Twebwe ubuyobozi bw’isibo ya 10 Intagamburuzwa turemeza ko uyu Kabalinda
Emmanuel mwene Semajeli Simoni na Nyirabahinzi Donatille washakanye na Musabwamana Agripine batuye mu isibo ya 10 iri mumudugudu wa Gakoki- Akagali ka Gatenga -umurenge wa Gatenga-Akarere ka Kicukiro-umugi wa Kigali. Tukaba tumuziho ubunyangamugayo n’ubufatanye bwiza mubikorwa bya Leta.