You are on page 1of 2

UKO IKIGUZI CY’UBWISHINGIZI BW’INKA KIBARWA REPUBULIKA Y’U RWANDA

KUMENYEKANISHA INKA YAPFUYE


AGACIRO K'INKA IKIGUZI AYISHYRWA AYISHYURWA
MBUMBE (4.5%) N'UMWOROZI (60%) NA LETA (40%)
Igihe itungo ryafashe ubwishingizi ripfuye,umworozi yihuti-
ra ako kanya kubimenyesha ikigo cy’ubwishingizi cyabumu- 100,000 4,500 2,700 1,800
haye na Veterineri w’umurenge. 200,000 9,000 5,400 3,600 MINISITERI Y’UBUHINZI N’UBWOROZI (MINAGRI)
Umworozi ashobora guhamagara kuri numero ya MINAGRI 300,000 13,500 8,100 5,400
(4127) bakamufasha. 400,000 18,000 10,800 7,200
Abaveterineri babi�itiye ububasha bapima amatugu yapfuye 500,000 22,500 13,500 9,000
bakareba icyayishe,bagakora raporo. 600,000 27,000 16,200 10,800
Bashyikiriza ikigo cy’ubwishingizi raporo y’ikishe itungo 700,000 31,500 18,900 12,600
ihere kejwe. n’izindi nyandiko zahawe umworozi igihe 800,000 36,600 21,600 14,400
yafataga ubwishingizi. 900,000 40,500 24,300 16,200
Ikigo cy’ubwishingizi gishingira kuri raporo yakozwe. 1,000,000 45,000 27,000 18,000
n’abaveterineri ,kigafata umwanzuro ukwiye ukamenyash- 1,200,000 54,000 32,400 21,600
wa nyiri 1,500,000 67,500 40,500 27,000
inka mu gihe kitarenze iminsi 15.
UKO IKIGUZI CY’UBWISHINGIZI BW’INGURUBE KIBARWA

AGACIRO IKIGUZI AYISHYURWA AYISHYURWA


IBISABWA UWAFASHE UBWISHINGIZI K'INGURUBE MBUMBE (6%) N'UMWOROZI (60%) NA LETA (40%)

50,000 3,000 1,800 1,200


Uwafashe ubwishingizi agomba kugaburira amatungo ye 70,000 4,200 2,520 1,680
80,000 4,800 2,880 1,920
indyo yuzuye, amazi kuyagirira isuku. Mu bumenyi no mu
100,000 6,000 3,600 2,400
bushobozi bwe agomba gukora ibishoboka byose akayarin-
150,000 9,000 5,400 3,600
da icyazihungabanya.
200,000 12,000 7,200 4,800
Mu gihe itungo rifashwe n’indwara cyangwa rigize impanu-
300,000 18,000 10,800 7,200
ka, umworozi wafashe ubwishingizi agomba kurivuza kuri
400,000 24,000 14,400 9,600
veterineri ubi�itiye ububasha ku mafaranga ye bwite.
Agomba kandi guhita amenyesha uhagarariye Ibiro by’ikigo UKO IKIGUZI CY’UBWISHINGIZI BW’INKOKO KIBARWA
cy’ubwishingizi bimwegereye iby’iyo ndwara
cyangwa impanuka. AGACIRO IKIGUZI AYISHYURWA AYISHYURWA
K'INKOKO MBUMBE (5.5%) N'UMWOROZI (60%) NA LETA (40%)

5,000 275 165 110


GAHUNDA YA LETA Y’UBWISHINGIZI
BW’AMATUNGO
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi
B P : 621 Kigali - Rwanda “Tekana Urishingiwe Muhinzi Mworozi”
www.minagri.gov.rw

@RwandaAgri Ministry of Agriculture and


Animal Resources (MINAGRI)

Hamagara: 4127
Umurongo utishyurwa NZERI 2020
IBIRANGA GAHUNDA YA LETA IKIGERO CY'UBUKURE IGIHE
Y’UBWISHINGIZI BW’AMATUNGO ITUNGO IBYISHINGIRWA IBITISHINGIRWA
IKIGUZI ITUNGO RITANGIRA
UBWISHINGIZI
CY'UBWISHINGIZI GUfatiraho
UBWISHINGIZI BUMARA
Ishyirwa mu bikorwa na MINAGRI, ifatanyije n’ibigo
by’Ubwishingizi. 1) Impanuka(inkuba,ibikomere 1) Uburangare(Kuvuza
Yishingira: Inka, Ingurube,inkoko. byo ku mubiri no munda, itungo nabi, Nyuma y'amezi 3 Ubwishingizi
serwakira, kurumwa kurigaburira ibyateza 4.5% inka ivutse bumara
Igira nkunganire ya Leta ingana na 40 % ku kiguzi cy’ub- INKA
n'inzoka, imyuzure, inkangu), impanuka, ibyuma, umwaka
wishingizi. 2) Ibyorezo amashashi),
umwe
Hakoreshwa uburyo bwizewe mu kubarura amatungo 2) Ubujura
3) Indwara zica ariko
yafashe ubwishingizi. 3) Intambara,
zavuwe inka ntikire,
Uburyo bwo kwishyuza no kwishyura itungo ryapfuye 4) Inka yasabiwe gukurwa mu
buroroshye, kandi hishyurwa agaciro k’Itungo ryari ri�ite bworozi bisabwe n'umuganga 4) Kwica itungo
igihe ryafataga ubwishingizi. w'amatungo ubi�itiye ubigambiriye.
ububasha.
NI UBUHE BWOKO BW’AMATUNG0 5) Izapfuye zibyara
BWISHINGIRWA MURI IYI GAHUNDA?
1) Impanuka(inkuba,ibikomere 1) Uburangare(umwanda,
byo ku mubiri no munda, Kuvuza itungo nabi,
INKA: Inka z’ibyimanyi n’inka z’inzungu
serwakira, ubukonje, kurigaburira ibyateza
INGURUBE: Ingurube z’ibyimanyi, n’ingurube zinzungu Ku Nkoko
kurumwa n'inzoka, imyuzure, impanuka, ibyuma, z'amagi
INKOKO: Inkoko zitera amagi n’inkoko z’inyama inkangu), amashashi), ubwishingizi
5.5% Nyuma y'iminsi 15 bumara
INKOKO 2) Ibyorezo 2) Ubujura inkoko zivutse umwaka umwe
IKIGUZI CY’UBWISHINGIZI 3) Indwara zica ariko zavuwe 3) Intambara Ku Nkoko
N’INKUNGA YA LETA inka ntikire z'Inyama
.
4) Inkoko yasabiwe gukurwa 4) Kwica itungo ubwishingizi
Ikiguzi cy’ubwishingizi kibarwa hashingiwe ku gaciro kari ku ubigambiriye. bumara iminsi
mu bworozi bisabwe 45
isoko ku nka n’ingurube; ku nkoko kangana n’amafaranga n'umuganga w'amatungo
ibihumbi bitanu (5000Frw). ubi�itiye ububasha.
Agaciro k’Inka cyangwa ingurube kari ku isoko kagenwa
kuburyo bwumvikanyweho n’umworozi, veterineri ubi�itiye 1) Impanuka(inkuba,ibikomere 1) Uburangare(Kuvuza
ububasha n’ikigo cy’ubwishingizi. byo ku mubiri no munda, itungo nabi,
serwakira, kurumwa n'inzoka, kurigaburira
Leta yishyurira umworozi nkunganire ingana na 40% ibyateza impanuka,
y’ikiguzi cy’Ubwishingizi,umworozi akiyishyurira 60%
imyuzure, inkangu), ibyuma, amashashi)
by’ikiguzi cy’ubwishingizi. INGURUBE 2) Ibyorezo 2) Ubujura
6% Nyuma y'iminsi 30 Ubwishingizi
3) Indwara zica ariko zavuwe 3) Intambara ingurube ivutse bumara
NINDE UHA UMWOROZI UBWISHINGIZI? umwaka
inka ntizikire
4 ) Ingurube yasabiwe gukurwa umwe
4) Kwica itungo
mu bworozi bisabwe ubigambiriye
Ubwishingizi butangwa n’ibigo by’ubwishingizi bibi�itiye n'umuganga w'amatungo
ububasha byatoranyijwe na MINAGRI ubi�itiye ububasha.
MINAGRI irakurikirana ishyirwa mu bikorwa ry’iyi gahunda 5) Izapfuye zibyara
ifatanyije n’inzego z’ibanzeI

You might also like