You are on page 1of 25

IBIRANGA UMUYOBOZI MWIZA

INTRODUCTION

Ubuyobozi bwose buberaho


kurinda, kwerekeza,
abayoborwa; no gukumira
no gukemura ibibazo igihe
bivutse.
Cont.
• Umuyobozi wese ushobora kugera
ku ntego ikibazo cyose akibonamo
ibikoresho yifashisha (available
resources): ifeza, ibikoresho
by’ibanze (raw materials),
technology, ariko cyane cyane
abantu.
Cont.

Umuyobozi ugira iyerekwa ni


ushobora gutahura hakiri kare
ikibazo kigoye abo ayobora,
mur’ako kanya agashobora
gusobanukirwa ibyiringiro byabo,
ubwoba bafite, ndetse n’ikintu
kibagora.
IJISHO RY’UMUYOBOZI
• Umuyobozi mwiza w’ibya Mwuka
agira amaso 3:
1. Ijisho rya Yetiro
2. Ijisho rya Dawidi
3. Ijisho rya Barinaba
Iyerekwa Rya Yetiro
• Yetiro yitegereje ibyo Mose akora, yahereyeko
amenya inama akwiriye kumugira.
• Umuyobozi mwiza ntabwo areba ibintu nk’uko
abandi bose babireba, ahubwo ageza kure
cyane akarabukwa iherezo ry’ibitagenda neza,
akabona guteganya ibikwiye gutunganywa.
• Dore ibyo umuyobozi wese akwiriye kuba
yitegereza:
Imiterere y’ikibazo
• Umuyobozi mwiza amenya
imiterere y’ikibazo akamenya
n’uko kingana (size).
• Yetiro yitegereje Mose umunsi
wose umwe, aherako abona
akaga kari imbere ye.
Imiterere y’ikibazo

Ntabwo abayobozi bose


batebuka kubona ibisubizo
by’ibibazo nka Yetiro, ariko
bashobora nibura bakwiye
kubona ko ikibazo gikeneye
kwitabwaho.
Icyerekezo
• Umuyobozi mwiza ahera kubyo
abona akaba ashobora
gusobanukirwa uko ibintu bizaba
bimeze mu bihe biri imbere.
• Exodus 18:18
Icyerekezo
Yetiro yamenye neza ko niba
Mose adashoboye
guhindura uburyo acira
abantu imanza atazabura
gucikana intege nabo.
Ibikoresho

• Abayobozi bafite iyerekwa


bamenya gushaka ibikoresho byo
kubafasha kugera ku ntego.
• Nta kintu bapfusha ubusa, ahubwo
bakora uko bashoboye kose ngo
bagere ku ntego.
Ibikoresho

Yetiro yashoboye kurondora ibyo


Abisirayeli bagombaga kwifashisha:
a) Umutima wa Mose
b) Ishyanga ryose
c) Amahirwe y’Imana
Cont.
• Mose yagombaga gushaka inama z’
Uwiteka
• Akigisha abantu amategeko y’Uwiteka
• Kandi agatoza abantu gusaranganya
inshingano.
 Gahunda ya Yetiro yakoreshaga buri
kintu cyose cy’agaciro Abisirayeli
baribafite.
Ishyanga ryose
• Kumenya abantu ni ikintu cy’ingenzi ku
muyobozi ugomba kugira iyerekwa.
• Ubuyobozi ntabwo bushingira ku
mwanya,ahubwo ni ku bushobozi (ability).
Yetiro yamenye neza ko hariho abashobora
kuyobora 1000,100,50,10.
• Abo rero bagombaga gushyirwa mu nshingano.
IJISHO RYA YETIRO
• Umuyobozi mwiza wese arimenya we
ubwe. Amenya ibyo ashoboye,
ibimunanira, ndetse n’ibyo afitemo
umuhamagaro.
• Ntabwo Yetiro yashoboye kumenya gusa
ikibazo cy’ubuyobozi bwa Mose, ahubwo
yanasobanukiwe ko we ubwe (Yetiro)
atari we ukwiriye kuri iyo nshingano.
IJISHO RYA YETIRO

• Byatumye rero ashobora


guteganyiriza Mose,
amugira inama y’icyo
akwiriye gukora kuko ari we
wabihamagariwe.
Cont.
• Umuyobozi usobanukiwe uzamumenyera
ku buryo ashobora gutahura ikibazo
hakiri kare kandi agahita ateganya
igisubizo atazuyaje.
a. Nehemiya ni urugero rwiza, igihe
yamenyaga icyo akwiye gukora ngo
asane Yerusalemu. Nehemiya 2:17-18
Cont’

a. Yosefu ni urundi rugero,


yahishuye inzozi za Farawo,
kandi anateganya uburyo bwo
guhunika ngo Egiputa
izarokoke inzara. Itangiriro
41:33-36
II. IJISHO RYA DAWIDI
• 1 Samweli 17:19-58
1. Dawidi ntabwo yabonye Goliyati nk’uko
abandi bamubonaga. Abandi bamubonaga
nk’igihangange kitaneshwa; naho Dawidi
we akamubona nk’umuntu munini cyane ku
buryo atagombaga kumuhusha.
2. Dawidi yakoresheje intwaro (ibikoresho)
yarazi neza ko zigomba kumufasha kunesha.
Yarazi neza ko Imana ariyo imuneshereza
umubisha.
Cont.
• Umuyobozi mwiza amenya ibikoresho
(resources) bikwiranye n’intego afite agomba
kugeraho.
• Mbese dukoresha dute intwaro dufite mu bya
Mwuka? Nikangahe tubona ko Ibyanditswe
byera hamwe n’izindi nyandiko zose bidufasha
mu mibereho yacu ya buri munsi?
• Abonye ko atamenyereye kurwanisha intwaro
z’umwami yikomereza izo asanganywe
(umuhumetso n’amabuye).
III. IJISHO RYA BARINABA
• Ibyakozwe 11: 25-26
Barinaba yabonye muri Pawulo
umubwiriza ukomeye wajyaga
kugeza ubutumwa ku
banyamahanga.
Cont’

• Ibyakozwe 15:37- 41
Barinaba yahisemo
gukomezanya urugendo na
Yohana Mariko nubwo mbere
hose yari yarasigiriye Pawulo
(Acts 13:13)
Cont.
• Umuyobozi mwiza ntabwo abona abantu
nk’uko bari kur’ubu; ahubwo ababonamo icyo
bazashobora kuba cyo mu gihe kizaza.
• Mbese ni kangahe duha amahirwe abandi
bizera ngo nabo babashe kugerageza impano
zabo mur’uyu murimo. Dore ko burya
impano/italanto yose idakoreshejwe ntabwo
iba ipfushijwe ubusa gusa, ahubwo ihindukira
nyirayo umutwaro adashobora kwinavaho.
Conclusion

• Ni kangahe ukomeza ibyo


wamenye kdi wemera kabone
nubwo abandi bose baba
bahisemo
kubireka/kubivamo?
Byateguwe na

Pastor Kamanzi vincent

You might also like