Professional Documents
Culture Documents
Itangazo Ryo Gushakisha Abarimu
Itangazo Ryo Gushakisha Abarimu
ITANGAZO RY’AKAZI
Ubuyobozi bwa Kaminuza ya Gitwe buramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye
ubushobozi ko bwifuza guha akazi abarimu icumi (10) bo kwigisha mu ishami ry’abaforomo n’
ababyaza bujuje ibi bikurikira:
1. Kuba ari umunyarwanda cyangwa umunyamahanga,
2. Kuba afite PhD cyangwa afite icyiciro cya gatatu (masters) muri Nursing cyangwa
Midwifery,
3. Kuba afite equivalence ku bize mu mahanga (hanze y’u Rwanda),
4. Kuba ari indakemwa mu mico no mu myifatire,
5. Kuba yariyandikishije mu rugaga rw’ aforomo n’ ababyaza kandi afite license
Abujuje ibisabwa barasabwa kohereza ibyangombwa byabo ( id or passport, masters degree and
bachelor with transcripts, Lincense na equivalence ku bize hanze y’u Rwanda) muri PDF kuri
email zikurikira: info@uog.ac.rw cyangwa rwandema93gmail.com