Professional Documents
Culture Documents
Ishuri Rya 5
Ishuri Rya 5
INYIGISHO KU
IVUGABUTUMWA
INYIGISHO KU IVUGABUTUMWA
6
IGISHUSHANYOMBONERA CY’UMWIGISHWA
INTAMBWE ZIGARAGAZA GUKURA K’UMWIGISHWA (URUGENDO RWO KUREMA
ABIGISHWA)
INTAMBWE / INZEGO AMASHURI INYIGISHO ZIJYANYE N’INZEGO IMPAMYABUMENYI
URWEGOO 0 AGAKIZA KWAKIRA KRISTO NK’UMWAMI N’UMUKIZA WAWE
NYUMA Y’IVUGABUTUMWA CYANGWA UBUHAMYA
URWEGO 1 URUHINJA ISHURI 1 INYIGISHO Z’AGAKIZA + INTAMBWE ZA MBERE
MU GAKIZA: KUMENYA UWO URI WE, UBUREN-
GANZIRA BWAWE CYANGWA AMASEZERANO, IBYO
USABWA N’IBYO UKENEYE KUGIRA NGO UHAGA-
RARE NEZA MURI KRISTO
URWEGO 2 UMWANA ISHURI 2 INYIGISHO ZO GUHAGARARA NEZA MU MAHAME GUHABWA SERITIFIKA NK’UMWIGISHWA
YA GIKRISTO WA KRISTO / UMUKOZI W’UMUKRISTO /
UMUGARAGU NK’UMWANA MU NZU YA SE
URWEGO 3 INGIMBI ISHURI 3 UBUSABANE N’UMWUKA WERA / KWIYEGURIRA / UMUSIRIKARE WA KRISTO
IMANA
URWEGO 4 UMUSORE ISHURI 4, 5, 6 NA 7 UBWINGINZI NO KUMVA IMANA/ IVUGABUTUMWA
NO KOHEREZA/ KUREMA ABIGISHWA N’IHER-
EREKANYAMAKURU YA BIBILIYA / ITORERO
NK’UKO IMANA ISHAKA
URWEGO 5 UMUGABO / UMUY- AMAHUGURWA Y’ABIGISHA NK’UMUJYANAMA WO MU MWUKA / UMUYOBOZI / UMWIGISHA BINYUZE MU MAHUGURWA
OBOZI ATEGURA ABAKOZI MURI RUSANGE (GUHABWA IMPAMYABUMENYI YA BCC COLLEGE MU NYIGISHO ZA BIBILIYA CY-
ANGWA TEWOLOJI CYANGWA UBUNDI BUSHOBOZI BUTANGWA N’IBIGO BYA BIBILIYA BUMUHESHA GUKORERA IMANA)
URWEGO 6 UMUBYEYI / UMUKU- UBUSHOBOZI MU GUKORERA IMANA (INTUMWA, UMUHANUZI, UMUBWIZABUTUMWA BWIZA, UMUSHUMBA, UMWIGI-
RU SHA,…) ASHYIZWEHO N’UMUBYEYI AMWOHEREZA KU MUGARAGARO NYUMA YO KWIGA NO GUKORERA KU BIRENGE
BYE IGIHE KITARI GITO KUGIRA NGO ABASHE GUTWARA UMWITERO CYANGWA GUSHOBORA GUKORA NEZA MU
MUHAMAGARO WE
URWEGO 7 UMUKAMBWE GUKOMEZA KWIGA MU GUSANGIRA UBUMENYI N’ABANDI BAYOBOZI (UMUBYEYI
/ UMUBYEYI WAWE N’ABANDI BAYOBOZI MUHUJE) MU GUSOMA IBITABO NO GUHABWA AMAHIRWE
INTERURO
1. IVUGABUTUMWA NI IGIKORWA CYO GUTANGAZA
INKURU NZIZA Y’AGAKIZA KU MUNTU WESE;
KABONERWA MURI YESU KRISTO WENYINE
WADUPFIRIYE KU MUSARABA KUGIRA NGO
ATWUNGE N’IMANA.
1 Abakorinto 1:17-25
17kuko Kristo atantumye kubatiza, ahubwo yantumye
kubwiriza ubutumwa bwiza ariko ntavugisha ubwenge
bw’amagambo, kugira ngo umusaraba wa Kristo udahinduka
ubusa.18 Ijambo ry’umusaraba ku barimbuka ni ubupfu,
ariko kuri twebwe abakizwa ni imbaraga z’Imana,19kuko
byanditswe ngo “Nzarimbura ubwenge bw’abanyabwenge,
N’ubuhanga bw’abahanga nzabuhindura ubusa.”20Mbese none
umunyabwenge ari he? Umwanditsi ari he? Umunyampaka wo
muri iki gihe ari he? Ubwenge bw’iyi si Imana ntiyabuhinduye
ubupfu? 21Kuko ubwo ubwenge bw’Imana bwategetse ko
ab’isi badaheshwa kumenya Imana n’ubwenge bw’isi, Imana
yishimiye gukirisha abayizera ubupfu bw’ibibwirizwa.22Dore
Abayuda basaba ibimenyetso naho Abagiriki bo bashakashaka
ubwenge,23ariko twebweho tubabwiriza ibya Kristo wabambwe.
Uwo ku Bayuda ni ikigusha, ku banyamahanga ni ubupfu,24ariko
ku bahamagawe b’Abayuda n’Abagiriki ni Kristo, ari we
mbaraga z’Imana kandi ni ubwenge bwayo,25kuko ubupfu
bw’Imana burusha abantu ubwenge, kandi intege nke z’Imana
zirusha abantu imbaraga.
Matayo 24:14
Kandi ubu butumwa bwiza bw’ubwami buzigishwa mu isi yose,
14
Matayo 28:18-20
18
Nuko Yesu arabegera avugana na bo ati “Nahawe ubutware
bwose mu ijuru no mu isi. 19 Nuko mugende muhindure abantu
bo mu mahanga yose abigishwa, mubabatiza mu izina rya Data
wa twese n’Umwana n’Umwuka Wera, 20 mubigisha kwitondera
ibyo nababwiye byose. Kandi dore ndi kumwe namwe iminsi
yose kugeza ku mperuka y’isi
Mariko 16:15-20
15
Arababwira ati “Mujye mu bihugu byose, mwigishe abaremwe
bose ubutumwa bwiza. 16 Uwizera akabatizwa azakizwa, ariko
utizera azacirwaho iteka. 17 Kandi ibimenyetso bizagumana
n’abizera ngibi: bazirukana abadayimoni mu izina ryanjye,
bazavuga indimi nshya, 18 bazafata inzoka, kandi nibanywa
ikintu cyica nta cyo kizabatwara na hato, bazarambika ibiganza
ku barwayi bakire.” 19 Nuko Umwami Yesu amaze kuvugana
na bo, ajyanwa mu ijuru yicara iburyo bw’Imana. 20 Abo
barasohoka bigisha hose, Umwami Yesu ari kumwe na bo
abafasha, akomeresha ijambo rye ibimenyetso byagendanaga
na ryo.
Ibyakozwe n’Intumwa 10:42-43
Adutegeka kubwiriza abantu no guhamya ko ari
42
Itangiriro 49:25
25
Ibyo byakozwe n’Imana ya so, izagufasha, Byakozwe
n’Ishoborabyose, izaguha umugisha. Imigisha iva hejuru mu
ijuru, N’imigisha iva mu mazi y’ikuzimu, N’imigisha yo mu
mabere n’iyo mu nda.
Yohana 6:27-29
26
Yesu arabasubiza ati “Ni ukuri, ni ukuri, ndababwira yuko
ibimenyetso mwabonye atari byo bituma munshaka, ahubwo
ni ya mitsima mwariye mugahaga 27 Ntimukorere ibyo kurya
bishira, ahubwo mukorere ibyo kurya bigumaho kugeza ku
bugingo buhoraho, ibyo Umwana w’umuntu azabaha, kuko Se
ari we Mana yamushyizeho ikimenyetso cyayo.” 28 Baramubaza
bati “Tugire dute ngo dukore imirimo y’Imana?” 29 Arabasubiza
ati “Umurimo w’Imana nguyu: ni uko mwizera uwo yatumye.”
Yohana 4:28-30
28
Nuko uwo mugore asiga ikibindi cye, aragenda ajya mu
mudugudu abwira abantu ati 29 “Nimuze murebe umuntu
umbwiye ibyo nakoze byose, murebe ahari ko ari Kristo!” 30
Bava mu mudugudu ngo baze aho ari.
Imigani 24:11-12
11 Abajyanirwa gupfa ubarokore, Kandi abarindiriye kwicwa
ntubazibukire. 12 Nuvuga uti “Dore ntabwo twabimenye”,
Ntuzi ko Igera imitima ari yo ibizi? Irinda ubugingo bwawe
ni yo ibimenya, Mbese ntizagororera umuntu wese ibihwanye
n’imirimo yakoze?
Abaroma 10:9-16
9
Niwatuza akanwa kawe yuko Yesu ari Umwami, ukizera mu
mutima wawe yuko Imana yamuzuye uzakizwa, 10 kuko umutima
ari wo umuntu yizeza akabarwaho gukiranuka, kandi akanwa
akaba ari ko yatuza agakizwa.11 Kuko ibyanditswe bivuga biti
“Umwizera wese ntazakorwa n’isoni.” 12 Nta tandukaniro
ry’Umuyuda n’Umugiriki, kuko Umwami umwe ari Umwami
wa bose, ni we ubereye abamwambaza bose ubutunzi, 13 kuko
umuntu wese uzambaza izina ry’Umwami azakizwa. 14 Ariko
se bamwambaza bate bataramwizera? Kandi bamwizera bate
bataramwumva? 15 Kandi bakumva bate ari nta wababwirije?
Kandi babwiriza bate batatumwe? Nk’uko byanditswe ngo
“Mbega uburyo ibirenge by’abavuga ubutumwa bwiza ari byiza
cyane!” 16 Icyakora abumviye ubutumwa bwiza si bose, kuko
Yesaya yavuze ati “Mwami ni nde wizeye ubutumwa bwacu?”
Yohana 15:8, 16
8Ibyo ni byo byubahisha Data, ni uko mwera imbuto nyinshi,
mukaba abigishwa banjye.
Si mwe mwantoranyije, ahubwo ni jye wabatoranyije kandi
16
INZITIZI KU IVUGABUTUMWA
1. IMIKORERE/UBURIGANYA BWA SATANI
Yohana 4:19-26
19
Umugore aramubwira ati “Databuja, menye yuko uri
umuhanuzi. 20Ba sogokuruza bacu basengeraga kuri uyu
musozi, namwe mukagira ngo i Yerusalemu ni ho hakwiriye
gusengerwa.” 21Yesu aramusubiza ati “Mugore, nyizera. Igihe
kizaza, ubwo bazaba batagisengera Data kuri uyu musozi
cyangwa i Yerusalemu. 22Dore mwebweho musenga icyo mutazi,
ariko twebwe dusenga ibyo tuzi kuko agakiza kava mu Bayuda.
23
Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga by’ukuri
basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko
bene abo ari bo bamusenga. 24Imana ni Umwuka, n’abayisenga
bakwiriye kuyisengera mu Mwuka no mu kuri.” 25Umugore
aramubwira ati “Nzi yuko Mesiya azaza, ari we witwa Kristo,
kandi ubwo azaza azatubwira byose.” 26Yesu aramubwira ati
“Ni jye tuvugana.”
Amateka y’uyu mugore cyangwa imyemerere y’abasekuruza
yarazwe yamubuzaga kwizera umucunguzi wari imbere ye,
byari bimukomereye kumwemera. Inyigisho duhabwa mu
bwana bwacu ziraduherekeza, ni nazo zigena uko twitwara
imbere y’izindi nyigisho zose dufata nk’inzaduka.
24
Umuntu witwaga Demetiriyo, umucuzi w’ifeza, yacuraga mu
ifeza ibishushanyo by’urusengero rwa Arutemi, akungukira
abacuzi be byinshi. 25Nuko abateraniriza hamwe n’abandi
bakoraga uwo mwuga, arababwira ati “Mwa bagabo mwe, muzi
yuko ubutunzi bwacu buva kuri uyu mwuga. 26Murareba kandi
murumva yuko atari muri Efeso honyine, ahubwo no mu Asiya
KD¿\DKRVH3DZXORXZR\RKHMHDEDQWXEHQVKLDNDEDKLQGXUD
ati ‘Imana zaremwe n’abantu si imana nyakuri.’ 27Nuko uretse
ko umwuga wacu wajya mu kaga ugahinyurwa, n’urusengero
rw’imanakazi ikomeye Arutemi na rwo rwahinyurwa, kandi iyo
abo muri Asiya bose n’abari mu isi yose basenga yakurwaho
icyubahiro cyayo gikomeye.”
Na bo babyumvise batyo bagira umujinya mwinshi, barasakuza
28
• Yohana 4:7-30
9Umurongo 7-9: Ijambo ry’ibanze (Gutegura/
kubonana n’abo ushaka kugezaho ubutumwa)
9Umurongo 10: Kugaragaza umugambi w’Imana wo
gutanga amazi y’ubugingo kubabishaka.
9Umurongo 11-13: Intege nke z’umuntu mu kwakira
umugambi w’Imana.
1. KWITEGURA MU MWUKA
Kuvuga ubutumwa ni igikorwa cyo gutera umwanzi satani
aho arindiye kugira ngo habohorwe abagizwe imbohe na we.
Ni intambara rero yo kubohoza abagizwe imbohe n’imbaraga
z’umwijima. Ibyo bidusaba kwitegura neza mu Mwuka no
kumenya neza ko twiteguye koko.
IGITABO CY’UMWIGISHWA