Professional Documents
Culture Documents
Igitabo cy’umunyeshuri
Umwaka wa kabiri w’amashuri abanza
Icapwa rya kabiri
2
Ikinyarwanda
Igitabo cy’umunyeshuri
Umwaka wa kabiri w’amashuri banza
Ikinyarwanda
Igitabo cy’umunyeshuri
Umwaka wa kabiri w’amashuri abanza
© 2023 Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze
Iki gitabo ni umutungo wa Leta y’u Rwanda.
Uburenganzira bw’umuhanzi w’ibikubiye muri iki gitabo,
bufitwe n’ Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze
(REB).
iii
Gushimira
Ndashimira mbikuye ku mutima abantu bose bagize uruhare mu
ivugururwa ry’igitabo k’Ikinyarwanda cy’umunyeshuri, umwaka wa
kabiri w’amashuri abanza. Ntabwo iki gitabo cyashoboraga kwandikwa
uko bikwiye, iyo hatabaho uruhare rw’abafatanyabikorwa banyuranye
mu burezi.
MURUNGI Joan
Umuyobozi w’Ishami ry’Integanyanyigisho n’Imfashanyigisho/REB
iv
IBIRIMO
Ijambo ry’ibanze.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . i i i
Iriburiro.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . v i i
Itonde ry’inyuguti z’ikinyarwanda mu mukono.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . i x
v
Igihekane gw/Gw.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . 1 1 5
Igihekane jw/Jw.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . 1 1 8
Isuzuma risoza umutwe wa gatanu.. . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . . 1 2 3
vi
Iriburiro
Mu mpera z’umwaka wa 2022, Ishami ry’Urwego rw’Igihugu
rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB), rishinzwe Gutegura
Integanyanyigisho n’Imfashanyigisho, ryakoze isesengura
ry’ibitabo by’Ikinyarwanda bikoreshwa kuva mu mwaka wa
mbere kugeza mu mwaka wa gatatu w’amashuri abanza.
vii
kwandika bwiyongera iyo umunyeshuri abikoze mu gihe gihagije
akaba ari yo mpamvu ari ngombwa ko abikora no mu gihe ari
mu rugo.
viii
Itonde ry inyuguti z Ikinyarwanda
mu mukono
aA bB cC
dD eE fF
gG hH iI
jJ kK lL
mM nN oO
pP rR sS
tT uU vV
wW yY zZ
ix
x
Umutwe wa mbere Umuco w’amahoro
Isubiramo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi i
=
=4
6. Soma kandi wandike inyajwi zikurikira.
~ ç á É ì
^ l f b r
1
Isubiramo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi r, irimo
ijwi k n’irimo ijwi b.
no ge mu ni ga ma
2
5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Gugu na Karabo
3
Isubiramo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi y, irimo
ijwi t n’irimo ijwi z.
zi yu te za yo ta
ha so vu he vi sa
Tubareke basome
5
Isubiramo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi w, irimo
ijwi c n’irimo ijwi d.
wa ca cu do di wu
fi ju ji pa po li
3. Soma kandi wandike amagambo akurikira.
Petero
Rorero ifiriti ijeri Kigali
Silasi
Karera ijipo ipera umufuka
6
5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ineza ya Rusake
7
Isubiramo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nd, irimo
ijwi ng n’irimo ijwi ny.
8
5. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Igihembo gishimishije
9
Kwandika inyuguti mu mukono
1. Soma kandi wandike mu mukono wigana inyuguti nto
zikurikira.
iI uU aA
1. Soma kandi wandike mu mukono wigana inyuguti nto
zikurikira.
10
1. Soma kandi wandike mu mukono wigana inyuguti nto
zikurikira.
NN MM VV
3. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
11
Kwandika inyuguti mu mukono
1. Soma kandi wandike mu mukono wigana inyuguti nto
zikurikira.
12
1. Soma kandi wandike mu mukono wigana inyuguti nto
zikurikira.
13
Igihekane ts/Ts
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ts.
ts Ts
3. Soma imigemo ikurikira.
14
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Tubane mu mahoro
15
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira.
ts ts ts ts ts ts ts ts
Ts Ts Ts Ts Ts Ts Ts
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo akurikira.
umutsama-ibitotsi-Matsiko
9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.
16
Igihekane nz/Nz
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nz.
nz Nz
3. Soma imigemo ikurikira.
17
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Manzi na Nziza
18
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane gikurikira
nz nz nz nz nz nz
Nz Nz Nz Nz Nz
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
inzuki-ikiganza-Nziza
9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.
19
Imyitozo
1. Erekana amashusho arimo amajwi ts/nz.
ama tonzi
umu tsiko
inzo gera
20
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
a i nzu ra gi ki ba
kwi ku tsa bi mu i ra
nza i ra si za nzi ga
Urugero: kwitsamura
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
21
Igihekane rw/RW
rw Rw
3. Soma imigemo ikurikira.
22
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Inzovu na Bakame
23
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
rw rw rw rw rw rw rw
Rw Rw Rw Rrw Rw Rw
umurwayi-Rwezamenyo-kubarwa
24
Igihekane by/By
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi by
by By
3. Soma imigemo ikurikira.
25
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
26
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
by by by by by by by
By By By By By By
kubyara-urubyiruko-Byiringiro
27
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi rw/by.
a) urwara-ibyatsi-Rwaza
umu ndo
ibyo korwa
ibi byeyi
28
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
Urugero: urwabya
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Bafashije Byukusenge
nt Nt
3. Soma imigemo ikurikira.
30
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Intare yisubiyeho
31
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
nt nt nt nt nt nt nt nt
Nt Nt Nt Nt Nt Nt
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
Ntambara-intorezo-intare
32
Igihekane mw/Mw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mw.
mw Mw
3. Soma imigemo ikurikira.
33
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
34
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
mw mw mw mw mw mw
Mw Mw Mw Mw Mw
umwitozo-Mwizerwa-intumwa
35
Imyitozo
1. Erekana amashusho arimo amajwi nt/mw.
Umwa rezo
umwu mikazi
umwa ka
intu mwa
umuva be
inte rimu
into ndimwe
36
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono
i ri ntu u na mwa mu
nto bi ki re nta i zo
ru ntu u nte bu be re
Urugero: intumwa
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ntaganda
37
Isuzuma risoza umutwe wa mbere
1. Soma amagambo akurikira.
intorezo umwe umwiko ubuntu
a) umweyo-ibyatsi-intumwa
i ba nza ra ki ga
mu mu ndo ra byo i
na mwa mwe te u yo
Urugero: intama
38
6. Tondeka aya magambo ukore interuro, uzandike mu
mukono.
a) wa - kabiri - mu - mwaka - Mwageze.
b) arareba - Gatsinzi - Ntaganda.
c) atuye - mu - Rwema - Byimana.
39
Umutwe wa kabiri Inshingano z’abana
Igihekane tw/Tw
1. Erekana amashusho arimo ijwi tw.
tw Tw
3. Soma imigemo ikurikira.
40
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Twizere mu ishuri
41
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
tw tw tw tw tw tw tw
Tw Tw Tw Tw Tw Tw
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira
Twizere-amatwi-ubutwali
9. Soma kandi wandike mu mukono wigana interuro ikurikira.
42
Igihekane bw/Bw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi bw.
bw Bw
3. Soma imigemo ikurikira.
43
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
44
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
bw bw bw bw bw bw bw
Bw Bw Bw Bw Bw
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
ubwiza-Bwenge-ubwoba
a) ubwira-umukobwa-ni- Bwiza-ugira.
45
Imyitozo
1. Erekana amashusho arimo amajwi tw/bw.
a) utwibo-ubwoba-Twahirwa.
a) umu bwayire
b) ubu sobwa
c) Mure nyobwa
d) muda twi
e) ugu twaro
46
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
twa ro a u ki mu ra
Urugero: umutwe
Yaretse ubunebwe
47
Igihekane cy/Cy
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi cy
cy Cy
3. Soma imigemo ikurikira.
48
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
49
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
cy cy cy cy cy cy cy cy
Cy Cy Cy Cy Cy Cy
8. Soma kandi wandike mu mukono wigna amagambo
akurikira.
umucyo-Cyohoha-icyanya
50
Igihekane ry/Ry
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ry.
ry Ry
3. Soma imigemo ikurikira.
51
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umuryango wa Buryohe
52
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
ry ry ry ry ry ry ry ry
Ry Ry Ry Ry Ry
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
Ryumugabe-iryinyo-ibiryo
a) Ryabega-utuye-i-wange-Umuryango.
b) arakaraga-umurya-Baryinyonza.
53
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo amajwi cy/ry.
a) gu herwa
b) umu kere
c) kuryo ryango
d) kurya cyaha
e) icyo mira
54
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
cya i ri bu re cyo zo
ku cyu ngo ryo ma ha i
u mu bu ku rya ri rya
i ro cyo bu ro ryo ne
Urugero: uburyarya
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
55
Isuzuma risoza umutwe wa kabiri
1. Soma amagambo akurikira.
Mutwarasibo amabwiriza atwaramo gucyura
56
6. Tondeka aya magambo ukore interuro unazandike mu
mukono.
a) imitwaro - bwuzuye - Ubwato.
b) icyumba - Karyabwite - ke - arasukura.
Yatsinze isuzuma
57
Umutwe wa gatatu Uburenganzira bw’umwana
Igihekane my/My
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi my.
my My
3. Soma imigemo ikurikira.
myi myu myo mya mye
58
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umusaza Myasiro
59
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
my my my my my my my
My My My My My My
60
Igihekane nk/Nk
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nk.
nk Nk
3. Soma imigemo ikurikira.
61
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
62
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
nk nk nk nk nk nk nk
Nk Nk Nk Nk Nk
63
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi my/nk.
a) imyu kenke
b) imi mbati
c) inka kamyi
d) aba rora
e) inko ngara
64
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
65
Igihekane nj/Nj
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nj.
nj Nj
3. Soma imigemo ikurikira.
66
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Yasubiye mu muryango
67
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
nj nj nj nj nj nj nj nj nj
Nj Nj Nj Nj Nj Nj
68
Igihekane mv/Mv
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mv.
mv Mv
3. Soma imigemo ikurikira.
69
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
70
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
mv mv mv mv mv mv mv
Mv Mv Mv Mv Mv
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
71
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge ishusho irimo ijwi nj/mv.
72
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
mva ra yu no bu i mvu
je ku nje ri te ka ba
u gu ru shi ja nja hi
u mu njo mvu ku nja vu
Urugero: kujenjeka
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umuryango wa Ribanje
73
Isuzuma risoza umutwe wa gatatu
1. Soma amagambo akurikira.
74
6. Tondeka neza aya magambo ukore interuro unazandike mu
mukono.
a) Murinja - imvura – Ayinkamiye - yugamye - i.
b) iboneye - Injijuke - imvugo - zikoresha.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Tubarere neza
75
Umutwe wa kane Imiyoborere myiza
Igihekane mp/Mp
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mp.
mp Mp
3. Soma imigemo ikurikira.
mpo mpi mpu mpa mpe
4. Soma amagambo akurikira.
impeke impanuro impinja impongo
76
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Kampire yirega
77
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
mp mp mp mp mp mp mp
Mp Mp Mp Mp Mp
78
Igihekane jy/Jy
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi jy.
jy Jy
3. Soma imigemo ikurikira.
79
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Majyambere ni intangarugero
Amategeko yo mu ishuri
80
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
jy jy jy jy jy jy jy jy
Jy Jy Jy Jy Jy Jy Jy
81
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mp/jy.
82
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
mpa ka i mba pu ro nga
jyo mpa ra jya ku i na
u ra mu i jyo ru jyo
ra i mpo ge ngo no mpa
Urugero: impara
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umuyobozi ukwiriye
pf Pf
3. Soma imigemo ikurikira.
84
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Bupfura na Gapfizi
85
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
pf pf pf pf pf pf pf pf
Pf Pf Pf Pf Pf Pf Pf
86
Igihekane zw/Zw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi zw.
zw Zw
3. Soma imigemo ikurikira.
87
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ikinyabupfura mu ishuri
88
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
zw zw zw zw zw zw zw zw
Zw Zw Zw Zw Zw Zw
8. Soma kandi wandike mu mukono wigana amagambo
akurikira.
89
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi pf/zw.
90
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
gu ti ki ti bu tu zwa
pfu i ka pfu gu ndo na
zwa ba i ndo ku gu ndu
ba i tu ma zwa i pfa
Urugero: ipfupfu
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Gapfupfu yemera ikosa
91
Igihekane nw/Nw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nw.
nw Nw
3. Soma imigemo ikurikira.
92
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Tuvugishe ukuri
93
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
nw nw nw nw nw nw nw
Nw Nw Nw Nw Nw Nw
94
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nw.
95
6. Toranya imigemo iri ku murongo utambitse ukore ijambo
unaryandike mu mukono.
u gu bwa ha ka nwa na
i mu pfu mi nwe tsi nwa
ku i nwi pfu gi ko ra
a mi ki ma zwa nwa ni
Urugero: amamininwa
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Mukizwa na Gapfizi
97
5. Tondeka neza aya magambo ukore interuro uzandike mu
mukono.
a) kare -ikinyabupfura- hakiri - batozwa - Abana.
b) kananwa-Ubwanwa- ku-bumera.
98
Umutwe wa gatanu Isuku
Igihekane ns/Ns
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ns.
ns Ns
3. Soma imigemo ikurikira.
99
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
100
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
ns ns ns ns ns ns ns ns
Ns Ns Ns Ns Ns Ns Ns
101
Igihekane mby/Mby
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mby.
mby Mby
3. Soma imigemo ikurikira.
102
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Kanyombya na Mbyayingabo
103
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a) Umuririmbyi...........neza.
b) Arakuba ........... ku isafuriya.
c) Reka ........... nge ku ishuri ntakererwa.
104
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ns/mby.
105
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Nsoro arahaguruka arayibyina. Mukambyeyi
biramushimisha cyane. Mukambyeyi yateye imbyino.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Mukansoro agira isuku
106
Igihekane shy/Shy
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi shy/Shy.
shy Shy
3. Soma imigemo ikurikira.
107
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umwuka mwiza
108
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
S hy S hy S hy S hy S hy S hy
109
Igihekane nsh/Nsh
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nsh.
nsh Nsh
3. Soma imigemo ikurikira.
110
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Tugire isuku
111
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a) Yaguze zo kudoda.
b) Aba bakobwa babyina bambaye ..............
c) Nshimiye ni yange.
112
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi shy/nsh.
113
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana.
Mukashyaka na Nshongore bararya inanasi.
Mukashyaka arasukura inanasi.
Nshongore arahata inanasi.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Nshuti mu gikoni
114
Igihekane gw/Gw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi gw.
gw Gw
3. Soma imigemo ikurikira.
115
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Isuku ni ingenzi
116
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
gw gw gw gw gw gw gw
gw gw gw gw gw gw gw
a) Imvura..............tuzatera imyaka.
b) Kabagwira yabakiranye…………….
c) Uyu mwana..................amavuta.
117
Igihekane jw/Jw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi jw.
jw Jw
3. Soma imigemo ikurikira.
118
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Imbeba Bujwiri
119
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
jw jw jw jw jw jw jw jw jw
Jw Jw Jw Jw Jw Jw Jw Jw
a) Bujwiri aririmba................ryiza.
b) Imbeba................mu mwobo.
c) Aba bana barasoma .................
120
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi gw/jw.
121
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Ikijwangajwanga kirarira amagi.
Ikijwangajwanga gitera amagi mu cyari.
Ikijwangajwanga cyaritse mu giti.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Duhorane isuku
122
Isuzuma risoza umutwe wa gatanu
1. Soma amagambo akurikira.
ishyamba imigwegwe ikijwangajwanga inshuro
inshunda inseko imbyeyi urusamagwe
2. Soma interuro zikurikira.
Nshimiye arashushanya urusamagwe.
Munyeshyaka yateye imigwegwe myinshi.
123
5. Uzurisha izi nteruro amagambo arimo ibihekane shy, gw,
jw ukore interuro unazandike mu mukono.
124
Umutwe wa gatandatu Itumanahon’ikoranabuhanga
Igihekane nny/Nny
nny Nny
3. Soma imigemo ikurikira.
nnyu nnyo nnya nnye nnyi
4. Soma amagambo akurikira.
125
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Kurya ubunnyano
126
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a) Aba……………babyina neza.
b) Twita umwana wacu izina twariye………….
c) Uyu.............. akina neza.
127
Igihekane nyw/Nyw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nyw.
nyw Nyw
3. Soma imigemo ikurikira.
128
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Kanywanyi mu rwogoshero
129
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
130
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nny/nyw.
131
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
njy Njy
3. Soma imigemo ikurikira.
133
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Umunsi ntazibagirwa
134
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
135
Igihekane ngw/Ngw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ngw.
ngw Ngw
3. Soma imigemo ikurikira.
136
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Bahingisha imashini
137
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
138
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi njy/ngw.
139
6. Tondeka izi interuro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
140
Igihekane shw/Shw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi shw.
shw Shw
3. Soma imigemo ikurikira.
141
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
142
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
S hw S hw S hw S hw S hw S hw
143
Igihekane mbw/Mbw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mbw.
mbw Mbw
3. Soma imigemo ikurikira.
mbwi mbwa mbwe mbwu mbwo
144
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Yahembwe mudasobwa
145
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
146
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi shw/mbw.
147
6. Tondeka izi interuro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Rudasumbwa yansuye nimugoroba. Dukina twitonze
tudashwana.
Arambwira ngo dukine agapira.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Rudasumbwa
148
Igihekane mf/Mf
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mf/Mf.
mf Mf
3. Soma imigemo ikurikira.
149
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Terefoni ya Niwemfura
150
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
mf mf mf mf mf mf
Mf Mf Mf Mf Mf
151
Igihekane ndw/Ndw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ndw.
7
2. Erekana kandi usome igihekane ndw/Ndw.
ndw Ndw
3. Soma imigemo ikurikira.
152
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Yamukoreye tereviziyo
153
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
154
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi mf/ndw.
7
2. Soma amagambo akurikira.
Karindwi imfashanyo uburondwe imfizi
umusundwe imfundiko gukundwakaza imfabusa
3. Soma interuro zikurikira.
a) Mukundwa yamfunguriye urugi.
b) Murindwa ni imfura ya Mfizi.
4. Tondeka aya magambo, ukore interuro, uzisome
unazandike mu mukono.
155
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Mfuranzima afasha Murindwa kuyifata. Imfizi ica
ikiziriko iriruka.
Murindwa yashituraga imfizi uburondwe.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Mukanyandwi ni umworozi
156
Isuzuma risoza umutwe wa gatandatu
157
5. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Turangije kurya atuzanira amata yo kunywa.
Kantengwa adushishikariza kurya imbwija kuko zirinda
indwara.
Ntirushwa aturirimbira indirimbo ifite injyana nziza.
Twagiye kwa Ntirushwa kwita imfura yabo izina.
Tuhageze turya ubunnyano.
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Njyanabo
158
Umutwewakarindwi Iterambere
Igihekane nzw/Nzw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nzw.
nzw Nzw
3. Soma imigemo ikurikira.
159
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Simpenzwe ku isoko
160
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a) Abaporisi............umutekano.
b) ............isuzuma arababara.
c) Mukantaganzwa yakinnye azana………..
161
Igihekane sw/Sw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi sw.
sw Sw
3. Soma imigemo ikurikira.
162
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Rudaseswa yarahombye
163
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
sw sw sw sw sw sw sw
Sw Sw Sw Sw Sw Sw
164
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nzw/sw.
165
6. Tondeka neza aya magambo ukore interuro, uzandike mu
mukono.
a) yaguze-Semiswa -Muyunzwe -imiswari - i.
b) amakayi - Imiswa - ya - yangije - Ntaganzwa.
c) arashushanya - zo - inyamaswa - Semiswa - pariki - muri.
166
Igihekane hw/Hw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi hw.
hw Hw
3. Soma imigemo ikurikira.
167
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ubuhinzi bwa Uwimpuhwe
168
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
hw hw hw hw hw hw hw hw
Hw Hw Hw Hw Hw Hw
169
Igihekane nsw/Nsw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nsw.
nsw Nsw
3. Soma imigemo ikurikira.
170
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Tworore amatungo magufi
171
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a) Uruhinja rugomba...............rugahaga.
b) Aba bana baratoragura...............
c) Uwimpuhwe .................. no kugera ku ishuri kare.
172
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi hw/nsw.
173
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
174
Igihekane tsw/Tsw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi tsw.
tsw Tsw
3. Soma imigemo ikurikira.
tswa tswe
4. Soma amagambo akurikira.
175
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Hubatswe ishuri
176
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
177
Igihekane ntw/Ntw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ntw.
ntw Ntw
3. Soma imigemo ikurikira.
178
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Rugemintwaza
Nitwa Rugemintwaza.
Ntwara ba mukerarugendo basuye ingagi.
Ntwara imizigo yabo ahabugenewe mu modoka yange.
Mbere yo guhaguruka, ntwikiriza imizigo ihema rinini.
Iyo tugezeyo bakabona ingagi basusurutswa na zo.
Bamwe bagasetswa no kubona ingagi zihetse abana.
Iyo tuvuyeyo, ntwara buri wese aho acumbitse.
Ba mukerarugendo ntibemera ko hari undi ubatwara.
Ikigo ntwarira cyampembeye ko ntwara abagenzi neza.
179
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
c) Mu bukwe nabonye………..nyinshi.
180
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi tsw/ntw.
181
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Ku ishuri asusurutswa no gukina na bagenzi be.
Ntashobora kwemera kuvutswa kwiga.
Ntwari akunda kwiga cyane.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Bisetswa yateye imbere
182
Igihekane ty/Ty
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ty.
ty Ty
3. Soma imigemo ikurikira.
tya tyo
183
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ityazo rya Bakame
184
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
Ty Ty Ty Ty Ty Ty
a) Umurerwa.............isuka.
b) Iri tyazo…...........neza.
c) Itondere iki cyuma kitagutema..........cyane.
185
Igihekane nkw/Nkw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nkw.
nkw Nkw
3. Soma imigemo ikurikira.
186
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Inkwakuzi Sematyori
187
7. Soma kandi wandike mu mukono wigane igihekane
gikurikira.
Kankwanzi yaguze .
a) Zana……….ducane umuriro.
b) Izi……….zirankwira.
c) Nkwakuzi yororeye……….mu kibuti.
Imyitozo
188
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ty/nkw.
189
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Ubu atyariza abaturanyi be amasuka, bakamwishyura.
Yaguze ityazo rishyashya.
Kankwanzi ni inkwakuzi.
190
Igihekane py/Py
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi py.
py Py
3. Soma imigemo ikurikira.
191
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Warupyisi muri Nyungwe
192
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
py py py py py py py
Py Py Py Py Py Py
193
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi py.
194
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Agezeyo bakina umukino wo guhekana mapyisi.
Gapyisi yafashe amazi ashyushye aripyipyinyura.
Gapyisi aza kwitura hasi ariko ntiyapyoka.
Nkwaya aramubyutsa, aramuhanagura.
Arangije ajya gusura Nkwaya bigana mu wa kabiri.
196
5. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Gatyori yatoraguraga inswa ahantu hubatswe inzu
nshya. Yirukaga yitonze ngo atagwa hasi agapyoka.
Atinya kuyegera ahamagara Ntwari ngo ayimwereke.
Abona ya nkware igiye mu biti birimo amahwa.
Abona inkware ayirukaho ashaka kuyifata iraguruka.
197
Umutwe wa munani Ubuzima
Igihekane njw/Njw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi njw.
njw Njw
3. Soma imigemo ikurikira.
njwi njwa njwe
198
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Nyanjwenge kwa muganga
199
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
200
Igihekane dw/Dw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi dw.
dw Dw
3. Soma imigemo ikurikira.
201
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Madwedwe yitaweho
202
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
dw dw dw dw dw dw dw
Dw Dw Dw Dw Dw Dw
Budwiri aradagadwa.
a) Uruyuki…………………ararira.
b) Iki giti ni …………………
c) Iyi myenda na Budwiri.…………………
203
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi njw/dw.
b)
Senjwiri afite intebe zikunjwa.
5. Shaka amagambo arimo ibihekane njw, dw muri iki
kinyatuzu unayandike mu mukono.
g k w a n j w a k N
u m u m y i r u u y
k u m a i n a d d a
a s u n n j n o w n
n y d j d w j d i j
j i w w y i w w n w
w r e e a r a a g e
a m d e w i r a a n
g u w i d o d w a g
k u e a g a d w a e
204
6. Tondeka izi interuro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Kibanjwa amugira inama yo kugura intebe zikunjwa.
Madwedwe yashakaga kugura intebe.
Ubu Madwedwe yicara mu ntebe zikunjwa
bikamushimisha.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Budwidwi ntakigunga
205
Igihekane sy/Sy
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi sy.
sy Sy
3. Soma imigemo ikurikira.
206
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Baretse ibiyobyabwenge
207
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
sy sy sy sy sy sy
Sy Sy Sy Sy Sy Sy
a) ...................kagenda buhoro.
c) Reka................iyo mineke!
208
Igihekane fw/Fw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi fw.
fw Fw
3. Soma imigemo ikurikira.
fwa fwe
209
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Igifwera cyatabaye akanyamasyo
210
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
fw fw fw fw fw fw fw
Fw Fw Fw Fw Fw Fw
211
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi sy/fw.
212
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Babona igifwera ku rukoma bagira ubwoba.
Busyete na Gafwero bakinaga umupira.
Bahamagara Mukamusyi akibakuriraho.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Mukagafwero yisubiyeho
ndy Ndy
3. Soma imigemo ikurikira.
214
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Turye indyo yuzuye
215
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
216
Igihekane cw/Cw
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi cw/Cw.
cw Cw
3. Soma imigemo ikurikira.
217
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Gacwezi yarakize
218
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
cw cw cw cw cw cw cw
Cw Cw Cw Cw Cw Cw
219
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi ndy/cw.
220
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Mukagacwezi akunda kuyahirira imicwira.
Iyo nyana irya indyo nziza.
Mukagacwezi yoroye inyana.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ndyamiye akunda gukina
221
Igihekane nshy/Nshy
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nshy.
nshy Nshy
3. Soma imigemo ikurikira.
222
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Turinde intoki umwanda
223
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
c) …………..amazi nkarabe.
224
Igihekane nty/Nty
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nty.
nty Nty
3. Soma imigemo ikurikira.
ntyo ntya
4. Soma amagambo akurikira.
c) Muhizi ni intyoza.
225
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Kwirinda biruta kwivuza
226
7. Soma kandi wandike mu mukono wigana igihekane
gikurikira.
a)....................ziraryoha.
227
Imyitozo
1. Erekana kandi uvuge izina ry’ishusho irimo ijwi nshy/nty.
228
6. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Nge gusura Nyirantyabire.
Umpanagurire na ya nshyimbo yange.
Nshyuhiriza amazi nkarabe.
7. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Mutembanshyushyu akomereka
229
Isuzuma risoza umutwe wa munani
230
5. Tondeka izi nteruro neza ukore agakuru kumvikana,
ugasome.
Ndyamiye amusaba kukireka ngo atakica.
Aba abonye igifwera iruhande rwa za ntyabire.
Ageze mu nzira asanga Ndyamiye yica intyabire.
Ashaka kugikuraho yifashishije inshyimbo.
Budwiri yagiye kugura intebe zikunjwa kwa Gasyori.
6. Soma agakuru gakurikira maze usubize ibibazo.
Ubuzima bwacu
231
232
Imyandiko y’inyongera
Imivugo
1. Amahoro i Rwanda 2. Bwiza wacu
Dukunde amahoro Bwiza wacu
Turwanye urwango Umukobwa ukwiye
Amahoro aganze Ufasha ababyeyi.
Iwacu i Rwanda. Uturimo twose.
Umuvumvu Nkoronko
Yaramubonye
Arimo arya imvuzo
Amutwara iwe bwangu.
233
4. Ukuri kurakiza 5. Gwaneza arakeye
Nikuzwe w’i Mpanda Gwaneza arakeye
Yatumwe umujyojyo Yatojwe kugenda Asa
Ageze kuri Pfunda neza mu bandi.
Amafaranga yajyanye Umubyeyi umubyara
Ayigurira imigati. Yamutoje gukaraba
Nikuzwe arataha Imbyiro zigahunga.
Asanga umusaza Gwaneza arakeye
Se yicaye hanze Asokoza buri munsi
Yogosha ubwanwa Ntatunga ubujwiri.
Amubwiza ukuri kose. Ishyaka rimuranga
Sinaguze umujyojyo Asukura aho arara
Niguriye imigati Icyumba ke kikera
None rero mubyeyi Ni byinshi adutoza
Ngusanze ntakamba Iyo turi ku ishuri
Ngo uce inkoni izamba. Twese turamushima.
Se amureba mu maso
Avugana urukundo.
Ati : ‘‘Mwana wange
Ukuri ntikwica
Dore icara utuze.’’
6.Dore ikoranabuhanga! N’ibiti byiza
Ikoranabuhanga Bivura indwara.
Ni rudasumbwa Iyo nshaka
Rikundwa na bose Amafoto meza
Rikamenywa na benshi. Mfata terefone
Ngafotora abantu
Tereviziyo yange Ngafotora ibintu.
Injyana hose
Imbwira byinshi Iyo nkoresha interineti
By’iwacu i Rwanda. Nge menya byinshi.
Menya abakinnyi beza
Inyereka Nyungwe B’ibihugu byose.
Nkabona Gishwati
234
7. Dutembere u Rwanda 8. Madwedwe
Nitwa Ntaganzwa Umwana Madwedwe
Ntuye i Matyazo Yabyirutse mureba
Nasuye ibyiza Adakunda ibirayi
Bitatse uru Rwanda. Bivanzemo imbwija.
Nasuye Nyungwe Ntiyaryaga utujanga
Mbona inyoni nyinshi Ngo dukanuye amaso
Zirimo inkware Ntiyakundaga inshyushyu
Mbona ibiti byiza Agahorera amazi
By’amahwa menshi. Ayasomeza ibijumba.
Bidatinze ararwara
Nageze mu Birunga
Inda yose irabyimba
Mbona inyamaswa
Amatama aratumba
Ingagi zikunzwe Imisatsi iba injwiri.
Zirya inswa cyane.
Nyina aravugishwa
Nasuye Burera Ngo arwaye igifwana
Nsura Ruhondo Igisyo kiramujyanye.
Nambutswa neza
Rugenintwari Mukuru we w’intyoza
Angeza i Burera. Abasaba kumuvuza
Ngo barebe icyo arwaye.
Namanutse imisozi
Nzamuka iyindi Basanze Madwedwe
Azonzwe na bwaki
Mba nguye hasi
Bamuhata ibirayi
Umubiri urapyoka Bivanzemo imbwija
Nsoza urugendo. Bivanzemo injanga
Namenye u Rwanda Ngo atazicwa na bwaki.
Rutatswe imisozi Madwedwe arariye
Rurimo amashyamba Aba abonye indyo nyayo
Ibiyaga n’ibirunga. Madwedwe aratoshye
Aba umwana ushamaje
Unakeye mu bandi.
235
Indirimbo
1. Umwanda wose urica 2. Akanyamanza
Untoze n’uburyo
Bwo gukora isuku`
Ibyo mbujijwe byose
Mbigendere kure.
Tuzage dukunda,
Gukaraba neza.
Tuzamere rero
Nk’abana barezwe.
236
IBITABO N’INYANDIKO BYIFASHISHIJWE
1.Barton, B. & Booth, D. (1995), Stories in the classroom. Storytelling Reading
Aloud and Role
2. Edition Bakame, (2007),Playing with Children. Markham, Igitabo
cy’umunyeshuri, umwaka wa kabiri. Kigali.
3. Edition Bakame, (2007), Igitabo cy’umunyeshuri, umwaka wa gatatu. Kigali.
5. Feitelson, D. & Goldstein, Z. (1986.), Paterns of Book Ownership and Reading
to Young children in Israelo School-Oriented and Non-school Oriented
Families. Reading Teacher, 39 (9), 924-930
6. Gambrell, L. (1996), Creating classroom cultures that foster reading
motvaton. The Reading Teacher, 50 (1), 14-25.
7. Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Integanyanyigisho, (2009), Gusoma, Kwandika
no Kubara, Igitabo cy’Umwigishwa. Kigali.
8. Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Integanyanyigisho, (2015), Integanyanyigisho
y’Ikinyarwanda mu mashuri abanza: Ikiciro cya mbere cy’amashuri abanza.
Kigali.
9. Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Integanyanyigisho, (2004.), Gusoma 2, Igitabo
cy’umunyeshuri. Kigali.
10. Ikigo k’Igihugu Gishinzwe Integanyanyigisho, (2004.), Gusoma 3, Igitabo
cy’umunyeshuri, Kigali.
13. Institut de Recherche Scientifique et Technologique (IRST), (2011.),
Inkoranya y’Ikinyarwanda mu Kinyarwanda, MAGANEM, Kigali.
14. Kagame F., Zorzut C. & Bonfls P.(2006), Imigani y’Ikinyarwanda. Proverbes
rwandais. Proverbs from Rwanda, Éditons Sépia.
15. Karweit, N., & Wasik, B. (1996), The effects of story reading programs on
literacy and language development of disadvantaged pre-schoolers. Journal
of Education for Students Placed At-Risk 4:319-48 Ministère de l’Educaton
Natonale, Direction Générale des Etudes et Recherches Pédagogiques,
16. Bureau Pédagogique, (1977), Cours de Méthodologie Spéciale Kinyarwanda,
Kigali.
17. MK. (2007), Ikinyarwanda, Igitabo cy’umunyeshuri, umwaka wa kabiri.
Kigali.
237
This work is licensed under the Creative Commons Attribution-NoDerivatives
4.0 International (CC BY-ND 4.0). To view a copy of this license, visit https://
creativecommons.org/licenses/by-nd/4.0/.
This work is an adaptation of materials originally developed through
collaboration between the Rwanda Education Board and USAID. Under this
license, you are free to copy, distribute, and transmit this work as long you
provide attribution as follows: “This work is an adaptation by the Rwanda
Education Board and USAID Soma Umenye of an original work developed
through collaboration between the Rwanda Education Board and the
USAID Language, Literacy, and Learning Project, © Rwanda Education
Board. Second Edition.
More details on permissions under this license can be found at https://
creativecommons.org/licenses/by-nd/4.0/.” Distribution of adaptations of
this work are not permitted under this license without the permission of
the copyright holder.
238
239