You are on page 1of 18

SONGS FOR WORSHIP

NGWINO MWUKA WERA


One: Ngwino mwuka wera wImana Turakwifuza ngwino utwuzuze Vugana nimitima yacu. Ngwino mwuka, All: wera wImana One: turakwifuza All: ngwino utwuzuze, Vugana nimitima yacu

tutagufite ntitwakwishoboza Aho utari ntacyahakorwa One: twemerere All: mwuka wera, Atwambike imbaraga nshya Dusukeho amavuta.

NTA BWOBA
Nta bwoba, nta bwoba Nta bwoba nzagira Yesu ari kumwe nanjye Nta bwoba nzagira Yesu ari kumwe nanjye Nta bwoba nzagira

KHULUMA
Khuluma khuluma Khuluma kosiya Khuluma dima dele Khuluma kosiya Khuluma dima dele Khuluma kosiya

HOZANNA
Hozanna turirimbe Hozanna ducurange Hozanna twamamaze ineza ye

UMUKIZA WACU
1. Umukiza wacu ashobora kutunezeza mu isi atuyobora kubw ubuntu ni w uduhaz ibyiza twizeye ubuntu bwe kuko nawe yemeye kutuyobora twese haleluya haleluya haleluya ashimwe.

2. Ni byiza gukund iyo Mana kuko yaducunguye. kandi ni byiza ko mb uwayo bindinda kuzi mira. Tuzahoran umunezero no mmu gihe byose bizahinduka haleluya haleluya haleluya ashimwe.

3. Iyo tugeragejwe kenshi n umwijima wiyi si. Tumenya ko ibyo byose mu isi ari ibyigihe gito. Mu ijuru nta mubabaro uhari nta n amarira azahagera haleluya haleluya haleluya ashimwe.

4. Tureke kwiganyira kenshi kubw inzu n ibyo kurya. Kuko ibyo byose tubihabga kubw ubuntu bw Imana. Atuyobora mu mzira yose kandi atwikorerer imitwaro haleluya haleluya haleluya ashimwe.

5. Ubgari byiza mur iy isi kwizera Umwami Yesu bizamera bite mu ijuru tubonye uburanga bge. Nukuri tuzanezerwa cyane tubonye ubwiza bwe budashira haleluya haleluya haleluya ashimwe.

URI IMANA IHAMBAYE


One: Uri Imana ihambaye Gitare cyamahanga Byiringiro byo kunesha Mahirwe yabizeye. All: tukuzamuriye amaboko tugutuye imitima yacu twese ishyanga ryera tuti: ushimwe Mwami Ushimwe Yesu.*2

BABA
Baba mimi ninakuwabudu Mbere zako nainama Mimi ninakuwabudu Mikono yangu nainuwa Mimi ninakuwabudu Baba. Mana mwami wanjye ndagushima Nciye bugufi imbere yawe Mwami wanjye ndagushima Nzamuye amaboko imbere yawe Mwami wanjye ndagushima.

WARAVUZE MWAMI
Waravuze mwami ko uzakwizera wese Imigezi yamazi yubugingo Izamutembamo kugeza iteka ryose Niyo mpamvu turi hano.
Turagukeneye turakwifuza Ngwino utwuzuze Ubwiza bwawe

NDI UWAGACIRO
Ndi uwagaciro ndi uwagaciro Mu buzima bwanjye Nahawe umudendezo Ndi uwagaciro ndi uwagaciro Ndi uwagaciro karenze.

TU TAYIMBA HOZANNA
Tutaimba hozanna Tutaimba hozanna

NTA WUNDI WASA NA YESU


Ntawundi wasa na Yesu Ntawundi wasa nawe Ntawundi wasa na Yesu Ntawundi wasa nawe. Narebarebye hose hose Nashakashatse hose hose Nazengurutse hose hose Ntawundi wasa nawe.

NJYEWE NZARIRIMBA
Njyewe nzaririmba zaririmbira Imana Abaririmbira ubusa Iyo nabo bararirimba

You might also like