You are on page 1of 1

2

Insozagipimo 1
1 na 2
Icyumba cy’igipimo kigizwe N’uduce
tungana twumvikanisha Injyanashingiro
y’indirimbo

4 :: Icyita
Uyu mubare werekana ibice
bingana byavuye muri Ruziga
tugabanyije uwo mubare.

2/4
Iyi mibare yerekana “IGIPIMO”
4 =
2
Uyu mubare werekana ibice bingana byafashwe Ibihe: ni imyanya ingana igize igipimo. Igipimo
mubice byabonetse kucyita. Ibyo bice kigabanyijemo uduce tungana n’inkubito z’icyo
bifashishwa mu kubaka igipimo mucyumba gipimo.
kimwe. Ibihe ngutu: inkubito yambere (isaba imbaraga.
Mugipimo cya 2/4 biba bimeze utya: Ibihe ndegeza: inkubito ya kabiri (yoroheje)
2/4
Kigizwe n’ibihe bibiri:

+
Uburyo bwo gutera igipimo cay 2/4 n’akaboko: +
Iyo utera igipimo, Uhera hejuru ujya hasi, icyo ni igihe
Ngutu, ugasubira hejuru uhasoreza n’igihe ndegeza.

Ndegeza URUGERO RW’IGIPIMO CYA 2/4

Ngutu
Mucyumba cy’igipimo hajyamo amanita yafashwe cg ibice byafashwe nyuma yo gufata Ruziga tukayigabanya n’icyita,
cyangwa hakajyamo amanita anganya agaciro n’amanota yafashwe. (muri 2/4 dufata amanita 2 ya Gahiri/ Gakoni, bivuze
ko twayasimbuza Shaminya nye cg Ruzigankoni cg Shaminyabubirir zinganya agaciro na Gahiri ebyiri nk’uko
bigaragara murugero ruri haruguru.

You might also like