You are on page 1of 3

NIYONSHUTI MOISE GISHYITA, kuwa 01UGUSHYINGO 2023

ID: 1199980113116265

AKARERE KA KARONGI

UMURENGE WA GISHYITA

AKAGARI KA CYANYA

UMUDUGUDU WA GITOVU

TEL; 0782364654/ 0738975358

E-MAIL; moniyonshuti2@gmail.com

UMUSHINGA W’UBWOROZI BW’INKA ZITANGA UMUKAMO NDETSE N’ IFUMBIRE MBORERA

YIFASHISHWA MU BUHINZI BW’URUTOKI N’IBIGORI

1. IMPAMVU Y’UMUSHINGA

Uyu mushinga ugamije iterambere ndetse n’imibereho myiza by’abatuye aho umushinga uzakorewa mu
karere ka KARONGI, umurenge wa GISHYITA, akagari ka CYANYA mu mudugutu wa GITOVU ndetse
n’abanyarwanda bose muri rusange. Ni mu rwego rwo kwishakamo ibisubizo no kwiteza imbere
nk’urubyiruko aho nakodesheje isambu n’abaturage imyaka 20 ngamije ubuhinzi bw’urutoki ndetse
n’ibinyampeke nk’ibigori n’ibindi. Uyu mushinga kandi ukomatanyije hamwe ubuhinzi n’ubworozi nk’uko
bidazigana kuko byuzuzanya. Biteganyijwe ko kandi uyu mushinga uzatanga akazi kubantu benshi
byibura bagera kuri 18 ya ku buryo buhoraho ndetse na nyakabyizi.

2.UMUSHINGA UTEYE KU BURYO BUKURIKIRA

IBIKENEWE AGACIRO KA KIMWE AGACIRO KA BYOSE


1.IKIBANZA CYO KUBAKAMO Ikibanza kimwe ni 425000frw 425,000frw
IBIRARO BITANU (20m2)
2. IKIRARO: a) ibiti 40 Igiti 1= 5000frw 200,000frw
b) amabuye fuso 3 Fuso 1=60,000frw 180,000frw
c) umucanga fuso2 Fuso 1=80frw 160,000frw
d) sima 12 Sima 1= 13000frw 156,000frw
e) amabati 50 Ibati 1= 1,000frw 500,000frw
f) imisumari ibiro 32 Ikiro 1= 2500frw 80,000frw
g) imbaho (za kubaka uburiro) Urubaho1=2800frw 36,400frw
13
3. IBYO KURYA: INKA 1 Inka 5: zigenerwa hagati Hagati ya 6,132,000frw na
ITEGANYIRIJWE HAGATI y’ibihumbi 7300frw na 8200frw 6,888,000frw mu mezi 28
Y’IBIRO 150kg NA 200kg ku ku munsi nukuvuga mu kwezi ni
munsi. hagati ya 219,000frw na
Ukwezi kumwe ni ibiro hagati 246000frw.
ya 4500kg na 6000kg
Mu mezi 28 ni hagati y’ibiro
126000kg na 168000kg
4.ABAKOZI: UYU MUSHINGA 1. umukozi umwe azajya abakozi batatu=120,000frw
UTEGANYIJWE KO ahembwa ibihumbi 4,0000frw
UZAKORAMO ku kwezi. abakozi 15=9,000frw mu
a) ABAKOZI 3 KU BURYO 2.umukowa nyakabyizi azajya kwezi
BUHORAHO ahembwa 2,000frw ku munsi.
b) NDETSE NABAGERA abakozi bazahembwa
KURI 15 BA NYAKABYIZI. Umukozi umwe =30,000frw mu milioni 5,880,000 mu mezi
c) ibyo kurya by’abakozi kwezi. 28.
Abakozi 3=90,000frw mu
kwezi.
Bingana na milioni
2,520,000frw.
5. UBWISHINGIZI BW’ Inka imwe yishingirwa hagati Inka 5 zishingirwa hagati
AMATUNGO y’ibihumbi 120,000frw na y’ibihumbi 600,000frw na
210,000frw. 1,050,000frw mu mwaka

MU MYAKA 2N’AMEZI 4
UBWISHINGIZIBUNGANA;
2,450,000FRW.
6. umuvuzi wemewe na leta Umushahara ku kwezi: UMUSHAHARA W’AMEZI 23:
(veterinary) 170000RWF 3,910,000RWF
UMUBUMBE WA BYOSE
(IGITERANYO) 21,117,400FRW

3. URUHARE RWA NYIR’ UMUSHINGA

IBIKENEWE AGACIRO KA BYOSE


IKIBANZA 425,000FRW
UMURIMA NUBWATSI 3,476,500FRW
IGIHEMBO N’IBYO KURYA 2,520,000FRW
BY’ABAKOZI
UMUBUMBE(IGITERANYO) 6,421,500FRW

Biteganyijwe ko uyu mushinga w’ubworozi bw’inka zitanga umukamo uzatangira gutanga umusaruro
nyuma y’imyaka 2 n’amezi 4(umusaruro w’amata) ungana na litiro mirongo itanu(50) ku munsi. Mbere
yaho zizaba zitanga umusaruro w’ifumbire. Biteganyijwe ko umusaruro uzajya uboneka ku buryo
bukurikira:

UBWOKO BW’UMUSARURO IGICIRO CYA KIMWE IGICIRO CYA BYOSE


1.IFUMBIRE FUSO 1 Y’IFUMBIRE= FUSO 3 MU
34,500FRW KWEZI=103,500FRW
2.AMATA LITIRO 1 =400FRW LITIRO 50=20,000FRW KU
MUNSI
LITORO 1,500=450,000FRW MU
KWEZI

Uyu mushinga ugamije kwihangira umurimo, kwiteza imbere no gutezimbere urubyiruko bagenzi banjye
binyuze mu gutanga akazi ku bakozi batandukanye.

ICYITONDERWA: MU RWEGO RWO KWIMAKAZA IMIBEREHO MYIZA NO KURWANYA IGWINGIRA MU


BANA N’ABATUYE HAFI Y’AHO UMUSHINGA UZABERA KIMWE CYA GATANU (1/5) CYU’UMUSARURO
W’UYU MUSHINGA(AMATA) KIZAJYA GITANGA MU NGO MBONEZAMIKURIRE ZIRI MU MUDUGUDU
UMUSHINGA UHEREREYEMO.

Tubashimiye ubufatanye mukomeje kutugaragariza mu guteaza imbere abanyarwanda by’umwihariko


urubyiruko. Mugire amaho

NIYONSHUTI Moise

You might also like