Professional Documents
Culture Documents
A : « Abantu babiri bafite ibyo batujuje » Hari II. IBINTU BITATU BITUMA SATANI
ubukwe bubiri bwonyene bukwiriye cyangwa YANGA AKONGERA AKARWANYA
butunganye dushobora kuvuga dufatiye mu bihe UBUKWE BW’ABAKRISTO
byahise. A.Ishusho y’Imana ngenderwaho (bagenderamo)
1. Adamu na Eva bakoze ubukwe butunganye 1. Umugabo n’umugore, bose berekana ishusho
mbere y’uko icyaha kinjira mw’isi. y’Imana. (Itangiriro 1:26-27)
2. Yesu Kristo hamwe n’umugeni we bazakora 2. Igihe Imana yaremaga umugore yamukuye
ubukwe butunganye igihe azaba agarutse gutora m’urubavu rw’umugabo.
itorero
• Ubwa mbere umugabo yari mw’ishusho
3. Ubundi bukwe bwabonetsemo ubusembwa y’Imana nicyo gituma n’icyaremwe kivuye
kubwo kujya kure k’umwana w’umuntu ; (cyangwa m’urubavu rwa Adamu nacyo ari ishusho
ukugwa k’umwana w’umuntu igihe icyaha cyari y’Imana.
kimaze kuza mw’isi (Itangiriro 3)
3. Igihe Imana yaremaga umugore ni nkuko yari
a) Nta bantu bariho batunganye kandi nta n’ubukwe igabanije ishusho yayo mu bice bibiri.
butunganye.
4. Imana ubwayo niyo yatunganije ubukwe bwa
b. Dushobora kuvuga kubijyanye n’ibyiza hamwe mbere. Mu kuvuga ku bijyanye n’umunsi mukuru
n’ibyiza biba mu buzima bw’abashakanye w’ubukwe Imana yavuze iki kintu gikurikira: Nicyo
gituma umuntu azasiga se na nyina akabana
1
2
2
3
3.Ubu nta migenzo myinshi igihari yo gusenga kandi ukingure umutima wawe kugirango wakire
ibigirwamana. Ni gute wowe n’itsinda muri kumwe urukundo rw’Imana.
ni gute musobanura ubusambanyi bwo muburyo 3. Niba wubatse fata umwanya wiyumvire
bw’Umwuka muri iki kinyejana cya 21? kuwo mwubakanye. Saba Imana igufashe gukunda
uwo mwubakanye kugira ngo yonyine yerekane
IBIBAZO
urukundo rwayo mu mubano wanyu no kw’isi
1.Igihe Imana yaremaga Eva imukuye m’urubavu yose.
rwa Adamu, ishusho yayo yayiciyemwo ibice bibiri. 4. Niba utarubaka fata umwamya usenge
Ubukwe bwunga ishusho y’Imana. kugirango Imana itegure umutima wawe
Yego cyangwa Oya n’ubukwe bwawe bwo mugihe kizaza. Shima
Imana kuba uri umusore utarubaka wibuke ko
2.Mu Isezerano rya Kera Imana igereranya kutaba utunganye muri Kristo.
umwiringirwa mu buryo bw’Umwuka
n’ubusambanyi. Yego cyangwa Oya 5. Iminsi yose wibuke yuko ubukwe atari
ugushaka umuntu utunganye ariko n’ukuba
3.N’ikihe muri ibi bikurikira aricyo cy’ukuri ? umuntu atunganye. Imibereho y’abantu ikwiye
a) Imana ni umubyeyi w’urukundo kuzana n’ubucuti buzima.
b)Imana ni umubyeyi udafite urukundo
c)Imana ni umubyeyi utaboneka ISOMO RYA 2: URUGO RWUBAKIYE KURI
BIBILIYA
d) Imana ni umubyeyi ushinjanya ibyaha
I.IBICE BIBIRI BY’URUFATIRO
4.Iyo ubukwe budashyigikiwe n’ibyifuzo hamwe
n’amarangamutima buba bushyigikiwe n’iki? ZABURI 127:1 /MATAYO 7: 24-28
b) Iyo twumva amagambo ye ntituyabike tuba turi Ibi ni ibintu bikomeye cyane kuko umugabo
abapfu kandi tuba twubatse k’umusenyi n’umugore bagomba kuba incuti z’ukuri
4. PHILEO rusaba kubana n’umuntu igihe
5. Kubakristo bubakanye imiyaga yo mubuzima
izusikiranya k’umugabo n’umugore we, igihe bose kinini m’ubucuti bukomeye cyangwa
bakunda Imana kandi igihe inzu izaba yubatse ubucuti bukomeye bwubakiye kugufata
k’urutare iyo nzu izaguma ihagaze kugeza ibyo umwanya ukwiye wo kubana igihe dushaka
byisukiranya birangiye. kubakana.
5
6
7
8
A. IKINTU CYA MBERE: Ikintu cyo kuzana 1. Uwo mugaragu yaashakaga umuntu wifuza
uwo musangiye ubuzima bw’iby’Umwuka, gukorera abandi.
igihugu (ITANGIRIRO 24:1-4)
• Igihe uwo mugaragu yageraga k’umugezi
1. Inkuru yo mw’Itangiriro 24 ivuga ibijyanye
Rebeka ntabwo yamuhaye amazi wenyine,
no gushakira isaka umugeni.
ahubwo yahise avoma amazi aha n’ingamiya
ze nazo ziranywa zirahembuka.
2. Aburahamu yahamagaye abashobora
• Iki gikorwa yongeyeho gishobora kuba
kumufasha gushakisha.
cyaramutwaye amasaha
2. Ibintu bikunda gukorwa rimwe na rimwe
3. Aburahamu yahaye ububasha umugaragu we
n’uko tugomba kwibaza ibibazo bikurikira
amurahiza n’indahiro ku Mana yuko
byerekeye uwo twifuza kuzabana yaba
atazashakira umuhungu we umugore
umugore cyangwa umugabo: Mbese uwo
ukomoka mubakobwa b’Abanyakanani.
tugomba kubakana yaba yariyemeje
gukorera Imana? Ese ari kumwe nabandi aho
4. Kubera iki? Mbese niki kitagendaga
ntiyikubira?
kubakobwa b’Abanyakanani? Ntibasengaga
3. Umuntu utazi gufasha abandi ni umuntu
Imana y’ukuri.
wikubiraho (umuba gito)
4. Urugero rwo gukorera abandi turusanga
5. Icyo cyabaye ikintu nyamukuru cyo
muri Yesu Kristo “ntawagira urukundo
kugenderaho mw’Isezerano rya Kera
ruruta urw’ umuntu witangira abanzi be”
ntushobora kurongora umuntu usenga iyindi
(Yohana 15:13)
Mana atari Imana yo mw’Ijuru.
5. Ubukwe bw’Abakristo buduhamagarira
6. Icyo twakora nuko tutabana n’umuntu
guhora tureka ubugingo bwacu kubwa
utaregurira Yesu umutima we.
bagenzi bacu umugabo /umugore.
IKINTU CYA KABIRI CYO a. Iyi ndangagaciro igomba kuranga abo bantu
KUGENDERAHO: babiri na mbere y’uko babana.
b. Mbese twiteguye gukorera Imana no gufasha
1. N’ikintu cyo kwemera kuyoborwa n’Uwiteka
(ITANGIRIRO 24:7) Nk’uko Aburahamu abandi tutikubira?
yakomeje guha inama umugaragu we, D.IKINTU CYA KANE CYO
yamusezeraniye ibi bikurikira: Imana izohereza KUGENDERAHO: Kuba umuntu utunganye
marayika akujye imbere akwereke aho usabira (ITANGIRIRO 24:16)
umugeni umuhungu wanjye. Muyandi magambo
Imana izayobora intambwe zawe. 1. Ibyanditswe bisobanura Rebeka muri ubu
buryo: “Umukobwa yari mwiza cyane
2. Mu mirongo ikurikira turabona ko uwo w’isugi…..”
mugaragu yasenze asaba Imana ngo imuyobore.
(ITANGIRIRO 24:12-14) 2. Tugomba kwemera ko ubusugi ari impano
idasanzwe umuntu wese agomba guha mugenzi
3. Aburahamu hamwe n’uwo mugaragu barimo we yaba umugabo cyangwa umugore
batwereka ko igihe duhaye imitima yacu Imana
nayo iraza ikabana natwe maze ikadufasha 3. Bibiliya ihuje ubusugi n’ubwiza ibi
kubona umuntu w’ukuri dushobora kwubakana. bisobanuye ko ukwera ari ikintu kiza
4. UKURI GUKOMEYE: Nidusenga Imana 4. Iyo umuntu yakoze imibonano mpuza bitsina
nayo izatuyobora iduhitiremo uwo mbere yo gushinga urugo abicishije mu nzira
twakubakana. zitabereye z’ubusambanyi, hanyuma akigarura
agasaba Imana imbabazi amaraso ya Yesu
C. IKINTU CYA GATATU CYO aramwoza. Kuba barakoze iryo kosa
KUGENDERAHO: Ukuba umukozi ntibibakumira kurongora cyangwa kurongorwa
w’umugwaneza (ITANGIRIRO 24:14)
9
10
muyandi magambo ntibibabuza kuba bashinga umuntu utunganye bishimisha Imana. Mbese
urugo. n’izihe zimwe mu nzira zishobora
kudufasha gutungana zigafasha n’abandi
5. Igikunda kuboneka n’uko kuba umuntu
utunganye ubu, nicyo kikugira mwiza gutungana?
(uwifuzwa).
IBIBAZO
IKIBAZO CY’UKURI GIKOMEYE: Mbese 1. Bibiliya ihuza ubusugi hamwe n’ubwiza
mugenzi wanjye yaba yariyemeje kugendera Yego cyangwa Oya
mubutungane no gushikama?
2. Ikibazo cyo kugenderaho kijyanye no
E.IKINTU CYA GATANU CYO gufasha abandi dusanga mw’Itangiriro 24:14
KUGENDERAHO: Ni icyo kugira ubushake cyaba kituyobora ku kibazo gikurikira
bwo gukora ikintu (ITANGIRIRO 24:57-58) kubijyanye n’umugabo cyangwa umugore
1. Nyuma yuko umubyeyi hamwe n’uwo wo mugihe kizaza? Mbese uwo dushaka
mugaragu bari barangije kuvugana bahise kubakana yaba yariyemeje gukorera Imana
bahamagara REBEKA aho bari bari kuganirira hamwe n’abandi? Yego cyangwa Oya
hanyuma bahita bamubaza iki kibazo: Mbese 3. Ikintu cyo guhitamo uwo musangiye
uremera kujyana n’uyu mugabo? Rebeka ubuzima bw’Umwuka bisobanuye:
arabasubiza ati: Ndemeye
a. Kurongora cyangwa kwubakana n’umuntu
2. Iri ni isezerano rikomeye cyane. Rebeka
wahaye ubuzima bwe Yesu.
yashoboraga guhitamo kugenda cangwa akanga
rero yagombaga gukora ibyo ashaka bijyanye no b. Kubakana n’umuntu umuryango wawe
guhitamo kwe. wemera
c. Kwubakana n’umuntu mwemeranya ku
3. Icyo dukura muri iyi nkuru kiri mukibazo kintu cyose
gikurikira: Mbega uwo dushaka kubakana d. Kwubakana n’umuntu azagukunda akuyemo
aduhitamo kubushake bwe?
abandi bose
4. Mu buryo bwo kugerageza ubushake bwacu
mubyo kubaka urugo dushobora kubaza ikibazo 4. Mbese n’ibiki duhamagarirwa guhora
gikurikira: Mbese twiteguye gukingurira dukora mu bukwe bw’abakristo?
imitima yacu abandi bantu? (cyangwa gufasha a. Guha abandi ibyo bakeneye byose
abandi kuguruka) b. Kugwiza abana
GUSOZA c. Gutanga ubugingo kubw’uwo mwubakanye
d. Gushimisha uwo ariwe wese.
Mbega naba niteguye kwinjira mu bumwe
bw’urushako? Igisubizo: Fata umwanya wo 5. Ninde watubereye urugero rwiza mu
kwisuzuma. Mbega naba mbona ibintu byiza
gukorera abandi?
biranga ubuzima bwanjye?
a. Yesu Kristo
IBYO KUGANIRAKO MU MATSINDA b. Rebeka
c. Aburahamu
1. Mbese waba warabonye urugero mu
d. Umugaragu w’Aburahamu
muryango wawe rw’umuntu w’umukristo
wakoranye ubukwe n’utari umukristo? None ISOMO RY’UMWE UMWE
byagenze bite?
1. Fata umwanya utekereze kukintu cyo
2. Mbese n’ibiki biranga umuntu ukorera
kwemera kurongorwa. Niwandike inzira
abandi dusanga mu buzima bw’abizera ba
zerekana ko icyo kizana kumererwa neza
kino gihe?
hamwe n’amahoro k’ubuzima bwawe, fata
3. Mbese ibyo biranga umuntu ukorera abandi
icyemezo gishya cyo kumwizera
ni gute byashobora gukomeza imibanire
y’abashakanye mugihe kizaza? Kuba
10
11
13
14
14
15
2. Kubera iki wibaza ko abagabo basuzugura 1. Niba uri umugabo wubatse, andika ibyo
impano idasanzwe yo mu buryo ubona nk’imbaraga umugore azana mu
bw’Umwuka umugore amuzanira ku munsi bukwe. Mbega umutima wawe urakingutse
w’ubukwe kugira ngo wakire izo mpano? Fata
3. Wibaza ko ari ukubera iki itorero umwanya usenge usabe Imana igufashe
ridashishikarira kwigisha ibijyanye n’uku kwakira izo mpano zivuye ku mugore wawe.
kuri kwavuzwe haruguru? 2. Niba utarubaka girana amasezerano n’Imana
yo kuzakira impano zo mu buryo
4. Tekereza kubagore uzi bagaragaje impano bw’Umwuka uzazanirwa n’umugore wawe
nk’izi twasomye muri Bibiliya. Ni mu wo mubihe bizaza. Fata umwanya usenge
ganire ku ngero z’aba bagore bakurikira: kandi ureke Imana yagure ibitekerezo
Rusi, Esiteri hamwe na Mariya. byawe.
3. Niba uri umugore wubatse tekereza ku
IBIBAZO mpano uha umugabo wawe mwubakanye
1. Imbaraga ni igice cy’impano umugore hanayuma uzandike munsi. Fata umwanya
ajyana mu bukwe? Yego cyangwa Oya wo gusenga ureke Imana igutere intege.
2. Mu Itangiriro 2:18 :Imana yaremye Yisabe ikwereke inzira nshya wacamo uha
umugore nk’umufasha w’umugabo. izo mpano umugabo wawe.
Ijambo ry’Igiheburayo risobanura 4. Niba naho uri umukobwa utarubaka,
umufasha ni EZER kandi risobanura tekereza ku mpano Imana yaguhaye. Fata
gufasha rivuye mu ijambo risobanura umwanya wo gusenga kandi ureke Imana
gukikiza cyangwa kuzengurutsa , igutere intege reka izo mpano ku bwe.
kurinda no gukurikira. Yego cyangwa 5. Igihe waba wubatse, ganira n’umugabo
Oya wawe cyangwa umugore wawe ukuri ko
3. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari muri iri somo. Ni musengere hamwe kugira
mubigize impano y’umugore ku mukwe ngo Imana ikomeze umuryango wanyu.
dushingiye kubyo Rev Cline avugaho? ISOMO RYA MUNANI: GUHUZA IBITSINA -
a) Ubwiza buboneka IGICE CYA MBERE
b) Ibyiringiro
I. MBEGA BIBILIYA IVUGA IKI
c) Ubwenge
KUBYEREKEYE GUHUZA IBITSINA
d) Umutekano A. Hari ahantu hane hatumenyesha ibyerekeye
4. N’izihe mbuto eshatu umugore guhuza ibitsina igihe turi gukura
utunganye yera? 1. Ababyeyi (umuryango)
a) Ibyiringiro, ubwenge, imbaraga 2. Abo tugendana (inshuti)
b) Amahoro, kuruhuka no gutera 3. Imigenzo
imbere n’umugisha 4. Ukwigerezaho k’umuntu
c) Umutekano, ubutunzi n’ubuzima
17
18
B. Aha hantu hane hashobora kutuyobora neza isezerano ry’ubucuti abantu babiri
cyangwa nabi ugasanga aribyo duhise bagirana igihe cyo gushyingirwa.
tugenderamo. b) Bitubwira kandi ukuntu Imana ishaka
C. Nicyo gituma tugomba kwongeraho icya kudukunda mu buryo budasanzwe.
gatanu kikiyongera kuri ibi bine byavuzwe III. IKINTU CYO KUGENDERAHO MU
1. Icya 5: Ubuyobozi bw’Imana hamwe ISEZERANO RISHYA (AMIANTOS)
n’ijambo ryayo A. “ AMIANTOS” n’ijambo ry’Ikigiriki
2. Tugomba kureka Imana hamwe n’ijambo risobanura ikintu gitunganye (cyejejwe
ryayo akaba ariryo riyobora kuruta cyangwa kitagira inenge)
kugendera kubyo twabwiwe cyangwa B. Mu Isezerano Rishya “AMIANTOS”
twabayemo tugenderamo risobanura ikintu gitunganye (cyejejwe
3. Aho ariho hose duhuye no gushidikanya kitagira ubusembwa cyangwa inenge).
kugikwiye gukorwa, ndi kumwe n’Imana Iri jambo rifite ubusobanuro bukomeye bwo
nzubaha ijambo ryayo. kutanduzwa.
4. Bibaye ngombwa nshobora kwanga ibyo C. IBYANDITSWE BIKOMEYE BYO
nabwiwe biciye kubabyeyi, inshuti, KUTUBERA URUGERO:
imigenzo karande ndetse nibyo niboneye 1. PETERO 1:4 “AMIANTOS”
jyewe ubwanjye, cyangwa ibyo nabayemo. Ryakoreshejwe mu kuvuga umwandu
5. Mbega Bibiliya yigisha iki kubyo guhuza twabikiwe mw’ijuru ko ari umwandu
ibitsina? utazabora, utanduye kandi utangirika.
II. IJAMBO RIGENERWAHO RYITWA • Ni ukuvuga ubugingo budashira
“YADA” MUGIHEBURAYO tuzaragwa: Yesu Kristo ubwe.
RIBONEKA MU ISEZERANO RYA
KERA 2. Muri YAKOBO 1:27: Ijambo Amiantos
A. ”YADA” N’ijambo ry’Igiheburayo rikoreshwa rivuga idini ry’ukuri.
ryahinduwe mu Isezerano rya Kera • Idini ry’ukuri ritunganye kandi ritagira
risobanura “ KUMENYA” agasembwa imbere y’Imana Data wa
B. YADA kandi rifite ubundi busobanuro bwo twese ni iryita ku mpfubyi n’abapfakazi
“ gutanga ubuzima “ mu mibabaro yabo no kwirinda
C. Ibyanditswe byera biratubera urugero: kwanduzwa n’iby’isi.
ITANGIRIRO 4:1 Iri jambo rikoreshwa
hano risobanura gutanga ubuzima hagati ya 3. ABAHEBURAYO 7:26 Hakoresha ijambo
Adamu na Eva AMIANTOS mu kuvuga umutambyi mukuru wera
a) Ibi bivuga guhuza ibitsina utagira inenge
b) “YADA” Ijambo ry’Igiheburayo
• Nta kintu na kimwe gitunganye kurusha
risobanura guhuza ibitsina hagati
umutambyi mukuru w’Imana yacu.
y’umugabo n’umugore we.
• DANIYELI 11:32; HOSEYA 6:1-3 hano iri 4. ABAHEBURAYO 13:4: Amiantos rikoreshwa
jambo rikoreshwa mukumvikanisha gutanga mu kuvuga umubano w’abashakanye.
ubuzima hagati y’Imana n’umuntu.
Urukundo rushingiye kugitsina hagati Imana izaciraho iteka abahehesi n’abasambanyi.
y’umugabo n’umugore Ariko uburiri bw’abubakanye ntibukwiye
guhumanywa.
• Ibi bivuga urukundo rudasanzwe, imibanire
Imana ishaka kugabana n’abantu bayo.
3. UKURI GUKOMEYE: Imana ikoresha
ijambo rimwe ku bintu bibiri. 5. UKURI GUKOMEYE: Imana ihitamo ijambo
a) Urukundo rushingiye ku gitsina hagati rimwe ku bintu bine.
y’umugabo n’umugore. 1. Kuragwa ubugingo buhoraho
b) Urukundo rwo mu buryo bw’Umwuka 2. Idini ry’ukuri
hagati y’Imana n’uwizera 3. Umutambyi mukuru wa Kristo
4. Imana yari ishoboye gukoresha amagambo 4. Uguhuza ibitsina kw’abubakanye.
atandukanye ariko
a) Kuba yarahisemo ijambo rimwe ni
ukutwereka ko ibijyanye n’igitsina ari
18
19
Mu mibonano y’abubakanye igitsina kiba cyera d) Biciye mu bitabo dusoma byerekeye ibyo guhuza
kandi gitunganye. Ibi bitwigisha kandi urukundo ibitsina
rudasanzwe Imana ifitiye abantu bayo. 5. N’ikihe muri ibi bikurikira kitari mu bintu bine
IBYO KUGANIRAHO MU MATSINDA Bibiliya ivuga kubyerekeye guhuza ibitsina?
19
20
jambo. N’iki wize k’urukundo rw’Imana kuri E. Reka turabe mu buryo bwagutse ibyo dusanga mu
wowe? Andika aha munsi ibyo wabonye cyangwa gitabo cya mbere cy’ABATESALONIKE 4:1-8. Ibi
witegereje kandi ufate umwanya wo gusenga, bikurikira nibyo twiga ku byerekeye ibyo guhuza
kingura umutima wawe kubw’urukundo rw’Imana. ibitsina kwejejwe:
3. Mu gihe uriko usenga soma EZEKIYERI igice 1. Uguhuza ibitsina kwejejwe ni ubushake
cya 16 n’iki wize kubijyanye n’ukwezwa mu bw’Imana (4:3). Uguhuza ibitsina hagati
yabatashakanye ni ugusiribanga ubushake
muryango hamwe n’ukwezwa na Kristo? Usomye
bw’Imana.
icyo gice ni gute wasobanura ubusambanyi bwo mu
buryo bw’Umwuka? 2. Guhuza ibitsina kwejejwe kubaha ukwera
kw’Imana (Abatesalonike 4:3, 7)
ISOMO RYA CYENDA: IBYEREKEYE
UGUHUZA IBITSINA. IGICE CYA KABIRI 3. Guhuza ibitsina kwejejwe gushimisha Imana
1. BIBILIYA IVUGA IKI KUBYEREKEYE 4. Guhuza ibitsina kwejejwe gutsimbataza
UGUHUZA IBITSINA? icyubahiro cya bene data na bashiki bacu (4:6)
Twifashishije uyu murongo, umuntu akoresheje
A.Mu isomo rirangiye kuva mw’Isezerano rya Kera igitsina hanze y’urushako aba atwaye inyungu
kugeza mw’Isezerano Rishya twabonye ko Imana z’uwundi muntu
ibuza ko abantu batubakanye bahuza ibitsina. Hari
myinshi ishingiye kuri uku kuri tuza kurebera muri 5. Guhuza ibitsina kwejejwe kuvamo imigisha
iri somo. y’Imana. Paulo abivuga neza, “IMANA “ izahana
umuntu wese ukoresha igitsina mu zindi nzira atari
B. Twabonye kandi yuko igihe igitsina kigiye kububakanye.
gukoreshwa hanze y’urushako kiba gihumanye
(cyanduye) III.IKINTU CYA KABIRI CYO
KUGENDERWAHO: IGIHE IGITSINA
1. Igitsina gifite imbaraga zo konona ubuzima GIKORESHEJWE MU NZIRA ZITEMEWE NI
bw’umuntu hamwe n’imibanire ye n’Imana ICYAHA GIKOMEYE KU MANA
2. Ndizera ko inkuru ya Samusoni mu gitabo A. ITANGIRIRO 39:9; ZABURI 51:4
cy’Abacamanza ari urugero rumwe rwerekana uku (IBYANDITSWE BY’URUFATIRO)
kuri.
B. Yosefu na Dawidi bombi bari basobanukiwe neza
C. Dushobora kuvuga mu ncamake inyigisho zacu ko ubusambanyi ari icyaha kibabaza Imana.
zo muri iri somo mugusangira ibitekerezo ku bintu
bine by’urufatiro ngenderwaho byo muri Bibiliya. C. Kuba Yosefu yari abisobanukiwe cyane
byamurinze kugwa muri iki cyaha
II.IKINTU CYA MBERE NGENDERWAHO:
ABANTU BAREMEWE GUKUNDWA NO D. Uku kubisobanukirwa byatumye Dawidi
KWUBAHWA; IBINTU BYAREMEWE mubuzima bwe aza gusaba imbabazi Imana nabwo
GUKORESHWA. yari yamaze gucumura.
A. 1 ABATESALONIKE 4:1-8 (Imirongo E. Bibiliya yerekana ibikomere icyaha
y’urufatiro) cy’ubusambanyi kizana k’uwundi muntu (Imigani
6:30-35; 1 ABATESALONIKE 4:6
B. Umuntu ahabwa agaciro mu byo akora atari
kubw’icyo ari cyo ariko umuntu wese akwiye F.Bibiliya kandi isobanura igikomere icyaha
guhabwa agaciro. cy’ubusambanyi kizanira umuntu kugiti cye
(Imigani 6:25-29)
C. Si ubumuntu kuba abantu baha agaciro amarari
y’ubusambanyi kuko bituma abantu barimbuka G.YOSEFU na DAWIDI bari basobanukiwe
cyangwa bagakoreshwa nk’ibintu bidafite ubuzima. igikomere bizana ku Mana.
D. Umuntu wese, umugabo cyangwa umugore • Iyo dukomerekeje undi muntu tuba
waremwe mw’ishusho y’Imana, agomba tuzanye umubabaro k’umwana
gukoreshwa hubahirijwe uburenganzira bwe w’IMANA. Icyo gikomere
nk’ikiremwa muntu hamwe n’icyubahiro cye. kiramubabaza cyane.
IV.IKINTU CYA GATATU CYO
KUGENDERAHO: IMANA IVUGA KANDI
20
21
2. Amarari yacu adukururira mu gushima ibyo 3. Ikintu cya gatatu ngenderwaho, n’uko amarari
tubonesha amaso yacu, maze bikadukururira mu hamwe no gushima ibiboneka (isura y’umuntu)
busambanyi. bidukururira mu busambanyi. Musome Abikorinto
6:16-17, mbega n’iyihe migisha izanwa no
Iyo igitsina cyacu gikoreshejwe hanze, tuba
kubakana kw’abakristo?
dukomerekeje imibiri yacu. (Imirongo ya 16-17)
4. Murwandiko rwa 1 rw’Abikorinto 6:18 Paulo
3. Paulo atubwira ko turi insengero z’Umwuka
adutegeka guhunga ubusambanyi. Ni muganire
Wera, nicyo gituma tugomba gushimisha Imana
kunzira twacamo mu kwubaha ibyo Paulo atubwira.
imibiri yacu. (imirongo ya 19-20)
IBIBAZO
V.IKINTU CYA KANE CYO KUGENDERAHO:
1.Imana ifata ibyo guhuza ibitsina nk’ibikomeye.
IBYO IMANA IDUSABA BISHINGIYE Yego cyangwa Oya
KUMUDENDEZO HAMWE NO KURINDWA 2.Imana ntabwo yigeze ibuza ubusambanyi haba mu
KWACU Isezerano rya Kera ndetse no mu Isezerano Rishya.
Yego cyangwa Oya.
A. Umudendezo nyakuri tuwusanga 3.Iyo umuntu akoresheje igitsina mu nzira atariyo
mugutandukanya ibyo Imana yaturemeye kuba byo aba acumuye kuri nde?
a) Imana
B.ICYO KUTUYOBORA: Umugozi udufata niwo
b) Twebwe ubwacu
wongera ukaturinda.
c) Uwo twakoranye icyaha
C. Ibyo Imana yashyizeho biraturinda, bikongera d) Nta numwe
bikarinda n’ubuzima bwacu. Umwuka Wera, 4. N’ikihe muri ibi bikurikira kitaricyo mu bintu bine
ubuzima, n’imibiri yacu. by’urufatiro mu byerekeye uguhuza ibitsina?
a) Abantu baremewe gukundwa
IBYO KUGANIRAHO MU MATSINDA
b) Ibintu byaremewe gukoreshwa
1. Ikintu cya mbere ngenderwaho muri kino gice c) Umuntu akwiye guhabwa agaciro kubw’ uwo
gishingiye muri iyi mirongo yo murwandiko rwa ariwe aho kuba kubw’icyo akora.
mbere rw’Abatesalonike 4:1-8. Musome iyi d) Ibitsina n’ikizira mu maso y’Imana.
21
22
22
23
b) Mu mutima wanjye nzi neza ko ndi mubi b) Uko byaba kwose igituma kuganira tuvugisha
ndatunganye ariko ubwibone cyangwa bwanjye ukuri bidashoboka bishobora guterwa nuko mba
ntibunyemerera kubizibukira nshaka kwereka mugenzi wanjye ko ndi umunyakuri
c) Inzika yacu iyo izikurutse yera imbuto zitari nziza UKWIZERA: Ukwizera bisobanuye ko Imana
izamfasha kandi impindure
namba
a) Iki kintu ngenderwaho tugisanga muri 1
UKURI GUKOMEYE: Iyi myifatire itanga uburozi PETERO 3:1-7
hamwe n’urupfu hanyuma igatuma ibyo kuganira i) Dusomye neza ibyandistwe bitujyana
kuby’ubuzima bidakunda. mugusobanukirwa ko Imana ishobora
D. Imyifatire ine y’umutima itanga umugisha guhindura undi muntu
n’ubuzima mu biganiro byacu no mu bukwe ii) Rimwe na rimwe niyo twaba twaganiriye
n’undi muntu ntahindure, Imana ishobora
1. UGUSHAKA: Ugushaka bisobanuye ko mfite
kumuhindura.
ubushake bwo gutega amatwi
iii) Cyangwa hari aho aritwe dukeneye
a) Ibi bikorwa biciye mu magambo yacu n’ukuntu guhinduka.
tuganira n’abantu, mundimi za kavukire.
23
24
b) Igihe undi muntu adasubije nshobora kwizera 5. Ni uwuhe mwifato w’umutima uganisha umuntu
ko Imana izamuhindura. kukubura umutekano?
c) UKURI GUKOMEYE : Imbaraga z’Umwuka a) Ubwibone
Wera zonyine nizo zishobora guhindura kamere
y’umuntu. b)Kwirengera
IBIBAZO
1. Iyi myifatire ine y’umutima izazana imigisha
n’ubuzima mu biganiro byacu no mu rugo. Gushaka,
Gukinguka, kuvuga ukuri no kwizera. Yego
cyangwa Oya
2. KWIHISHA: n’ukugerageza kwirengagiza
ingorane zagombaga kubwirwa abandi. Yego
cyangwa Oya
3. Ni uwuhe mwifato w’umutima uvuga ko
ngerageza gushyira amakosa yanjye kuwundi?
a) Kwisobanura
b) Inzika
c) Kwirengera
d) kwihisha
4. Ni uwuhe mwifato w’umutima utuma umuntu
yirinda kuvuga ati “Ndi mubi”
a)Kwisobanura
b) Kwirengera
c) Inzika
d) Ubwibone
24