You are on page 1of 12

Kumaramaza Kwiyegurira

Yesu
Intambwe ya 2
1. Akamaro ko kubaho ubuzima
bwiyeguriye Imana
Intego y’Isomo 2. Ibintu bine bigize kwiyeguria Imana
A. Gusabana n’Imana bidufasha kubugabunga
ubuzima bwacu bwo mu mwuka

I. Akamaro ko kubaho B. Gusabana n’Imana biduha icyerekezo


ubuzima bwiyeguriye C. Gusabana n’Imana byagura ubucuti hagati
Imana yacu n’Imana
D. Gusabana n’Imana biduha imbaraga
II. Ibintu bine bigize
kwiyeguria Imana

A. Shaka ahantu wo kwiherera


B. Iga ijambo ry’Imana ushingiye ku
kumenya Imana
Kwiga Bibiliya Wihugiraho

Ikibazo – Nigute iri jambo ryamfasha mu kibazo cyanjye nonaha?



Njyewe – Mbese iri jambo ririkuvuga iki kukibazo cyanjye?

Imana – Niki iri jambo ririmo kunyigisha ku Mana , Umwana Wayo, Yesu Kristo
Kwiga Bibiliya uhanze Imana Amaso

Imana – Mbese iri jambo ririmo kunyigisha iki ku Mana, Umwana


Wayo, Yesu Kristo?

Njyewe – Mbese niki iki cyanditswe kirimo kunyigisha?

Ikibazo/ Circumstances – Nigute iri jambo narikoresha mu kibazo cyanjye?
Uko ndushaho gusobanukirwa
Imana iyo ari yo, niko
nzarushaho gusobanukirwa uwo
ndiwe, icyo naremewe. Niko
ndushaho gusobanukirwa uwo
ndiwe, nzarushaho
gusobanukirwa uburyo bwo
kubaho mw’isi (n’ibibazo
byanjye ) Imana yemeye ko
nyuramo.
II. Ibintu bine
bigize
kwiyeguria
Imana C. Kwitoza Gusenga
Kugirana ikiganiro n’Imana cyangwa kuvugana
n’Imana tukayibwira ibibazo byacu. Nuko
bimera, isengesho nukubaka umubano wo
kwizera Data udukunda.
II. Ibintu bine
bigize kwiyeguria
Imana
C. Isengesho:
- Kuramya
- Kwihana
- Gushima
- Kwinginga
II. Ibintu bine
bigize
kwiyeguria
Imana
C. Ubwoko bw’amasengesho:
- Magufi,
- Maremare na,
- Ubuzima busenga Imana
II. Ibintu bine
bigize kwiyeguria
Imana
D. Andika Ibyo Imana yagukoreye

You might also like