Professional Documents
Culture Documents
HABURANA
UREGA : UBUSHINJACYAHA
I. IMITERERE Y’URUBANZA
1.Ubushinjacyaha burega ISHIMWE Elisée icyaha cyo gusambanya
umwana,icyaha ubushinjacyaha buvuga ko yakoze ubwo nku’uwakoreraga
uwitwa NSHIMIYIMANA Epimaque mu rugo yahamagaye umwana we witwa
ABIZERA Aline amusanga mu cyumba cye arangije aramusambanya ari
nabwo nyina w’umwana yaje bakikanga ,babajije umwana akavuga ko
yamusambanyaga.
Ibibazo bisuzumwa ni :
12. ISHIMWE Elisée we kuri icyi gihano asabiwe avuga ko ko asaba imbabazi
atazongera.
14.Kuba rero mu ikurikiranwa rya ISHIMWE Elisée ari ubwa mbere akoze
icyaha nkuko byagaragajwe n’ubushinjacyaha, nawe mu myaka akaba akiri
muto akenewe kuba yagororwa akagarurwa mu muryango ndetse akaba
yaraburanye yemera icyaha,urukiko rukaba rusanga mu kumugenera
igihano nabyo byakwitwabwaho nkuko byagiye byemezwa mu bindi byemezo
by’inkiko nko mu ruubanza RPA 0517/12/HC/KIG rwaciwe n’urukiko
rukuru ku wa 18/04/2013 aho naho mu gufatira icyemezo uwashinjwaga
icyaha cyo gusambanya umwana izo mpamvu nabwo zashingiweho mu
RP 0076/15/TGI/GSBO 4
UMUCAMANZA UMWANDITSI
(sé) (sé)
le greffier ………………………………
1
Urukiko rubona kuba aribwo bwa mbere MAZIMPAKA Vincent aguye mu cyaha ku buryo buzwi yagabinyiriza
ibihano hashingiwe ku ngingo ya 76, 77 n’iya 78 z’itegeko Ngenga nº 01/2012/OL ryo ku wa 02/05/2012
rishyiraho igitabo cy’amategeko ahana zivuga ku mpamvu nyoroshyacyaha n’uburyo ibihano bigabanywa iyo
umucamanza asanze hari izihari, Par 13
2Ibyo IRADUKUNDA Olivier n’umwunganira bavuga ko IRADUKUNDA Olivier
yakoze icyaha akiri umwana, ari umunyeshuri kandi abana n’ubwandu bwa
SIDA yavukanye, akaba ari n’imfubyi, bityo ko nawe akeneye gufashwa aho
guhabwa ibihano biremereye, bifite ishingiro, bityo n’ubwo agomba guhanwa
kugira ngo yumve ko ibyo yakoze byo gusambanya umwana, kandi azi ko
ashobora no kumwanduza SIDA, akwiriye no guhabwa umwanya wo gukomeza
amashuri, kugira ngo azashobore kwifasha. Kubera izo mpamvu, akwiye
guhanishwa igifungo cy’imyaka ibiri, ibarwa guhera ku wa 01/02/2010, kuko
ariwo munsi inyandiko mvugo imufunga yakoreweho.