You are on page 1of 1

136

AHO AZANYOBORA HOSE


1. Yavukiye muri Zayire kandi arahakurira
2. Yari umwana 7/10 kandi yabanaga na babyara be n’abandi bo mu muryango
3. Umuntu ¼ aba mu bukene bukabije
4. Yifuzaga kuzaba umuganga ngo agabanye abantu bahirwana no kutagira system y’ubuzima
ihamye
5. Yababazwaga no kubona abantu bapfa kubera kubura inzego z’ubuzima zihamye
6. God put a dream in his heart. One day, somehow, someway, he would return to make things
better. But how could that be possible? He was just one small boy.
7. Yasabye ibirenze *"God, help me to help my people. God, give me a way to bring this dream to
pass."
8. Imana yasubije mu buryo butangaje!Kubera ko yari umuhanga wakeka ko yabaye umuganga
koko
9. Imana yatumye aba muremure cyane kugeza aho Papa we yamusabye kureka football agakina
basket
10. Yagiye kwiga ubuganga muri Georgetown University –Yifuza kwiga ubuganga ngo azasohoze ibyo
yarotaga
11. Umutoza John Tompson yamusabye kugerageza basket ball
12. Yabaye umudefender mwiza muri NBA,yahawe ibihembo Byinshi
13. N’ubwo atabaye umuganga ariko icyo Imana yashyize mu mutima ntiyakiretse
14. Ubwo maman we yapfaga mu 1997 igitekerezo cye cyagize imbaraga cyane nyuma y’imyaka 10
afungura ivuriro na reseach center ( $29 million, 300-bed hospital) yitiriwe Maman we BIAMBA
Marie Mutombo
15. Yahuye n’ibigeragozo ariko yarabitsinze
Ni nde waba wamumenye?
16. Luka 5:1-8
 Bari baraye bakora akazi gakomeye nyamara bari babuze icyo bafata!
 Bari inararibonye mu kazi ariko ntacyo bwari bwabamariye
 Bari batsindiwe aho bizizeraga
4. Arangije kuvuga abwira Simoni ati “Igira imuhengeri, mujugunye inshundura murobe.”5.Simoni
aramusubiza ati “Databuja, twakesheje ijoro dukora cyane, nyamara nta cyo twafashe. Ariko
kuko ubivuze reka nzijugunye.”
6.Babikoze bafata ifi nyinshi cyane, ndetse inshundura zabo zenda gucika.7.Barembuza
bagenzi babo bari mu bundi bwato ngo baze babatabare, baraza buzuza amato yombi bituma
yenda kurengerwa.8. Simoni Petero ngo abibone atyo yikubita imbere ya Yesu ati “Va aho
ndi Databuja, kuko ndi umunyabyaha!”
Ubusazi bw’Imana
 Yesu ntiyari amenyereye amazi
 Icyo yabasabye cyari gisekeje!Kuroba ku mwanya!
 Bakoze igikomeye:icyo Yesu yababwiye baragikoze kandi umusaruro warenze uwo bibwiraga!
 Aho Yesu ari ni ho hari umugisha
 Indoto zawe zaba impamo gusa uzihaye Yesu

You might also like