Professional Documents
Culture Documents
Ikipe Ya Manchester United Ubu Ngo Yarangije Gusinyisha Ukinnyi Wa Chelsea Witwa Nemanja Matic
Ikipe Ya Manchester United Ubu Ngo Yarangije Gusinyisha Ukinnyi Wa Chelsea Witwa Nemanja Matic
Uwo mukinnyi ukina hagati mu kibuga abaye uwa gatatu uguzwe muri iyi Season nyuma ya
Victor Lindelof waguzwe muri Benfica na rutahizamu Romelu Lukaku waguzweaturuka mu
ikipe ya Everton.
Umutoza wa Jose Mourinho avuga ko uyu mukinnyi Matic ari umukinnyi uzi gushyira
hamwe na bagenzi be mu kibuga, uzi amategeko y’umukino kandi ufite ejo hazaza.
Matic kandi nawe avuga ko inzozi ze zari izo gukina mu ikipe nziza nka Manchester united
kand akagiriramo ibihe byiza.
Uwo mukinnyi w’umunya Serbiya avuga kandi ko gutozwa na Jose Mourinho ubugira kabiri
(Dore ko banahoranye muri Chelsea) ari ubundi buryo busyha bwo kwerekana ko ashoboye
kuri we.
Ati "Nagiriye ibihe byiza muri Chelsea. Ndashimira iyi kipe n’abafana bayo ku buryo
twafatanyaga. Ntago nagombaga kuba narindira ikipe yanjye shya ngo mbone gutangira
imyitozo.