Professional Documents
Culture Documents
Umukoro Wo Mu Rugo
Umukoro Wo Mu Rugo
Umukoro wo mu rugo
Yageze mu Murera bumaze kugoroba. Yagiye kubona abona ari wenyine nta
muntu azi n’umwe. Ubwo kandi ni ko n’ijoro ryari ritamworoheye. Mu gihe agitangira kwibaza
uko biri bugende abona umugabo n’umugore basa n’abavuye mu birori.
Arabegera nab o ntibamwima amaso, abatekerereza iby’urugendo rwe, ababwira iyo ava n’iyo
ajya nuko bajya kumucumbikira. Bamuzimaniye neza aranezerwa bamuha aho aryama
araruhuka bukeyeabaza neza inzira yazamugeza ku birunga ngo akunde atuze umutima.
Bamuyoboye inzira igana ku ishami ry’ikigo gishinzwe iby’ubukerarugendo iyo mu majyaruguru
agezeyo yakiranwa yombi. Ntibyatinze yuzuza imyirondoro yasabwaga maze bihuza n’uko hari
itsinda rigiye kuzmuka ibirunga maze ajyana na ryo.
Nubwo guterera imisozi Atari binjira urugano bageze imbere gato baricara
bararuhuka. Nuko atangira kubaha amabwiriza y’uko bitwara imbere ya za nyamaswa zahogoje
amahanga dore ko zenda gusa n’abantu. Izo ni ingagi bavugaga. Yahise yumva akanyamuneza
atazi iyo gaturutse. Si we warose bongeye gutsimbura. Barazisuye nuko mugutaha arongera
acumbika muri wa muryango wamwakiriye buracya arataha. Mbega urugendo ruhire! Ubwo
yabariraga ab’iwe iby’urwo ruzinduko, bose batangariraga imico myiza n’urugwiro umuryango
yacumbitsemo wamugaragarije. Kuva ubwo we n’ab’iwe bahise biyemeza kugira umuco mwiza
wo kwakira abantu bose baje babagana kabone n’iyo baba batabazi.
Inyunguramagambo
Amahirwe masa!!!!