You are on page 1of 2

NIYONSHUTI MOISE GISHYITA, ku wa 01UKUBOZA 2023

ID: 1199980113116265

AKARERE KA KARONGI

UMURENGE WA GISHYITA

AKAGARI KA CYANYA

UMUDUGUDU WA GITOVU

TEL; 0782364654/ 0738975358

E-MAIL; moniyonshuti2@gmail.com

UMUSHINGA W’UBWOROZI BW’INKA ZITANGA UMUKAMO NDETSE N’ IFUMBIRE MBORERA


YIFASHISHWA MU BUHINZI BW’URUTOKI N’IBIGORI

1. IMPAMVU Y’UMUSHINGA

Uyu mushinga ugamije iterambere ndetse n’imibereho myiza by’abatuye aho umushinga uzakorerwa mu karere ka
KARONGI, umurenge wa GISHYITA, akagari ka CYANYA mu mudugutu wa GITOVU ndetse n’abanyarwanda bose
muri rusange. Ni mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no kwiteza imbere nk’urubyiruko aho nakodesheje isambu
n’abaturage imyaka 20 ngamije ubuhinzi bw’urutoki ndetse n’ibinyampeke nk’ibigori n’ibindi. Uyu mushinga kandi
ukomatanyije hamwe ubuhinzi n’ubworozi nk’uko bidazigana kuko byuzuzanya. Biteganyijwe ko kandi uyu
mushinga uzatanga akazi kubantu benshi byibura bagera kuri 18 ya ku buryo buhoraho ndetse na nyakabyizi.

2.UMUSHINGA UTEYE KU BURYO BUKURIKIRA

IBIKENEWE AGACIRO KA KIMWE AGACIRO KA BYOSE


1.IKIBANZA CYO KUBAKAMO IBIRARO Ikibanza kimwe ni 425000frw 425,000frw
BITANU (20m2)
2. IKIRARO: a) ibiti 40 Igiti 1= 5000frw 200,000frw
b) amabuye fuso 3 Fuso 1=60,000frw 180,000frw
c) umucanga fuso2 Fuso 1=80frw 160,000frw
d) sima 10 Sima 1= 13000frw 130,000frw
e) amabati 50 Ibati 1= 8,000frw 400,000frw
f) imisumari ibiro 32 Ikiro 1= 2500frw 80,000frw
g) imbaho (za kubaka uburiro) 14 Urubaho1=2800frw 36,400frw
H) IBIKORWA REMEZO BY’amazi AMATIYO, ROBINE, IKIGEGA, N’IBINDI 800,000RWF
N’IBINDI
I) INKA ZIZAGURWA(GERSY) INYANA IMWE =500,000RWF INYANA 5=2,500,000RWF
3. IBYO KURYA: INKA 1 Inka 5:♦ zigenerwa 5700frw ku munsi. mu mezi 28 ni 4,788,000rwf
ITEGANYIRIJWE IBIRO 110kg ku ♦ mu kwezi ni 171000frw.
munsi.
Ukwezi kumwe ni ibiro 3300kg
Mu mezi 28 ni 92400kg

4.ABAKOZI: UYU MUSHINGA 1. umukozi umwe azajya ahembwa ibihumbi abakozi babiri=30,000frw
UTEGANYIJWE Ko UZAKORAMO 15,000frw ku kwezi.
a) ABAKOZI 2 KU BURYO BUHORAHO 2.umukozi wa nyakabyizi azajya ahembwa abakozi 3=33,000frw mu
1500frw ku munsi. kwezi
b) NDETSE NABAGERA KURI 3 BA b)abakozi bazahembwa
NYAKABYIZI. c.Umukozi umwe =20,000frw mu kwezi. milioni 2,604,000 mu mezi 28.
c) ibyo kurya BY’UMUkozi C)umukozi 1mu mezi28=
560,000rwf

5. UBWISHINGIZI BW’ AMATUNGO Inka imwe yishingirwa y’ibihumbi 16,000frw. Inka 5 zishingirwa ibihumbi
Inka 5= 80,000rwf 240,000frw mu myaka 3

6. umuvuzi wemewe na leta Umushahara ku kwezi: 13,000RWF UMUSHAHARA W’AMEZI 23:


(veterinary) 2,990,000RWF
UMUBUMBE WA BYOSE
(IGITERANYO) 11,784,200 FRW
3. URUHARE RWA NYIR’ UMUSHINGA

IBIKENEWE AGACIRO KA BYOSE


IKIBANZA 425,000FRW
UMURIMA N’UBWATSI 1,476,500FRW
IGIHEMBO N’IBYO KURYA BY’ABAKOZI 2,520,000FRW
UMUBUMBE(IGITERANYO) 4,421,500FRW
4. INGUZANYO ISABWA

INGUZANYO ISABWA INGANA NA MILLIONI ZIRINDWI N’IBIHUMBI MAGANA ATATU NA MIRONGO ITANDATU NA
BIBIRI NA MAGANA ARINDWI (7,362,700RWF)

Biteganyijwe ko uyu mushinga w’ubworozi bw’inka zitanga umukamo uzatangira gutanga umusaruro nyuma
y’imyaka 2 n’amezi 4(umusaruro w’amata) ungana na litiro mirongo itanu(50) ku munsi. Mbere yaho zizaba zitanga
umusaruro w’ifumbire. Biteganyijwe ko umusaruro uzajya uboneka ku buryo bukurikira:
UBWOKO BW’UMUSARURO IGICIRO CYA KIMWE IGICIRO CYA BYOSE
1.IFUMBIRE FUSO 1 Y’IFUMBIRE= 34,500FRW FUSO 3 MU KWEZI=103,500FRW
2.AMATA LITIRO 1 =400FRW LITIRO 50=20,000FRW KU MUNSI
LITORO 1,350=540,000FRW MU KWEZI

Uyu mushinga ugamije kwihangira umurimo, kwiteza imbere no guteza imbere urubyiruko bagenzi banjye binyuze
mu gutanga akazi ku bakozi batandukanye.

ICYITONDERWA: MU RWEGO RWO KWIMAKAZA IMIBEREHO MYIZA NO KURWANYA IGWINGIRA MU BANA


N’ABATUYE HAFI Y’AHO UMUSHINGA UZAKORERWA KIMWE CYA GATANU (1/5) CYU’UMUSARURO W’UYU
MUSHINGA(AMATA) KIZAJYA GITANGWA MU NGO MBONEZAMIKURIRE ZIRI MU MUDUGUDU UMUSHINGA
UHEREREYEMO.

Tubashimiye ubufatanye mukomeje kutugaragariza mu guteaza imbere abanyarwanda by’umwihariko urubyiruko.


Mugire amahoro.

NIYONSHUTI Moise

You might also like