Professional Documents
Culture Documents
Imbaraga
Imbaraga
YUMUCYO WIMANA
mu bihe binyuranye
Ijambo ryibanze
Basomyi
dukunda
kandi
twifuriza
kumenya
ibyImana
no
kubisobanukirwa bihagije, bitewe nuko iyi si yacu irimo urujijo rwo kutabasha
gutandukanya ibyImana, ibyabantu nibya Satani, byagiye bituma ibihe byose
isi iba mu mwijima wibyiyobokamana, bikagaragarira mu mikorere no mu
mico yabantu.
Mu rugamba Imana ihanganyemo na Satani rumaze ku myaka igera ku
bihumbi bitandatu, yakomeje guhishurira mwene muntu urufatiro rwingoma
yijuru, ari rwo , gukiranuka namahoro.
Ni cyo gituma yagiye ihagurutsa abatwaramucyo mu bihe binyuranye,
ikabaha ubutumwa bwo gutamurura umwijima wigihe barimo, uterwa
nibinyoma, ibyaha nubujiji, byazanywe nuburiganya bwa Satani.
Iyi nyandiko izagufasha kureba uko abatwaramucyo bibihe byose bagiye
bakura abandi mu bujiji no mu byaha, ngo ubone uko usobanukirwa
umugambi nyawo wImana muri iki gihe, kugira ngo nawe ube umwe mu
bazakura isi mu mwijima no mu buhakanyi, imbuto zumucyo ari ingeso nziza
zose no gukiranuka nukuri (Abefeso 5:9)
NOWA
Icyaha kimaze gukura, kwica amategeko yImana ni rusange, ubugome
buragwiriye, ibirori birimo kurya no kunywa birenze urugero, byahindutse ibya
buri munsi bitewe no kudamarara, ibyo byose byahagurukije irari ryumubiri,
bikongeza
ubusambanyi,
ubwicanyi
namakwe
atagira
gahunda,
nubunyangamugayo, nibindi bibi byuburyo butandukanye.
Imana ihagurutsa Nowa umukiranutsi ngo amurikire isi, ngo ibone akaga
kayirindiriye namahirwe isigaranye. Yereka abisi iherezo ryayo, abararikira
kubaka inkuge izaba ubuhungiro bwabo, ngo babone uko bakira umujinya
wImana. Inkuge iri hafi kuzura, ni bwo abacurabwenge bahinyuye imiburo ya
Nowa, maze batera mu bantu urujijo no gushidikanya ubutumwa bwe.
Yahagaze ashikamye hagati yabanyabwenge bahakana umwuzure
bakoresheje ubushakashatsi bwabo, nabakobanyi barengeraga ibyo
babogamiyemo, nimbaga yabantu basengaga Imana bageretseho ibyabo,
bituma iyobokamana riba kwishushanya nubukiranutsi bwinyuma gusa.
Uwiteka abona yuko ingeso zabantu zari mbi cyane mu isi, kandi ko
kwibwira kose imitima yabo itekereza ari kubi gusa iteka ryose Imana ibwira
Nowa iti Iherezo ryabafite umubiri bose rije mu maso yanjye, kuko isi yuzuye
urugomo ku bwabo, dore nzabarimburana nisi Uwiteka abwira Nowa ati
Injirana mu nkuge nabo mu nzu yawe mwese, kuko ari wowe nabonye
ukiranuka mu maso yanjye muri iki gihe. (Itangiriro 6:5, 13; 7:1)
...kandi ubwo itababariye isi ya kera, ahubwo ikarokorana Nowa
2
Kwiyumvamo
uburemere
bwo
gukiza
imitima,
gukorera
abandi
utabashakaho inyungu, ni byo byari intego nyamukuru yintumwa za Yesu
Umwiryane mu bavandimwe
Kugambanirana kwinshuti
bimaze
11
12
15