Professional Documents
Culture Documents
Imana ikomeza isezerano ryayo – Itang 17: 1-8, yagiranye na Aburahamu – akaba sekuruza
18:1-16, 21:1-7 w’amahanga menshi!
‘1Aburamu amaze imyaka mirongo urwenda Nubwo byatwaye iyo myaka 24 yose ngo
n'icyenda avutse, Uhoraho aramubonekera Imana isohoze isezerano ryo guha Aburahamu
aramubwira ati: “Ni jye Mana Nyirububasha, na Sara umwana w’umuhungu, birasobanutse
ujye unyoboka kandi ube indakemwa. neza ko ugutinda gusohoza iryo sezerano bitari
2Nzagirana nawe Isezerano kandi nzagwiza ikimenyetso ko Imana yananiwe cyangwa se
cyane urubyaro rwawe.”’ idashaka kurisohoza, nk’uko benshi dushobora
kubitekereza, ahubwo ugutinda gusubiza
Iyi nkuru twigaho itangira Imana yihishurira
kwayo, bivanaho ugushidikanya kose
umusaza w’imyaka 99; Aburahamu, nk’ Imana
twashoboraga kugira ko ibibaye atari yo ibikoze
ikomeye (nyirububasha)!
kuko twibwira ko byabaye mu buryo busanzwe.
Nyuma y’imyaka 24 yo gutegereza isezerano
Aburahamu na Sara basobanukiwe neza ko
ry’Imana, igihe cyari kigeze ngo Aburahamu
Imana ariyo isohoje isezerano ryayo kuri bo,
w’imyaka 99 na Sara w’imyaka 90
kuko imibiri yabo yagereranywaga n’ipfuye ku
basobanukirwe byuzuye ko Imana yabihishuriye
bijyanye no kubyara mu buryo busanzwe, kuko
ari Imana ishoborabyose.
bari muza bukuru (Abaheburayo 11:11)!
Gusa tubirebye nk’abantu, iyi ntiyari inkuru yo
Bisa naho byoroha kwizera amasezerano
kwizerwa n’abantu bashaje batyo, ndetse mu
y’ibintu bitoya uyagereranije n’amasezerano
gice cya 18 batubwira ko Sara yumvise Imana
manini y’Imana, aliko iyi nkuru iratwigisha ko
ivuga igihe azaba akikiye umwana
Imana yihishuriye Aburahamu ari
w’umuhungu (mu mwaka utaha), asekera mu
Ishoborabyose, ni Imana yo kwizerwa kuko
mutima nk’umuntu utizeye ibyo yumvise mu
ntakiyinanira. Ni Imana ibasha gusohoza
matwi ye! Mbega ugutakaza ikizere mu
amasezerano Manini (akomeye) yatanze kuko
masezerano yari yarahawe n’Imana!
ikomeza isezerano ryayo kugeza igihe nyacyo
Imana ishimwe ko isezerano ryayo ryari ukuri, yagennye kigeze ngo irisohoze.
kandi ugusohozwa kwaryo kutari gushingiye ku
Isezerano riruta Isaka, umugisha w’amahanga
kuba Aburahamu na Sara bemera ko ibyo
yose ni Yesu Kristo
babwiwe bizaba; kuko babona neza uburyo
bishoboka, ahubwo ibyavuzwe n’Imana “8 Kandi ibyanditswe byamenye bitaraba yuko
ishoborabyose ibisohoza kubw’ubuntu bwayo Imana izatsindishiriza abanyamahanga kuko
kugira ngo duhindurwe n’ubwo buntu itugiriye, bizeye, bibwira Aburahamu ubutumwa bwiza
mu buryo butuma twizera, bityo isano nshya bw'ibitaraba biti “Muri wowe ni mo amahanga
tugirana n’Imana ikaba ishingiye ku gikorwa yose azaherwa umugisha.” 9Nuko abīringira
cy’ubuntu n’urukundo rwayo twakiriye mu kwizera bahānwa umugisha na Aburahamu
buzima bwacu. wizeraga…
Mu gice cya 21, banzura inkuru batubwira ivuka 29Ubwo muri aba Kristo muri urubyaro rwa
rya Isaka, umwana w’umuhungu wari Aburahamu, muri n'abaragwa nk'uko
warasezeranijwe Aburahamu na Sara. Umwana byasezeranijwe.” – Abagaratiya 3:8, 9, 29 BYSB
wateye Sara guseka igitwenge cy’umunezero
Nubwo kuvuka kwa Isaka kwabaye igitangaza
no gushima Imana kuko noneho asobanukwiye
gikomeye mu mibereho ya Aburahamu na Sara
ugukomera n’ubuntu by’ Imana, umwana
kandi icyo gitangaza kigakomeza ukwizera
Imana yagombaga gukomerezamo isezerano
kwabo mu Mana, umugambi w’Imana wo wari
munini cyane kuruta Isaka uvutse – agakiza
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class
Mukurikire inkuru mwitonze, muraza kumenya: abikubita imbere 3aravuga ati: “Nyakubahwa,
ndi umugaragu wawe, ndagusabye ngo we
Ni ukubera iki Aburahamu na Sara
gutambuka utageze iwanjye. 4Nibazane amazi
batekerezaga ko batabyara umwana?
mwoge ibirenge, muruhukire munsi y'iki giti,
[bari bashaje cyane (Itangiriro 18: 11)] 5nanjye ngiye kubazanira amazimano
Sara yakoze iki yumvise amakuru ko
mufungure mubone gukomeza urugendo,
azabyara?
ntimwanyura iwanjye ngo mugendere aho!”
[Yarasetse (Itangiriro 18: 12)]
Nyuma y’umwaka habaye iki? Baramubwira bati: “Turabyemeye.”
[Imana yasohoje isezerano ryayo, Sara 6Aburahamu yihutira mu ihema rye, asanga
abyara umwana w’umuhungu bise Isaka
Sara aramubwira ati: “Gira vuba ufate ifu
(Itangiriro 21: 2)]
nyinshi kandi nziza, ubakorere imigati.”
Wifashishije amafoto, bwira abana inkuru 7Hanyuma Aburahamu yirukira mu nka,
ikurikira: atoranyamo ikimasa cyiza cy'umushishe agiha
umugaragu we, na we yihutira kukibaga.
Inkuru yo Muri Bibiliya: Itangiriro 17: 1-8, 18:1- 8Inyama zimaze gushya Aburahamu azizanira
16, 21:1-7
abashyitsi, hamwe n'amata y'ikivuguto
1Aburahamu amaze imyaka mirongo urwenda n'ay'inshyushyu, maze we ahagarara hafi yabo
n'icyenda avutse, Uhoraho aramubonekera munsi y'igiti igihe bafungura.
aramubwira ati: “Ni jye Mana Nyirububasha, 9Nuko baramubaza bati: “Umugore wawe Sara
ujye unyoboka kandi ube indakemwa.
2Nzagirana nawe Isezerano kandi nzagwiza
ari he?”
16Nukoba bagabo barahaguruka bakomeza Bwira abana ko, Imana ishobora byose, niyo
urugendo berekeza i Sodoma, Aburahamu yaremye ibibaho byose, niyo itanga
arabaherekeza. ubushobozi bwo kubyara umwana, ibasha no
guha ubwo bushobozi umukecuru utakibyara,
21:1-7
maze akabona umwana.
1Uhoraho yahaye Sara umugisha,
Baza abana uti:
amugenzereza nk'uko yabisezeranye. 2Sara
asama inda, abyarira Aburahamu umuhungu 4) Niba Imana shobora byose, hari
mu gihe Imana yari yaramubwiye, kandi icyadutera ubwoba ko ibyo
Aburahamu yari umusaza. 3Uwo muhungu yadusezeranije itazabikora kuko
yabyaranye na Sara, Aburahamu amwita Izaki, bikomeye?
4amukeba amaze iminsi umunani avutse nk'uko 5) Haba hari ibintu mwibuka Imana
Imana yabimutegetse. 5Igihe Izaki yavukaga, yasezeranije abayizera?
Aburahamu yari amaze imyaka ijana.
Ibutsa abana ko, hari amasezerano akomeye
6Sara aravuga ati: “Imana inteye ibyishimo no Imana yasezeranije abemeye kuba inshuti
guseka, n'undi wese uzumva ko nabyaye n’umwana wayo Yesu Kristo:
azishima aseke.” 7Arongera ati: “Ni nde
bafite ubugingo buhoraho; bivuga ko
washoboraga kubwira Aburahamu ko nzonsa
badakwiye gutinya urupfu kuko
abana? Nyamara dore mubyariye umuhungu
azabazura ngo babane nawe iteka
ageze mu za bukuru!”
ryose,
Amen Yabasezeranije umugisha, bivuga ko
nubwo banyura mu bibazo, Imana
Kuganira ku nkuru
ibana nabo muri byose kandi ko ibyo
Komeza wibutsa abana ko Aburahamu na Sara bibazo izabikiza abizeye umwami Yesu
bari bashaje cyane, ikizere cyo kubwaya bose, igihe bazabana nawe mu
umwana cyararangiye. Maze Imana ibonekere munezero w’iteka.
Aburahamu, imubwira ko ari Imana Ibana nabo mu murimo bakora wo
ishoborabyose kandi ko izamuha umwana kuvuga ubutumwa bwiza; bivuze ko
nk’uko yabimusezeranije. Maze Aburahamu na n’ubwo babwira abantu ntibahite
Sara baza gusurwa n’abagabo batatu. bizera, Imana ariyo ikomeza kwibutsa
abo bantu ubutumwa bwiza bumvise
Babaza abana uti: kugeza babwizeye nabo bagakizwa.
1) Aburahamu yatekereje ko abo bagabo Baza abana uti:
bari bande?
2) Kubera iki Sara yasetse ibyo babwiye 6) Sara amaze kubyara umwana
Aburahamu? byamugendekeye gute?
Bwira abana ko, kubera ko Sara yari ashaje Bwira abana ko, Imana ihora ari iyo kwizerwa,
cyane, kandi azi neza ko nta mukecuru ufite ibyo yavuze irabisohoza – Sara amaze kubyara
imyaka 90 wabyara umwana, yatekerezaga ko Umwana yashoboye kwizera Imana noneho, ko
bidashoboka ko abyara umwana, yumva ishobora byose kandi imukunda.
n’Imana itabishobora!
Natwe ni uko byagenze ubwo twizeraga,
Baza abana uti: Imana niyo yadushoboje kwemera ko urupfu
Yesu yapfuye rutuma tubabarirwa ibyaha,
3) Sara amaze guseka kuko atizeye ibyo
Imana ivuze, Imana yamusubije ngo iki?
Isomo Ryo Kwigisha abana ijambo ry’Imana – Middle & Upper Class