Icyo gikorwa cyiswe
ribashe gushyira mu bikorwa tw’igihugu. Bazimiriza imbere ubuhunzi n’icyabutera cyose, ikaba kandi n’Abanyarwanda bakagira icy’abagizi ba nabi. Izindi
gahunda yaryo ikubiye mu ngingo guhashya ubukene mu gihugu. ibishyiramo ubushake n’imbaraga uburenganzira busesuye bwo mpungenge bamwe bafite, nuko
zikurikira mu bufatanye na buri Inzego z’ubutegetsi zizaba nyinshi, ku buryo yohereza kwihitaramo abayobozi. Kwemerera nkuko byakunze kugenda muri
Munyarwanda : inzego abanyarwanda b’amoko n’intumwa mu bihugu binyuranye, ishyaka FDU-INKINGI byaba ari iki gihugu, hashobora kugira
yose n’uturere twose bibonamo. haba muri Afurika haba no ikimenyetso ko Leta y’u Rwanda ababirenganiramo bitwa ko bari
Ku birebana no kwibuka Inzego z’umutekano zizaba na zo mu Burayi, ari bwo butumwa amaze gutera intambwe ishimishije mu ri FDU, bikaba byakwitwa
Twibuke twese, ariko twibuke ari inzego Abanyarwanda b’amako buzijyanye, uretse ko bitaratanga muri politiki. Birazwi ko ishyaka guhungabanya umudendezo
twubaka, twibuke ibyabaye, ariko yose n’uturere twose bibonamo, umusaruro ugaragara. FPR-Inkotanyi rifite abayoboke w’igihugu. Ni ukubyitondamo.
amaso tuyahange ejo hazaza. kandi koko zihumuriza abaturage benshi cyane hirya no hino mu Gasasira J. Bosco

A Perezida Kagame yavamo umuvugabutumwa mwiza


yo magambo Salomoni, ari ibintu bikomeye.
meza yavuzwe na Akaba yaba yarabitewe n’uko
Perezida Kagame, muri ibi bihe, abayobozi hafi ya
imbere y’abayobozi “Aho gusaba Imana imbaraga n’ubutunzi, abayobozi b’ibi bihugu by’Afurika, bakwiye bose, haba mu Rwanda cyangwa
b’igihugu cya Kenya, ubwo kuba nk’Umwami Salomoni, bagasaba ubwenge bwo kuyobora neza abo bashinzwe”. haba n’ahandi ku mugabane
yari yagiye i Nairobi ku w’Afurika cyane cyane, usanga
wa 27/05/2009, kwifatanya nk’Umwami Salomoni Imana kwanavuyemo imvururu Kagame abishatse, yavamo baharanira kwigwizaho ibintu
n’Abanyakenya mu masengesho yahitishijemo icyo yayisaba, zahitanye inzirakarengane umuvugabutumwa mwiza. kurusha uko bashishikazwa no
ngarukamwaka, agamije akisabira ubwenge kugira ngo zitabarika, nyuma y’amatora Gusa wenda ikibazo cyaba guteza imbere abo bashinzwe.
gusabira igihugu cyabo. abashe kuyobora neza Abanya yabaye umwaka ushize, aho kumenya niba bitaba nk’ibya wa Kuba Perezida yarasabye ko
Mu magambo akomeye, Isirayeli”. Perezida Kibaki yegukanye mupadiri wabwiye abakrisitu abayobozi bakwiye kureka
Perezida Kagame yavugiye muri Mu by’ukuri, iyi mvugo intsinzi, uwo bari bahanganye ngo “mwumve ibyo mvuga, gutsimbarara ku myanya,
ayo masengesho, akanatangaza ya Perezida Kagame yabaye Raila Odinga, akemeza ko yibwe ntimurebe ibyo nkora!” bishobora kuba inyigisho
cyane Abanyakenya kimwe nk’itungurana, kumva aho amajwi. Intambara ikaza kurota, nziza cyane cyane aho usanga
n’abandi bayumvise, yagize Perezida asaba bagenzi be kureka ariko kuri ubu, aba bagabo bombi Ni somo ki inyigisho ya icyitwa umwanya w’ubuyobozi
ati:”Abanyafurika ntibakwiye kurwanira iby’isi, ahubwo bakaba barabashije kumvikana Perezida Kagame yaha muri ibi bihugu byacu, ufatwa
kumva ko baremewe guhora bagaharanira kugira ubwenge nyuma y’imishyikirano abayobozi! nk’umunani umuntu aba
mu bukene no guhora bateze kugira ngo babashe kuyobora itoroshye, bakagabana imyanya. yagenewe n’ababyeyi.
amaboko abazungu”. Nyuma neza ibihugu byabo. Ukurikije rero uko hano mu Mu bitekerezo byinshi byatanzwe Kuba kandi Perezida
yongeraho ati:”Abayobozi Hari abakeka ko iyo mvugo Rwanda abaturage bakiriye iryo n’abakurikiranye iryo jambo yaratinyutse kubivuga, hari abo
b’Afurika bakwiye kuva yabaye nko gusesereza jambo rya Perezida Kagame, mu rya Perezida Kagame, benshi byahaye icyizere, ko umunsi
mu myumvire yo kugundira abayobozi ba Kenya, mu butumwa butandukanye bagiye bagaragaza ko kuba Perezida manda ze 2 zizarangira mu
ubutegetsi no kwigwizaho bihe bishize, baranzwe no bohereza mu bitangazamakuru, Kagame yaratekereje ririya somo
gushyamirana gukomeye ntawabura kuvuga ko Perezida ry’Umwami w’igihangange Komeza ku urup. 6
imitungo, ahubwo bakaba
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 6 POLITIKI UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Kamonyi: abaturage amizero bayateze


kuruzinduko rwa Perezida Kagame
Baramutegereje ngo bamubwire uko
Ibi ngo bikorwa mu mayere Meya akabeshya zikirengagiza nkana ko umuntu yahishaga
ubuyobozi bwo hejuru ashimagiza abayobozi abatutsi, ariko akica akandi ku ruhande.
bose bakora nabi afitemo inyungu, kugira ngo Perezida ahageze bamubwira n’abayobozi
ubuyobozi bw’akarere bwabazengereje batabura akazi bakajyanwa ahandi hejuru
batazi imikorere yabo mibi.
babiri b’abadamu bagiye i Gihara ku itariki
ya 23/4/09 bagatuka Inyangamugayo za
baraheba Perezida Paul Kagame, ngo igihe
azahagerera cyose bazamusobanurira ukuntu
Gacaca bazitera ubwoba! Bamubwira ukuntu
interahamwe yitwa Nyecumu Alexandre

M
u kwezi kwa kane 2009 Perezida w’u mugore wabo Perpetue bya nyirarureshwa, uwo Meya na we atatanzwe mu kubohoza yamaze abantu muri Jenoside yakorewe
Rwanda Paul Kagame yatangiye ashyiramo n’abayobozi b’utugari 2, amasambu. Mu Murenge wa Mugina mu abatutsi yakatiwe burundu n’inkiko Gacaca
gahunda yo gusura abaturage bikaba bivugwa ko bari barigurije mu Kagari ka Jenda yahabohoje igikingi amaranye zitaratangira ntajurire kuko yari azi ibyo
ngo yumve ibibazo by’abo, aho bakomeje mafaranga bakiriye muri gitansi, ariko igihe, yahingishijemo imyumbati. yakoze, maze Gacaca zatangira akaregwa viole
kurenganywa na bamwe mu bayobozi, ndetse hakaba hari abemeza ko bari barayishyuye. Mu Murenge wa Kayenzi mu Kagari ka yakoreye umwe mu batutsikazi, maze abafite
no kutabakemurira ibibazo ahubwo babareka Abo ni: Tuyishime na Mukundamana. Cubi hari isambu yabohoje yahingishijemo amafaranga bakayakinga inyangamugayo
bakarenganywa n’ababarusha ingufu. Mu kumwitaba ku Karere ka Kamonyi inanasi. mu maso bakamugira umwere ku cyaha
Aho yatangiriye mu Ntara y’Iburasirazuba ayoboye, na Rukemampunzi wayoboraga Mu Murenge wa Gacurabwenge mu Kagari cya viole bagategeka ko ahita afungurwa
mu Karere ka Nyagatare, akomereza muri Umurenge wa Runda yari yatumijwe, maze ka Kigembe, ahafite isambu ihagije yabohoje byihutirwa mbere y’icyunamo ku nshuro ya
Kirehe. Nk’uko no mu yindi myaka yashize si ukubatonganya no kubatera ubwoba yashyizemo Farm y’inka ze. 15, birengagije nkana ko asaganywe igihano
yigeze kuzenguruka Uturere tumwe na tumwe yimara yo. Mu gusoza, yabateye siyasa ko, Mu Murenge wa Runda mu Kagari ka cya burundu cy’abatutsi yishe, none ubu
yumva uko abaturage bahumeka, yasanze ari mu nyungu zabo gufatanya kwishyurira Kabagesera ahafite ibibanza yikatiye, akaba yaratorotse! Bamusobanurira n’ukuntu
ibibazo bikiri byinshi, abayobozi benshi uwo mugore wabo kuko byabafasha abaturage b’aho bakaba baratubwiye ko uwitwa Zayasi wiyemereye Gacaca zigitangira
barananiwe gukemura ibibazo by’abaturage, gukomeza kuguma mu kazi.”Nabagiriye yashakaga kubakamo amashuri ye none ko ari we watangije ubwicanyi Kamuhanda ku
abandi bafite uruhare mu kubarenganya inama mu kwishyura mu nyungu zanyu, barategereje baraheba! Aho ni aho twashoboye Ruyenzi, none akaba yarafunguwe byihutirwa
no kubateza ibibazo, kugeza ubwo asaba none murankwiza mu bitangazamakuru ngo kumenya neza uwo muyobozi yakoresheje ku itariki ya 12/5/09! Ntibatinya kumubwira
abayobozi kureka abaturage bakabaza ndakingira ikibaba murumuna w’umugore ububasha afite akiha icyo ashaka mu nyungu ko muri Kamonyi abakoze Jenoside iyo
ibibazo abayobozi bafitemo uruhare bimaze wanjye, buretse muzambona”! Nk’uko ze bwite! bamaze guhaga inzoga mu kabari batinyuka
kurambirana, mu gihe yabonaga bashaka twabibwiwe na bamwe muri abo, ngo babuze Abaturage ngo barashaka kumwereka ko gucyurira abacitse ku icumu ko, bazashora
kubabuza kubivuga! uko babigenza kugira ngo bikure mu biro bye guhora hahinduranywa abayobozi hagati amagambo, bo bagatanga amafaranga
Nk’uko n’ahandi azagera biteguye basa n’ababimwemereye, ariko bageze hanze y’Umurenge wa Gacurabwenge na Runda ntihagire ubakoraho!
kumutura akababaro kabo, ni ko n’abaturage bumva byaba ari ugufatanya icyaha n’umujura harimo inyungu za Meya ku giti cye ku Perezida wa Repubulika y’u Rwanda
bo mu Karere ka Kamonyi bamutegereje ngo babivamo. buryo butubaka igihugu. Nk’uko n’ahandi baramwifuza kugira ngo bamubwire uko muri
bamubwire uburyo Meya Munyandamutsa Amakuru agera ku kinyamakuru, ni uko bimeze, abacitse ku icumu ba Kamonyi ako Karere ka Kamonyi badahabwa serivisi
yabazengereje ababuza amahoro abatwara hakozwe igenzura rindi, bikaza kugaragara by’umwihariko, barashaka kwereka Perezida neza, bamwe bakirukanwa na bamwe mu
ibyabo, ashyigikira abayobozi yishyiriraho ko hari andi mafaranga hafi miliyoni enye ukuntu imidugudu bagombaga kubakirwa bayobozi b’Imirenge ntibakire ibibazo byabo,
mu rwego rw’Utugari, Imirenge no ku Karere (4.000.000frw) yakoreshejwe ku buryo yubatswe nabi ntirangire, abayobozi bakaba bakanabacyurira no mu nama babishongoraho
mu nyungu ze bwite, bakanyunyuza imitsi butagaragaza impapuro za ngombwa, bityo bamaze iminsi bazenguruka mu bacitse ku ko nta n’umwe wabashyizeho. Kubera uburyo
y’abaturage banabarenganya mu buryo murumuna w’umugore we wari warafunguwe icumu ngo babasinyire Perezida atarahagera imyanya itangwa muri ako Karere ka Kamonyi,
bunyuranye, kugeza ubwo basigaye batinyuka akongera agasubizwamo n’uwayoboraga uwo ko bubakiwe neza kandi bitarakorwa! abaturage barifuza kubwira Perezida ko,
kumutukira mu nama bamumenyesha ko Murenge bivugwa ko bafatanyije kwoba izo Barifuza kumwereka uburyo bamwe n’Ikigo nderabuzima cya Gihara kitacyakira
akwiye kubica akabamaraho kuko urwo miliyoni enye. Ni muri urwo rwego ibyari muri abo bayobozi b’Imirenge ya Kamonyi abakigana neza. Abo bagaya cyane bakaba
abishe atari ruto, agahitamo kuva mu nama ugufatanya kwishyurira umugore wabo wa bafatanya na bamwe mu bapolisi bagategeka barimo mushiki wa Visi Meya w’Akarere ka
yiruka nk’ubacika. Meya abo bayobozi bari bamaze kwanga, Inyangamugayo za Gacaca kwihutisha Kamonyi Rutsinga, uwo muyobozi ushinzwe
Abaturage bategereje ko Perezida yavanaho byavuyemo dosiye nini yo kunyereza no imanza bafitemo inyungu ku giti cyabo, mituweli Nyiraminani akaba yinubirwa
impamvu zituma asubika urugendo rwo gukoresha nabi umutungo wa Leta. hirengagijwe gahunda yashyizweho y’uburyo n’abantu bagana kuri icyo kigo. Icyo
kubasura baba bategujwe, bakamubwira uko imanza zizakurikiranwa, ndetse bamwe twamenyesha abasomyi ni uko uwo mudamu
bamwe mu bayobozi Meya ashyiraho mu nzego Minaloc nayo ntikwiye gukomeza mu baba bakatiwe na Gacaca igifungo cya yashyizweho, hakuweho umugabo Meya
zinyuranye barya umutungo w’abaturage kurebera burundu, bagatinzwa ku Murenge wa Runda wa Kamonyi na Visi Meya we batashakaga,
akabakingira ikibaba, ahubwo bamwe Abaturage baganiriye n’ikinyamakuru aho kujyanwa gufungirwa muri gereza, ngo bakabanza no kumucisha murigereza! Aho
akagenda abimurira mu Mirenge yo muri ako barifuza ko, Paul Kagame yagera vuba muri bazasubirishemo imanza bagifungiye ku atangiye kugaragariza ko yarenganye ashaka
Karere ka Kamonyi, kubera ibyo basangira, ako Karere ngo bamubwire uko Ndahimana Mirenge! Rumwe mu ngero zitangwa ni n’amafaranga y’imperekeza y’akazi, batangiye
ubundi akabiyegereza mu Karere nyir’izina, Longin wari igikoresho cya Munyendamutsa, urubanza rwa Naramabuye Eugène wagize kumuhiga bukware!
yamenya ko umugore wabo wari ushinzwe amaze gukurwa ku buyobozi u Murenge ku ngufu umututsikazi umugore we muri Inzego za leta zishinzwe kureba imikorere
umutungo w’Umurenge yibye amafaranga wa Runda kubera imikorere mibi yari igeze Jenoside amutunze mu cyumba cye, nyuma y’izindi nzego zikwiye kuba maso kugira ngo
miriyoni zisaga ashatu y’Umurenge, agasaba ku rwego rwo hejuru, yajyanywe kuyobora akamutanga interahamwe zikamwica, ariko badakomeza kuririmba ubuyobozi bwegereye
abayobozi bose b’Umurenge gufatanyana na Umurenge wa Gacurabwenge abaturage baho bamwe mu bacitse ku icumu ku nyungu abaturage kandi butabamereye neza.
we kwishyura, niba bashaka kuguma ku kazi! bakamwamagana, kubera inyungu Meya yari zabo bwite bagatakamba bavuga ko uwo
Ku itariki ya 6/3/09 ni ho yatumije uwo amufitemo akamujyana ku Karere ka Kamonyi mugabo ari umutagatifu akarekurwa, bitewe Habiyambere Valens
ayoboye, mu rwego rwo kumukingira ikibaba. n’inyangamugayo zapfutswe mu maso

Perezida Kagame yavamo umuvugabutumwa mwiza


Ibikurikira urup. 5 Perezida Kagame, nubwo ari byiza ko w’igihugu, uvuga ayo magambo. ibi bihe, abategetsi bo muri Afurika
yabivugiye muri Kenya, ariko byaba Bamwe ndetse bavuze ko uwabatiza bahinduye amayeri (strategies) yo
w’2020, atazashaka guhindura Itegeko kwiyegereza abaturage, bakoresha
akarusho ahereye hano mu Rwanda, Perezida Kagame nibura umwaka umwe,
Nshinga, kugira ngo yiyongeze nk’uko ahanini ijambo ry’Imana. Uretse
aho usanga abayobozi basigaye bameze Kenya yahinduka igihugu gikomeye.
hirya no hino muri Afurika Abaperezida urwo rugero rwa Perezida Kagame
nk’abatuye iyindi si, mu gihe abo Uyu munsi w’amasengesho muri Kenya
bagiye babikora na n’ubu bakibikora. muri Kenya, yanaduhaye urugero rwa
bayobora bari mu rusobe rw’ibibazo, washyizweho nyuma yo gushyamirana
Nimwibuke ibiherutse kubera muri Perezida Museveni, na we ngo usigaye
birimo no kubura ifunguro ryo kubatunga, kwabaye gukurikira amatora y’Abadepite
Alijeriya n’ibiriho bitegurwa muri yitwaza imirongo yo muri Bibiliya,
ari cyo cy’ibanze. n’aya Perezida wa Repubulika.
Niger ndetse no hakurya y’u Rwanda kugira ngo asubize ibibazo agejejweho,
Aha rero, bagasanga iyo nyigisho ikwiye Kibaki na Odinga bumvikana ko
muri Uganda aho Perezida Museveni kimwe na Perezida w’Uburundi, Petero
guhatwa abari mu nzego z’ubuyobozi mu bareka gukomeza kwicisha abaturage.
yivugira ko abona ntawamusimbura. Nkurunziza, ufata umwanya, akajya
Rwanda. Cyakora, nubwo wenda imvugo Ubusanzwe Abanyakenya bakaba ari
Naho ku birebana no gusaba mu byumba by’amasengesho. Birabe
yaba atari yo ngiro, ntibyabujije Perezida abantu bakunda gusenga, dore ko abenshi
abayobozi kudashishikazwa no atari ukujijisha!
Kagame kwikurira amanota muri Kenya, ari Abakrisitu. Hagati aho ariko, undi
kwigwizaho imitungo, bamwe mu J. Cherif
kuko byabaye nk’igitangaza ku baturage muntu ukunda gusesengura imvugo
bagize icyo babivugaho, basanga
ba Kenya, kumva ko hari umukuru y’Abaperezida, yadutangarije ko muri
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 7 itumanaho UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

RWANDATEL igeze aharindimuka!


M
u minsi ishize, UMUVUGIZI yemeza ko abakozi
ikinyamakuru ba RWANDATEL, kugira ngo
UMUVUGIZI bahembwe ukwezi kwa 4,
cyasohoye inkuru, RWANDATEL yagombye gufata
igaragaza ko aho bukera, Umuyobozi inguzanyo “Bank over draft” mu
mukuru wa RWANDATEL, Patrick mabanki bahemberwamo.
Kariningufu, ashobora gukubita hasi Andi makuru atugeraho, yemeza
icyo kigo. ko RWANDATEL yari mu
Mu nkuru yacu, twerekanaga mishyikirano na Leta ya Uganda ngo
uburyo uwo muyobozi yagiyeho. ibafashe kubona inguzanyo bise soft
Bamwe mu bakozi atashakaga, loan kugira ngo bakomeze behembe
yifashishije inama y’ubutegetsi abakozi mu mezi ataha y’ukwa 5
y’icyo kigo ngo abigizeyo. Uretse n’ukwa 6.
icyo gikorwa cyo kwigizayo abo Twanyarukiye muri RWANDATEL
bakozi, twerekanye n’uburyo ku itariki ya 18-20, abakozi
hari ubusumbane bw’imishahara badutangariza ko imodoka zahagaze
bukabije, aho usanga abayobozi bane kubera ko zabuze lisansi, ngo
ari bo: CEO ahembwa 28.000USD, izindi zikaba zaraheze mu igaraje
CTO ahembwa 25.000USD, CFO y’Abadage. Ngo ibyo byose bikaba
ahembwa 25.000USD, CCO ari ingaruka z’imicungire mibi ya
agahembwa 25.000USD, kandi RWANDATEL.
udashyizemo amadolari agera kuri Twashoboye no kumenye ko uretse
1.800 yo gukodesha inzu, mu gihe Abanyarwanda birukanywe muri
umukozi wo hasi kandi na we ukora kiriya kigo, kugeza ubu hari abakozi
cyane, ahembwa 150.000 Frw. Ibi bagera kuri 30 bagiye kuzana,
ntibyakabaye ikibazo, ariko bimwe babakuye i Bugande, kugira ngo
mu bibazo bikomeye ni uko kugeza basimbure Abanyarwanda nk’aho
ubu, abayobozi ba RWANDATEL bo nta bushobozi bafite. Ibi bikaba
bagera kuri bane, bagaragaza muri byaraje bikurikira iyirukanwa rya
Rwanda Revenue ko bahembwa INTERSEC muri RWANDATEL,
miliyoni 18, nk’uko twabitangarijwe igasimbuzwa company y’i Bugande
n’umwe mu bakozi b’icyo kigo yitwa Blue-Hackle na sosiyete
utarashatse kwivuga kubera impamvu nyarwanda zikaba zitakibona
z’umutekano w’akazi, atubwira ko amasoko yo kugura ibikoresho byo
kugeza ubu ba bosi batavugisha mu biro, ahubwo byeguriwe sosiyete
ukuri ku mushahara bahembwa. z’ahandi.
Bityo, RRA ikaba ibasoresha macye,
ugereranije n’ayo yakabasoresheje. RWANDATEL ihombejwe
Uretse n’ibyo hari n’amakuru n’itangwa ry’amasoko
twabonye avuga ko hari abakozi ridasobanutse
bakora muri customer care, bakaba
bareguriwe sosiyete yitwa MTF, Kugeza ubu, buri muntu abaza ku
ngo mu masezerano, buri mukozi bya RWANDATEL, agasubizwa
yagombaga guhabwa 300.000 Frw, ko igiye gukubitwa hasi n’ubuswa Patrick Kaliningufu: Akomeje kuba kidobya muri Rwandatel
ariko ngo kubera amasezerano yabo burangwa mu itangwa ry’amasoko
yihariye n’ubuyobozi, ubu bahembwa kandi ababikora baba bitwaza ko ahora abona ibiraka by’amamiliyoni n’abayobozi babo batubwira
ibihumbi ijana na mirongo itanu board yabyemeje nk’aho atari kandi mu buryo budasobanutse. ko bishyura TVA. Uretse aya
(150.000 Frw). bo babashyiraho cyangwa atari Hano umuntu yavuga ko, hari masosiyete twavuze haruguru hari
bo bahagarariye inyungu za sosiyete nka Rwanda General n’andi nka BRANEX ishinzwe
Ibimenyetso by’uko RWANDATEL RWANDATEL mu buzima bwa Buildings, ihora isiga amarangi kuri kubaka iminara, APPROTECH,
igeze aharindimuka buri munsi. Hano mu masoko RWANDATEL, igahabwa akayabo. abona akazi muri RWANDATEL
yagiye atangwa adasobanutse, hari Uretse Rwanda General Buildings bitanyuze mu ipiganwa kandi
Basomyi bacu nk’uko iryo kubaka call centre ryatwaye hari na sosiyete nka FESTIMO, ahabwa akayabo ku buryo benshi
twabibatangarije mu nkuru yacu akayabo karenga miliyoni 2 Blue-Huekle, Senatco, Lavita bemeza ko itangwa ry’amasoko
y’ubushize, RWANDATEL ni ikigo z’amadolari kugira ngo yuzure itanga amafagiture afite ibiciro muri RWANDATEL ryahinduwe
cyiza kandi cyaguzwe n’aba Libiya, ishyirwemo ibikoresho. Ibyo buri biri hejuru ugereranyije n’uburyo inzira y’ubusamo yo kwibonera
bafite ubushake bwo gushora imari muntu ugeze kuri iyo nzu, akaba izindi modoka zikodeshwa. Kandi icya cumu no gusahura ikigo ku
mu Rwanda, ariko Patrick umuyobozi yibaza izo miliyoni 2 z’amadolari bo bakaba bafite umwihariko wo buryo bworoshye.
wacyo, akigejeje mu marembera, icyo zakoze. Kandi ikibabaje ni uko gutanga fagiture nta TVA bakuyeho, Tukaba tuzakomeza kubagezaho
kubera imiyoborere ye mibi. Kandi aka kayabo katanzwe nta piganwa ku buryo bahora bishyurwa na ibibera muri RWANDATEL mu
ni mu gihe, kubera ko yagihawe nta ribayeho nta n’ibya ngombwa RWANDATEL nta TVA babasabye. nkuru zacu z’ubutaha.
burambe afite mu miyoborere. uwahawe isoko afite. Ariko mu gihe twajyaga mu icapiro
Amakuru agera ku kinyamakuru Kugeza ubu, hari amasosiyete tukaba twarashoboye kuvugana Gasasira J. Bosco

umuvugizi@yahoo.com
Urup. 8 AMADINI UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Vatican : Papa Benedigito wa XVI yongeye kwerekana


aho Kiliziya Gatolika ihagaze ku ikoreshwa
ry’agakingirizo no gukuramo inda ku bushake
U
retse kudacana inyuma ku muri 2003 i Maputo muri Mozambike, Ubundi kandi ngo Papa ntajya avuga
bashakanye no kwifata ku irebana n’uburenganzira bw’abagore. abishe abo bantu, kimwe n’umubare nyawo
batrarushinga, nta wundi muti Iyo nyandiko mu ngingo yayo ya 14, w’abapfuye.
wagabanya ikwirakwizwa rya SIDA muri ihamagarira Leta za Afurika kwemera Aha rero, Abayahudi bagakeka ko, kuba
Afurika. Udukingirizo two, rwose ni nko ikurwamo ry’inda bikozwe n’abaganga, Papa Benedigito aterura ngo avuge ko
kuyihembera. Naho kwemerera abagore ku bagore batwise bafashwe ku ngufu, ku Jenoside yakorewe Abayahudi yahitanye hafi
gukuramo inda ni urukozasoni ! batewe inda nta bwumvikane bubayeho, miliyoni 6 kandi ko yateguwe, ikanashyirwa
Ayo ni amwe mu magambo yakoreshejwe cyangwa mu gihe uwatwaye inda bishobora mu bikorwa n’Abanazi ba Hitler, ari uko aba
n’Umushumba wa Kiliziya Gatolika, Papa kugira ingaruka ku buzima bwe cyangwa ku Nazi ari Abadage kandi na we akaba ari we.
Benedigito XVI ubwo yari mu ruzinduko bw’uwo azabyara. Meir Lau anongeraho ko Papa Benedigito
rwe rwa mbere ku mugabane w’Afurika Ku bw’Umushumba wa Kiliziya ati : wa XVI atandukanye n’uwo yasimbuye,
muri Werurwe 2009, uruzinduko yakoreye « Birababaje kwitiranya gukuramo inda kuko we yavugaga « les millions des Juifs
muri Cameroun no muri Angola.Muri no kurengera ubuzima bw’umubyeyi assassinés durant l’holocauste », kandi
urwo ruzinduko, umushumba wa Kiliziya wayikuyemo ». Arongera ati : « Ni akongeraho ko bishwe n’Abanazi. Indi
yagarutse ku kibazo cya SIDA yugarije urucantege kuvuga ko kwica umuntu mpamvu yatumye Abayahudi bakemanga
abatuye Afurika. Ubwo yari mu ndege (uvanyemo inda) ari ukurengera ubuzima imyitwarire ya Papa Benedigito kuri Jenoside
ava muri Cameroun, yerekeza i Luanda bw’imyororokere ». Papa Benedigito wa yabakorewe, ni ugukomorera Umusenyeri
muri Angola, Papa yavuze ijambo abantu XVI ahubwo asanga abayobozi ba Afurika w’Umudage, Richard Williamson, wari
batari bacye batemeranyijweho na we, bakwiye kwihatira kurwanya ubukene Papa Benedigito wa XVI
warahagaritswe kubera guhakana Jenoside
ubwo yatangazaga ko abakwirakwiza na ruswa kuko ari bimwe mu bituma cya misa ku musozi wa Nazareti, imbere y’Abayahudi. Mu minsi ishize Umushumba
udukingirizo bibwira ko bakumira SIDA, ubusambanyi bwiyongera, bityo SIDA y’abakrisito basaga ibihumbi 40. Uyu musozi wa Kiliziya akaba yaramwemereye gusubira
ahubwo barushaho kuyikwirakwiza mu ikabona icyanzu. Hagati aho, abashumba ba wa Nazareti akaba ari wo ababyeyi ba Yesu ku mirimo ye. Mu nyigisho ye muri urwo
bantu. Kiliziya muri Afurika bibumbiye mu cyitwa Kristo, ari bo Yosefu na Mariya batuyeho, rugendo, Papa yagarutse cyane ku gusaba
Iryo jambo rye ryamaganiwe kure Symposium des Conferences Episcopales baharerera Yesu. Nubwo rero muri ako gace Abarabu n’Abayahudi kwiyibagiza amateka
n’abantu batari bacye, biganjemo abanya d’Afrique (SCEAM), mu nama yabahurije hakunze kurangwa n’intambara zishingiye yabaranze kuva kera, bakabanza gukuraho
Burayi, cyane cyane Abafaransa n’Abadage i Kinshasa muri RD Congo, ku wa 21 ahanini ku makimbirane y’akarande hagati izo bariyeri (inzitizi) ziri mu mitima yabo
kimwe n’imiryango mpuzamahanga nka Gicurasi 2009, batangaje ko bashyigikiye y’Abarabu (Palesitina) n’Abayahudi (Israel), kugira ngo babashe gukuraho izo bubatse
ONUSIDA. Bamwe mu bashakashatsi byimazeyo Umushumba wa Kiliziya Papa yahajyanye ubutumwa bw’amahoro, ku butaka. Izi za nyuma zikaba zituma
bo muri ibyo bihugu bo bavuga ko iyo Gatolika kuri ayo magambo yavuze ku ubwo yagiraga ati : « Mbere yo gutekereza bamwe (Abanyapalesitina) bagomba gusaba
myifatire ya Kiliziya Gatolika ku kibazo cya ikoreshwa ry’udukingirizo. Aba Basenyeri gukuraho imipaka y’ubutaka yashyizweho urwandiko rw’insira kugira ngo bajye muri
SIDA n’ikoreshwa ry’udukingirizo iteye batangaje ko bababajwe n’abantu bashaka n’abantu hagati ya Israel na Palesitina, abantu tumwe mu turere tw’ubutaka bwabo. Ibyo
impungenge ngo kuko ari ukwirengagiza kuyobya nkana abaturage, bagoreka bagomba kubanza gukuraho imipaka iri mu kuba bagira igihugu cyitwa icyabo byo bikaba
ubukana bw’icyorezo cya SIDA kandi nta ubutumwa Kiliziya Gatolika itanga ku mitima yabo ». Umushumba wa Kiliziya bigikomeje kuba ingorabahizi. Gusa icyizere
muti wacyo uraboneka kugeza magingo birebana n’ikoreshwa ry’agakingirizo. Gatolika yongeyeho ko ikibazo cy’amahoro cy’uko na bo bazashyira bakabona igihugu
aya. Banashima uruhare Kiliziya Gatolika n’inzego muri aka gace kidakwiye kuba icy’imyaka kikaba kigenda cyiyongera, cyane cyane kuva
Aha twakwibutsa ko, uretse Papa ziyishamikiyeho bakomeje kugira mu kwita ahubwo icy’amezi. Ibyo ariko ntibyatumye aho ubutegetsi buhindukiye muri Leta Zunze
Benedigito wa XVI, uwo yasimbuye, ku bamaze kwandura agakoko gatera SIDA. Papa Benedigito wa XVI atava muri urwo Ubumwe z’Amerika. Perezida Obama akaba
Nyakwigendera Papa Jean Paul II, na we rugendo na ho bamwijunditse kubera ko ngo yaramaze gusaba abayobozi ba Tel Aviv ko
yari yarahakanye ko agakingirizo kafatwa Uruzinduko rwa Papa mu burasirazuba ateruye ngo asabe imbabazi mu izina rya bagomba gutekereza uko basubiza bidatinze
nk’uburyo bwizewe bwo kurwanya SIDA. bwo hagati na rwo rwasize inkuru Kiliziya Gatolika kubera Jenoside yakorewe Abanyapalesitina intara zabo bigaruriye.
Ibi bikaba byaragiye bishyamiranya inshuro Uretse izo mpaka zavutse ku magambo Abayahudi Kiliziya irebera kandi yari ifite Bityo Palesitina na yo ikaba igihugu
zitari nke Kiliziya Gatolika na za Leta ya Papa Benedigito wa XVI ku ikoreshwa kugira icyo yakora. Umuyobozi w’inzu kigenga. Nk’uko rero byavuzwe na Joseph
zimwe. ry’agakingirizo ubwo yari mu ruzinduko y’urwibutso rw’i Yad Vashem i Yerusalemu, Rutzinger, akimara gutorerwa kuba
muri Afurika muri Werurwe, mu ntangiriro Meir Lau, yatangaje ko Abayahudi bababajwe Umushumba wa Kiliziya Gatolika, agafata
Nyuma yo kurwanya agakingirizo za Gicurasi ku matariki 8-15, Umushumba no kumva amagambo yakoreshejwe na Papa izina rya Benedigito wa XVI, biragaragara
hatahiwe gukuramo inda ku bushake wa Kiliziya Gatolika yakoreye uruzinduko Benedigito wa XVI, ubwo yajyaga kunamira ko ari umugabo utavugirwamo cyangwa
Mu gihe amagambo Papa yavugiye mu rwe rwa mbere kuva abaye Papa muri inzirakarengane zirurimo. Uyu mugabo na ngo aterwe ubwoba na Leta iyo ari yo yose,
ndege yerekeza muri Angola ku birebana Yorudaniya kuwa 8 Gicurasi, akomereza we warokotse Jenoside y’Abayahudi mu bibe byatuma avuguruza amahame Kiliziya
n’ikoreshwa ry’udukingirizo yari atarava muri Israel ku wa 11 aho yasuye umujyi wa ntambara ya 2 y’isi, ashinja Papa ko apfobya Gatolika igenderaho kuva kera. Muri urwo
mu kanwa ka benshi, akigera muri Angola, Yerusalemu, asura umujyi wa Betelehemu Jenoside y’Abayahudi aho ngo akoresha rugendo rwe muri Afurika akaba yaranasabye
yabyukije indi dosiye na yo itoroshye, aho Yesu yavukiye, agera mu gace ka imvugo zidasobanutse. Papa Benedigito wa abayobozi ba Afurika kureka itangazamakuru
agaragaza aho Kiliziya Gatolika ahagarariye, Cisjordaniya, Abanyayisirayeri bapfa XVI ngo aho kuvuga : « Les juifs assassinés » rigakorera mu bwisanzure.
ihagaze ku birebana n’inyandiko yemejwe n’Abanyapalesitina, aza gusoreza uruzinduko akoresha « Les juifs tués ». Ku bazi igifaransa,
n’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe rwe muri Palesitina, aho yatuye igitambo izo nshinga ebyiri ngo ntizisobanura kimwe. Byegeranyijwe na J. Cherif

Abashoramari bakorana na BRD impungenge ni zose


iyo mishinga igatwarwa n’abandi akaba
aribo bahabwa ayo mafaranga.
Kuri ubu rero, bamwe mubahawe
inguzanyo na BRD, barinubira imikoranire
“Kwiringira BRD ngo ni nko kwiringira inkumi mu nzu(…)” yabo n’iyo banki, bakavuga ko gahunda yo
kubaha amafaranga mu byiciro itaborohereza
Ayo ni amwe mu magambo umwe mu bigakorwa mu rwego rw’inguzanyo bahabwa bakazikoresha neza, bishyurirwa 40% y’ayo nagato.
bashoramari bakoranye na Banki y’u Rwanda ariko zakwaho inyungu ntoya ugereranyije bahawe. Bamwe muri abo batugejejeho
y’iterambere BRD yadutangarije, ubwo n’izakwa mu ma banki asanzwe y’ubucuruzi. Izo nyungu abantu bamwe babibonyemo, impungenge zabo, bavuga ko BRD yazanye
yatugezagaho ibibazo abafashe inguzanyo Muri gahunda ya leta rero y’iterambere, zatumye muri iyo banki havukamo amananiza mugutanga amafaranga mu
muri iyo banki bahura nabyo. BRD yashyizwemo amafaranga atagira imikorere itari myiza, gutanga izo nguzanyo byiciro, hakubitiraho n’ibibazo by’ubukungu
Ubusanzwe, banki y’u Rwanda y’iterambere ingano harimo n’ayaturutse mu nkunga bitangira kuzamo ikimenyane, amananiza butifashe neza aho ibiciro ku masoko
ni banki imaze imyaka itari mike ishyizweho z’imiryango n’ibihugu by’amahanga, ndetse n’ibindi. Kuri ibi ndetse hanavuzwe ikibazo bihindagurika uko bwije n’uko bukeye,
na leta kugirango ibe nk’umuyoboro wayo mu rwego rwo kunganira abafite ubushake, cyerekeranye no kwiba imishinga y’abantu. bagasanga bitacyoroshye gukorana na BRD.
wo kunyuzamo amafaranga yo gufasha hashyirwaho uburyo bwo kubunganira mu Aho iyo banki yategekaga abayigana kuzana Imwe mu mpungenge abo bashoramari
ababishoboye guteza imbere igihugu, bakora kwishyura izo nguzanyo. imishinga yizwe neza n’impuguke, bamwe bafite, ngo nuko BRD itanga inguzanyo,
imishinga y’amajyambere cyane cyane mu Muri urwo rwego, abatse inguzanyo bayihageza ntibahabwe inguzanyo, ahubwo Komeza ku urup 9
byaro, yaba iminini yaba n’iciriritse. Ibyo
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 9 IMIYOBORERE UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Imisanzu isabwa abacuruzi


iragenda ibatera impungenge
Iyo hageze ko iminsanzu yakwa n’ubuyobozi biba akumiro,
byagera ko yakwa n’abasirikare bikaba agahomamunwa!

A
makuru dukesha bamwe mu bacuruzi ariko na we bamutera utwatsi, bamubwira
bo mu Mujyi wa Kigali, aravuga ko agomba gutanga inkunga uko byagenda
ko muri ibi bihe by’ihungabana kose. Nguko uko ubuyobozi bwaka abantu
ry’ubukungu, bahangayikishijwe cyane inkunga ku ngufu. Birumvikana ko utabikora
n’uburyo bakomeza kwakwa imisanzu yafatwa nk’uwigometse.
n’inzego zitandukanye. Bakaba babona bisa
n’aho hari abayobozi bumva ko ingaruka Mu gisirikare na ho ngo baraka inkunga
z’ihungabana ry’ubukungu zigomba zidasobanutse
kwirengerwa n’abo bacuruzi. Nk’uko abo Ibitari bimenyerewe nk’uko abo bacuruzi
bacuruzi twaganiriye babidutangarije, mu bakomeje babitubwira, ni ukubona
gihe kitarenze ukwezi, ngo umuntu ashobora abayobozi b’ingabo bajya mu bacuruzi
kwakira amabaruwa arenze 5 asaba inkunga kubaka inkunga. Mu minsi ishize, Etat-
cyangwa umusanzu. Major y’ingabo na yo ngo yatumije inama
Impungenge z’abo bacuruzi zikaba y’abatunze amahoteli n’abafite amasosiyete
zishingiye ahanini ku buryo izo nkunga atwara abantu, igira ngo bafatanye gutegura Mayor w’umujyi Dr. Kirabo Aissa Gen. Ibingira araka inkunga y’ikipe
zakwa kuko ngo hari igihe hakoreshwa imikino inyuranye izahuza ingabo zo itariho (Mulindi FC)
iterabwoba. Mu ngero nkeya twabashije mu bihugu by’Afurika. Iyo mikino ikaba
kumva, Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali Dr iteganyijwe kubera ino mu mpera z’uku Mu byifuzo bamwe muri abo bacuruzi kuri Rwanda Revenue na yo iba ikanuye
Aissa Kirabo afatanyije n’ikigo cy’igihugu kwezi. Nyuma y’inama rero yize uko abo batugejejeho, basanga ikintu kitwa kwaka amaso. Kuri ubu imisoro yayo ikaba imaze
gihinzwe iterambere RDB, baherutse bashyitsi bazacumbikirwa, ngo haje kuza imisanzu cyangwa inkunga gikwiye gusubiza abatari bacye ku isuka, abandi
gutumiza inama y’abanyamahoteli, ingingo yo gukusanya inkunga abo bacuruzi gusubirwaho, kikavanwamo akajagari ngo bakaba barahisemo kujya gushora imari
bababwira ko hari amahugurwa bazatanga, kugira ngo iyo mikino izagende kuko aho bigeze gakabije. Umwe yagize yabo mu bindi bihugu nka za Uganda,
yabateganyirijwe, azabafasha kongera neza. Aha na ho abantu bahatiwe kwemera ati:”FPR irakwaka umusanzu ku rwego Malawi, Burundi n’ahandi.
ubumenyi ku birebana no gucunga amahoteli amafaranga ariko bagenda bijujuta cyane rwa Secretariat, wagera mu Ntara cyangwa Naho ku birebana no kwaka izo nkunga,
yabo (management). Abitabiriye iyo nama ko batari babyiteguye. mu Mujyi bakawukwaka, Akarere na ko ngo hakwiye kwigwa uburyo abayisaba
rero ngo baje gutungurwa no kumva Mu gihe ibyo bitararangira, hirya no hino kakawukwaka, mu Murenge bikaba uko”. bajya babanza kureba ibihe abantu barimo,
babwirwa ko bagomba gutanga inkunga mu bacuruzi, banyanyagijwemo amabaruwa Kandi ngo ntushobora kubwira uje kuwaka ntibazire igihe kimwe kuko ngo n’ujya
kugira ngo ayo mahugurwa azabashe kuba. nk’uko bigaragara yashyizweho umukono ko wawutanze ahandi, ngo ibyo byitwa gukoresha ubukwe abanza kureba niba
Kandi ngo bagatanga inkunga igaragara na General Major Fred Ibingira, uyobora gupinga. Hejuru y’iyo misanzu ya FPR, nta bandi bazagonganira ku munsi umwe,
bitewe n’agaciro k’icyo gikorwa. Diviziyo ya gisirikare icunga Umujyi wa kuri ubu yamaze kuba nk’itegeko ubishaka kugira ngo batagora abazabatwerera. Kandi
Bamwe mu bafite amahoteli batangiye Kigali. Iyi baruwa ikaba ivuga ko ari iyo utabishaka, hakiyongeraho rero iyo yindi na none ngo hakabanza kubaho gusobanurira
kuvuga inkunga bazatanga, abandi bavuga gusaba inkunga yo gufasha ikipe Mulindi na yo usanga isa n’agahato kuko utayitanze abantu icyo inkunga zishakwa zizakora
ko badashobora gufata icyemezo cyo FC, ngo igizwe n’abatangije ikipe ya APR bitakubera byiza. Aha ni ho hasigaye n’uburyo zizakoreshwa, kuko nk’urugero
kwemera amafaranga ako kanya, dore ko FC ku Mulindi. haradutse imvugo ngo abayobozi cyangwa baduhaye, nk’iyi nkunga isabwa yo gufasha
ari ko byasabwaga. Iyo nkunga na yo uburyo isabwamo abacuruzi barimo batabwa muri yombi muri ikipe ya Mulindi FC, ngo ukurikije uburyo
Abo rero batabashaga gufata ngo bukaba buteye amakenga kuko ngo iyi minsi, barazira ko batatanze imisanzu yakwa, ishobora kuzavamo akayabo ku
ibyemezo bitewe n’uko inshingano zabo abajyana ayo mabaruwa mu bacuruzi mu cyama. buryo iyo kipe niba ibaho koko, ishobora
zitabibemerera, basohowe nabi mu nama, barimo n’abasirikare bo mu rwego rwa ba Undi mucuruzi na we kimwe n’abandi kuzaba irusha amikoro menshi mu makipe
Umuyobozi w’Umujyi ababwira ko atazi ofisiye bungirije uwo mu General, usanga tutiriwe tuvuga amazina yabo kubera yo mu cyiciro cya mbere. Ubundi ngo
impamvu baje muri iyo nama. Nk’umugabo bakanga abo bacuruzi, bababwira ko iyo impamvu zumvikana, yavuze ko ikibabaje umuco wo gusaba inkunga usanzwe mu
wari uhagarariye Top Tower Hotel yasohowe nkunga ikenewe kandi ko ari igikorwa ari uko iyo misanzu yakwa buri kanya usanga kinyarwanda ukwiye kubahirizwa, umuntu
mu cyumba cy’inama adakoza ibirenge hasi! cyateguwe na General Ibingira kugira ngo isa n’aho inategeka umubare ntarengwa agatanga uko yifite, ku bushake nta gahato,
Nyiri Guest House Bon Sejour yasobanuye mbese babumvishe ko udatanze iyo nkunga w’amafaranga umuntu atagomba kujya nta n’iterabwoba ashyizweho.
ko ntako ameze, avuga ko ari mu bibazo waba usuzuguye General. Ibi rero bikaba munsi. Ku buryo ngo utanabaha 50.000 Frw
byo kubaka byivanze n’amadeni ya banki, biteye impungenge. ngo babyakire. Ibyo kandi ngo bikiyongera Ubwanditsi

Abashoramari bakorana na BRD impungenge ni zose


Ibikurikira urup 8.
byagera hagati igahagarika, umushinga inyungu z’ikirenga, adutangariza ko
watangiwe utarangiye, bikaba biteza arimo kwiga ukuntu yakwitabaza inkiko.
igihombo haba kuwawukoze, haba no Twashatse abayobozi ba BRD, kugirango
kuri banki ubwayo kuko umushoramari baduhe amakuru ariko ntibyadukundira,
aba atabonye ubushobozi bwo kwishyura. icyakora andi makuru yatugezeho, avuga ko
Bamwe ndetse bakaba bafite impungenge ibyo bibazo biri muri iyo banki ari bimwe
ko imitungo yabo ishobora kuzatezwa mubyatumye uwari umuyobozi mukuru
cyamunara. Umwe mubisunze BRD wayo Théogène Turatsinze afata icyemezo
kugirango imufashe kuvugurura umushinga cyo kwegura, abyita impamvu ze bwite.
ukomeye afite mu Ntara y’amajyaruguru, Ifungwa ry’uwari umuyobozi w’inama
kuri ubu bikaba byarahagarariye hagati y’ubutegetsi y’iyo banki Kalisa Mupende
ntiyatinye kutubwira ko kwiringira BRD ari naryo bikaba bivugwa ko haba harimo ko
nka byabindi abanyarwanda bavugaga ngo yaba yari atangiye gukurikirana bamwe
wiringira inkumi , bwacya ikagutamaza. mubantu b’ibikomerezwa bigurije akayabo
Undi nawe yadutangarije ko BRD yishe muri BRD, bakaba ntagitekerezo bafite cyo
amasezerano bagiranye irenza igihe cyo kuzayagarura. Turacyabikurikirana
kumuha amafaranga, kandi imwishyuza Ubwanditsi.
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 10 UBUCURUZI UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

SIMBA SUPER MARKET


yagobotse abantu benshi
Muri SIMBA Super market, umukiriya arubahwa. Umutekano w’abantu n’ibintu nawo witabwaho by’umwihariko

M
u bihe byahise, Simba super Umutekano w’ibintu nawo ucungwa
market itarasesekara mu Rwanda, neza
abantu batari bacye bakundaga
kugira ikibazo cyo kubona aho bahahira Mugihe twasuraga Simba Super Market,
ibikoresho cyangwa ibiribwa byiza bimwe umugabo unasheshe akanguhe witwa
abantu bakunze kwita ko bitari pilates. Nzungize Cassien ubusanzwe utuye
Bamwe mu banyamahanga ndetse iyo ku Kimisagara, yaje kugerageza kwiba
bazaga mu Rwanda, bumvaga ko bagomba inzoga ya Wisky aziko muri iryo soko
kwitwaza ibyo bazakoresha mugihe umuntu ashobora kwitwarira ibintu uko
y’urugendo rwabo bitewe no kutizera ashatse, ariko ntibyamugendekera uko
kuzabisanga mu Rwanda. yabitekerezaga, kuko yahise atabwa muri
Abasirimu bo mu Rwanda nabo yombi.
wasangaga ntahantu bafite ho guhahira Tumubajije impamvu y’iyo ngeso kandi
ibintu bakeneye, bigatuma bajya guhahira ku ari umusaza wagombye kuba yiyubashye,
mihanda cyangwa muyandi masoko arimo uwo musaza yadutangarije ko ngo yabitewe
ibintu batizeye ubuziranenge bwabyo. no gukunda ako kayoga , ariko yongeraho
Kuva aho SIMBA Super Market igereye ko asanze muri Simba hari umutekano
mu mugi wa Kigali rero abantu benshi ucunzwe bidasanzwe kuko ngo yari asanzwe
bakunda kuyigana, bivugira ko yabaye abikora ahandi bigacamo. Icyakora yemera
igisubizo kuko ubu nta muntu uzi uko ko atazongera kuhakinisha.
igurisha ukijya guhahira aho abonye hose. Kwakira abakiliya neza ni umwihariko wa Simba Super Market. Naho, abayobozi ba Simba super maket
Akarusho kandi ngo baba abakire yemwe ubundi ukimanukira muri lift(essenseur), bo, badutangarije ko ibanga bakoresha
imigati y’ubwoko bwose harimo na za
n’abadafite amikoro ahambaye, buri wese ukihahira ibyo ukeneye ubundi ukongera kugirango batange serivise nziza ku
gateaux de mariage, kuburyo abajyaga
ashobora guhahira muri iryo soko kuko ukisubirira mu modoka ntaho uhuriye babagana, mbere na mbere ni ukubaha
bagira ikibazo cyo kuzikoresha bikabatwara
ibiciro byaho bitandukanye cyane nuko n’imvura cyangwa izuba. abakiriya, kubakira neza kandi vuba no
igihe cyangwa abagize za anniverssaires,
abantu babikeka. Umutekano w’imodoka yawe kandi nawo kumva ibyifuzo byabo.
abo bose ngo barashubijwe.
Kuri ubu rero, icyo kibazo cyo kubona uba wizewe, kuko iyo parking irindwa Ushobora gutanga commande ya gateau
ahantu abantu bahahira ibintu bifuza n’abantu babizobereye. Ubwanditsi
ngo ukayibona utavuye aho.
byizewe kandi bitabahenze, cyane cyane Ikinyamakuru UMUVUGIZI gisanzwe
kubatuye umugi wa Kigali kimwe kizwiho kurangira abasomyi bacyo aho Si ikibazo cy’ibiribwa gusa cyakemuwe,
n’abawugenda kikaba cyarakemutse. ibyiza biherereye, cyamenye ko abaguzi ibinyobwa nabyo byatekerejweho
Ikindi abakunda guhahira muri SIMBA benshi bayobotse iryo duka rikomeye, na Muri SIMBA SUPER MARKET
Super Market badutangarje, ngo ni uburyo cyo kijya kwihera ijisho, ngo kibone icyo ntibakemuye ikibazo cy’ ibiribwa byonyine,
abatekereje kuyishyiraho, bayishakiye gitangariza abatari bazi SIMBA SUPER bazirikanye abantu bose, babazanira
ahantu ho gukorera heza. MARKET. Uretse kuba twarasanze abakiriya ibinyobwa by’amoko yose. Byaba
Kabone n’iyo umuntu yaba ageze i Kigali bakiranwa urugwiro n’abasore n’inkumi inzoga zisindisha zaba n’iz’abinywera
bwa mbere, ntawe uhayoberwa. bakeye kandi baberewe, twanatangajwe akadasembuye. Akarusho na none, ni uko
Kubakunda gufata aga kawa cyangwa n’ukuntu ibicuruzwa bipanze neza kuri buri wese, bitewe n’ubwoko bw’ibinyobwa
amafunguro yihuse ibyo bita fast food, etagpanze neza kuri etajeri zabigenewe, akunda, adashobora kwinjira muri SIMBA
iyo umuntu ahicaye agahamagara inshuti kuburyo umuntu ahinguka agahita abona SUPER MARKET ngo abure kwica inyota
cyangwa umukunzi we, kuhagera nta icyo yifuza kugura bitamugoye. !Tumaze kuzenguruka SIMBA SUPER
ngorane zivuka. Nta muguzi ushobora kuyoba cyangwa MARKET, twabonye abantu hirya gato,
Kubazi umuturirwa wa CENTENARY ngo atahe atabonye icyo yaje guhaha, tugira amatsiko yo kumenya icyo bakora.
HOUSE mu mujyi rwagati, haruguru gato kuko hari n’abakozi bashinzwe kuyobora Twasanze ari mu gice cy’imyambaro
y’aho abagenzi bategera amamodoka ya abaguzi. y’abagabo n’abagore ndetse n’iy’abana.
EXPRESS za ATRACO, SOTRA, STELLA, Twashatse gusura aho ibiribwa nk’imigati Aho ni na ho haboneka ibikoresho byo mu
VOLCANO , HORIZON n’izindi, ni aho na fast food bitegurirwa kugirango tumenye nzu bifite isura, nk’intebe z’amoko yose,
SIMBA Super Market ikorera. uko isuku yabyo imeze, dusanga rwose ibitanda, amagodora, ibikoresho byo mu
Akandi karusho SIMBA Super Market Atari henshi bafite cuisine zimeze nk’iyo gikoni, ibyo ku meza ndetse n’ibikinisho
yihariye, kubafite ama modoka yabo, hari muri Simba. by’abana, ibikoresho by’ikoranabuhanga Nzungize yari yibye wiskyi asanga
parking nini kandi igezweho iri munzu ya Abayobozi ba SIMBA Super Market kimwe n’ibindi by’itumanaho. umutekano ucungwa neza.
COGEBANQUE. Aha rero haba mu mvura badutangarije ko bafite abahanga mu gukora
haba ku zuba, imodoka ikugeza munzu ,

Muri Simba Super Market isuku iri ku rwego rwo hejuru. Muri Simba Super Market buri wese arisanga.
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 11 GACACA UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Gatsata: Gacaca ishoje abagabo


bari bahatuye hasigaye ngerere!
Abagabo bari batuye mu Gatsata mu gihe cya Jenoside,
abatarahunze, barafunzwe. Hakenewe ubutabazi bwihariye
kuko Inteko y’aho itubaha amabwiriza y’Urwego rw’Igihugu
rushinzwe Inkiko Gacaca.

K
uva ku itariki ya 23-26, mu icyizere cyabo kiza kuraza amasinde. Intege
Murenge wa Gatsata, urukiko nke rero zagaragajwe n’urwo rukiko, ku
Gacaca rwa mbere rwo muri bakurikiranye urwo rubanza, biboneye neza
uwo murenge, rwaburanishije urubanza ko uru rukiko rukoreshwa n’abacitse ku
rwaregwagamo abagabo batatu ari bo: icumu. Ibyo bikagaragazwa n’ukuntu bagiye
Sebushumba Gervais, Kayitare Jean de barwitwaramo nko kwanga ko hafatwa
Dieu na Nsekuye Jacques. Uyu wa nyuma, amashusho, nyamara byari byategetswe
akaba ari umushoramari usanzwe azwi, n’Urwero rw’igihugu rushinzwe Inkiko
kuko afite Hotel Urumuri mu Karere ka Gacaca, kwiha ijambo uko bashatse,
Gicumbi, akagira n’igorofa mu Mujyi wa gukoresha imvugo zitari nziza, gutera
Kigali, izwi ku izina rya SOAFA, aho bita ubwoba abashaka kuvuga ibitandukanye
ku Kinamba. n’ibyo bashaka, n’ibindi.
Uru rubanza twashatse kugira icyo Ibi byose rero, nk’uko byagaragaye, Umunyemari Nsekuye Jaqcues burundu Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa
turuvugaho bitewe n’ibyaruvuzweho, haba inteko y’urukiko Gacaca ntiyabashije y’akato ye yaratunguranye Gacaca, Domitilla Mukantaganzwa
mbere yarwo, haba na nyuma y’ibyemezo kubicubya, ahubwo na yo, cyane cyane
Kuri ubu ngo akaba amaze kuba umwe bose ari bamwe. Uyu na we ngo akaba
byarufatiwemo. uwari ayiyoboye, bagaragaje ko na bo
mu bakire, kubera kwishyuza abantu avuga aya magambo ari ukujijisha abacitse
Muri macye, aba bagabo uko ari batatu, basa n’abashinja, bituma urubanza rumara
imitungo nyamara ngo ntakintu yari atunze ku icumu kuko ngo na we aho akomoka i
barezwe ibyaha bitatu birimo gukora iminsi itatu yose, havugwa ibintu bidafite
kidasanzwe. Nyuma y’iyo nama, abanya Jari, ahazwi nk’interahamwe Mukarubuga
inama, gushishikariza abantu ubwicanyi no aho bihuriye n’ibiri mu birego.
Gatsata baketse ko bashobora kuba babonye Dancilla, Murabukira n’abandi, urukiko
kudatanga amakuru ku byo bazi.
agahenge, ariko si ko byagenze kuko ari bwo rwaje kwemeza ko abo bagabo bose bahawe
Nyuma y’iminsi itatu baburanishwa, Nyirabayazana ngo yaba ari ruswa
bamwe bahise bafatwa, abandi bahitamo igihano cyo gufungwa burundu yihariye.
icyavuyemo ku buryo butunguranye, ni uko yatswe ntitangwe!
kuva hasi. Bamwe mu bacitse ku icumu Abari aho bose bahise bagwa mu kantu.
bose bahawe igihano kiremereye kurusha Nk’uko byagarutsweho kenshi mu gihe
bagaragara muri urwo rubanza, ngo baba Cyakora abaregwa bahise bagaragaza
ibindi mu Rwanda, ari cyo gufungwa cy’urubanza, Nsekuye Jacques, ubusanzwe
barashatse kurya ku ifaranga rya Nsekuye ko bazajurira, banadutangariza ko bafite
burundu y’akato. Yemwe na bamwe mu ukomoka mu cyahoze ari Kivuye, Jenoside
bamutera ubwoba, ntiyabiha agaciro! icyizere ko umunsi bazagera imbere y’inteko
babashinjaga, twabashije kuganira nyuma yabaye amaze hafi amezi 7 gusa acumbitse
Bituma na bo bagira umujinya. Muri bo ishyira mu gaciro, izahita ibarenganura.
y’urwo rubanza, badutangarije, ko na bo mu Gatsata. Mu myaka yose ishize, nta
harimo uwitwa Kayinamura Augustin, Gusa, icyo natwe twiboneye, ni uko n’icyo
batunguwe n’icyo gihano. muntu n’umwe wari warigeze agira icyo
ushinjwa kuba yararangiye interahamwe cyizere bafite kitashoboka mu gihe ibintu
amuvugaho, yaba yarakoze muri Jenoside.
aho murumuna we yari yihishe bitewe n’uko byakomeza kuba nk’uko bimeze. Mu
Muri uru rubanza inteko yagaragaje Aha twakwibutsa ko Jenoside itangira,
ngo batumvikanaga. Ibyo byatangajwe by’ukuri, mu Gatsata, abantu barahahamutse
intege nke cyane! abaturage bo mu Gatsata bahamaze iminsi 5
na Kayitare wabibonye imbona nkubone, ku buryo ntawe uvuga ibyo azi. Ikinyoma
Ku ikubitiro, iminsi micye mbere y’uko gusa, kuko bahunze mu gitondo cyo ku wa
ariko kubera ingufu uyu Kayinamura afite kiracyicarira ukuri bikemerwa. Ikindi ni uko
aba bagabo bafungwa by’agateganyo, dore 12/04/1994. Mu kwisobanura kwe, Nsekuye
nk’uwacitse ku icumu, byaje guhindurwa ubutabera nyabwo abo bagabo bavuga ko
ko baburanaga bafunzwe, mu Murenge wa yagaragaje ko muri icyo gihe gito yari
gushinyagura. bazabona butashoboka mu gihe ababarega
Gatsata havutse umwuka mubi, aho abacitse amaze atuye mu Gatsata, abantu yabashije
Sebushumba we urebye, uretse kuba ngo ari na bo baca urubanza. Byagaragaye
ku icumu batuye muri uwo murenge, kumenyana na bo ari Sebushumba, yari
yarigeze kuba uwungiriza Burugumesititi ubwo bivugiraga ko mu bubasha bwabo
bagizwe ahanini n’abagiye bahimukira acumbikiye mu nzu, na Kayitare wari
(Assistant Bourgmestre) wa Nyarugenge, nk’abacitse ku icumu, banze camera
nyuma ya Jenoside, bazamuye ikibazo umuturanyi wabo wa hafi.
akaba yaranacumbikiye Nsekuye, no yoherejwe n’Urwego rw’igihugu rushinzwe
ko muri uwo murenge, abakoze Jenoside Nubwo nta bimenyetso bifatika
kuba yaratinze guhunguka, ubundi nta Inkiko Gacaca, Perezida w’inteko agahita
batakurikiranywe. Uwo mwuka waje byagaragajwe n’abatangabuhamya
cyaha gifatika yarezwe. Mbese mu mvugo yikiriza. Nyuma y’urubanza akaza no
kwihembera cyane mbere gato y’icyunamo, bashinjaga, aba bagabo barezwe kuba
yoroshye, umuntu yavuga ko we na Kayitare kwemeza ko abacitse ku icumu batifatanya
ari bwo inteko yicaraga igakora impapuro ngo barakoraga inama. By’umwihariko,
bafashwe mu rwego rwo guherekeza na bagenzi babo nka Tatien na Maire
zo gufata no gufunga ako kanya abantu Nsekuye we yashinjwe n’umudamu uzwi
Nsekuye (garçons d’honneur/best men). bazakurikiranwa. Gusa, urebye ibyabaye
bagera kuri 21, bakurikiranyweho ibyaha cyane muri ako gace witwa Mukamurinda
Mu kwisobanura imbere y’abaturage muri urwo rubanza, abanya Gatsata bafite
bitandukanye. Iyo ikaba ariyo système Pelagiya, ko yamutwaye mu modoka ye
benshi bakurikiranye urwo rubanza kuva icyizere ko urwego rukuriye Gacaca ruzagira
yadutse muri za Gacaca muri iki gihe ya Daihatsu kuva ku Giticyinyoni kugera
rutangiye, kugeza rusomwa, Nsekuye icyo rubikoraho kugira ngo akarengane koye
hafi mu gihugu hose, bitewe nuko ngo i Gitarama, ngo akayibonamo intwaro za
ufatwa nk’aho ari we muburanyi w’ibanze, gukomeza guhabwa intebe mu Gatsata,
iyo boherereje umuntu ucyekwaho icyaha gakondo. Cyakora uyu mudamu yiyemerera
yagaragaje ko igihe indege ya Kinani bityo abavanywe mu byabo n’abo bagamije
urupapuro rwo kumutumiza kwisobanura, ko, uretse ibyo ngo yabonye muri iyo
yahanukaga, yari arwaye ku buryo igihe inyungu zabo bwite, babashe kubigarukamo
ngo abenshi bahitamo gutoroka. modoka, nta kindi bamukoreye nta n’ikindi
kinini yakimaraga mu buriri. Yemwe kandi byoye no gukomeza guhesha isura
Izo manda rero, na zo bimaze ashinja Nsekuye. Ibyo kuba yaragiye
n’abageze mu rugo rwe bagiye guhahirayo mbi inkiko Gacaca, muri iyi minsi yazo ya
kumenyekane ko zakozwe, abenshi muri iyo modoka cyakora Nsekuye we
ibirayi Daihatsu ye yari yaraye izanye nyuma nk’aho ikigamijwe ari ukurenganya
bakijije amagara barahunga, ku buryo mu ntanabyemera, akavuga ko uwo mudamu
mu ijoro indege yahanuwemo, bigatuma no gushakisha indonke ku bifite.
Murenge wa Gatsata hadutse imvugo ngo yitiranya imodoka ye n’iy’undi muntu
bitajya kugurishirizwa Nyabugogo nk’uko Nyuma y’isomwa ry’urwo rubanza,
“Abagabo bahabaga bagomba gufungwa yasabye ko yatumizwa, ariko ntibyakozwe.
byari bisanzwe, nta n’umwe wemeza ko by’umwihariko twegereye umushoramari
bose”. Abatarahunze kubera kumva ntacyo Tugarutse rero ku ntandaro y’iryo
yigeze abona abo bagabo bakora inama. Nsekuye Jacques, ngo twumve uko
bishinja, barimo n’abo twavuze haruguru, fungwa n’uburyo abaturage bemeza ko
Uretse ko inama y’abantu batatu gusa na abyakiriye, atubwira ko Imana yonyine ari
baje kugenda batabwa muri yombi, uhereye ibyaha byapanzwe, mbere gato y’uko urwo
yo idasobanutse. Kuba rero Nsekuye na yo izi ukuri. Ati:”Iyo nza kuba hari icyo
kuri Kayitare wafashwe ku wa 06/04/2009, rukiko rukora manda zo guta muri yombi
Kayitare batarashatse kwikora ku mufuka, nakoze, sinari gushora imari yanjye nubaka
Sebushumba afatwa ku wa 28/04/2009 abo bagabo, bamaze kumenya ko barimo
bagahitamo gutabaza inzego, ngo yaba ari amahoteli muri iki gihugu”. Cyakora,
akuwe ku ishuri ryisumbuye rya Nyacyonga kugambanirwa kuko hari abirirwaga baza
yo mpamvu yatumye bagera aho bageze kimwe na bagenzi be, bafite icyizere ko
aho yigishaga, hanyuma Nsekuye Jacques kubasaba amafaranga, Kayitare na Nsekuye
ubu. Urukiko rushingiye ku bitekerezo ukuri kuzashyira kukagaragara.Amakuru
na we aza gufatwa ku ya 15/05/2009, bafashe icyemezo cyo gushyikiriza inzego
byatanzwe n’abatangabuhamya, bagaragaje tugicukumbura avuga ko Nsekuye Jacques
bamusanze iwe aho atuye i Remera. Bose z’umutekano icyo kibazo. Byatumye
guhuzagurika cyane barimo Hategekimana kimwe n’abandi bakire bakomoka mukarere
bajyanwa muri gereza ya Kimironko. ndetse Umunyamabanga Nshingwabikorwa
Innocent wari muri CDR na Nyaminani Umukire Kabuga Felisiyani kuri ubu
Ifatwa ry’aba bagabo rikaba ryarakozwe w’urwego rw’igihugu rushinzwe Inkiko
Emmanuel wemeye icyaha, akaba ngo ushakishwa uruhindu yahoze atuyemo, baba
nyuma y’aho bari bamaze kwishingana Gacaca, Domitilla Mukantaganzwa, aza
akoreshwa cyane b’abacitse ku icumu, bazira kuba ubutunzi bwabo babukomora
mu nzego zitandukanye, bagaragaza gukoresha inama yo gutanga ihumure mu
barimo na Kayinamura wari warahize ko kuri uwo munyemari wagize uruhare
impungenge zabo, harimo Urwego Gatsata, aniyama uwo mudamu witwa
azongera kunywa amazi ari uko Kayitare rukomeye muri jenoside.
rw’igihugu rushinzwe Inkiko Gacaca, Mukamurinda Pelagiya, uvugwa kuba ari
inzego z’iperereza nka CID n’izindi, ariko we ushinja abantu bose bo mu Gatsata. ageze muri gereza kimwe na Gakwerere
Laurent wavugiye mu nteko ko Abahutu Byakurikiranywe na J. Cherif
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 12 UBUTABERA UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Human Rights Watch irasaba urukiko rwa Arusha


guta muri yombi ingabo zahoze ari RPF-Inkotanyi
H
ari ku itariki ya Human Rights Watch yerekana umwe wo muri Espagne, biza
1 Kamena 2009, ko, nubwo mu kwezi kwa bikurikira iby’umucamanza
ubwo ikinyamakuru 06/2008, umushinjacyaha mukuru w’Umufaransa na we wakoze
UMUVUGIZI wa ICTR yahaye Leta y’u Rwanda urutonde rw’abasirikare bakuru
cyabonye urwandiko rugenewe amadosiye y’abahoze ari abasikare 9 ba RDF bakurikiranyweho
Umushinjacyaha Mukuru ba FPR ngo bakurikiranywe, kuba barahanuye indege ya
w’Urukiko mpuzamahanga rwa ngo basanga Leta y’u Rwanda Habyarimana, ari na byo byatumye
Arusha, rumusaba guta muri itarigeze iburanisha urwo rubanza, umwe muri bo, Rose Kabuye
yombi abasirikare bahoze ari aba mu mucyo ngo n’imiburanishirize afatirwa Frankfurt mu Budage,
FPR-Inkotanyi. Urwo rwandiko n’imikirize yarwo itarashingiye ku akajyanwa mu Bufaransa, ariko
rusaba ko bamwe mu bahoze ari mahame mpuzamahanga. Bakaba akaza kurekurwa, n’ubu rubanza
abasirikare ba FPR-Inkotanyi, basaba ko na rwo rwakongera rwe rukaba rugikomeza.
baregwa ibyaha by’intambara, kuburanisha uru rubanza. Nyuma yo gusoma urwandiko
bakurikiranwa n’urukiko Twabibutsa ko muri urwo rwa Human Rights Watch,
mpuzamahanga rwa Arusha. rubanza, abo basirikare bashinjwa twifuje kuvugana n’ababishinzwe
Urwo rwandiko umuntu asanga urupfu rw’abihaye Imana, urukiko mu nzego za Leta, kugira ngo
rukaze, rwanditswe na Human rwa gisirikare rwasanze abasirikare tumenye icyo babitekerezaho.
Rights Watch, umuryango bakuru 2 barengana, abandi babiri Mu gihe twajyaga mu icapiro,
Gen. Gumisiriza: HRW irashaka ko urubanze rwe rusubirwamo.
mpuzamahanga uharanira na bo bemera icyaha, ku buryo twari tutarashobora kugira uwo
uburenganzira bwa muntu, rukaba bakatiwe igifungo cy’imyaka 5. bashyikirizwa ubutabera. hafi abasirikare bagera kuri tuvugana, ngo twumve aho Leta
rwarasinywe na Kenneth Roth, Ngo kuri bo, bakaba basanga urwo Twabibutsa kandi ku kugeza 40, bashyizwe ku rutonde y’u Rwanda ihagaze kuri iki
umuyobozi w’uwo muryango. rubanza rutaragenze neza ngo ubu, Leta y’u Rwanda ikomeje rw’abashakishwa. Ibi bikaba kibazo.
Umuryango Human Rights kandi bakaba basaba n’abandi ko guhura n’icyo kibazo cy’uko byarakozwe n’umucamanza Gasasira J. Bosco

I
Watch ukomeza uvuga ko nubwo
urukiko mpuzamahanga rwageze
kuri byinshi, ruhana abakoze
miyoborere myiza iri mu
ntego nkuru abayobozi b’iki Akarengane ntikacibwa na disikuru Si we wenyine ubashima, hari n’abandi
babashima, baba Abanyarwanda
Jenoside, cyane cyane abahoze
muri Leta yari iyobowe na
gihugu bihaye kandi bakunda
kugarukaho kenshi. Iyo nyinshi, hakwiye ingamba zihamye cyangwa se abanyamahanga. Uretse
iyo serivisi ariko, hari n’izindi nzego
uvuze imiyoborere myiza, umuntu z’imirimo zishimwa, nk’Urukiko
MRND, ngo ariko kugeza ubu, ahita yumva imiyoborere irwanya
n’abatunzwe na ruswa, yari akwiye umwanya barimo bawukwiye, mu gihe
Rukiko Rukuru rwa Repubulika,
urwo rukiko rwakomeje kwica no guhagurukira gukangara bamwe batigera bazirikana abo bawukesha
akarangane, hatitawe k’ugakora wese rukorera i Nyamirambo. Ngo
amatwi, igihe cyose rwibutswaga mu bayobozi, barangarana abaturage, ari bo baturage, kuko batariho, na we
n’ugakorerwa wese. Iyo umuturage umuturage wese uhafite ikibazo, iyo
gukurikirana abahoze ari ingabo ntibite kubacyemurira ibibazo. ntacyo yaba ari icyo ? Mbere ya byose,
arenganijwe n’undi muturage agezeyo atahana igisibuzo, kandi uwo
Abayobozi nk’abo ntibari bakwiye umuyobozi ajye abanza yishyire mu
za FPR-Inkotanyi, zishinjwa mugenzi we, bigira uko byumvikana, abakozi b’aho barangaranye, iyo agize
kwihanganirwa, kuko mu gihe bari mu mwanya w’umuturage umugejejeho
ibyaha by’intambara. kandi icyo gihe inzego bireba za amahirwe yo kwibonanira na Perezida
myanya kubera uwo muturage ndetse ikibazo, ni na bwo azashobora
Bakomeza bavuga ko Leta, iyo zibyitayeho, zikarenganura w’urwo rukiko, ataha anyuzwe. Burya
bahembwa akayabo k’amafaranga kugicyemura mu buryo buboneye. Ibi
impamvu urukiko mpanabyaha urengana. Ikibazo kiba ingorabahizi, n’ijambo ryiza ni ngombwa, n’aho
akomoka mu misoro atanga, ni we bibazo byose by’akarengane n’ibindi
rwashyiriweho icyahoze ari iyo umuturage arenganijwe ritaba rihuje n’icyifuzo cyawe. Tukiri
mukoresha wabo, bityo bakaba bisa na byo, uwitwa umuyobozi
Yugoslaviya rwageze ku nshingano n’abagize ingezo za Leta. Bene kuri uru Rukiko cyakora, ngo hari
bagombye kwita ku kibazo cye, abitekerejeho, byamufasha kwisuzuma
nk’uyu uwo kumurenganura yava he udukosa dukwiye gukosorwa nko
zarwo, ari uko abagize uruhare muri bakamurenganura, cyane ko usanga no kumenya uko yitwara imbere
? Nyamara bimaze kugaragara ko mu kumenyesha ababuranyi icyumba
iyo ntambara bose bakurikiranywe, madisikuru yabo, abayobozi bakuru
ari nta n’igikomeye kirimo. Ntiwasaba y’abaturage. Byatuma ahora azirikana
cy’iburanisha mu buryo busobanutse,
bakaryozwa ibyaha bakoze. umuntu guharanira kwiteza imbere, ko inshingano ze atari ukwicara mu
batandukanye muri iki gihugu, kuko umuntu ashobora kwitaba, ariko
Ikaba ari yo mpamvu basaba ko ngo ube ari wowe umutesha umwanya biro, ngo ukwezi ni gushira ajye kuri
bahora bamagana akarengane na aramutse atabaye maso cyane, akaba
urukiko mpanabyaha rwa Arusha wo gukora, asiragira ku biro byawe, banki kuyora amafaranga atakoreye.
ruswa, kandi bakarenga bakaba aba atashobora kumenya igihe n’aho
kandi ibyo agusaba kumukorera nta U Rwanda, nk’igihugu cyakunze
rutakwibanda gukurirana abakoze mbere mu kurenganya no kurya urubanza rwe rwaburanishirijwe!
kindi bigusaba, uretse ubushake. kuyoborwa nabi, ubu igihe cyari iki
Jenoside bonyine ahubwo ko ruswa, ukaba watekereza ko, ahari Ubwo hari n’ahandi batanga serivisi
kugira ngo habeho impinduka ifatika,
rwafata, rukanahana abasirikare bashobora kuba batazi icyo aya zinoze tudashoboye kuvuga, kuko
Benshi mu bayobozi bavugwaho habe itandukaniro hagati y’abo kera
bakoze ibyaha, bakomoka mu magambo asobanura ! tutabikozeho iperereza, ngo tugire
kurenganya twitaga « Abategetsi » n’abo ubu twita
ishyaka riri ku butegetsi, ari ryo None se, wasobanura ute, ko icyo twemeza twahagazeho.
Mu bintu bikunze kubabaza abaturage « Abayobozi », kuko rimwe na rimwe
FPR-Inkotanyi. umuturage yakwandikira Minisitiri Ntitwasoza tudasabye n’Urwego
no kubatera kwinubira ubutegetsi, usanga ntaho batandukaniye. Bitabaye
runaka amugezaho akarengane ke, rw’Umuvunyi, dore ko ari na cyo
Mu rwandiko rwabo, baravuga akarengane kaza ku isonga. Ibi ibyo, bareke kujijisha Abanyarwanda
asaba no kurenganurwa, ari na ko rwashyiriweho, kurushaho guhwitura
ko Jenoside y’Abatutsi yabaye, asiragira ku biro by’uwo muyobozi
ni ibyumvikana, kuko ikintu ngo ubuyobozi bwegereye abaturage
abayobozi bataramenya inshingano
igahitana abantu barenga 800.000, cyose kivutsa umuntu ibyo afitiye cyangwa ngo Leta yiyemeje guca
yibutsa ikibazo cye, imyaka igashira zabo, kugira ngo bikubite agashyi,
ikaba yarahagaritswe n’ingabo zari uburenganzira, nticyabura kumutera umuco wo kudahana, kurwanya
indi igataha, nta gikorwa kugira aho gukomeza gusebya bagenzi
ziyobowe na Perezida Kagame, umutima mubi. N’igihe umuturage akarengane na ruswa n’ibindi! Disikuru
ngo umuturage arenganurwe. Ibi, babo no gutuma icyizere abaturage
adakorewe ibyo yifuza, hari ukuntu nyinshi si zo zirwanya akarengane,
zishobora gukiza abantu bari buri Munyarwanda ku ruhande bari bafitiye ubuyobozi kiyoyoka.
aba akeneye ibisobanuro byumvikana, hakenewe ingamba zihamye.
mu mazi abira, mu gihe isi yose rwe, ashobora kubyemeza ndetse Ikindi, kuba akarengane kadafatwa
kandi icyo gihe aranyurwa. Nta kintu
yareberaga. Ikaba ari yo mpamvu akabitangira n’urugero, ibyo nk’icyaha giteganywa n’amategeko,
kibabaza nko kubona umuturage Umukobwa aba umwe, agatukisha
bashyigikiye igikorwa cyo guhana byose kandi bikaba bibera mu na byo biri mu bitiza umurindi
agana umuyobozi, amufitiye icyizere bose !
abakoze Jenoside. Ariko na none, gihugu abayobozi bacyo, ku nzego abayobozi bakomeza kurenganya
ko ashobora kumurenganura, ntiyigere Nubwo tumaze kugaya abayobozi
mu rwandiko rwabo bageneye zinyuranye, bahora bivuga ibigwi, abaturage, ntacyo bikanga. Kugera ku
abona igisubizo, uko cyaba gisa kose, bamwe basa n’abatazi inshingano
ngo besheje imihigo mu kurwanya cyerekezo 2020 turangamiye, bisaba
kopi abanyamakuru, bavuga ko hanyuma agakomeza gutegereza, zabo, ntibivuze ko muri iki gihugu,
akarengane n’ibindi n’ibindi. Umunyarwanda wese, by’umwihariko
mu ntambara yo kubohora igihugu, Perezida Kagame, na we ubwe,
kugeza ubwo cya cyizere kiba kimwe abayobozi bose banengwa. Hari
abayobozi bacu, ko ibyo bakora byose
hagati y’ukwezi kwa 4 n’ukwa kiraza amasinde ! Ibi twandika, abakora neza kandi bakwiye
ahora yibutsa Abanyarwanda ko babikora bazirikana ko, uruhare rwabo
8/1994, hari ibyaha byakozwe umuturage ubisoma, ufite ikibazo muri gushimwa, ndetse bakabera urugero,
ibyo bafitiye uburenganzira bagomba ari rwo ruzashoboza Abanyarwanda
n’abahoze ari abasirikare ba FPR- Minisiteri y’Ingabo, hari icyo abiziho. abo bose batukisha izina ryabo. Kandi
guharanira ko babihabwa, batagombye kugira aho bava n’aho bagera. Ibyo
Rwari urugero, ubwo birashoboka ko umukobwa umwe, si we ukwiye guca
Inkotanyi. Ibyo bikorwa bikaba kugira uwo binginga. Ariko niba bikaba bitashoboka hakiri bamwe mu
hari n’ahandi bimeze bityo. Ariko se, intege abafite ubushake bwo gukorera
byarahitanye inzirakarengane byari n’ibishoboka, ngo wenda bayobozi, batarumva ko kurenganura
Minisitiri cyangwa undi muyobozi ababagana. Hari ingero za hamwe
zigera kuri 25.000-45.000. Ngo umuntu abone uwo yinginga, ariko umuturage, biramutse bibananiye
Abanyarwanda bandikira bamugezaho na hamwe, usanga abakozi batozwa
uretse Human Rights Watch, amurangirize ikibazo ! Birababaje, nta kindi baba bashoboye. Njye ndi
ibibazo byabo, ntiyigere abasubiza, bihagije kuzuza neza inshingano zabo.
ngo hari indi miryango ya UN ariko ni ko bimeze, nyamara nk’uko nka bene abo, nkumva nabererekera
atekereza ko abo bantu bakandika Mu ijambo rye yavuze tariki ya 1
n’abandi baharanira uburenganzira Perezida Kagame yahagurukiye abafite ubushake n’ubushobozi bwo
babuze ikindi bakora cyangwa baba Gicurasi 2009, mu birori byo kwizihiza
guhashya abayobozi b’inda nini, basa gukorera igihugu n’abagituye, kandi
bwa muntu, bafite ubuhamya batababaye ? Ese aba yiyumvisha ko umunsi w’Abakozi, Perezida Kagame
na ba bandi ngo bahawe Butamwa rero ntibabuze.
n’ibimenyetso bigaragaza ko ibyo bakiyongereraho na Ngenda, kimwe
ari nde wundi wabarangiriza ibibazo yashimye ku mugaragaro imikorere
Robert Mazina
byaha byakozwe icyo gihe. ? Ese abayobozi nk’abo baba bumva y’ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka.

umuvugizi@yahoo.com
Urup. 13 ITANGAZO UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

THE EAST AFRICAN LANGUAGE LEARNING CENTRE AND


EDUCATIONAL CONSULTANCIES
ISHURI RY’INDIMI

ITANGANZO

THE EAST AFRICAN LANGUAGE LEARNING CENTRE/ISHURI


RY’INDIMI
- ICYONGEREZA
- IGIFARANSA
- IKINYARWANDA
- IGISWAHIRE

Riramenyesha abanyacyubahiro bose biga n’abashaka kwiga ICYONGEREZA


ko twimukiye muri TOP TOWER HOTEL KACYIRU ahateganye n’IPOSITA.
Turabamenyesha kandi ko twa bazaniye abarimu bavuye i MAKERERE UNIVERSITY
b‘impuguke mu kwigisha ibijyanye n’ICYONGEREZA gikoreshwa mugutegura
Inama, Gukora raporo mu cyongereza, kuyobora Inama, kuvuga muruhame,
kwandika inzandiko zinyuranye zo mukazi, n’izindi zose mucyongereza.

- Amasaha dukora ni uguhera saa kumi nebyiri za mugitondo(6h:00 Am) kugeza


saa yine zijoro(10:00Pm).umuntu ahitamo amasaha abiri gusa amunogoye ku
munsi.
Tuboneho no kubamenyesha ko twatangiye gahundi ya special week end
kubanya cyubahiro bataboneka mumibyizi,iyi gahunda iteye itya:
- Kuwa Gatandatu(satarday) 8:00 – 12: 00Pm,uwagatandatu w’umuganda ni
uguhera 2:00 – 6:00Pm
- KUCYUMWERU(SUNDAY) 2 : 00 – 6:00Pm
Ibindi bisobanuro mwahamagara :
- 0788537793
- 0750461862
- 0788484725

UMUYOBOZI MUKURU BAHATI Fred

RUBANGURA HOUSE, 4th Floor, 402 • P.O.BOX 402 KIGALI – RWANDA • Tel: 0788537793 – 05408686
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 14 hirya no hino UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Gen. Laurent Nkunda uko


yamamaye, ni ko agiye kwibagirana
M
u mateka ya icyo gihe ari bwo hari raporo
vuba y’igihugu ndende ku ruhare rw’u Rwanda
cya Repubulika mu bibazo by’uburasirazuba bwa
Iharanira RD Congo yasohowe n’akanama
Demokarasi ya Congo, Gen. ka LONI, igaragaza ko u
Laurent Nkunda yaravuzwe, Rwanda ruha Nkunda inkunga
biratinda. Abamukunda kimwe ikomeye, kubera gukorana mu
n’abatamukunda, baribuka buryo butaziguye na CNDP.
ukuntu uyu mujenerali Bikaba byaravugwaga ko u
wigometse kuri Leta ya Joseph Rwanda ruramutse rumukuyeho
Kabila kuva mu mwaka w’2004, amaboko, Nkunda nta jambo
yahumagije ubutegetsi bw’i yakongera kugira ndetse ntacyo
Kinshasa, ngo bugerageza yaba ari cyo.
kumutsimbura mu birindiro Hakurikiyeho imishyikirano
bye mu misozi ya Masisi, mu mu ibanga hagati y’u Rwanda
Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. na Congo, yaje kuvamo
Baramwibuka, n’ukuntu ingabo ubwumvikane mu gukorera
ze zahanganye n’iza FDLR, hamwe kw’ingabo z’ibihugu
zari zimaze kwigarurira ubutaka byombi mu cyo bise « Umaja
bugari bw’amajyaruguru Wetu », zikarwanya inyeshyamba
n’amajyepfo ya Kivu ari na ko za FDLR kuko ari zo ntandaro
zibuza amahwemo, zinamenesha y’akaga kose. Nubwo ku
bene wabo wa Nkunda, ndetse ruhande rwa Leta ya Congo, hari
n’indi mitwe yitwaje intwaro abayobozi bamwe batishimiye
yavugaga ko ingabo za Nkunda kandi bamaganye iyo mikoranire,
zihohotera Abanyekongo kandi bamwe ndetse bikabaviramo
ko Gen Nkunda ari igikoresho gutakaza imyanya yabo, nka
cy’abayobozi ba Leta y’u Vital Kamerhe, wari Perezida
Rwanda, bamwihisha inyuma, w’Inteko Ishinga Amategeko,
ngo babone uko bisahurira
amabuye y’agaciro, yuzuye muri RDF ihejeje Gen. Laurent Nkunda mu gihirahiro
kariya karere. niba hari umuntu uzongera
iyo gahunda na Nkunda none akaba abitswe ahantu
Byageze n’aho, kugira ngo kugirira icyizere abayobozi b’u
ashobora kuba atarayemeraga. hazwi n’abamufiteho ububasha
Gen. Nkunda yereke Leta ya Rwanda, ku buryo atashidikanya
Ari na cyo cyatumye, mu mpera bonyine. Umuryango we na
Kabila ko ingabo za CNDP ku nkunga yabo kandi ko
z’ukwezi kwa 1/2009 u Rwanda wo, wagerageje gushora imanza
zishobora no kumushyigura i bashobora kumushyigikira
rumukuraho amaboko, kuko yari ngo umufunguze, ariko biba
Kinshasa, ubwo yatangazaga kugeza ku iherezo. Abandi ariko,
abangamiye inyungu za politiki nk’ibya ya sazi yimije urutare,
mu mpera z’umwaka ushize, bemeza ko amabanga ya Nkunda
zarwo, cyakora kugira ngo kuko inzego z’ubutabera zose
ko umugambi wa CNDP ye, ari n’abayobozi b’u Rwanda
atabura aho yerekeza, rwiyemeza bagezagaho ikirego cyabo,
uwo kurwana kugera i Kinshasa. ashobora kuba ari yo atuma u
kuba rumucumbikiye, mu gihe zavugaga ko nta bubasha zifite
Muri icyo gihe Nkunda, wasaga Rwanda rukimukomeyeho, kuko
ibintu bitarajya mu buryo. bwo kwakira no kuburanisha
n’ugeze mu bushorishori, ni rutinya ko aramutse ayamennye,
urwo rubanza. Ubwo kandi ni
bwo yohereje ingabo ze, zigera byagira ingaruka zitoroshye
Laurent Nkunda na na ko abayobozi b’i Kinshasa
mu nkengero z’Umujyi wa ku Rwanda no kuri bamwe
Mutebutsi biringiye ijosi batahwemye gutitiriza Leta
Goma, ziri hafi no kuwufata, mu bayobozi bakuru barwo.
ribabyarira umwingo ! ya Kigali, basaba ko bahabwa
amahanga ateza ubwega, bituma Uretse ko amabanga y’umuntu
Nkunda, bakajya kumukanira
bahagararira aho bari bageze, nka Nkunda, atagombye
Kimwe na Col Mutebutsi, nubwo urumukwiye. U Rwanda na
ariko botsa igitutu Leta ya kubangamira umubano w’u
rimwe Perezida Kagame yigeze rwo ruti keretse tubanje kugira
Kabila, kugira ngo imishyikirano Rwanda na Congo ukomeje
ibyo twumvikanaho, kuko
yari imaze iminsi ibera i Nairobi, Kimwe na Col kumwihakana akavuga ko amuzi
gucumbagira, niba koko ibihugu
ku mateleviziyo gusa, Laurent tutapfa kohereza Nkunda muri
iyobowe n’uwahoze ari Perezida Mutebutsi, nubwo Nkunda yari afitiye icyizere Congo, kandi icyo gihugu byombi byariyemeje kubana
wa Nigeria, Olusegun Obasanjo,
igere ku kintu gifatika, bityo rimwe Perezida ubutegetsi bw’i Kigali, kandi kigifite igihano cy’urupfu mu nta kuryaryana. Twibutse ko,
ko bushobora kumushyigikira, mategeko yacyo ahana. Ndetse mu kiganiro n’umunyamakuru,
umutekano ugaruke mu Ntara Kagame yigeze u Rwanda rugera n’aho rwifuza Joseph Kabila yigeze kwivugira
kugeza umugambi yari yarihaye
za Kivu zombi, abataye ibyabo kumwihakana usohoye. ko Leta ya Congo yakwemera ko ikiraro cyamuhuza na
babisubiremo ndetse n’impunzi Kagame kitarubakwa, none ahari
z’Abanyekongo ziri mu Rwanda, akavuga ko amuzi Bigeze mu mahina rero, ubwo ko Nkunda ashakirwa ikindi
u Rwanda rwari rumweretse ko gihugu yoherezwamo, ariko cyaba kigiye kubakwa n’uko
mu Burundi na Uganda, ku mateleviziyo iyo inyungu za bamwe zitagihuye ibyo Abanyekongo bakabitera u Rwanda rukuye amaboko
zishobore gutahuka.
Kugeza icyo gihe, u Rwanda
gusa, Laurent n’iz’abandi, byose bishoboka, utwatsi. ku muntu n’ubundi rwari
Uyu munsi rero, ikibazo cya rwariremeye, kuko mu by’ukuri
rwari rugishyigikiye ku Nkunda yari afitiye agomba kuba atarasobanukiwe.
Nkunda kirasa n’igicwekereye, iyo rutamushyigikira nk’uko
Kimwe n’uko kugeza n’ubu
mugaragaro impamvu Laurent icyizere ubutegetsi ashobora kuba atarasobanukirwa ariko ntikirarangira. Ikindi kandi, rwabikoze, ntiyari kugera aho
Nkunda yarwaniraga, ndetse
runerekana ko Leta ya Kinshasa bw’i Kigali, kandi ibyamubayeho, dore ko nyuma n’aho Nkunda yakwibagirana, yageze, ntiyari kumenyekana
y’ifatwa n’ifungwa rye, hari abantu bazahora bamwibuka nk’uko yamenyekanye. Tuvuge
ari yo ifite uruhare runini mu ko bushobora havuzwe amagambo menshi, ku buryo butandukanye. Gusa, rero, ko icyo kiraro Kabila
bibera muri kariya karere, nta kumushyigikira, ategereje kizaba cyuzuye, ari uko
bamwe bibaza ukuntu u Rwanda nyuma y’ibyabaye kuri Mutebutsi
n’impamvu yo kurugerekaho Laurent Nkunda amaze kugezwa
kugeza umugambi yari rwarutisha Kabila inshuti n’ibiherutse kuba kuri Nkunda,
ibibazo, rwo rwitaga i Kinshasa !
magara nka Nkunda, wari ufite ndetse n’uburyo Leta y’u
iby’Abanyekongo ubwabo. yarihaye usohoye icyo arwanira cyumvikana, Rwanda yatabye mu nama aba
Twibuke ariko na none ko muri Robert Mazina
bagabo, abatari bacye baribaza
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 15 IMITURIRE UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Kinyinya: abisenyeye baratura


amarira yabo Banki y’imiturire
Abaturage bo mu Murenge wa hegitari 100 cyimaze gufatwa,
Kinyinya, mu Karere ka Gasabo, nk’uko twakomeje tubitangarizwa
babwiwe ko bagiye kwimurwa, n’ubuyobozi bwa BHR, abaturage
bagahabwa ingurane, bamwe bagera kuri 637 babaruriwe
batangira gusenya amazu yabo, imitungo yabo. Cyakora mu gihe
abandi batangira kurya imyenda, bari batarishyurwa kugira ngo
none abo izo ngurane zitarageraho bimuke, haje kuvuka ikibazo
bararira ayo kwarika. cy’ihungabana ry’ubukungu ku

M
isi hose, byumvikana ko kitabuze
u karere ka Gasabo, kugira ingaruka ku mikorere
kimwe n’ahandi y’amabanki y’u Rwanda, ari na
mu turere tugize byo byatumye amenshi muri
Umujyi wa Kigali, yo muri iyi minsi ahagarika
hamaze iminsi havugwa ibibazo gutanga inguzanyo, cyane
byo kwimura abaturage, mu cyane izerekeranye n’ubwubatsi
rwego rwo gushyira mu bikorwa bw’amazu. Amafaranga yari
igishushanyo mbonera cy’Umujyi, agenewe icyo gikorwa ngo yaje
hubakwa amazu agezweho kuba macye. Ibyo rero, ni byo
kandi ari hamwe, kugira ngo byatumye BHR na yo, ifata
bibashe kworohereza abayubaka icyemezo cyo kureka gufata izo
kimwe n’abayagura cyangwa hegitari 100 z’inyongera, cyakora
abayakodesha. ifata gusa 25, zari zituweho
Banki y’Imiturire mu Rwanda n’imiryango igera kuri 144, ari na
(BHR), ifatanyije n’Isanduku yo yahawe ingurane, ikimuka.
y’Ubwiteganyirize bw’Abakozi Hagati aho rero, nk’uko
y’u Rwanda (CSR), ibi bigo twabisanze aho i Kinyinya, abo
byombi bikaba bimaze kugira baturage bandi batahawe ingurane
ubunararibonye mu kubaka amazu kandi bari barabaruriwe imitungo,
no kuyagurisha abafite amikoro, abenshi baratangiye gusenya
bimaze kubona ko mu Murenge inyubako zabo, berekeza muri za
wa Kinyinya, hafi y’ahari iminara Rurindo, Gicumbi, Rwamagana
ya Radio y’Abadage (DW), n’ahandi, abandi na bo baramaze
ari mu nkengero z’Umujyi wa gufata amadeni, bizeye kubona DG BHR Gervais Ntaganda yatubwiye ko icyo gikorwa cyabaye mu mucyo.
Kigali kandi na ho hakeneye ifaranga rya expropriation, dore ko
kubakwa amazu agezweho, ngo iyo ribonetse riba rishyushye, adutangariza ko ibyo bivugwa bakoraga ingenzura ry’ibyabaruwe mu Rwanda, Gervais Ntaganda,
dore ko ubusanzwe hituriwe na baje guhura n’ikibazo gikomeye. n’abashaka kwivugira, kuko n’iyo sosiyete yigenga STACOD twaboneyeho kumubaza uko
ba kavukire batunzwe ahanini Batangira kuvuga ko Banki ngo mu kwishyura abari kuri bahaye ikiraka, hari aho basanze iyo banki yifashe muri ibi bihe
no kwihingira ubutaka bwabo, y’Imiturire yabahemukiye. hegitari 100 za mbere, nta kibazo koko harabayeho kubeshya by’ihungabana ry’ubukungu n’uko
basabye ubuyobozi bw’Akarere ka Icyo kibazo ndetse cyaje no cyabayemo, hakoreshejwe uburyo umutungo cyangwa gukabya abafashe inguzanyo y’amazu
Gasabo ko bwabafasha kuvugana kugera mu nzego zinyuranye bwo gukurikiza amazina kuri ibiciro. Ibi ndetse ngo byaba ari bishyura, adutangariza ko muri
n’abo baturage, kugira ngo icyo zo hejuru, ariko nyuma biza alphabet (A-Z). bimwe mu byaviriyemo abakozi rusange nta kibazo kinini bagize,
gikorwa cyo kubimura kibashe kurangira, abayobozi b’Akarere Kuri hegitari 100 za kabiri, 2 b’iyo banki gukurikiranwa kuko hafi ya bose mu bafite
gushyirwa mu bikorwa. ka Gasabo bakoresheje inama, zaje gufatwaho 25 gusa, haciwe n’inzego z’ubutabera, aho umwe izo nguzanyo, imishahara yabo
Ku ikubitiro, nk’uko bakabwira abo baturage ko ibyo umurongo ku butaka, abari imbere yaje kuba umwere, undi akaba inyura muri iyo banki, bigatuma
twabitangarijwe n’ubuyobozi bwa kwimuka baba babyikuyemo, yabo, na bo bishyurwa hakurikijwe agikurikiranwa. ibanza gukuraho ayayo, nta
Banki y’Imiturire mu Rwanda, bakongera gukora ibikorwa byabo ubwo buryo bwa alphabet. Ku Mu gihe twaganiraga, kibazo biteye. Abari abakozi ba
iyi banki ifatanyije n’Isanduku nk’uko bisanzwe, n’uwashaka buryo, ngo uretse abo batagezweho, Ntaganda Gervais kandi yongeye Leta, bakaza gusezererwa bafite
y’Ubwiteganyirize bw’Abakozi kugurisha ubutaka bwe kandi abandi ngo bahawe ama cheques gushimangira ko mu gihe cyo inguzanyo ya BHR, na bo ngo
y’u Rwanda, basabye Akarere akaba yabikora, nta nkomyi. yabo nta kibazo. Naho umu kubarira abaturage imitungo yabo, abenshi bagiye bongera kubona
ka Gasabo ko kabashakira Cyakora nk’uko abo baturage technician wari ushinzwe icyo ntawe babuza gukomeza ibikorwa aho bihengeka, ku buryo ngo
ahantu hangana na hegitari 100. babidutangarije, icyo cyemezo gikorwa, Charles Ndikumana, bye. Bityo rero, ngo urwitwazo bishyura, abandi bacye bananirwa
Igikorwa cyo kubarira abaturage gisa n’ikitarabashimishije, bitewe we yadutangarije ko mu gihe rw’uko bamwe bisenyeye amazu, kwishyura kubera kubura amikoro
cyarakozwe. Hifashishijwe ahanini n’icyo cyizere bari abandi bakarya imyenda, ntibize cyangwa ubushake bucye, bo ngo
isosiyete yigenga STACOD, bamaranye igihe kandi bisanzwe kugenda uko babyifuzaga, hitabazwa inkiko, inzu zigahabwa
ibizobereyemo, hamaze gukorwa bivugwa ko ibyo bigo byombi agasanga bitakagombye kuryozwa abandi bashoboye kwishyura.
igenzura ku mutungo, ryo bitanga iritubutse. banki ayobora. Iyo mikorere ngo ikaba
ryakozwe hifashishijwe inzego Mu gihe Cyakora na none, uyu mugabo yaratumye, magingo aya, iyo
z’ibanze, abari batuye kuri izo Guhitamo abahabwa ingurane twaganiraga, akaba afite icyizere ko mu banki iri mu za mbere mu Rwanda
hegitari barishyuwe, bagenda nta ngo nta buriganya bwabayemo gihe gito, ubukungu bushobora zifite ikigereranyo cy’ukutishyura
kwijujuta. Nyuma y’aho rero ni Ntaganda Gervais kongera kumera neza, gahunda (taux d’impayé) kiri hasi (5%),
bwo, bitewe n’abagaragazaga ko
bakeneye kuzafata amazu aho,
Uretse ikibazo cy’abo babaruriwe
imitungo ariko ntibishyurwe
kandi yongeye ikaba yasubukurwa, bityo n’abo
basigaye bakaba bakwishyurwa,
ugereranyije n’uko mu zindi banki
bimeze.
ibyo bigo byombi byaje kubona kubera amafaranga yaje kuba gushimangira ko mu bakimuka. Nguko rero, uko ikibazo
ko izo hegitari ari nke, byiyemeza macye nk’uko twabivuze Abo baturage cyakora, nk’uko cy’abaturage b’i Kinyinya giteye
gusaba Akarere ka Gasabo, izindi haruguru, ikindi kibazo cyakunze gihe cyo kubarira babigaragarije mu nama bagiranye n’uko Banki y’Imiturire mu
hegitari 100. kuvugwa ni icya ruswa ngo abaturage imitungo n’Umuyobozi w’Akarere ka Rwanda ibibona.
yaba yaracaga ibintu kugira ngo Gasabo, bakaba batarakiriye neza Icyakora tuzakomeza
Ihungabana ry’ubukungu umuntu ashyirwe ku rutonde yabo, ntawe babuza icyo cyemezo, kuko abenshi bari kubikurikiranira hafi, kugira ngo
ntiryatumye bigenda uko byari
byateganyijwe
rw’abagomba kwishyurwa. Kuri
iki kibazo, twagerageje gushaka
gukomeza ibikorwa baramaze kwishyiramo ko bagiye
kubona inote zishyushye. Mu
hatazagira ugendera mu kigare.

Umuyobozi wa Banki y’Imiturire bye gihe twavuganaga n’Umuyobozi J. Cherif


Icyemezo cyo kongeraho mu Rwanda, Ntaganda Gervais, Mukuru wa Banki y’Imiturire
umuvugizi@yahoo.com
Urup. 16 UBUREZI UMUVUGIZI VOL. 56, 05 - 17, Kamena 2009

Kaminuza ya KIM yatanze


impamyabumenyi mpuzamahanga
K
u itariki ya 11 Gicurasi 2009, Ishuri rikuru ry’icungamutungo
rya Kigali (Kigali Institute of Management KIM) rikorera i
Nyandungu ryatanze impamyabumenyi mpuzamahanga
zo mu rwego rwa ABE (Association of Business
Executives).Izi mpamyabumenyi zikaba zitangwa na kaminuza yo
mu Bwongereza. Iyi kaminuza ikaba ifite amashuri
bakorana agera kuri 20 hirya no hino ku isi , harimo na KIM yo mu
Rwanda kandi izo mpamyabumenyi zikaba zemewe mu rwego
mpuzamahanga.
Minisitiri w’Uburezi, Dr Daphrosa Gahakwa wayoboye
umuhngo wo gutanga izo mpamyabumenyi, yatangarije abari
muri uwo muhango ko Minisiteri ayobora, izakomeza gufasha
abanyeshuri biga muri ABE badafite ubushobozi, kugira ngo mu
gihe kizaza, bazashobore gutanga umusaruro unoze ku isoko
ry’umurimo mu Rwanda no ku isi, dore ko izo mpamyabumenyi
zibahesha ubushobozi bwo gupiganwa n’abandi ku rwego
mpuzamahanga.
Twabibutsa ko kugeza ubu, ari bwo bwa mbere ishuri KIM
ritanze impanyabumenyi zisumbuye za ABE. Izi mpamyabumenyi
zikaba zarahawe abanyeshuri 15 barimo abanyarwanda 4.
Perezida w’inama y’ubutegetsi ya KIM, akaba n’umwe mu
batangije icyo kigo Peter Rutaremara, yasabye abo banyeshuri Umuyobozi wa ABE atanga impamya bumenyi ku banyeshuri barangije muri KIM.
bahawe impamyabumenyi gukoresha ubuhanga bakuye muri
KIM mu kwiteza imbere no kuba ba Ambasaderi beza ba KIM,
dore ko ari na bo mfura zayo. Yakomeje atangariza abari aho
ko umubare w’abanyeshuri biga ABE niwiyongera, bizatuma u
Rwanda rwongera kubona inararibonye kandi ngo uretse n’u
Rwanda, iryo shuri rishobora kuzasagurira n’amahanga, ku buryo
umubare w’abanyarwanda bakora nka ba “expert” bashobora
kuboneka, uziyongera mu minsi itaha.
Kubera ubufatanye hagati ya ABE na KIM, abanyeshuri bahize
kandi baharangije, bashobora kuzabona icyo yise “TOP UP” mu
gihe cy’umwaka umwe mu zindi kaminuza zigera kuri 20 ku isi,
haba mu Bwongereza cyangwa ahandi, ku buryo babona diploma
ya A0 (Bachelors Degree) muri Business Management na Human
Resources Management.
Twabibutsa ko abanyeshuri baharangije, babonye
impamyabumenyi mu rwego rwa diploma ari 11 n’abandi babonye
diploma yo mu rwego ruhanitse yitwa “Advanced diploma” ikaba
yarahawe umunyeshuri umwe gusa, witwa Rurisa Chris, akaba na
perezida w’Inama Njyanama y’Umurenge wa Muhima, mu Mujyi
wa Kigali.
Umuyobozi wa KIM, Dr Bo Akinyemo, yaboneyeho gushima
abanyeshuri barangije aho, anabasaba kudacika intege, ahubwo
bagashyiramo imbaraga, bagakorera za diploma zo mu byiciro
byo hejuru, dore ko KIM imaze kwagura amarembo, igirana
ubufatanye na za kaminuza mpuzamahanga nk’iya Leicester,
ABanyeshuri barangije hamwe n’ubuyobozi bwa KIM.
na Sunderland zitanga amasomo ku rwego rwa MBA na BA,
hakoreshejwe uburyo bw’iya kure cyangwa “Distance Learning”.
Uretse amasomo twavuze haruguru, KIM inatanga amasomo
hamwe n’ibizamini byemewe muri A.C.C.A., C.P.A., ICATC.
Ishuri KIM rikaba ryaratangiye mu w’2003, ryitwa International
College of Accountancy and Management. Kugeza ubu, KIM ikaba
iri ku isonga muri za kaminuza zigisha abakontabule babigize
umwuga kandi iyo urangije kuri KIM, nta ngorane uhura na zo mu
kubona akazi, kubera amasomo uba warahawe atuma aho ugeze
hose, usanga ukenewe.
Umwe mubahawe iyo mpamyabushobozi ya ABE yadutangarije
ko uburyo amasomo n’ ibizamini bitegurwa, biri kurwego
rw’ikoranabuhanga ruhanitse kuburyo iyo wakurikiye ayo
masomo ukayatsinda uba koko wize. Murwego rwo guha agaciro
izo mpamyabushobozi, ibizamini bikorerwa ku isaha imwe ku
isi hose ahatangirwa ayo masomo hifashishijwe za ambassades
z’abongereza.
Abakeneye kwiga ABE cyangwa andi masomo yo ku rwego
mpuzamahanga rero twababwira iki, imiryango ya KIM irafunguye
nimuyigane, kuko ari imwe muri za kaminuza zitanga amasomo
agendanye n’igihe kandi ikaba igisubizo ku bibazo by’ubumenyi.

Byateguwe na Gasasira J. Bosco Minisitiri Dr. Daphrose Gahawa, ABanyeshuri barangije hamwe n’ubuyobozi bwa KIM.
umuvugizi@yahoo.com

You might also like