You are on page 1of 24

1

B. Kwinjira mw’isezerano ry’ubucuti: Ubukwe


INGO N’IMIRYANGO ntibushyigikirwa n’amarangamutima n’ibyo abantu
biyumvamo.
Rev.Stacy Cline yakoze nk’umuyobozi
w’abanyeshuri muri kaminuza yitwa Elim Bible 1. Ubukwe bushyigikirwa no kumvikana hamwe no
Institute imyaka irenga 25. Ishuri ry’Abapasitori kuba mw’isezerano.
n’abarimu ry’ubashye. Ubuyobozi bwe bwakunzwe
bivuye umutima n’abanyeshuri amagana amagana 2. Tuzavuga byinshi kubyo kuba mw’isezerano
mu gihe cy’ubuyobozi bwe. ry’ubucuti.
1. Ni gute Imana isobanura ubukwe 1 3. Ubu dushobora gutanga ubu busobanuro:
2. Urugo rwubakiye kuri Bibiliya 5
Isezerano = Ni ugufatanya indahiro zawe n’undi
3. Kwitegura ubukwe – Igice cya I 8
muntu mu maso y’Imana.
4. Kwitegura ubukwe – Igice cya II 12
5. Kugendera mu rukundo – Igice cya I 15 C. Mu bucuti bukomeye : Ubucuti bukomeza
6. Kugendera mu rukundo – Igice cya II 18 busobanura ko mu bukwe harimo kwimenyereza
7. Ububasha bwo gukururira umuntu mu bintu 21 kubana uko ubuzima bw’umuntu bugenda bukura.
8. Guhuza ibitsina—Igice cya I 24
9. Guhuza ibitsina – Igica cya II 7 1. Kubana gukomeye ni ukuvuga kubaho
10. Kuganira kuby’ubuzima 30 mugukomeza urukundo.
2. Ubuzima bw’ubukwe busobanura ko umugore
INGO N’IMIRYANGO yemera gusangira ubuzima n’umugabo we,
ISOMO RYA MBERE: MBESE NI GUTE umugabo nawe akemera gusangira ubuzima
IMANA ISOBANURA UBUKWE n’umugore we.

I. IGISOBANURO CY’URUFATIRO K D. Bashyigikiwe n’urukundo rwa Kristo :


’UBUKWE Bisobanura ko Yesu Kristo ari hagati mu muryango
turamwizera kubw’ububasha bwe n’ubuntu bwe
Ubukwe ni abantu babiri bafite ibyo batujuje, kugira ngo atuyobore mu guhitamo uwo
binjira mw’isezerano ry’ubucuti bukomeza, twubakanye.
babanje kubyumvikana bayobowe n’urukundo
rwa Kristo. Igice cyose cyo muri iri somo ni 2. Ntabwo twashobora kubikora tutari kumwe na
ingira kamaro cyane Kristo.

A : « Abantu babiri bafite ibyo batujuje » Hari II. IBINTU BITATU BITUMA SATANI
ubukwe bubiri bwonyene bukwiriye cyangwa YANGA AKONGERA AKARWANYA
butunganye dushobora kuvuga dufatiye mu bihe UBUKWE BW’ABAKRISTO
byahise. A.Ishusho y’Imana ngenderwaho (bagenderamo)
1. Adamu na Eva bakoze ubukwe butunganye 1. Umugabo n’umugore, bose berekana ishusho
mbere y’uko icyaha kinjira mw’isi. y’Imana. (Itangiriro 1:26-27)
2. Yesu Kristo hamwe n’umugeni we bazakora 2. Igihe Imana yaremaga umugore yamukuye
ubukwe butunganye igihe azaba agarutse gutora m’urubavu rw’umugabo.
itorero
• Ubwa mbere umugabo yari mw’ishusho
3. Ubundi bukwe bwabonetsemo ubusembwa y’Imana nicyo gituma n’icyaremwe kivuye
kubwo kujya kure k’umwana w’umuntu ; (cyangwa m’urubavu rwa Adamu nacyo ari ishusho
ukugwa k’umwana w’umuntu igihe icyaha cyari y’Imana.
kimaze kuza mw’isi (Itangiriro 3)
3. Igihe Imana yaremaga umugore ni nkuko yari
a) Nta bantu bariho batunganye kandi nta n’ubukwe igabanije ishusho yayo mu bice bibiri.
butunganye.
4. Imana ubwayo niyo yatunganije ubukwe bwa
b. Dushobora kuvuga kubijyanye n’ibyiza hamwe mbere. Mu kuvuga ku bijyanye n’umunsi mukuru
n’ibyiza biba mu buzima bw’abashakanye w’ubukwe Imana yavuze iki kintu gikurikira: Nicyo
gituma umuntu azasiga se na nyina akabana

1
2

n’umugore we akaramata bombi bakaba umubiri UKURI TWISHIMIRA: Ubukwe bw’Abakristo


umwe (Itangiriro 2:24). bufise intumbero yo kwerekana ubumwe bwa
Kristo hamwe n’umugeni, muri ino si irimo
5. Kubwo kuremwa kwa Eva ishusho y’Imana kurimbuka.
yagabanganijwe.
C.Ikintu ngenderwaho kuri Data
• Mu itunganywa ry’ubukwe ishusho y’Imana
yongeye kwiyunga. 1. Mw’Isezerano rya Kera Imana ubwayo
yihishura nka Data.
6. Iyo satani arabye ubukwe bw’abakristo abona 2. Mw’Isezerano Rishya Yesu ahishura Data
ishusho y’Imana. kandi twigishijwe gusenga, Data wa twese uri
• Satani rero yanga Imana, bituma arwanya mw’ijuru.
ubukwe kugirango atandukanye icyo Imana 3. Ababyeyi b’Abakristo bafite uburyo bwiza
yamatanije bwo kwereka abana babo urukundo rw’Imana
Ababyeyi bashobora kugaragaza urukundo
7. UKURI GUSHIMWA: Ubukwe bw’abakristo rw’Imana mu gukunda abana babo.
buhari kugirango bwerekane ishusho y’Imana muri 4. Imana ntabwo ari umubyeyi mubi ukururira
iyi si irimo kurimbuka abana be mu mibabaro biciye mu kubatuka.
5. Imana ntabwo yihisha ngo itererane abana
B. Ikintu cyo kugenderwaho m’umukwe (Yesaya
bayo.
62:5/ Abefeso 5:32)
6. Imana ntabwo ari umubyeyi mubi ufatira
1. Kuva mu Isezerano rya Kera Imana yakoresheje kubyatunaniye mukudutera intege.
ubukwe mu kwerekana imibanire yifuza kugirana 7. Iyo Satani areba ababyeyi b’abakristo abona
n’abantu bayo. urukundo rw’Imana ruri gushyirwa
mubikorwa
2. Mu Isezerano Rishya Yesu batangira bamuvuga
nk’umukwe (Yohana 3:27-30)
a. Yanga urukundo rw’Imana nicyo gituma arwanya
3. Paulo nawe agereranya ubucuti bw’umugabo
ubukwe n’umuryango.
n’umugore nka Kristo n’itorero.
b.Satani ashaka kudushukisha ibyo yita urukundo
4. Mu Isezerano rya Kera muburyo bw’Umwuka
Imana igereranya kutiringirwa n’ubusambanyi rw’aha kw’isi kugirango ntitubone urukundo
rw’Imana.
a) Igihe Abayuda barekaga gusenga Imana
y’ukuri maze bagasenga ibigirwamana UKURI TWISHIMIRA: Ubukwe bw’abakristo
abahanuzi bavuze ko Abayuda basubiye mu bufite intego yo kwerekana urugero rwiza
bitagira akamaro rw’umutima w’Imana nk’umubyeyi muri iyi si irimo
b) YEREMIYA na EZEKIYELI bafite ahantu irimbuka
henshi h’urufatiro kubyerekeye
ibingereranyo ku byo gusenga ibigirwamana UMUSOZO
n’igitabo cya HOSEYA gishingiye ku
ukuvuga ibyifuzo by’ubusambanyi. Ubukwe bushaka guhishura ubwiringirwa
bw’isezerano ry’igikorwa cy’Imana. Reba (1
5.M’Urwandiko rwa 2 rw’ABIKORINTO 11:1- ABIKORINTO 4:1-2; ABEFESO 5:32)
3 Paulo akoresha amagambo avuga kubyifuzo
by’ubusambanyi mu kuvuga kuguhindura IBYO KUGANIRIRA MU MATSINDA
imitima kwacu tukayikura ku Mana tukayijyana
mu bitagira akamaro. 1. Muganire kubusobanuro bw’ubukwe bwatanzwe
6. Iyo satani arebye ubukwe bw’Abakristo abona mu ntangiro z’iri somo. Niba ntabukwe butunganye
imibanire myiza hagati ya Yesu Kristo n’Itorero buhari, wasobanura gute ubukwe bwo mu buzima
rye. busanzwe?
2. Muganire ku ijambo: “kwinjira mw’isezerano
• Satani yanga itorero nicyo gituma arwanya
ubukwe kugirango yonone ubuhamya ry’ubucuti burama” bwemeranijweho. Ufatiye mu
bw’itorero itsinda urimo ubukwe bw’abantu babyemeranije
bumeze gute?

2
3

3.Ubu nta migenzo myinshi igihari yo gusenga kandi ukingure umutima wawe kugirango wakire
ibigirwamana. Ni gute wowe n’itsinda muri kumwe urukundo rw’Imana.
ni gute musobanura ubusambanyi bwo muburyo 3. Niba wubatse fata umwanya wiyumvire
bw’Umwuka muri iki kinyejana cya 21? kuwo mwubakanye. Saba Imana igufashe gukunda
uwo mwubakanye kugira ngo yonyine yerekane
IBIBAZO
urukundo rwayo mu mubano wanyu no kw’isi
1.Igihe Imana yaremaga Eva imukuye m’urubavu yose.
rwa Adamu, ishusho yayo yayiciyemwo ibice bibiri. 4. Niba utarubaka fata umwamya usenge
Ubukwe bwunga ishusho y’Imana. kugirango Imana itegure umutima wawe
Yego cyangwa Oya n’ubukwe bwawe bwo mugihe kizaza. Shima
Imana kuba uri umusore utarubaka wibuke ko
2.Mu Isezerano rya Kera Imana igereranya kutaba utunganye muri Kristo.
umwiringirwa mu buryo bw’Umwuka
n’ubusambanyi. Yego cyangwa Oya 5. Iminsi yose wibuke yuko ubukwe atari
ugushaka umuntu utunganye ariko n’ukuba
3.N’ikihe muri ibi bikurikira aricyo cy’ukuri ? umuntu atunganye. Imibereho y’abantu ikwiye
a) Imana ni umubyeyi w’urukundo kuzana n’ubucuti buzima.
b)Imana ni umubyeyi udafite urukundo
c)Imana ni umubyeyi utaboneka ISOMO RYA 2: URUGO RWUBAKIYE KURI
BIBILIYA
d) Imana ni umubyeyi ushinjanya ibyaha
I.IBICE BIBIRI BY’URUFATIRO
4.Iyo ubukwe budashyigikiwe n’ibyifuzo hamwe
n’amarangamutima buba bushyigikiwe n’iki? ZABURI 127:1 /MATAYO 7: 24-28

a)Urukundo n’amahoro A.ZABURI 127:1 Iyo uhoraho atariwe wubaka inzu


abayubaka baba bubakira ubusa
b)Umunezero n’igitsina
1.Uyu murongo utwereka uruhare rw’Imana igihe
c)Ugutahurana n’ukubaho mubwumvikane
dutumiye Yesu ngo abe umwami mu nzu yacu, ahita
d) Ibintu biboneka cyangwa urukundo aba “Umwubatsi w’inzu”
5.N’iyihe ntego y’ubukwe bw’abakristo? 2. Niba Yesu ariwe wubaka azaha ubuzima urugo
a)Kunezezanya hagati y’umugabo n’umugore rwacu yongere arukomeze

b)Kuba ikitegererezo cy’umutima w’Imana mw’isi B. Matayo 7:24-28


irimo kurimbuka 1. Uyu murongo utwigisha kubijyanye n’uruhare
c)Kugwiza abana rw’Imana hamwe n’uruhare rw’umuntu.
d)Kuba abantu bubatse bashobora gutanga inama 2. Yesu atubwirako umuntu ufise urufatiro
kubari ku isi. rukomeye ariwe wenyine ushobora guhagarara igihe
imiyaga yo mubuzima ije.
ISOMO RY’UMWE UMWE
Inzu ebyiri zishobora gusa, ariko igihe imiyaga
1. Tekereza ku muryango wakuriyemwo.
ihuhuhuse, mbese n’iyihe nzu ishobora guhagarara?
Mbese ababyeyi bawe baba barakubereye urugero
rwiza, ndetse bagufashije gukurira mu rukundo 3.Igisubizo kitujyana kureba k’urufatiro cyangwa
rw’Imana. Nibaba barabigukoreye tekereza ku ishingiro ry’iyo nzu.Yaba yubatse k’urutare
Mana hanyuma uyishimire. cyangwa ku musenyi?
2. Niba ababyeyi bawe batakubereye urugero 4. Ni gute twubaka k’urutare? Yesu aduha igisubizo
mukukuyobora mu rukundo rw’Imana, andika
munsi inzira zimwe na zimwe zibangamira a) Ni igihe twumva amagambo ye tukayabika mu
imigenderanire yawe n’Imana. Sengera ibyo bintu mutima icyo gihe tuba ab’ubwenge kandi tuba
twubatse k’urutare
3
4

b) Iyo twumva amagambo ye ntituyabike tuba turi Ibi ni ibintu bikomeye cyane kuko umugabo
abapfu kandi tuba twubatse k’umusenyi n’umugore bagomba kuba incuti z’ukuri
4. PHILEO rusaba kubana n’umuntu igihe
5. Kubakristo bubakanye imiyaga yo mubuzima
izusikiranya k’umugabo n’umugore we, igihe bose kinini m’ubucuti bukomeye cyangwa
bakunda Imana kandi igihe inzu izaba yubatse ubucuti bukomeye bwubakiye kugufata
k’urutare iyo nzu izaguma ihagaze kugeza ibyo umwanya ukwiye wo kubana igihe dushaka
byisukiranya birangiye. kubakana.

II. HARI UBWOKO BUTATU BW’INKUNDO C) EROS (Urukundo rw’amarangamutima)


ZIKORA MU BUZIMA BW’ABUBAKANYE
Eros rushingiye kukwiyemeza (Agape) hamwe
GIKRISTO
n’ubucuti busanzwe (PHILEO)
A. Urukundo rwitwa “ AGAPE”
2. Urukundo Eros rusobanuye gutya: Ni
1. Urukundo rwitwa AGAPE nirwo rufatiro ibigumbagumba by’urukundo
rw’ukuri rw’urukundo mu rugo.
2. Urukundo rwitwa AGAPE rusobanurwa a) Salomo asobanura urugero rw’urwo rukundo
muri ubu buryo, ni ikiguzi umuntu atanga mugitabo cy’Imigani 5:15-20
(YOHANA 3:16) b) Kandi hariho igitabo cyo muri Bibiliya kivuga
• Agape ni ijambo ry’Ikigiriki rikoreshwa kuby’urukundo rw’umukwe n’umugeni.
muri Yohana 3:16: Kubw’urukundo Imana
1. Cyanditswe na Salomo cyitwa Indirimbo ya
yakunze abari mw’isi arirwo rwatumye
Salomo
Itanga Umwana wayo w’ikinege kugira ngo
umwizera wese atarimbuka ahubwo ahabwe 2. Iki gitabo cyerekana neza umubano w’umugabo
ubugingo buhoraho. n’umugore uburyo umera.
• Imana ubwayo yatanze ikiguzi—umwana 3. Mu bijyanye n’ubukwe Imana ishyigikira
wayo w’ikinege. urukundo rw’imbere mu mutima n’urukundo
3. Igihe urukundo Agape rukoreshejwe neza rugaragara.
ruzageza abantu babiri k’ukubana neza.
4. Igihe urukundo Eros rugeze mu rugo, ruhuza
4. Urukundo “Agape” ni uguhitamo kandi
umugabo n’umugore kubigaragara k’umubiri
bisaba imyitozo ijyanye n’ubushake bwacu.
hamwe n’amarangamutima.
Ntidukunda kubera ibigumbagumba. Tugira
uguhitamo imbere y’uwo twakunda. 5. Urukundo Eros rutegeka kwitanga twitaangira
B. Urukundo rwitwa PHILEO uwo dukunze.
1. Urukundo PHILEO narwo rwubakiye kuri III.Urukundo Agape rushyigikira isezerano
Agape ry’ubukwe munzira zikurikira (1 ABIKORINTO
2. PHILEO rusobanurwa ,muri ubu buryo 13:4)
bukurikira, ni ugusangira bifatikanije no
A. Guhitamo kwihangana (1 Abikorinto 13:4)
gusangira iyerekwa (Yohana 5:20)
1. Urukundo rurihangana
a. PHILEO ni ijambo ry’Ikigiriki rikoreshwa
2. Ukwihangana bisobanuye ko nzaca mu bihe
muri Yohana 5:20
bigoye ariko ntazahita ndeka gukunda uwo
• Kubera ko umubyeyi akunda umwana
twubakanye
urukundo (PHILEO) agerageza kumwereka
B. Kugira uguhitamo ko kutirarira (1
ibyo arimo gukora byose.
ABIKORINTO 13:4)
b. Muri urwo rukundo nyine umubyeyi
1. Urukundo ntirwirata
asangira n’umwana we (umuhungu we)
2. Kutirata bisobanuye gushaka kugendera mu
n’ibyifuzo by’umutima we.
migisha no muguha icyubahiro abandi
3. Mu gihe urukundo PHILEO abantu babiri
• Ibi bigaragarira mu bikorwa no mu
barwitwayemo neza rutuma imibanire
magambo
ikomera cyane.
4
5

• Imigani 18:21 Ururimi rufite ububasha bwo d) Ugusangirira hamwe no gusangira


kwica no gukiza iyerekwa (Ni ubucuti hagati y’umuntu
C. Ruhitamo kubabarira abandi (1 n’undi)
ABIKORINTO 13:5) 4. N’ikihe muri ibi bikurikira gisobanura
1. Urukundo ntirukora ibiteye isoni
2. Ukubabarira bisobanuye ko mba nkuyeho kwihangana gufatiye kuri Bibiliya?
ideni (Umwenda) uboneka ngashaka
a) Kwibagirwa imibabaro
kwagura ubuntu.
b) Kwirinda uwundi muntu
• Ukwihangana bisobanuye kandi ko mba c) Kugira inama umuntu uri mu ikosa no
nkuyeho uburakari bw’Imana (MATAYO kwagura ubuntu
18:21-35) d) Kwaturira pasiteri ibyaha byawe
UGUSOZERA
5. Mbese urukundo Eros rusaba iki?
Urukundo PHILEO rwubatse k’urufatiro
rw’urukundo Agape rubyara ubucuti n’ibyifuzo a) Guha umubiri wawe uwo mwubakanye
byiza birama. b) Kumarana umwanya n’uwo
mukundanye
IBYO KUGANIRIRA MU MATSINDA
c) Nta nakimwe rusaba
1. Ni gute Yesu yerekana ukuri kw’urukundo d) Gukunda umuntu wese ntacyo umuntu
Agape? ashingiyeho.
Ni gute ubona urugero rwe rwigaragariza mu
gukomeza umubano w’abashakanye? ICIGWA C’UMW’UMWE
2. Ni muganire k’ukuri kwa Kristo 1. Andika munsi zimwe na zimwe mu nzira
kugaragarira mu buntu butuma agenda Yesu yakoresheje mu gusobanura urukundo
akubabarira mu buzima bwawe? Mbega Agape hamwe n’urukundo PHILEO. Fata
Kristo atwigisha iki kubyo kubabarirana mu umwanya usenge wongere utekereze
rugo rw’abakristo? k’urukundo rwe. Niba wubatse saba Yesu
3. Ni muvugane inzira mwacamo kugira ngo agufashe kwerekana urwo rukundo mu
ukwihangana gukomeze kuba mu rugo muryango wawe. Niba utarubaka nabwo
rw’abakristo nk’uko byatanzwe muri iri musabe agufashe gukoresha urukundo igihe
somo. uhuye n’amagambo aca intege.
4. Ni muganire kandi ku nzira mwacamo kugira 2. Andika munsi ibihe byagushyikiye byo
ngo hatabaho kwirata mu rugo rw’abakristo. kutihangana no kwihimbaza mu muryango
no mu bucuti bwawe. Fata umwanya uri
IBIBAZO
imbere y’IMANA wakire ukubabarirwa.
1. Ururimi rufite ububasha bwo kwica no Fata icyemezo cyo kujya k’umugabo wawe,
gukiza Yego cyangwa Oya umugore wawe cyangwa undi wese
wababaje umusabe imbabazi. Andika ibyo
2. Urukundo Agape rusobanuye “gutanga
witeguye guhindura ufashijwe n’Imana.
igitambo” kandi nirwo rufatiro rw’urukundo 3. Tekereza ku magambo ya Yesu Kristo
rw’ukuri mu bukwe. Yego cyangwa Oya aboneka muri Matayo 7. Twubaka k’urutare
binyuze mukwubaha ijambo ryayo. Mbese
3. Urukundo PHILEO rusobanurwa muri ubu
hari aho waba utakurikije ukwubaha?
uryo bukurikira:
Zinukwa byose kubw’Imana hanyuma
a) Urufatiro rw’urukundo rw’ukuri
uyisabe kuba umugozi w’urukundo rwayo
b) Ugukunda abanzi bacu
mu muryango no mu bucuti ugirana
c) Ugukunda abana bacu
n’abandi.

5
6

Isomo rya 3: KWITEGURA UBUKWE – 1. Abantu benshi bibwira ko badashobora


IGICE CYA MBERE gukorera Imana neza keretse igihe bafite
umugabo cyangwa umugore.
I. IBINTU BINE BY’ISHINGIRO
2. Bamwe ndetse bigisha ko umuntu utarubaka
HAMWE N’ITANGIRIRO
adashobora kubwira ubutumwa abantu
RY’IMIBANIRE
bubatse cyangwa ngo abe umuyobozi wabo.
A. Urukundo rushingiye kumarangamutima
3. Mwibuke: YESU nawe ntabwo yari yubatse
ntabwo rushobora kungira umuntu ushyitse.
ariko m’umurimo we yigishaga ubutumwa
1. Abantu benshi batwarwa no kugira ubucuti
abubatse n’abatubatse.
cyangwa imibanire no kutayigira
4. UKURI GUKOMEYE: Dushobora gukorera
2. Uko gutwarwa n’imibanire kuba gushinze
Imana neza twaba twubatse cyangwa
imizi kukwizera ibitari byo, kuko umuntu
tutubatse.
wese yibwira ko adakwiye, keretse abonye
umugabo cyangwa umugore. • Umurimo w’Imana utunganye ntushingira
3. Uhore wibuka iminsi yose ko igihe Imana k’ukuntu ibintu biba byifashe mu muryango
yatunganyaga ubukwe bwa mbere ntabwo ariko ushingira ku bucuti cyangwa imibanire
yafashe abantu babiri bibice bice kugirango uba ufitanye n’Imana Data.
ibarememo umwe wuzuye.
D. Abantu bazi Imana mu buryo bw’Umwuka
Igitangaza cy’ubukwe bw’abakristo: Imana bagira n’imibanire mizima
yafashe umuntu umwe wuzuye hamwe 1. GUHEMUKIRWA: Ubukwe buzazana
n’undi wuzuye (Adamu na Eva) hanyuma umuti w’ibikomere by’amagambo
ihita ibahuza ibagira umwe. 2. Kwinjira mu bukwe ntabwo bihindura
4. UKURI GUKOMEYE: Uri umuntu ushyitse imiterere y’umuntu cyangwa kamere ke.
muri Kristo waba wubatse cyangwa se
utarubaka • Mu gushinga urugo tujyana ibyo byose
bisanzwe biduca intege, imibabaro,
B. Ubukwe siwo mugambi wanyuma Imana ibikomere, n’ibindi ibyo byose iyo umuntu
ifite ku bugingo bwacu. agize ubukwe ntaba yabitaye arabijyana
3. Igihe dufie ibikomere byinshi mu buzima
1. Abantu benshi bisuka mubyo gukora bwacu igihe tutarubaka, dusaba Imana
ubukwe kubera ko bizera ko ikintu kibanze kugirango ibidukize ikoresheje Umwuka
cy’umumaro m’umugambi w’Imana ari wayo Wera mbere yuko dukora ubukwe.
ugutera intabwe ukagira ubukwe n’umuntu 4. UKURI GUKOMEYE:
runaka. Urukundo cyangwa ubukwe bushingiye ku
2. Ibi bizamura ibibazo bikomeye . Ni ubuhe marangamutima ntibivura aho umuntu
bushake bwa nyuma Imana ifite k’ubugingo yakomeretse mubuzima bwe.
bwacu ? II. HARIHO UBURYO BUTATU
3. Paulo asubiza iki kibazo mubiboneka mu UMUNTU AKORESHA MU
Abaroma 8:28-29: Kuko abo yamenye kera GUTANGIRA KUREMA UBUCUTI
yabatoranije kera gushushanywa n’ishusho A. Ubanza kureshwa n’ishusho y’umuntu
y’Umwana wayo kugirango abe imfura muri 1. Iyo niyo nzira Samusoni yaciyemo
bene se benshi. mugutangira imibanire. Dusomye
4. UKURI GUKOMEYE: Ubushake mw’Isezerano rya Kera, reba Abacamanza
13-16: Wifashishije aya magambo ,
bw’IMANA ni uguhinduka kugira ngo tugire
biraboneka ko yakurikiye umugore wasaga
ishusho nkiya Kristo. neza (Mwiza)
C. Kubaho utarubaka ishobora kuba impano 2. Hari abantu benshi bakora ubukwe, ubwa
y’Imana kugira ushobore kuyikorera mbere byatangiriye mu gushima ishusho
ubohotse. y’umuntu.
6
7

3. Mu buzima bwa Samusoni tubonamo ukuri 4. Ibi bisobanuye ko tugomba gushyira


kugurikira: ubucuti bushingiye kugushima imibanire yacu y’igihe kiri imbere mu
ishusho y’umuntu bushobora kugusenya isezerano ryo mu Mwuka, umuryango,
umutima wawe bukawukura ku Mana inshuti n’abayobozi
4. UKURI GUKOMEYE: Gutangirira
kw’ubaka ubucuti bifatiye ugushima ishusho III.IBIBAZO BINE BIGOMBA GUSUBIZWA
y’umuntu gusa ntabwo bitanga ishingiro N’ABANTU BABIRI BARI GUTEGURA
rikomeye ry’ubukwe. KUZASHINGA URUGO
IKIBAZO CYA MBERE
5. IKINDI CY’AKAMARO : Iyo uri kubakira
ku rukundo Agape na PHILEO si bibi nko
gushiturwa n’ishusho y’undi muntu. A. Mbese umuhamagaro w’Imana n’umwe mu
buzima bwabo bombi?
B. Ushobora gutangiza ijambo rivuye ku Mana 1. Mbega iyi ngingo yo gushing urugo iri guha
1. Icyo gishobora kuba ikintu gikomeye cyane umwanya Yesu hamwe n’umurimo we mu
cyo gutangiriraho. Nshobora kugenda mfite
buzima bwanjye?
ibyiringiro kuko Imana yambwiye ko
nzubakana n’uwo muntu. Iki kiboneka ko ari 2. Mbega twese twitangira intego zimwe zo
intangiriro ikomeye. muburyo bw’umwuka?
2. Jyewe nizera ko bigoye ko umuntu (rimwe B. IKIBAZO CYA KABIRI: Ubucuti dufitanye
na rimwe bisa n’ibidashoboka) yumva ijwi bwaba budufasha guhuza imibanire yacu na
ry’Imana igihe agitangira ubucuti n’undi Kristo?
muntu
a) Amarangamutima yacu ahita atujyana
mugufata icyemezo cyo gukora ubukwe 1. Ibi bituyobora mu kuri twabonye: Umukunzi
b) Ibi bisobanuye ko tudashobora kwizera ko wanjye tuzubakana agomba kuba ari
twikwije aahubwo dukeneye abandi bo umukristo.
kudufasha. 2. Ese ni umuntu ushobora kuntera intege
mukugira imibanire n’Imana? Ese naba ntera
3. Kandi biranagoye kumenya undi muntu intege abandi ?
keretse iyo dufashe umwanya wo kubana
3. Ese yaba ari umuntu usengera abandi?
nawe
c. Ushobora gutangirira ku kubaka imibanire Mbega jyewe naba nsengera abandi?

C. IKIBAZO CYA GATATU : Mbese twaba


1. Gutangirira ku kubaka imibanire biduha dushoboye kuvugana n’abandi bantu?
uburyo bwiza bwo kumenya undi muntu
2. Ikintu gikuru: Imana yadushyize mu 1. Iyo utekereje kwitangira abandi wumva
miryango hamwe n’umubiri wa Kristo wuzuye amahoro ? Aya mahoro y’Umwuka
Wera afasha mukumenyana hamwe no
guhora umuntu yiteguye mu mutima no
• Ntidushobora gufata icyemezo kubijyanye mungorane. (ABIFILIPI 4 :6-7)
n’ubukwe turi twenyene. Dukeneye
abadufasha. GUSOZA
Imana izadufasha kandi izaturinda nituyisenga
kuko yemeye ko izaduha impano nziza
3. ICYO UMUNTU ASHOBORA
Matayo7 :7-11 / Luka 11 :11-13
GUKORERAHO: Birashoboka ko wumva
Imana ikubwiye uwo muzubakana. Ijambo IBYO KUGANIRIRA MU MATSINDA
ryayo rizahishurirwa wowe, umuryango
(bene wanyu na bashiki bawe muri Kristo) 1. Niwiyibutse mu mwanya muto ibintu bine
hamwe n’abayobozi bo mu buryo by’urufatiro mu kubaka imibanire. Mbese
bw’Umwuka (abapasitori n’abandi hari abantu waba uzi batwawe no kugira
bagukuriye muby’Umwuka)

7
8

imibanire hanyuma bakaza gushakana. Ni a) Imibanire ishingiye kugushima ishusho


gute ibi bintu bine bishobora kubarinda ? y’umuntu ishobora gusenya ikonegra
2. Mbese wibaza ko itorero rishobora kuvuga igahindura umutima w’umuntu
k’uburyo bwisanzuye kuri iki kibazo ? ikawukura ku Mana.
Mbese n’izihe nzira dushobora gucamo b) Imibanire yubakiye kugushima ishusho
kugirango tuvugane neza uku kuri n’abandi y’umuntu ituma haba urufatiro rukomeye
bantu ? rwo gushingaho urugo.
3. Ni wiyibutse mumwanya muto inzira eshatu c) Urukundo rushingiye kumarangamutima
umuntu acamo kugirango atangire imibanire. ruzomora inguma zo mubuzima bwacu
Nimuganire ukwizera kwawe kunzira imwe d) Dushobora gusa gukorera Imana neza
imwe wowe n’itsinda muri kumwe. igihe twubatse urugo
4. Ni wiyibutse ibibazo bine byabonetse
ISOMO RY’UMWE UMWE
mumpera z’iri somo. Mbese n’ibihe bintu
wabonye washobora kwagura mu buzima 1. Niba utarubaka tekereza kubuzima bwawe
bwawe no mu murimo wawe? bw’uyu munsi umwanya muto. Mbese
mumateka yawe ntiwigeze utwarwa
n’agakungu? Bivemo kubw’Imana,
IBIBAZO
hanyuma uyisabe kuguha umunezero
1. Ubukwe si ubushake bwanyuma n’amahoro mu buzima bwawe.
bw’Imana mubuzima bwacu. Ubushake
bw’Imana k’ubugingo bwacu n’ukugira 2. Niba wubatse, tekereza k’umuryango wawe.
ishusho nk’iy’umwana wayo. Yego Mbese ni gute muvugana n’uwo
cyangwa Oya mwubakanye? Ubucuti mufitanye
2. Igihe Imana yatunganyaga ubukwe bugarukira he? Niwandike ibyo wakora
bwambere yafashe ibice bibiri by’abantu kugira ngo mukomeze umubano wanyu.
hanyuma ibagira umuntu umwe. Yego Nyuma y’igihe uzashake umwanya
cyangwa Oya ubiganirire uwo mwubakanye hanyuma
3. N’ikihe muri ibi bibazo bikurikira kitari umusabe aguhe ibisubizo byabyo.
ikibazo cyingenzi gikenewe gusubizwa
igihe abantu babiri bari gutegura 3. Ongera usome muri Matayo 7:7-11 kandi
imibanire yo kuzashingana urugo. uhagereranye n’amagambo yo muri Luka
a) Mbese turemeranya muri byose? 11:9-13 andika ibyo ushima kubw’urukundo
b) Mbese dushobora kuvugana cyangwa rw’Imana Data ku buzima bwawe. Fata
kubana n’abandi neza? umwanya wo gusenga hanyuma ibyo kuba
c) Mbese dufite amahoro y’Umwuka wubatse cyangwa utubatse ubiharire Yesu
Wera? abe ariwe ukuyobora mu buzima bwawe.
4. N’ikihe muri ibi bintu bikurikira ari cyo
ISOMO RYA KANE:
cy’ukuri kubijyanye n’ubukwe?
a) Ngomba kubakana n’umukristo gusa KWITEGURA GUSHINGA URUGO- IGICE
b) Nshobora gusa gukorera Imana neza CYA KABIRI
igihe n’ubutse. I. MBEGA NUBAKANYE NUYU MUNTU, NI
c) Urugo ruzanzanira umuti GUTE NAMENYA NEZA KO ARI
w’ibyankomerekeje byose UBUSHAKE BW’IMANA BY’UKURI?
d) Abakristo b’ukuri ntibakwiye kwubaka USOMYE MUGITABO CY’ITANGIRIRO
urugo 24, AHA HARIHO IBINTU BITANU
BIGENDERWAHO BYADUFASHA
5. Mbese n’ukuhe kuri twiga mu buzima GUSUBIZA IKI KIBAZO
bwa Samusoni?
8
9

A. IKINTU CYA MBERE: Ikintu cyo kuzana 1. Uwo mugaragu yaashakaga umuntu wifuza
uwo musangiye ubuzima bw’iby’Umwuka, gukorera abandi.
igihugu (ITANGIRIRO 24:1-4)
• Igihe uwo mugaragu yageraga k’umugezi
1. Inkuru yo mw’Itangiriro 24 ivuga ibijyanye
Rebeka ntabwo yamuhaye amazi wenyine,
no gushakira isaka umugeni.
ahubwo yahise avoma amazi aha n’ingamiya
ze nazo ziranywa zirahembuka.
2. Aburahamu yahamagaye abashobora
• Iki gikorwa yongeyeho gishobora kuba
kumufasha gushakisha.
cyaramutwaye amasaha
2. Ibintu bikunda gukorwa rimwe na rimwe
3. Aburahamu yahaye ububasha umugaragu we
n’uko tugomba kwibaza ibibazo bikurikira
amurahiza n’indahiro ku Mana yuko
byerekeye uwo twifuza kuzabana yaba
atazashakira umuhungu we umugore
umugore cyangwa umugabo: Mbese uwo
ukomoka mubakobwa b’Abanyakanani.
tugomba kubakana yaba yariyemeje
gukorera Imana? Ese ari kumwe nabandi aho
4. Kubera iki? Mbese niki kitagendaga
ntiyikubira?
kubakobwa b’Abanyakanani? Ntibasengaga
3. Umuntu utazi gufasha abandi ni umuntu
Imana y’ukuri.
wikubiraho (umuba gito)
4. Urugero rwo gukorera abandi turusanga
5. Icyo cyabaye ikintu nyamukuru cyo
muri Yesu Kristo “ntawagira urukundo
kugenderaho mw’Isezerano rya Kera
ruruta urw’ umuntu witangira abanzi be”
ntushobora kurongora umuntu usenga iyindi
(Yohana 15:13)
Mana atari Imana yo mw’Ijuru.
5. Ubukwe bw’Abakristo buduhamagarira
6. Icyo twakora nuko tutabana n’umuntu
guhora tureka ubugingo bwacu kubwa
utaregurira Yesu umutima we.
bagenzi bacu umugabo /umugore.
IKINTU CYA KABIRI CYO a. Iyi ndangagaciro igomba kuranga abo bantu
KUGENDERAHO: babiri na mbere y’uko babana.
b. Mbese twiteguye gukorera Imana no gufasha
1. N’ikintu cyo kwemera kuyoborwa n’Uwiteka
(ITANGIRIRO 24:7) Nk’uko Aburahamu abandi tutikubira?
yakomeje guha inama umugaragu we, D.IKINTU CYA KANE CYO
yamusezeraniye ibi bikurikira: Imana izohereza KUGENDERAHO: Kuba umuntu utunganye
marayika akujye imbere akwereke aho usabira (ITANGIRIRO 24:16)
umugeni umuhungu wanjye. Muyandi magambo
Imana izayobora intambwe zawe. 1. Ibyanditswe bisobanura Rebeka muri ubu
buryo: “Umukobwa yari mwiza cyane
2. Mu mirongo ikurikira turabona ko uwo w’isugi…..”
mugaragu yasenze asaba Imana ngo imuyobore.
(ITANGIRIRO 24:12-14) 2. Tugomba kwemera ko ubusugi ari impano
idasanzwe umuntu wese agomba guha mugenzi
3. Aburahamu hamwe n’uwo mugaragu barimo we yaba umugabo cyangwa umugore
batwereka ko igihe duhaye imitima yacu Imana
nayo iraza ikabana natwe maze ikadufasha 3. Bibiliya ihuje ubusugi n’ubwiza ibi
kubona umuntu w’ukuri dushobora kwubakana. bisobanuye ko ukwera ari ikintu kiza

4. UKURI GUKOMEYE: Nidusenga Imana 4. Iyo umuntu yakoze imibonano mpuza bitsina
nayo izatuyobora iduhitiremo uwo mbere yo gushinga urugo abicishije mu nzira
twakubakana. zitabereye z’ubusambanyi, hanyuma akigarura
agasaba Imana imbabazi amaraso ya Yesu
C. IKINTU CYA GATATU CYO aramwoza. Kuba barakoze iryo kosa
KUGENDERAHO: Ukuba umukozi ntibibakumira kurongora cyangwa kurongorwa
w’umugwaneza (ITANGIRIRO 24:14)

9
10

muyandi magambo ntibibabuza kuba bashinga umuntu utunganye bishimisha Imana. Mbese
urugo. n’izihe zimwe mu nzira zishobora
kudufasha gutungana zigafasha n’abandi
5. Igikunda kuboneka n’uko kuba umuntu
utunganye ubu, nicyo kikugira mwiza gutungana?
(uwifuzwa).
IBIBAZO
IKIBAZO CY’UKURI GIKOMEYE: Mbese 1. Bibiliya ihuza ubusugi hamwe n’ubwiza
mugenzi wanjye yaba yariyemeje kugendera Yego cyangwa Oya
mubutungane no gushikama?
2. Ikibazo cyo kugenderaho kijyanye no
E.IKINTU CYA GATANU CYO gufasha abandi dusanga mw’Itangiriro 24:14
KUGENDERAHO: Ni icyo kugira ubushake cyaba kituyobora ku kibazo gikurikira
bwo gukora ikintu (ITANGIRIRO 24:57-58) kubijyanye n’umugabo cyangwa umugore
1. Nyuma yuko umubyeyi hamwe n’uwo wo mugihe kizaza? Mbese uwo dushaka
mugaragu bari barangije kuvugana bahise kubakana yaba yariyemeje gukorera Imana
bahamagara REBEKA aho bari bari kuganirira hamwe n’abandi? Yego cyangwa Oya
hanyuma bahita bamubaza iki kibazo: Mbese 3. Ikintu cyo guhitamo uwo musangiye
uremera kujyana n’uyu mugabo? Rebeka ubuzima bw’Umwuka bisobanuye:
arabasubiza ati: Ndemeye
a. Kurongora cyangwa kwubakana n’umuntu
2. Iri ni isezerano rikomeye cyane. Rebeka
wahaye ubuzima bwe Yesu.
yashoboraga guhitamo kugenda cangwa akanga
rero yagombaga gukora ibyo ashaka bijyanye no b. Kubakana n’umuntu umuryango wawe
guhitamo kwe. wemera
c. Kwubakana n’umuntu mwemeranya ku
3. Icyo dukura muri iyi nkuru kiri mukibazo kintu cyose
gikurikira: Mbega uwo dushaka kubakana d. Kwubakana n’umuntu azagukunda akuyemo
aduhitamo kubushake bwe?
abandi bose
4. Mu buryo bwo kugerageza ubushake bwacu
mubyo kubaka urugo dushobora kubaza ikibazo 4. Mbese n’ibiki duhamagarirwa guhora
gikurikira: Mbese twiteguye gukingurira dukora mu bukwe bw’abakristo?
imitima yacu abandi bantu? (cyangwa gufasha a. Guha abandi ibyo bakeneye byose
abandi kuguruka) b. Kugwiza abana
GUSOZA c. Gutanga ubugingo kubw’uwo mwubakanye
d. Gushimisha uwo ariwe wese.
Mbega naba niteguye kwinjira mu bumwe
bw’urushako? Igisubizo: Fata umwanya wo 5. Ninde watubereye urugero rwiza mu
kwisuzuma. Mbega naba mbona ibintu byiza
gukorera abandi?
biranga ubuzima bwanjye?
a. Yesu Kristo
IBYO KUGANIRAKO MU MATSINDA b. Rebeka
c. Aburahamu
1. Mbese waba warabonye urugero mu
d. Umugaragu w’Aburahamu
muryango wawe rw’umuntu w’umukristo
wakoranye ubukwe n’utari umukristo? None ISOMO RY’UMWE UMWE
byagenze bite?
1. Fata umwanya utekereze kukintu cyo
2. Mbese n’ibiki biranga umuntu ukorera
kwemera kurongorwa. Niwandike inzira
abandi dusanga mu buzima bw’abizera ba
zerekana ko icyo kizana kumererwa neza
kino gihe?
hamwe n’amahoro k’ubuzima bwawe, fata
3. Mbese ibyo biranga umuntu ukorera abandi
icyemezo gishya cyo kumwizera
ni gute byashobora gukomeza imibanire
y’abashakanye mugihe kizaza? Kuba
10
11

kubw’umugabo cyangwa umugore B. Icyifuzo cya mbere n’ukubona umugabo


muzubakana umukingukira umutima
2. Niwaba utarubaka, mbese waba wibona 1. Ibi ni ukuvuga, umutega amatwi, umumara
umubabaro hamwe n’ukuvugana nabo mu
nk’umuntu ufite umutima wo gufasha
buryo bwiyoroheje.
abandi? Andika ibyo ubonye ukwiye 2. Tugomba kubwira abagore bacu ibyo
kurushaho gukuza muri wowe. Senga kandi dutekereza hamwe nuko twiyumva
ibyo wiyemeje ubiture Imana.
3. Niwaba wubatse, niwandike ibyo wakora C. Icyifuzo cya kabiri ni ukubona umugabo
kugira ngo ushobore gufasha bikwiye uwo umutera ibyiringiro kandi umutera umwete.
mwubakanye umugabo cyangwa umugore. • Ibi ni ukuvuga ko umugabo arongora
umugore we mu bushake bw’Imana.
Fata umwanya wo gusenga, saba Imana
D. UKURI GUKOMEYE: Ibyifuzo
igufashe hanyuma ubiganire n’uwo by’umugore ni ukugirana imibanire myiza
mwubakanye. n’umugabo we ariwe shusho y’Imana. Iyo
4. Niwaba utarashaka, niwemere kwegurira mibanire iyo ihari bitera umugore
igitsina cyawe Imana. Niwaba nabwo guhimbaza.
wararenze amabwiriza mugihe cyahise 1. Muri Yesu asangamo ugukuyakuwa
ugakoresha igitsina cyawe ibitaribyo saba n’ibyiringiro k’ubuyobozi
2. Dushingiye kubyo Imana igenderaho
Imana kandi wakire kubabarirwa hamwe no
umugore nawe areba cyangwa ashima ibisa
kwezwa ibyaha byawe. Hanyuma niwandike niby’umugabo we.
ibintu uzahora ugenderaho mugihe kizaza.
Niba wubatse niwandike ibintu uzakomeza E. Ikintu cyo “gutanga urukundo kigaragarira
kandi ukabyitwararika mu buzima bwawe. mu gutunganya urukundo mu bintu bifatika.”
• Bifite akamaro muri kino kiganiro kandi
ISOMO RYA GATANU: KUGENDERA MU binyuranye n’ibyifuzo byo guhuza
RUKUNDO – IGICE CYA MBERE ibitsina ku mugabo no k’umugore.
A. Kubagabo, urugero turusanga mu rwandiko F. UMUGORE: Ibyifuzo bye byubakiye
rw’ABEFESO 5:25 kumarangamutima y’ibyo akeneye
“Bagabo mukunde abagore banyu nk’uko bigaherekezwa n’ibyo aba akeneye mu
Kristo yakunze itorero akaryitangira.” buryo bufatika.
1. Biboneka ko ibyo bizana kutizera ko Umugore arafite ibyifuzo by’ibintu bifatika
umugabo yakunda umugore kugeza kuri ariko bishinze imizi mu buzima bwe
urwo rugero. Ni gute umugabo yakunda bw’amarangamutima.
umugore we nk’uko Kristo yakunze itorero?
2. Igisubizo tugisanga muri ibi bikurikira: Ni G. UMUGABO: Ibyifuzo bye byubakiye
uburyo bwo kutuyobora ariko ntabwo kubyo aba akeneye mu buryo buboneka,
twabikora neza nka Kristo bihita biherekezwa n’amarangamutima
• Nk’abagabo tugomba guha imibiri yacu y’ibyo akeneye.
Imana hanyuma tuyibwire tuti: Umugabo nawe afite amarangamutima yo
Ntitwashobora kubikora tudafashijwe gukenera ibintu bishinze imizi mu buzima
nawe ngo twongere tugirirwe ubuntu bwe bufatika.
nawe.
B. Tuzunguka imitima y’abagore bacu igihe H. IKINTU KIGENDERWAHO : Guha
bazabona dukomeza gukuza urukundo abagore urukundo ni ugusangira imibabaro
tubafitiye. hamwe n’ibyishimo bituma bagira
umudendezo kandi bagasubizanya ineza.
• Hari ahantu hatatu hadufasha gushyira
III. IKINTU CYA KABIRI CYO
mu bikorwa amagambo dusomye mu
GUSHYIRA MU BIKORWA:
Abefeso 5:25
GUTANGA UBUYOBOZI
A. Umugore yifuza kubona umugabo we
II. ICYA MBERE CYO GUSHYIRA MU
agendera mu buyobozi bwo mu buryo
BIKORWA : GUTANGA URUKUNDO
bw’umwuka.
A. Hari ibyifuzo bibiri Imana yashyize mu
mutima w’umugore.
11
12

B. Umugore ntiyongera kubaha umugabo we (imigisha) cyangwa urupfu


mu gihe atamubonaho kuyoborwa (imivumo)kuw’undi muntu.
n’umwuka. Gutakaza icyubahiro k’umugabo C. Ubusobanuro bw’iby’ubuzima (imigisha):
bizazana ingorane nyinshi hanyuma byonone
Kwatura amagambo meza bituma duhindura
umubano mu muryango
C. Hari ibice bitatu by’ubuyobozi bwo mu imyitwarire yacu.
buryo bw’umwuka. Ibyo bice bitatu D. Ubusobanuro bwo kuvuga iby’urupfu
tubisanga muri Yesaya hamwe n’ukuntu (Imivumo): amagambo ababaza atuma
Yesu wenyine ayobora itorero (ariryo habaho imyitwarire mibi.
mugeni we). E. Tubishyize mu muryango: Tugomba kuvuga
D. IGICE CYA MBERE: Kuyobora kandi tukagendera mu magambo y’imigisha,
nkumuhanuzi. Umuhanuzi ni umuntu uvuga
haba ku mugore ndetse no ku bana bacu.
kandi akaba mw’ijambo ry’IMANA.
• Mbese ibi bisobanuye iki k’umugabo? IBYO KUGANIRIRA MU MATSINDA
a) Tugomba gusoma ijambo ry’Imana kugira
ngo twumve icyo Imana ivuga kandi duhite 1. Muri iri somo twavuze ukuntu umugabo
tuyoborwa nayo. w’umukristo agaragaza urukundo
b) Tugomba kuba ibyitegererezo k’umugore we ndetse no ku muryango we.
c) Ubwo nibwo dushobora kuyobora imiryango Nigute uru rugero twarugereranya n’izindi
yacu ngero wabonye? Mbega hari aho wabonye
E. IGICE CYA KABIRI: Ubuyobozi
nk’ubw’umutambyi: Umutambyi ni umuntu ukwiye guhindura imitekerereze yawe?
wubaka amateme yo mu buryo bw’umwuka
abicishije mu itorero. 2. Mbese ni izihe nzira umugabo yacamo
1. Aha gushyira mu bikorwa biroroshye kugira ngo akingukire umugore we?
2. Mbega nk’abantu b’abagabo twaba turimo
gusengera imiryango yacu? 3. Ni muganire kuburyo bwagutse kumagambo
a. Tugomba gusenga imisi yose dusengera aboneka mu Imigani 18:21. Hanyuma
abagore hamwe n’abana bacu muvugane uuburyo bufatika umugabo
b. Igihe bazi ko tubasengera bihita byoroha ko yahesha umugisha umugore we n’abana be.
imiryango yacu ikurikira ubuyobozi bwacu.
F. IGICE CYA GATATU: Kuyobora abantu IBIBAZO
nk’umwami birakenewe cane ko 1. Ibyo tuvuga bifite akamaro kanini kuko
bisobanurwa. amagambo yacu afite imbaraga zo
1. Ntabwo turiko tuvuga ivyo kubarengera gukomeza ubuzima bwa bagenzi bacu
canke kubatwaza igitugu ndetse no kuba yahindura imyifatire
2. Dawidi ni urugero rwiza rw’umwami kuko yabo. Yego cyangwa Oya
yitozaga nkumurwanyi mu bwami
n’ubutware bwe (umwungeri) (MIKA 5:2,4/ 2. Kuyobora mu buryo bw’umwami
1 Samuel 17:34-37) bisobanuye ko umugabo afite
3. Nituyobora imiryango yacu n’umutima uburenganzira bwo gutwaza igitugu
mwiza kandi witeguye nk’uwo mwungeri umugore we. Yego cyangwa Oya
ab’umuryango bazatwubaha bakurikire
ubuyobozi bwacu.
3. Umugabo ashobora kuyobora muburyo
III.IKINTU CYA GATATU CYO
KUGENDERWAHO MU GUSHYIRA bw’ubutambyi akoresheje:
MUBIKORWA a) Gusengera umugore we n’abana be
iminsi yose
A. Imigani 18:21: Ururimi rufite imbaraga b) Gusoma Ibyanditswe Byera iminsi
z’urupfu n’ubugingo yose
B. Hari imbaraga zikomeye mu magambo yacu,
dushobora kuvuga ibyerekeye ubuzima
12
13

c) Kwerekana amarangamutima 4. Tekereza inzira wacamo kugira ngo utangire


nk’ibintu by’ingenzi kuvuga amagambo y’ubuzima mu muryango
d) Gukurikira ubuyobozi bw’Umwuka wawe no muri bagenzi bawe. Andika
Wera amazina y’abantu batanu uzasanga muri iki
4. Mbese ibyifuzo cyangwa umunezero cyumweru kugira ngo ubabwire amagambo
kubyerekeye guhuza ibitsina k’umugore atera abakomeza. Saba Imana izagushoboze
bishingiye kuki ? kuvugana nabo neza. Muri abo batanu
a) Ibyo aba akeneye mu buryo bufatika wanditse iyemeze kuba umuntu yatura
b) Ibyo akeneye mu buryo bw’Umwuka amagambo y’umugisha kuri bo (uhereye ubu
c) Ibikenewe mu buryo uzajye uhesha umugisha umugore wawe,
bw’amarangamutima saba Imana izabigufashemo.
d) Ibireshya abantu cyangwa
ISOMO RYA GATANDATU
ugushidukirwa
KUGENDERA MU RUKUNDO: IGICE CYA
5. Ni ubuhe busobanuro bwo kubuga KABIRI
kuby’ubuzima AMAGAMBO ABANZA
a) Kuvugana ubugwaneza iminsi yose
b) Amagambo meza atuma haba imyifatire Paulo atanga inyigisho zisobanutse kubijyanye no
myiza kuri bagenzi bacu gukunda abagore bacu. Mu ABEFESO 5:25-33
c) Amagambo mabi atuma haba imyifatire Ijambo ry’Imana ribivuga neza mumagambo
asobanutse aho Paulo asobanura impano enye
mibi kuri bagenzi bacu
z’urukundo, reka dusuzume imwe imwe ukwayo.
d) Kuvuga amagambo yerekeye ubuzima
mugihe icyo aricyo cyose I. IMPANO YA MBERE: KWITANGA
A. Abefeso 5:25 Kristo “Yaritanze wenyene
ISOMO RY’UMWE UMWE
ubwiwe”
1. Niba uri umugabo, niwandike aho waba B. Reka turebe ukuntu Kristo yitanze ubwe
wabonye ko Yesu akeneye kuzana C. Kristo yatanze ibyo yari afite byose, nta
impinduka mu buzima bwawe kugira ngo nakimwe yisigarije
akomeze ubuyobozi bwawe uyu munsi 1. Yanyitangiye mbere yuko mukunda
ndetse no mugihe kizaza
Fata umwanya wo gusenga kandi ukingurire 2. GUSHYIRA MU BIKORWA: Mbega naba
Yesu umutima aha nyine. nitangira umugore wanjye, kumwitaho no
2. Niba uri umugore, nawe niwandike aho kumufasha muri byose?
ubona ukeneye ko Yesu azana impinduka
m’ubuzima bwawe, kugirango ukomeze D. Kristo yatanze ukuri kwe n’ubuhungiro.
uburyo wakira ubuyobozi bw’umugabo Paulo abivuga mu Abefeso mu gice cya
wawe, uhereye ubu no mugihe kizaza. Kabiri
Fata umwanya wo gusenga kandi ukingurire 1. Yari ahwanye n’Imana, ariko yicishije
Yesu umutima wawe bugufi yemera kuba nk’umugaragu
3. Tekereza amagambo mabi aca integer waba w’abandi.
waravuze m’ubuzima bwawe bwo mugihe
gishize. Nigute amagambo mabi wavuze 2. GUSHYIRA MU BIKORWA: Mbega naba
yaba yaragize ingaruka k’ubuzima bwawe nshaka kwitanga mu buyobozi bwanjye
bw’uno munsi. kimwe no mugufasha umugore wanjye?
Fata umwanya wo gusenga usabe Imana
kukurinda amagambo y’urupfu. Akira E. Kristo atanga kwihangana kudasanzwe.
imigisha mu mutima wawe. 1. Zirikana ukuntu Imana yakwihanganiye

13
14

a. Ni kenshi utayumviye ariko yo yakomeje 1. Mbega twaba tuvugana n’abagore bacu


kugukunda. biciye mu nzira bishimiye kandi ibaha
b. Ni kenshi Imana yihanganiye kutayitaho icyubahiro ?
kwanjye? 2. Mbega twaba tuvugana nabo tugaragaza
ko tububaha?
2. ICYO GUSHYIRA MUBIKORWA: Mbega
ni kangahe nihanganiye umugore wanjye? E. Ni gute tuvuga abagore bacu
Mbega ntangorane shobora kuba ntera IV.IMPANO YA KANE : GUTUNGANA
umugore wanjye, kandi na Yesu ntayo
A. ABEFESO 5:29 “Arawugaburira kandi
yanteye?
akawukuyakuya”
II.IMPANO YA KABIRI: KWEZWA B. Umugore ntiyumva ko atunganye
A. ABEFESO 5: 26 Kristo yeza itorero imbere y’umugabo we. Imvano yuku
aryogesheje amazi n’ijambo kutumva atunganye biva mu kugwa kwa
B. Iki gihita kibyutsa ikibazo gikomeye. Mbese Eva.
ni gute umugabo yakweza umugore we? C. ITANGIRIRO 3:6 Dukuramo ikintu
C. IGIKOMEYE: Nta bushobozi dufite bwo dukwiye gusobanukirwa
kweza cyangwa kubabarira ibyaha 1. Uwo murongo utubwira ko Eva amaze
D. Muri YOHANA 13:3-4/14:15. Yesu yoza kurya kugiti kimenyekanisha ikibi
ibirenge by’intumwa n’ikiza yahise asoroma ahaho umugabo
1. Ni Umwami w’abami nyamara yishyira mu we nawe ararya.
mwanya w’umugaragu 2. Ibi bisobanura ko Adamu yahagurutse
2. Abwira abigishwa yuko arimo kubereka arongera yitegereza umugore we arimo
urugero rw’uburyo bazajya bafashanya kugendera mu mukutumvira.
E. TUBISHYIZE MU MURYANGO: 3. Nta nakimwe yakoze kugirango arinde
Umugabo ashobora kweza umugore we umugore we.
biciye mu kumwoza • Uyu niwo muzi werekana igituma
1. Ibi turimo kuvuga bikorwa igihe Kristo abagore batigera bumva ko batunganye
ariwe ubisabye umugabo kubikorera imbere y’abagabo babo mu gihe
umugore we abagabo barimo bakoresha abagore babo
2. Kwoza= ugufashanya, twoza (kweza) n’imbaraga.
abagore bacu dushakisha inzira zo
kubakorera. Twoza ibirenge by’abagore D. YESU arabihindura: agaburira kandi
bacu igihe dushakisha inzira twacamo agaha agaciro itorero nk’umubiri we.
tubakorera. KUGABURIRA: Ni gukorera ibishoboka
vyose ikintu kugira ngo gikure kandi
III.IMPANO YA GATATU: GUTEKANA gikomere
A. ABEFESO 5:27 : Kuba mu mwanya we
E. Mbega twoba dufata abagore bacu
B. Ni gute dusohakana abagore bacu?
nk’uko dufata imibiri yacu, mu
1. Ni gute tuvuga abagore bacu mu bandi
kurondera kubakingira, kubagaburira
igihe batari hafi yacu?
kugira ngo babe abakomeye?
C. Yesu yerekana umugeni we nk’itorero
• Nitwaba dukunda abagore bacu, murino
rishimwa ritagira ubusembwa cyangwa
nzira turabaha ugutungana hama
iminkanyari.
urukundo rwacu rurabarinda kandi
• Icyubahiro= rikwiriye, rikwiye guhabwa
rukabaha ubwugamo
agaciro cyangwa icyubahiro
F. Ivyamwa vyo gutungana n’amahoro
D. TUBISHYIZE MU MURYANGO : n’umunezero

14
15

UGUSOZERA b) Gutera intege abagore bacu iminsi yose


Ntidushobora gushitsa ibi
c) Gusomera Bibiliya abagore bacu
kubw’inkomezi zacu ZAKARIYA 4:6 si
kubw’inkomezi, sikubw’ubushobozi d) Guhitamo inzira zo gufasha abagore bacu
ariko ni kubwa Mpwemu wanje niko ISOMO RY’UMWE UMWE
uhoraho nyen’ingabo agize.
IVYO KUGANIRAKO MU MUGWI 1. Tekereza ku muryango wakuriyemo. Mbese
1. Twavuze Yesu hamwe n’ingabire yiwe yo papa wawe yafataga gute mama wawe? Niba
kwitanga yitanze mukuri n’ubuhungiro uri umugabo wubatse urugo andika ibyo
yongera atanga ukwihangana kudasanzwe. ugiye guhindura mu gukomeza imibanire
N’izihe nzira umugabo yocako ngo akore ibi yawe n’umugore wawe? Senga kandi usabe
mu muryango wiwe? Imana igufashe guhindura niba kandi uri
2. Twavuze ukugene ukwezwa gushingira umugore wubatse ni gute ushaka ko
kugufashanya mu buzima bwa misi yose. Ni umugabo wawe atandukana n’abandi? Senga
izihe nzira umugabo yocamwo mugufasha wongere ukingure umutima wawe mu
umugore wiwe? kwakira imigisha mishya
3. Mbega turumva ko umugore muri kamere 2. Niba uri umugore, tekereza inzira umugabo
yiwe yama yumva adatunganye imbere wawe yanyuze kugirango akugire
y’umugabo wiwe? Ni gute abagabo utunganye? Niwandike ibyagukomerekeje.
bakeneye guhindura mu nyifato zabo no mu Saba Imana ikondore muri iyo miyaga
bikorwa kugira ngo habe ugutungana waciyemo hanyuma ukingure umutima
kubagore babo? wawe kugirango wakire imigisha
mishyashya.
IBIBAZO 3. Niba uri umugabo tekereza ibyo wakoze
1. YESU yabwiye abigishwa ko arimo byababaje umugore wawe kandi bigatuma
kubereka urugero rw’uburyo bazahora abaho adatunganye. Saba Imana imbabazi
bafashanya . Yego cyangwa Oya kandi ugire uguhinduka mu buzima bwawe.
2. Umugabo yeza umugore we mu kumwoza ISOMO RYA KARINDWI: UBUBASHA BWO
ibirenge. Yego cyangwa Oya GUKURURIRA UMUNTU MU BINTU
3. Ni iyihe mbuto yo gutungana?
a) Amahoro n’umunezero UMUCO WO GUKWA
b) Urukundo hamwe n’ubutunzi A. Ubusobanuro bw’inkwano: Ni umugabane
c) Urukundo n’umunezero umugabo atanga k’umuryango w’umugore
d) Urukundo n’uburinganire we mu gihe cy’ubukwe.
B. Rimwe na rimwe yari impano umukwe
yahabwaga na Se bukwe
4. N’irihe jambo risobanura “Kwita kukintu kuko ari
icy’agaciro cyangwa ingirakamaro? • Urugero: FARAWO yahaye umugi
umukobwa we igihe yarongorwaga na
a) Kugirira ubuntu umuntu Salomo
b) Kugaburira C. Mu migenzo iteye imbere ibyo si iminsi yose
c) Kuba ukwiriye byakomeje gukorwa
D. UKURI GUKOMEYE: Umugore uwo ariwe
d) Gutonesha cyangwa guha agaciro ikintu wese ajyana impano yo mu buryo
1. Abagabo basabwe gukunda abagore babo bw’Umwuka k’umugabo we, reka tubirebe
biciye mu kubeza. Ni ikihe muri ibi bikurikira neza muri uku kuri gukomeye.
kibisobanura? III. IBICE BITANDATU BY’INKWANO
(IMPANO) UMUGORE WESE
a) Kubabarira abagore bacu ibicumuro byabo
ASHYIRA UMUGABO WE
15
16

A. IGICE CYA MBERE: Yiyemeza kuba • GUSHYIRA MU BIKORWA: Dushobora


umufasha kwakira ugutunganirwa bivuye k’ubwenge
1. Itangiriro 2:18: Uwiteka Imana aravuga ati: bw’abagore bacu
Sibyiza k’uyu muntu aba wenyine reka
F. IGICE CYA GATANDATU: ATANGA
muremere umufasha umukwiriye.
UMUTEKANO
a. Ijambo ry’Igiheburayo risobanura gufasha
ni EZER iri jambo rifite ubusobanuro • IMIGANI 31:27 Yitegereza ingeso z’abo
bukurikira: gufasha rivuye mw’ijambo murugo rwe kandi ntarya ibyo kurya
kuzengurutsa, kurinda hamwe no gukurikira. by’ubunebwe.
b. Ni naryo jambo rikoreshwa muri ZABURI • Umugore ashobora gucunga neza ibintu
54:5 hamwe na ZABURI 70:1 n’abantu bityo akazana ugutungana
n’umutekano mu rugo rwe.
2. Iyi mirongo ivuga k’ububasha Imana itanga.
Umugore ntatanga ububasha mu buryo bwo
• GUSHYIRA MU BIKORWA: Umugabo
gukurikira bisanzwe. Ariko aba umufasha aba intungane mu buzima bwe no mumirimo
w’umugabo we mu buryo bw’ukwo ye binyuze mu kumenya gutandukanya ikibi
umugabo atabaho atamufite. n’icyiza k’umugore we.
GUSOZA
B. IGICE CYA KABIRI : AGENDANA
IMBARAGA Imbuto z’umugore utunganye
A. Umugore wese atwara impano idasanzwe
1. Imigani 31:25: Imbaraga n’icyubahiro nibyo mu bukwe
myambaro ye. -Ni impano Imana yahaye umugore ngo ibe
Ijambo ry’Igiheburayo rifite ubusobanuro mu muryango.
bwo gushira ubwoba, ukujya hamwe no guca
incuro. B. IMIGANI 31:10-12: Umugore mwiza ninde
2. Gushyira mubikorwa: Abashikamye mu wamubona, arisha amabuye ya marijani igiciro.
gukora umurimo Imana yaduhamagariye Umutima w’umugabo we uhora umwiringira kandi
mumibanire yacu myiza n’abagore bacu. iwe ntihabura inyungu. Uwo mugore ntazabura
inyungu. Uwo mugore amugirira neza ntamugirira
C. IGICE CYA GATATU: AGENDERA MU nabi imisi yose yo kubaho kwe.
BYIRINGIRO
Imigani 31:25: Ashobora guseka iminsi C. Umugore utunganye yera imbuto mu nzira
izaza eshatu:

GUSHYIRA MUBIKORWA: Duhinduka 1. URUBUTO RWA MBERE : Urubuto rw’


abakomeye igihe twizeye ko dufite amahoro no kuruhuka ‘Umutima w’umugabo wiwe
ibyiringiro ku bagore bacu. uramwiringira"

D. IGICE CYA KANE : AGENDANA 2. URUBUTO RWA KABIRI: URUBUTO RWO


UBWENGE KUGWIRA
a) Ntiyigera abura inyungu
• GUSHYIRA MU BIKORWA: Dushobora
kunguka cyane mu buryo bufatika kubw’ b) Abagore bacu hamwe n’ibikorwa byacu bizaguka
ubwenge bw’abagore bacu. biciye mu mpano z’umugore utunganye.

E. IGICE CYA GATANU: ATANGA 3. URUBUTO RWA GATATU : URUBUTO


UGUTUNGANIRWA RW’UMUGISHA

1. IMIGANI 31:26: Avuga amagambo a) Akorera ibyiza umugabo we iminsi yose


y’ubwenge.
b) Umugore ukundwa, ahabwa icyubahiro,
• Ubwenge ni Ijambo ry’Igiheburayo yubahirizwa kandi agatoneshwa n’umugabo we
risubanura kugira imbabazi
16
17

ntazigera akomeretsa umugabo we mu magambo d) Gufasha, imbaraga, no


azahora amuhesha umugisha gusa. gutunganirwa.
5. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari mu bice
4. UKURI GUKOMEYE: Umugabo w’umupfapfa
ntiyita ku mpano (impano zo muryo bw’Umwuka) bitandatu by’impano umugore atwara mu
y’umugore utunganye. bukwe?
a) Gutanga ubwenge
IBYO KUGANIRIRA MU MATSINDA b) Gutanga gutunganirwa
1. Mbega abagore wabonye bari bameze gute? c) Gutanga umutekano
Mbese bari batandukanye gute n’umugore d) Gutanga ubugwaneza
uvugwa mubyanditswe mu Imigani 31? ISOMO RY’UMWE UMWE

2. Kubera iki wibaza ko abagabo basuzugura 1. Niba uri umugabo wubatse, andika ibyo
impano idasanzwe yo mu buryo ubona nk’imbaraga umugore azana mu
bw’Umwuka umugore amuzanira ku munsi bukwe. Mbega umutima wawe urakingutse
w’ubukwe kugira ngo wakire izo mpano? Fata
3. Wibaza ko ari ukubera iki itorero umwanya usenge usabe Imana igufashe
ridashishikarira kwigisha ibijyanye n’uku kwakira izo mpano zivuye ku mugore wawe.
kuri kwavuzwe haruguru? 2. Niba utarubaka girana amasezerano n’Imana
yo kuzakira impano zo mu buryo
4. Tekereza kubagore uzi bagaragaje impano bw’Umwuka uzazanirwa n’umugore wawe
nk’izi twasomye muri Bibiliya. Ni mu wo mubihe bizaza. Fata umwanya usenge
ganire ku ngero z’aba bagore bakurikira: kandi ureke Imana yagure ibitekerezo
Rusi, Esiteri hamwe na Mariya. byawe.
3. Niba uri umugore wubatse tekereza ku
IBIBAZO mpano uha umugabo wawe mwubakanye
1. Imbaraga ni igice cy’impano umugore hanayuma uzandike munsi. Fata umwanya
ajyana mu bukwe? Yego cyangwa Oya wo gusenga ureke Imana igutere intege.
2. Mu Itangiriro 2:18 :Imana yaremye Yisabe ikwereke inzira nshya wacamo uha
umugore nk’umufasha w’umugabo. izo mpano umugabo wawe.
Ijambo ry’Igiheburayo risobanura 4. Niba naho uri umukobwa utarubaka,
umufasha ni EZER kandi risobanura tekereza ku mpano Imana yaguhaye. Fata
gufasha rivuye mu ijambo risobanura umwanya wo gusenga kandi ureke Imana
gukikiza cyangwa kuzengurutsa , igutere intege reka izo mpano ku bwe.
kurinda no gukurikira. Yego cyangwa 5. Igihe waba wubatse, ganira n’umugabo
Oya wawe cyangwa umugore wawe ukuri ko
3. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari muri iri somo. Ni musengere hamwe kugira
mubigize impano y’umugore ku mukwe ngo Imana ikomeze umuryango wanyu.
dushingiye kubyo Rev Cline avugaho? ISOMO RYA MUNANI: GUHUZA IBITSINA -
a) Ubwiza buboneka IGICE CYA MBERE
b) Ibyiringiro
I. MBEGA BIBILIYA IVUGA IKI
c) Ubwenge
KUBYEREKEYE GUHUZA IBITSINA
d) Umutekano A. Hari ahantu hane hatumenyesha ibyerekeye
4. N’izihe mbuto eshatu umugore guhuza ibitsina igihe turi gukura
utunganye yera? 1. Ababyeyi (umuryango)
a) Ibyiringiro, ubwenge, imbaraga 2. Abo tugendana (inshuti)
b) Amahoro, kuruhuka no gutera 3. Imigenzo
imbere n’umugisha 4. Ukwigerezaho k’umuntu
c) Umutekano, ubutunzi n’ubuzima
17
18

B. Aha hantu hane hashobora kutuyobora neza isezerano ry’ubucuti abantu babiri
cyangwa nabi ugasanga aribyo duhise bagirana igihe cyo gushyingirwa.
tugenderamo. b) Bitubwira kandi ukuntu Imana ishaka
C. Nicyo gituma tugomba kwongeraho icya kudukunda mu buryo budasanzwe.
gatanu kikiyongera kuri ibi bine byavuzwe III. IKINTU CYO KUGENDERAHO MU
1. Icya 5: Ubuyobozi bw’Imana hamwe ISEZERANO RISHYA (AMIANTOS)
n’ijambo ryayo A. “ AMIANTOS” n’ijambo ry’Ikigiriki
2. Tugomba kureka Imana hamwe n’ijambo risobanura ikintu gitunganye (cyejejwe
ryayo akaba ariryo riyobora kuruta cyangwa kitagira inenge)
kugendera kubyo twabwiwe cyangwa B. Mu Isezerano Rishya “AMIANTOS”
twabayemo tugenderamo risobanura ikintu gitunganye (cyejejwe
3. Aho ariho hose duhuye no gushidikanya kitagira ubusembwa cyangwa inenge).
kugikwiye gukorwa, ndi kumwe n’Imana Iri jambo rifite ubusobanuro bukomeye bwo
nzubaha ijambo ryayo. kutanduzwa.
4. Bibaye ngombwa nshobora kwanga ibyo C. IBYANDITSWE BIKOMEYE BYO
nabwiwe biciye kubabyeyi, inshuti, KUTUBERA URUGERO:
imigenzo karande ndetse nibyo niboneye 1. PETERO 1:4 “AMIANTOS”
jyewe ubwanjye, cyangwa ibyo nabayemo. Ryakoreshejwe mu kuvuga umwandu
5. Mbega Bibiliya yigisha iki kubyo guhuza twabikiwe mw’ijuru ko ari umwandu
ibitsina? utazabora, utanduye kandi utangirika.
II. IJAMBO RIGENERWAHO RYITWA • Ni ukuvuga ubugingo budashira
“YADA” MUGIHEBURAYO tuzaragwa: Yesu Kristo ubwe.
RIBONEKA MU ISEZERANO RYA
KERA 2. Muri YAKOBO 1:27: Ijambo Amiantos
A. ”YADA” N’ijambo ry’Igiheburayo rikoreshwa rivuga idini ry’ukuri.
ryahinduwe mu Isezerano rya Kera • Idini ry’ukuri ritunganye kandi ritagira
risobanura “ KUMENYA” agasembwa imbere y’Imana Data wa
B. YADA kandi rifite ubundi busobanuro bwo twese ni iryita ku mpfubyi n’abapfakazi
“ gutanga ubuzima “ mu mibabaro yabo no kwirinda
C. Ibyanditswe byera biratubera urugero: kwanduzwa n’iby’isi.
ITANGIRIRO 4:1 Iri jambo rikoreshwa
hano risobanura gutanga ubuzima hagati ya 3. ABAHEBURAYO 7:26 Hakoresha ijambo
Adamu na Eva AMIANTOS mu kuvuga umutambyi mukuru wera
a) Ibi bivuga guhuza ibitsina utagira inenge
b) “YADA” Ijambo ry’Igiheburayo
• Nta kintu na kimwe gitunganye kurusha
risobanura guhuza ibitsina hagati
umutambyi mukuru w’Imana yacu.
y’umugabo n’umugore we.
• DANIYELI 11:32; HOSEYA 6:1-3 hano iri 4. ABAHEBURAYO 13:4: Amiantos rikoreshwa
jambo rikoreshwa mukumvikanisha gutanga mu kuvuga umubano w’abashakanye.
ubuzima hagati y’Imana n’umuntu.
Urukundo rushingiye kugitsina hagati Imana izaciraho iteka abahehesi n’abasambanyi.
y’umugabo n’umugore Ariko uburiri bw’abubakanye ntibukwiye
guhumanywa.
• Ibi bivuga urukundo rudasanzwe, imibanire
Imana ishaka kugabana n’abantu bayo.
3. UKURI GUKOMEYE: Imana ikoresha
ijambo rimwe ku bintu bibiri. 5. UKURI GUKOMEYE: Imana ihitamo ijambo
a) Urukundo rushingiye ku gitsina hagati rimwe ku bintu bine.
y’umugabo n’umugore. 1. Kuragwa ubugingo buhoraho
b) Urukundo rwo mu buryo bw’Umwuka 2. Idini ry’ukuri
hagati y’Imana n’uwizera 3. Umutambyi mukuru wa Kristo
4. Imana yari ishoboye gukoresha amagambo 4. Uguhuza ibitsina kw’abubakanye.
atandukanye ariko
a) Kuba yarahisemo ijambo rimwe ni
ukutwereka ko ibijyanye n’igitsina ari

18
19

6. Imana yashoboraga gukoresha amagambo RIFITE UBUSOBANURO BWO GUHA


atandukanye mu gusobanura ibijyanye n’ibyo “Ubuzima uwo ukunda”
guhuza ibitsina kububakanye. Yego cyangwa Oya
a) Kuba Imana yarahisemo gukoresha ijambo rimwe 2. Muri byose hongewemo nibyo guhuza
kuri ibyo bine byose kwari ukwerekana ko guhuza ibitsina, tugomba kureka Imana hamwe
ibitsina kw’abubakanye ari igikorwa gihawe n’Ijambo ryayo bikatuyobora kurusha ibindi
umugisha (cyera). byose twumvise
b) Ni igikorwa gihawe umugisha nk’umutambyi Yego cyangwa Oya
mukuru wa Kristo. 3. Ni ubuhe busobanuro bw’ijambo ry’Ikigiriki
D. Ibintu bine bishingiye kuri Bibiliya “AMIANTOS”
a) Ikintu cyejejwe (gitunganye) cyangwa
1. Imana yaremye igitsina. Igitsina cyari impano kitagira ubusembwa
y’Imana kuri Adamu na Eva igihe bari mu murima
b) Isugi
wa Edeni.
c) Kumenya
2. Imana yategetse ko igitsina kiba icyo kwifuzwa, d) Kwanduzwa
urugero : Indirimbo ya Salomo irabivuga neza
4. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari mu nzira enye
3. Mu ijambo ryayo Imana ibuza guhuza ibitsina zavuzwe muri iri somo ku bijyanye no kumenya
• Ibikora biciye muri « YADA » no muri ibyo guhuza ibitsina?
« AMIANTOS »
a) Biciye ku babyeyi n’umuryango
Igitsina kiba gihumanye (cyangwa cyanduye) iyo
gikoreshwa mu yindi nzira keretse kububakanye. b) Biciye kubo tubana hafi ndetse n’inshuti

GUSOZA c) Biciye mu migenzo karande

Mu mibonano y’abubakanye igitsina kiba cyera d) Biciye mu bitabo dusoma byerekeye ibyo guhuza
kandi gitunganye. Ibi bitwigisha kandi urukundo ibitsina
rudasanzwe Imana ifitiye abantu bayo. 5. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari mu bintu bine
IBYO KUGANIRAHO MU MATSINDA Bibiliya ivuga kubyerekeye guhuza ibitsina?

1. Ni musangire ibitekerezo mushingiye kubyo a) Imana niyo yaremye igitsina


mwigiye kubabyeyi kubyerekeye b) Imana yagishizeho kugirango habeho kubyara
iby’ibitsina no guhuza ibitsina. Mugereranye abana gusa ntakindi
izo nyigisho mwahawe nizo twize bihura
c) Imana ibuza uguhuza ibitsina biciye mw’ijambo
bite? Bitandukaniye he?
ryayo (kiretse kububakanye)
2. Muhane kandi ibitekerezo bijyanye nibyo
mwize hamwe n’inyigisho mwabonye kubyo d) Igitsina kiba cyanduye cyangwa gihumanye, igihe
guhuza ibitsina bivuye ku nshuti ndetse no gikoreshejwe mu nzira itariyo n’ukuvuga iyo atari
kumigenzo karande. Mubigereranye kububakanye.
ninyigisho mwumviye muri iri somo, mbega ISOMO RY’UMWE UMWE
bihura gute cyangwa bitandukanye gute?
3. Ni muganire kuri iki kibazo: Mbega wumva 1. Fata umwanya utekereze kubyo waciyemo
itorero ryigisha bikwiye kubijyanye n’ibyo kubijyanye no guhuza ibitsina. Mbese hari ibyo
waciyemo byagukomerekeje muburyo bufatika
guhuza ibitsina? Mbega ni gute umuryango
cyangwa bw’amarangamutima. Fata umwanya wo
hamwe n’itorero bakorera hamwe kugira ngo
gusenga kubw’ibyagukomerekeje, kandi usabe
babyigishe muburyo bukwiye?
Imana itangire yomore ibikomere wagize mubuzima
bwawe bw’ibyo guhuza ibitsina.
IBIBAZO
1. Ijambo ry’Igiheburayo “YADA “ 2. Tekereza ku ijambo ry’Igiheburayo “YADA”
risobanurwa ngo : “Kumenya” KANDI hagati yawe n’Imana ufatiye k’ubusobanuro bw’iryo

19
20

jambo. N’iki wize k’urukundo rw’Imana kuri E. Reka turabe mu buryo bwagutse ibyo dusanga mu
wowe? Andika aha munsi ibyo wabonye cyangwa gitabo cya mbere cy’ABATESALONIKE 4:1-8. Ibi
witegereje kandi ufate umwanya wo gusenga, bikurikira nibyo twiga ku byerekeye ibyo guhuza
kingura umutima wawe kubw’urukundo rw’Imana. ibitsina kwejejwe:

3. Mu gihe uriko usenga soma EZEKIYERI igice 1. Uguhuza ibitsina kwejejwe ni ubushake
cya 16 n’iki wize kubijyanye n’ukwezwa mu bw’Imana (4:3). Uguhuza ibitsina hagati
yabatashakanye ni ugusiribanga ubushake
muryango hamwe n’ukwezwa na Kristo? Usomye
bw’Imana.
icyo gice ni gute wasobanura ubusambanyi bwo mu
buryo bw’Umwuka? 2. Guhuza ibitsina kwejejwe kubaha ukwera
kw’Imana (Abatesalonike 4:3, 7)
ISOMO RYA CYENDA: IBYEREKEYE
UGUHUZA IBITSINA. IGICE CYA KABIRI 3. Guhuza ibitsina kwejejwe gushimisha Imana
1. BIBILIYA IVUGA IKI KUBYEREKEYE 4. Guhuza ibitsina kwejejwe gutsimbataza
UGUHUZA IBITSINA? icyubahiro cya bene data na bashiki bacu (4:6)
Twifashishije uyu murongo, umuntu akoresheje
A.Mu isomo rirangiye kuva mw’Isezerano rya Kera igitsina hanze y’urushako aba atwaye inyungu
kugeza mw’Isezerano Rishya twabonye ko Imana z’uwundi muntu
ibuza ko abantu batubakanye bahuza ibitsina. Hari
myinshi ishingiye kuri uku kuri tuza kurebera muri 5. Guhuza ibitsina kwejejwe kuvamo imigisha
iri somo. y’Imana. Paulo abivuga neza, “IMANA “ izahana
umuntu wese ukoresha igitsina mu zindi nzira atari
B. Twabonye kandi yuko igihe igitsina kigiye kububakanye.
gukoreshwa hanze y’urushako kiba gihumanye
(cyanduye) III.IKINTU CYA KABIRI CYO
KUGENDERWAHO: IGIHE IGITSINA
1. Igitsina gifite imbaraga zo konona ubuzima GIKORESHEJWE MU NZIRA ZITEMEWE NI
bw’umuntu hamwe n’imibanire ye n’Imana ICYAHA GIKOMEYE KU MANA
2. Ndizera ko inkuru ya Samusoni mu gitabo A. ITANGIRIRO 39:9; ZABURI 51:4
cy’Abacamanza ari urugero rumwe rwerekana uku (IBYANDITSWE BY’URUFATIRO)
kuri.
B. Yosefu na Dawidi bombi bari basobanukiwe neza
C. Dushobora kuvuga mu ncamake inyigisho zacu ko ubusambanyi ari icyaha kibabaza Imana.
zo muri iri somo mugusangira ibitekerezo ku bintu
bine by’urufatiro ngenderwaho byo muri Bibiliya. C. Kuba Yosefu yari abisobanukiwe cyane
byamurinze kugwa muri iki cyaha
II.IKINTU CYA MBERE NGENDERWAHO:
ABANTU BAREMEWE GUKUNDWA NO D. Uku kubisobanukirwa byatumye Dawidi
KWUBAHWA; IBINTU BYAREMEWE mubuzima bwe aza gusaba imbabazi Imana nabwo
GUKORESHWA. yari yamaze gucumura.
A. 1 ABATESALONIKE 4:1-8 (Imirongo E. Bibiliya yerekana ibikomere icyaha
y’urufatiro) cy’ubusambanyi kizana k’uwundi muntu (Imigani
6:30-35; 1 ABATESALONIKE 4:6
B. Umuntu ahabwa agaciro mu byo akora atari
kubw’icyo ari cyo ariko umuntu wese akwiye F.Bibiliya kandi isobanura igikomere icyaha
guhabwa agaciro. cy’ubusambanyi kizanira umuntu kugiti cye
(Imigani 6:25-29)
C. Si ubumuntu kuba abantu baha agaciro amarari
y’ubusambanyi kuko bituma abantu barimbuka G.YOSEFU na DAWIDI bari basobanukiwe
cyangwa bagakoreshwa nk’ibintu bidafite ubuzima. igikomere bizana ku Mana.
D. Umuntu wese, umugabo cyangwa umugore • Iyo dukomerekeje undi muntu tuba
waremwe mw’ishusho y’Imana, agomba tuzanye umubabaro k’umwana
gukoreshwa hubahirijwe uburenganzira bwe w’IMANA. Icyo gikomere
nk’ikiremwa muntu hamwe n’icyubahiro cye. kiramubabaza cyane.
IV.IKINTU CYA GATATU CYO
KUGENDERAHO: IMANA IVUGA KANDI
20
21

ISHIMANGIRA IBINTU BYOSE BYEREKEYE mirongo mu matsinda hanyuma murebe neza ku


GUHUZA IBITSINA
murongo w’umunani. Mbese n’akahe kamaro ko
A. Abikorinto 6:13-20 (Imirongo y’urufatiro) kubuzwa ibyo, kandi ni ukubera iki Paulo
B. Iyi mirongo iduha gusobanukirwa gukwiye yagombaga kubivuga muri ubwo buryo?
kubijyanye n’imbaraga ziri mu guhuza ibitsina.
Andika ibi bintu by’ukuri bikurikira:
2. Ikintu cya kabiri ngenderwaho, twabonye ko
1. Igihe dukoresheje ibitsina byacu mu nzira zitarizo ubusambanyi ari igicumuro ku Mana. Muri mu
ni nkuko tuba dukururiye Kristo mu cyaha (1 matsinda muganire kubusobanuro bw’uko kuri. Ni
Abikorinto 6:16) gute ari igicumuro ku Mana?

2. Amarari yacu adukururira mu gushima ibyo 3. Ikintu cya gatatu ngenderwaho, n’uko amarari
tubonesha amaso yacu, maze bikadukururira mu hamwe no gushima ibiboneka (isura y’umuntu)
busambanyi. bidukururira mu busambanyi. Musome Abikorinto
6:16-17, mbega n’iyihe migisha izanwa no
Iyo igitsina cyacu gikoreshejwe hanze, tuba
kubakana kw’abakristo?
dukomerekeje imibiri yacu. (Imirongo ya 16-17)
4. Murwandiko rwa 1 rw’Abikorinto 6:18 Paulo
3. Paulo atubwira ko turi insengero z’Umwuka
adutegeka guhunga ubusambanyi. Ni muganire
Wera, nicyo gituma tugomba gushimisha Imana
kunzira twacamo mu kwubaha ibyo Paulo atubwira.
imibiri yacu. (imirongo ya 19-20)
IBIBAZO
V.IKINTU CYA KANE CYO KUGENDERAHO:
1.Imana ifata ibyo guhuza ibitsina nk’ibikomeye.
IBYO IMANA IDUSABA BISHINGIYE Yego cyangwa Oya
KUMUDENDEZO HAMWE NO KURINDWA 2.Imana ntabwo yigeze ibuza ubusambanyi haba mu
KWACU Isezerano rya Kera ndetse no mu Isezerano Rishya.
Yego cyangwa Oya.
A. Umudendezo nyakuri tuwusanga 3.Iyo umuntu akoresheje igitsina mu nzira atariyo
mugutandukanya ibyo Imana yaturemeye kuba byo aba acumuye kuri nde?
a) Imana
B.ICYO KUTUYOBORA: Umugozi udufata niwo
b) Twebwe ubwacu
wongera ukaturinda.
c) Uwo twakoranye icyaha
C. Ibyo Imana yashyizeho biraturinda, bikongera d) Nta numwe
bikarinda n’ubuzima bwacu. Umwuka Wera, 4. N’ikihe muri ibi bikurikira kitaricyo mu bintu bine
ubuzima, n’imibiri yacu. by’urufatiro mu byerekeye uguhuza ibitsina?
a) Abantu baremewe gukundwa
IBYO KUGANIRAHO MU MATSINDA
b) Ibintu byaremewe gukoreshwa
1. Ikintu cya mbere ngenderwaho muri kino gice c) Umuntu akwiye guhabwa agaciro kubw’ uwo
gishingiye muri iyi mirongo yo murwandiko rwa ariwe aho kuba kubw’icyo akora.
mbere rw’Abatesalonike 4:1-8. Musome iyi d) Ibitsina n’ikizira mu maso y’Imana.

21
22

5) Ni uwuhe mugambi w’Imana mu kubuza ibyo 4. Twifashishije icyanditswe twabonye mu matsinda


guhuza ibitsina? (Imigani 18:21): Urupfu n’ubugingo biri mu
bubasha bw’ururimi .
a) Kubuza no kurinda umwuka wacu, ubugingo
bwacu n’imibiri yacu Dufite ububasha budasanzwe bwo gutera intege
cyangwa guca intege biciye mu magambo tubwira
b) Kutugira abera
abo twubakanye.
c) Kutwibutsa ko turi ibiremwa byaguye
5. Kuganira iby’ubuzima bifatanye n’imyifatire
d) Kutwigisha amategeko yayo y’umutima.

ISOMO RY’UMWE UMWE a) Dushobora gutanga uburozi tukongera tukica


biciye mu byo tuvuga.
1. Iri somo ritwigisha ko ibyo Imana yihanangirije
ari kubw’umudendezo wacu hamwe no kurindwa b) Cyangwa dushobora gutanga umugisha kandi
kwacu. Andika aho waba waranze kugendera mu tukongera tugatanga ubuzima mu byo tuvuga
nzira y’Imana mu buzima bwawe. Fata umwanya
Imyifatire itanu y’umutima itanga uburozi n’urupfu
usenge Imana uyisabe imbabazi kandi ureke byose
mubyo tuvuga mu bubakanye :
umwemerere akurinde.
1. KWIHISHA : Kwihisha bisobanurwa ko umuntu
2. Niba warigeze ugwa mucyaha cy’ubusambanyi
agerageza kutagaragara.
mu buzima bwawe andika ukuntu icyo cyaha
cyagukomerekeje gikomeretsa n’abandi. Senga a) Iyi myifatire isobanuye neza mu Itangiriro 3 :7-10
kandi wakire imbabazi z’Imana hamwe no gukira.
b) Adamu na Eva bamaze gucumura bahise
3.Bibiliya itubwira guhunga ubusambanyi. Ni gute badodadoda ibibabi batangira guhunga kugirango
ugiye gucunga ubuzima bwawe mugihe kiri imbere. bihishe Imana.
Andika intambwe watera hanyuma uzihe Yesu.
c) Hari inzira nyinshi umuntu ashobora gucamo
Kingukira bene so wizera ko ari inshuti z’ukuri
kugirango ntihabe ikiganiro mu muryango:
ubaturire hanyuma ubasabe bazagufashe kubahiriza
ibyo wiyemeje. d) Dufite zimwe na zimwe hano: Akazi, umurimo
w’Imana, ibitotsi, kwirinda kuvugana nuwo
ISOMO RYA CUMI: KUGANIRA
mwubakanye
KUBY’UBUZIMA
e) Guhishanya no kwirengagiza gushaka umuti
1. KUGANIRA KUBY’UBUZIMA NO
w’ingorane kandi bikenewe ko mu bivuganaho
KUBITARI IBY’UBUZIMA
2. KWISOBANURA: Bisobanura kugerageza
A.Kuganira iby’ubuzima ni kimwe mu bice
gusaba imbabazi
bikomeye by’urugo ruhamye kandi ruhawe
umugisha a) Iyi myifatire iragaragara muri 1 Samweli 15:9
hamwe no muri 1 Samweli 13:15
B.Kuganira iby’ubuzima mu rugo dushobora
kubisobanukirwa mu nzira ebyiri: b) Ni intambwe yo kwanga kuvuga cyangwa
kwemera ko udatunganye
1. Ni ubushobozi bwo kuvugana n’uwo
mwubakanye ibiri mu bwenge no mu mutima. c) Ariko ko uzababarirwa ku byo wakoze
byumvikanisha ko ari ukuri.
2. Ni ubushobozi bwo gutega amatwi no kumva neza
ibyo uwo mwubakanye afite mu bwenge no d) Ibi nibyo umwami Sawuli yakoze mu byo
kumutima twasomye
3. Kuganira iby’ubuzima kugizwe n’ibintu bikuru i) Usomye neza iyo nkuru urabona ko umwami
bibiri: Sawuli yanze kumvira
Kuganira no kumvikana ii) Aho kwemera ko ari umunyabyaha ngo asabe
Imana imbabazi AGERAGEZA GUSOBANURA

22
23

UKUTUMVIRA KWE NKAHO ARI i) Ururimi rwa kavukire ruratandukanye, mu mico


UGUKIRANUKA itandukanye. Mu mico itandukanye ibyo umwana
yiga mugihe akura bitanga ugushaka no kwifuza
iii) Iyo dusabye imbabazi kubw’imyifatire mibi yacu
bifatanye.
ni nk’aho tuba twicunguye.
ii) Muyindi mico, kwiga ururimi mbere birarushya
3. KWIRENGERA: Bisobanuye ko uwakoze ikosa
cyangwa icyaha ashakisha uburyo bwose bwo c) Ikintu gikomeye cyo kugenderaho
kwirengera ashyira amakosa ye cyangwa intege nke n’ikihe: Ni gute nereka undi muntu yuko
ze kubandi bantu nshaka kumwumva no kumukurikira (ku
mutega ugutwi)
• Iyi myifatire iragaragara neza usomye
mw’Itangiriro (ukugwa) no muri 1 2) UGUKINGUKA: Bisobanuye ko inzira yanjye
Samweli 15:21 aho tubona ugucumura cyangwa igitekerezo cyanjye ataribyo kamara.
kw’umwami Sauli
a) Ingorane nyinshi mu muryango zirashobora
i) Adamu nawe mukwirengera yagerageje gushakirwa umuti biciye mu nzira zitandukanye
guherereza amakosa ku Mana
b) Kenshi hariho imiti inyuranye y’ingorane
ii)Niwa mugore wampaye
c) Iyi myifatire y’umutima igaragaza ko nubaha ibyo
iii) Muyandi magambo ni nkuko yavuze ati “Mana ngenderaho hamwe n’ibyo undi yizera cyangwa
iri n’ikosa ryawe.” nawe atekereza

4. UBWIBONE (Ubwirasi): Ubwibone bugaragarira d) Si ngombwa ko bikorwa munzira natekereje gusa


mu myifatire ikurikira: na mugenzi wanjye yatanga inzira iboneye
3. UKUVUGA UKURI: Ukuvuga ukuri bisobanuye
a) Guhora numva ko ndi umunyakuri. Bishingiye
ko nzavuga ibyo numva ari iby’ukuri cyangwa
kugutekereza ko ndi umunyabwenge kandi ndi
ntekereza ko ari ukuri
mwiza nduta abandi
a) Akenshi mu biganiro byacu tuzavuga ibyo
b)Singukeneye kandi sinkeneye no kwumva dutekereza ko aribyo mugenzi wacu ashaka kumva
ibitekerezo byawe.
i) Ibi niby’ukuri igihe dutinya uwo muntu munzira
5. INZIKA: Inzika igaragarira mu gukoresha zimwe na zimwe:
amagambo akomeretsa abandi bivuye k’umushari
ii) Cyangwa hari igihe habaho ko tubabwira ibyo
uri mumutima
bashaka kwumva kuko dushaka ko bagerageza
a) Inzika akenshi ijyana no kubura umutekano kureka kwiheba.

b) Mu mutima wanjye nzi neza ko ndi mubi b) Uko byaba kwose igituma kuganira tuvugisha
ndatunganye ariko ubwibone cyangwa bwanjye ukuri bidashoboka bishobora guterwa nuko mba
ntibunyemerera kubizibukira nshaka kwereka mugenzi wanjye ko ndi umunyakuri

c) Inzika yacu iyo izikurutse yera imbuto zitari nziza UKWIZERA: Ukwizera bisobanuye ko Imana
izamfasha kandi impindure
namba
a) Iki kintu ngenderwaho tugisanga muri 1
UKURI GUKOMEYE: Iyi myifatire itanga uburozi PETERO 3:1-7
hamwe n’urupfu hanyuma igatuma ibyo kuganira i) Dusomye neza ibyandistwe bitujyana
kuby’ubuzima bidakunda. mugusobanukirwa ko Imana ishobora
D. Imyifatire ine y’umutima itanga umugisha guhindura undi muntu
n’ubuzima mu biganiro byacu no mu bukwe ii) Rimwe na rimwe niyo twaba twaganiriye
n’undi muntu ntahindure, Imana ishobora
1. UGUSHAKA: Ugushaka bisobanuye ko mfite
kumuhindura.
ubushake bwo gutega amatwi
iii) Cyangwa hari aho aritwe dukeneye
a) Ibi bikorwa biciye mu magambo yacu n’ukuntu guhinduka.
tuganira n’abantu, mundimi za kavukire.
23
24

b) Igihe undi muntu adasubije nshobora kwizera 5. Ni uwuhe mwifato w’umutima uganisha umuntu
ko Imana izamuhindura. kukubura umutekano?
c) UKURI GUKOMEYE : Imbaraga z’Umwuka a) Ubwibone
Wera zonyine nizo zishobora guhindura kamere
y’umuntu. b)Kwirengera

IBYO KUGANIRAHO MU MATSINDA c) Inzika

1. Soma YAKOBO 3 :1-12 Yakobo avuga cyane d) Kwisobanura


kubyo gukoresha ururimi— Ururimi ni ISOMO RY’UMWE UMWE
igikoresho cyo gutanga amakuru. Nigute
inyigisho za Yakobo wazigereranya n’inyigisho 1. Fata akanya wiyumvire kukuntu uganira
ukuye muri rino somo? n’abandi. Ni wandike zimwe mu nyifato mbi zoba
zarabaye mu biyago vyawe. Fata umwanya wo
2. Ni muganire kumyifatire itanu y’umutima gusenga kandi wakire uguhinduka mu mutima
ishobora gutuma umuntu atanga uburozi mu wawe.
biganiro bye. Tanga kandi usobanure ingero
kumyifatire iyo ariyo yose ushingiye kubyo 2. Fata akanya utekereze kumyifatire ine itanga
waciyemo mubiganiro byawe cyangwa imigisha n’ubuzima. Andika uko ukoresha iyo
iby’abandi. myifatire mumibanire yawe n’umugabo, umugore,
ababyeyi, inshuti, abandi mubana nk’ abapasitori,
3. Soma mw’Isezerano Rishya, urwandiko n’abandi.
rwandikiwe Filemoni. Muri uru rwandiko Paulo
yerekana urugero rw’imyifatire myiza y’umutima 3. Tekereza aho wakomerekeje abandi biciye mu
mu byo twigiye muri iri somo. Muganire uko iyi biganiro. Mu isengesho ryawe ni wature imbabazi
myifatire igaragara mubyo Paulo avuga kandi ukingure umutima wawe mu gutunganirwa
murwandiko yandikiye Filemoni. no kwomorwa ibikomere.

IBIBAZO
1. Iyi myifatire ine y’umutima izazana imigisha
n’ubuzima mu biganiro byacu no mu rugo. Gushaka,
Gukinguka, kuvuga ukuri no kwizera. Yego
cyangwa Oya
2. KWIHISHA: n’ukugerageza kwirengagiza
ingorane zagombaga kubwirwa abandi. Yego
cyangwa Oya
3. Ni uwuhe mwifato w’umutima uvuga ko
ngerageza gushyira amakosa yanjye kuwundi?
a) Kwisobanura
b) Inzika
c) Kwirengera
d) kwihisha
4. Ni uwuhe mwifato w’umutima utuma umuntu
yirinda kuvuga ati “Ndi mubi”
a)Kwisobanura
b) Kwirengera
c) Inzika
d) Ubwibone

24

You might also like