Professional Documents
Culture Documents
(RVS) Ibibazo Ku UBWIRU BW'IGICANIRO CY'UMURINGA PDF
(RVS) Ibibazo Ku UBWIRU BW'IGICANIRO CY'UMURINGA PDF
CY’UMURINGA
ibihano by'Imana bigomba kwitura kuri rya tungo rya rindi ryajyaga mu kimbo cy'uwo
muntu uwo ari we munyabyaha, ni ukubera ko ibyaha by'umuntu byose byaheragako
bishyirwa kuri iryo tungo, nuko rero iryo tungo ni ryo ryaheragako ryakira ibyo bihano
by'Imana, kandi iryo tungo rikanarambikwa ku gicaniro cy'umuringa maze
rigatwikirwa aho. "UBWIRU BW'IGICANIRO CY'UMURINGA", icyo gicaniro
cy'umuringa cyabaga kiri hanze mu gice cyo hanze cy'urusengero rw'ubatswe na Mose
ndetse n'urundi rwubatswe n'umwami Salomo, ubu rero mu Rusengero rw'Imana, ari
ho igice cyo Hanze ari ho aha muri iyi si, ni ukuvuga ngo ni muri iyi dimansiyo y'ibyo
tubasha kubona, ndetse n'igice cyo Hanze cyo mu Bwami bw’Ingoma y'Imyaka
Igihumbi, icyo gice kizaba ari ibindi bihugu byose by'abanyamahanga bizinjira mu
Ngoma y'Imyaka Igihumbi.
UMUKORO: Kurikira inzia nuko ushake interuro ihishe. Uvuge Icyanditswe
igaragaramo. Shakisha amagambo (yo ku ruhande) mu mbonerahamwe.
Arizera akabarwaho
hamwe yatuza gukiranuka
Aha rero mwumvise uburyo, we azaba ari Umwami uzatwara Isi yose mu
Ngoma y’Imyaka Igihumbi, mu kinyagihumbi cya karindwi, kandi Uwiteka
azaba umwe n’Izina Rye rizaba rimwe. Nyuma yaho muri iki gice cya 14
muri Zekariya na none haravuga ngo, umurongo wa 16 ukageza kuri 21
haratubwira hati: “Maze uzarokoka mu mahanga yose yateraga i
Yerusalemu wese (ni ukuvuga ngo abo niba bandi bazarokoka bagacika ka
kaga gakomeye aho ibihano by’Imana bizasukwa hagati mu biremwabantu,
abo niba bandi bazarokoka, bazacika ku icumu, nimwumve aha), buri wese
azajya azamuka uko umwaka utashye, ajye gusenga Umwami Uwiteka
Ibyo rero mwumvise uburyo ibyo byose birashushanya Kristo arimo Nyiringabo, ajye no mu minsi mikuru y’ingando. Nuko umuntu wese wo mu
apfira ku Musaraba i Kaluvari, kandi ibihano by’Imana na byo bikamwituraho. miryango yose yo mu isi, utazazamuka ngo ajye i Yerusalemu gusenga
Kuko umuringa ushushanya ibihano by’Imana. Ni yo mpamvu na none ya Umwami Uwiteka Nyiringabo, iwabo ntihazagusha imvura (ni ukuvuga ngo
nzoka Mose yamanitse mu butayu ya nzoka y’umuringa. Ni ukuvuga ko umuntu ibihano by’Imana bizajya bibituraho). Kandi ishyanga rya Egiputa
wabaga yariwe n’inzoka y’ubumara uwo muntu yabaga yakatiwe gupfa, niritazamuka ngo rize na bo ntibazagusha imvura, na ho hazaba icyago
yabaga ari bupfe; ariko gusa mu kubura amaso agahanga amaso ya nzoka Uwiteka ateza amahanga yanga kuzamuka ngo ajye mu minsi mikuru
y’umuringa yamanitswe, uwo muntu yaheragako ahabwa gukira (ni ukuvuga y’ingando. Icyo kizaba igihano Abanyegiputa bazahanwa, n’amahanga yose
ngo uwo muntu yaheragako asigara yakize kwa kurumwa n’inzoka); ibyo rero yanga kuzamuka ngo ajye mu minsi mikuru y’ingando”. Aha rero tuhumvise
birashushanya Kristo, ari We wamanitswe ku Musaraba i Kaluvari, maze igihano kizahabwa icyaha cy’abo bose batazazamuka ngo bajye kuramya
ibihano by’Imana byose bikamwituraho. Nuko rero ya nzoka yamanitswe Imana ari we Umwami w’i Yerusalemu, icyo ni na cyo kizaba igihano
hariya mu butayu yashushanyaga ibihano by’Imana byari byakatiwe abantu. kizahabwa ibihugu, icyo gihano kizaba kutagusha imvura muri ibyo bihugu.