Professional Documents
Culture Documents
Gukora Akarima K'igikoni, Kurwanya Udukoko Twangiza Ibihingwa
Gukora Akarima K'igikoni, Kurwanya Udukoko Twangiza Ibihingwa
PRESENTED BY :
Ir HAKIZIMANA Francois Xavier
Agronome w’Umurenge wa Nyamata
INTANGIRIRO
Imirire myiza ni ishingiro ry’Ubuzima bwa buri wese, kandi igira uruhare runini mugufasha
igihugu kugera ku ntego z’ikinyagihumbi(SDGs) zigamije iterambere no kurwanya ubukene.
Imirire mibi ni ikibazo gihangayikishije mu Rwanda kuko abantu badafite ibyo kurya
bihagije kandi bikungahaye kuntungamubiri bituma bibasirwa n’indwara n’ubukene .
Imirire mibi ituma abana bagwingira ntibashobore gukura , ntibagire imbaraga zo gukora,
bakadindira mu mikurire y’Ubwenge ndetse bakagira ingaruka mu mibanire n’abandi .
Hagamijwe kongera Umusaruro w’ibihingwa bikungahaye ku ntungamubiri zitandukanye,
Umurima w’igikoni ni bumwe mu buryo bwizewe bufasha gukemura iki kibazo cy’imirire mibi
mu muryango.
IBIKUBIYE MU ISOMO
• I. UMURIMA W’IGIKONI N’IKI?
• 1.1. Kuki dukeneye umurima w’igikoni • 2.2. indwara z’ibihingwa
• 1.3 Umurima w’igikoni ukorwa ute? Nibiki a. Amako y’indwara
bisabwa kugirango ukore umurima w’igikoni.
b. Uburyo bukomatanyije bwo
1.4. Ubwoko bw’imirima y’igikoni
kurwanya indwara
1.5 Guhumbika no gutera ingemwe
1.6. Uko umurima w’igikoni witabwaho c. Uburyo bwo gukora umuti
1.7. kwita kubutaka bwo mumurima w’igikoni
udwanya indwara n’ibyonyi
byangiza ibihingwa ukozwe
mubikoresho kamere
• II. UKO WARWANYA IBYONYI
N’INDWARA Z’IBIHINGWA III. Nigute abagize umuryango
• 2.1. Ibyonyi bagufasha gukora umurima w’igikoni
a. ubwoko bw’ibyonyi no kuwitaho
b. uburyo bwo gukumira ibyonyi
c. uburyo bwo kurwanya ibyonyi IV. Umusozo
I. UMURIMA W’IGIKON NIKI?
• Umurima w’igikoni ni ahantu hahingwa
imboga n’ibindi hingwa bikungahaye ku
ntungamubiri (ibiti byera imbuto
ziribwa, ibijumba bikungahaye kuri
Vitamini A, ibishyimbo bikungahaye ku
munyu wa Feri…) byunganira gutunga
abagize umuryango mu kubona ibiribwa
bibafasha kubona indyo yuzuye.
Ihinga rya mbere Ihinga rya kabiri Ihinga rya gatatu Ihinga rya kane
(inshuro ya mbere)
Ushobora kurwanya ibyatsi bibi, ibyonnyi ➢ Ubu buryo bukoreshwa ku mboga zihingwa
n’indwara. inshuro nyinshi mu mwaka. Utera ku matariki
atandukanye. Ubu buryo butuma ukomeza
Uhinga imboga n’imbuto by’amoko kweza imboga.
anyuranye ugendeye ku ngano y’umurima
wawe, bifasha umuryango kubona indyo
yuzuye.
2. UBUTAKA
4. Umurima Ujya kubuso buto Ukenera amazi Umara umwaka Utanga umusaruro
w’igikoni umeze ahabonetse hose menshi ,ushobora utubutse
nk’umutemeri murugo cyangwa gutwarwa n’isuri iyo
hafi yaho.ntusaba imvura ibaye
ibikoresho nyinshi. igice
byinshi,wongera cyohejuru ntigifata
ubutaka amazi
buhingwa ,kandi
urera cyane.
UBWOKO BW’IMIRIMA Y’IGIKONI N’UMWIHARIKO WA BURI MURIMA(suite)
Ubwoko Ibyiza Imbogamizi Kuramba Umusaruro
bw’Umurima
• 2.1. ibyonyi
Ibyonyi ni udusimba duto twororoka vuba kandi twangiza imyaka kuko
turya ibihingwa (inda,uduhunduguru,imungu,inanda,nkongwa…)ndetse
n’inyoni,imbeba n’amatungo yo murugo.
Ingaruka z’ibyonyi
Ibyonyi bituma umusaruro ugabanyuka cyangwa ukabura kuko birya ibice
by’igihingwa harimo n’imbuto ndetse bikanyunyuza amatembagihingwa
bigatuma igihingwa kidakura neza ndetse kikaba cyakuma
a. UBWOKO BW’IBYONYI
1.Isazi z’ibishyimbo
2.Uduhunduguru
3.Tiripusi(thrips)
4.Imungu
5. Nkongwa
6. Iminyorogoto cyangwa udushorobwa
7. Ibivumvuri
8. Ibinyamushongo
Ikitonderwa:
Udusimba twose ntiturya ibimera hari uturya utundi bityo tukagira uruhare mu kurwanya
ibyonyi.
b. UBURYO BWO GUKUMIRA IBYONYI
• Hari ibintu wakora ugakumira ibyonyi bitaraba ikibazo mu murima
wawe
- Imihingire myiza
-gusimburanya ibihingwa mu murima
-kuvana ibisigazwa by’imboga byose mu murima
- Gutera ibihingwa by’amoko atandukanye
- Hari ibihingwa bigira akamaro ibindi bihinze mu murima umwe
- Tera imboga zidapfa kwibasirwa n’ibyonyi
- Jya wita kumurima wawe ( kuwufumbira,kuvomerera
imyaka,kubagara,kwicira n’ibindi)
c. UBURYO BWO KURWANYA IBYONYI
Ibikoresho :
• Ibyatsi ,nyiramunukanabi
• Urusenda(piripiri cyangwa kamurari )
• Tungurusumu,inyabarasanya
• Igikakarubamba
Ibindi
• Amazi ,isafuriya,inkwi….
Uko umuti utegurwa
• Gufata imisogwe y’urusenda,amababi ya nyiramunukanabi,ibijumba
by’ubutunguru,amababi y’inyabarasanyi,igikakarubamba(igice icyaricyo cyose)
ushobora no kongeramo amababi y’igiti cya Nimu(neem)
• Kubivanga no kubicagagura(kubikata), kubiteka mu mazi mugihe cy’iminota 15
kugera kuri 20: bafata ikiro kimwe cy’imvange y’ibyatsi bagashyiramo amazi
litiro 4
• Kubikamuramo amazi ukayungurura: gutereka amazi arimo isabune
bashyiramo garama nk’icumi(10g) zisabune imeza(itaro omo cyangwa isabune
yo koga) mumazi ya litiro imwe
• Isabune ituma iyo uteye umuti kubihingwa ufataho ukamara umwanya
• Gufungura umuti ya mazi arimo isabune mbere yo kuwutera kubihingwa : litiro
imwe y’umuti ivangwa n’amazi ya litiro imwe irimo isabune
III. NIGUTE ABAGIZE UMURYANGO WAWE BAGUFASHA
MUGUKORA UMURIMA W’IGIKONI NO KUWITAHO?
Murakoze