You are on page 1of 11

70.

TWESE
TUZAGENZWA DUTE
MU MANZA?
1.Igihe Yes’azakorany’
amoko,
ngw’ahagarar’
imbere ye,
Twese
tuzagenzwa
dute mu manza,
dutumiwe
gutegekwa?
Gusubiramo:
Azahunik’ingano mu bigega,
arik’umuram’azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu
manza z’uwo munsi wo kuzurwa?
2.Nind’
uzumv’Umukiz’a
mubwir’ati:
Ur’umugaragu
mwiza?
Cyangw’uzamarwa
n’ubwob’abwiwe
ngo: Hoshi genda
ndaguciye?
Gusubiramo:
Azahunik’ingano mu bigega,
arik’umuram’azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu
manza z’uwo munsi wo kuzurwa?
3.Azamwenyur’
abonany’abana be,
icyitegererezo
cye,Azabambik’
ibyiza byo mw’
ijuru, ubwo
bamupfukamire.
Gusubiramo:
Azahunik’ingano mu bigega,
arik’umuram’azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu
manza z’uwo munsi wo kuzurwa?
4.Tube maso dutegerez’
Umwami, n’imuri zigumye zake!
Kugira ng’Umukw’ubw’azaz’
asange, tumaze
kumwitegura.
Gusubiramo:
Azahunik’ingano mu bigega,
arik’umuram’azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu
manza z’uwo munsi wo kuzurwa?
5.Tujye dutekerez’
ibyo mw’ijuru.
Urugendo ni
rushira,
Tuzahagarar’
imbere y’Imana,
niba
tutagamburura.
Gusubiramo:
Azahunik’ingano mu bigega,
arik’umuram’azawusesa.
Twese tuzagenzwa dute mu
manza z’uwo munsi wo kuzurwa?

You might also like