Professional Documents
Culture Documents
Igipimo
Igipimo
Insozagipimo 1
1 na 2
Icyumba cy’igipimo kigizwe N’uduce
tungana twumvikanisha Injyanashingiro
y’indirimbo
4 :: Icyita
Uyu mubare werekana ibice
bingana byavuye muri Ruziga
tugabanyije uwo mubare.
2/4
Iyi mibare yerekana “IGIPIMO”
4 =
2
Uyu mubare werekana ibice bingana byafashwe Ibihe: ni imyanya ingana igize igipimo. Igipimo
mubice byabonetse kucyita. Ibyo bice kigabanyijemo uduce tungana n’inkubito z’icyo
bifashishwa mu kubaka igipimo mucyumba gipimo.
kimwe. Ibihe ngutu: inkubito yambere (isaba imbaraga.
Mugipimo cya 2/4 biba bimeze utya: Ibihe ndegeza: inkubito ya kabiri (yoroheje)
2/4
Kigizwe n’ibihe bibiri:
+
Uburyo bwo gutera igipimo cay 2/4 n’akaboko: +
Iyo utera igipimo, Uhera hejuru ujya hasi, icyo ni igihe
Ngutu, ugasubira hejuru uhasoreza n’igihe ndegeza.
Ngutu
Mucyumba cy’igipimo hajyamo amanita yafashwe cg ibice byafashwe nyuma yo gufata Ruziga tukayigabanya n’icyita,
cyangwa hakajyamo amanita anganya agaciro n’amanota yafashwe. (muri 2/4 dufata amanita 2 ya Gahiri/ Gakoni, bivuze
ko twayasimbuza Shaminya nye cg Ruzigankoni cg Shaminyabubirir zinganya agaciro na Gahiri ebyiri nk’uko
bigaragara murugero ruri haruguru.