Professional Documents
Culture Documents
Worship Song in Kinyarwanda
Worship Song in Kinyarwanda
tutagufite ntitwakwishoboza Aho utari ntacyahakorwa One: twemerere All: mwuka wera, Atwambike imbaraga nshya Dusukeho amavuta.
NTA BWOBA
Nta bwoba, nta bwoba Nta bwoba nzagira Yesu ari kumwe nanjye Nta bwoba nzagira Yesu ari kumwe nanjye Nta bwoba nzagira
KHULUMA
Khuluma khuluma Khuluma kosiya Khuluma dima dele Khuluma kosiya Khuluma dima dele Khuluma kosiya
HOZANNA
Hozanna turirimbe Hozanna ducurange Hozanna twamamaze ineza ye
UMUKIZA WACU
1. Umukiza wacu ashobora kutunezeza mu isi atuyobora kubw ubuntu ni w uduhaz ibyiza twizeye ubuntu bwe kuko nawe yemeye kutuyobora twese haleluya haleluya haleluya ashimwe.
2. Ni byiza gukund iyo Mana kuko yaducunguye. kandi ni byiza ko mb uwayo bindinda kuzi mira. Tuzahoran umunezero no mmu gihe byose bizahinduka haleluya haleluya haleluya ashimwe.
3. Iyo tugeragejwe kenshi n umwijima wiyi si. Tumenya ko ibyo byose mu isi ari ibyigihe gito. Mu ijuru nta mubabaro uhari nta n amarira azahagera haleluya haleluya haleluya ashimwe.
4. Tureke kwiganyira kenshi kubw inzu n ibyo kurya. Kuko ibyo byose tubihabga kubw ubuntu bw Imana. Atuyobora mu mzira yose kandi atwikorerer imitwaro haleluya haleluya haleluya ashimwe.
5. Ubgari byiza mur iy isi kwizera Umwami Yesu bizamera bite mu ijuru tubonye uburanga bge. Nukuri tuzanezerwa cyane tubonye ubwiza bwe budashira haleluya haleluya haleluya ashimwe.
BABA
Baba mimi ninakuwabudu Mbere zako nainama Mimi ninakuwabudu Mikono yangu nainuwa Mimi ninakuwabudu Baba. Mana mwami wanjye ndagushima Nciye bugufi imbere yawe Mwami wanjye ndagushima Nzamuye amaboko imbere yawe Mwami wanjye ndagushima.
WARAVUZE MWAMI
Waravuze mwami ko uzakwizera wese Imigezi yamazi yubugingo Izamutembamo kugeza iteka ryose Niyo mpamvu turi hano.
Turagukeneye turakwifuza Ngwino utwuzuze Ubwiza bwawe
NDI UWAGACIRO
Ndi uwagaciro ndi uwagaciro Mu buzima bwanjye Nahawe umudendezo Ndi uwagaciro ndi uwagaciro Ndi uwagaciro karenze.
TU TAYIMBA HOZANNA
Tutaimba hozanna Tutaimba hozanna
NJYEWE NZARIRIMBA
Njyewe nzaririmba zaririmbira Imana Abaririmbira ubusa Iyo nabo bararirimba