You are on page 1of 1

REPUBULIKA Y’U RWANDA

MINISITERI Y’UBUREZI
GROUPE SCOLAIRE FRANK ADAMSON
DE KIBOGORA(GSFAK)
B.P.43 NYAMASHEKE
Email.gsfakkibogora@yahoo.fr
Tel :0788471555/0783868125

RAPORO Y’IGIKORWA CYA COMPUTER MAINTENANCE YAKOZWE NA REB


Ku wa 21/09/2022 tubisabwe n’ubuyobozi bwa REB, twitabiriye igikorwa cya maintenance
za mudasobwa cumi n’eshanu (15) twari dufite zitakoraga.
Icyo gikorwa cyabereye muri G.S.St Paul Tyazo nk’uko byari byateganijwe na REB.
Muri izo mudasobwa icumi muri zo zarakize zirongera zirakora n’aho izindi eshanu
ntizakize ndetse abatekinisiye ba REB bavuga ko zabaye scrap kandi ko bazaza kuzitwara.
Laptop zabaye scrap zifite nimero zikurikira :
1.REB/NKE-GSFAK/LT007
2.REB/NKE-GSFAK/LT044
3.REB/NKE-GSFAK/LT072
4.REB/NKE-GSFAK/LT069
5.REB/NKE-GSFAK/LT083

Biteguwe na : Byemejwe na :


KABANDA DUSHIME Yves Rev.Psst UKIZEBARAZA Leon Emmanuel

SMARTCLASSROOM MANAGER UMUYOBOZI WA G.S.F.A.KIBOGORA

You might also like