You are on page 1of 9

44.

CYANE NDIFUZA
KUBON’UMUKIZA
1.Ibyo nkorankirihw’aho
bizarangirira,
Ubwo kudapfa kuzakura
gupfa,
Nimara gukira
nzabon’umukiza wanjye,
Kand’azab’anyakira
n’ibyishimo.
Gusubiramo
Nzamumenya
nzamumenya ; .

nzahagarar’imbere ye
nkize.Nzamumenya,
nzamumenya,
mbony’inkovu zo
mu biganza bye
2.Nzanezerwa mbony’
uburanga bwe
buhebuje,N’amaso
y’akey’arabagirana ;
Nzajya
musingiza
mpimbawe n’
urukundo rwe,
Ko yambonerej’
aheza mw’ijuru.
Gusubiramo
Nzamumenya
nzamumenya ; .

nzahagarar’imbere ye
nkize.Nzamumenya,
nzamumenya,
mbony’inkovu zo
mu biganza bye
3.Ntabwo mpug’abadusezeyeho
bajya kure,Ubwo
twatandukaniye ku cyambu.
Nitujya mw’ijuru nta
kizadutandukanya,
Cyane ndifuza kubon’Umukiza.
Gusubiramo
Nzamumenya
nzamumenya ; .

nzahagarar’imbere ye
nkize.Nzamumenya,
nzamumenya,
mbony’inkovu zo
mu biganza bye
4.Azanjyana mu
mudugud’utabamw’
ishavu,Ni ho
nzambarir’
imyambaro
yera,Nzaririmbana
n’aber’indirimbo
ya Mose;
Cyane ndifuza
kubon’Umukiza.
Gusubiramo
Nzamumenya
nzamumenya ; .

nzahagarar’imbere ye
nkize.Nzamumenya,
nzamumenya,
mbony’inkovu zo
mu biganza bye

You might also like