You are on page 1of 1

Kuwa14/05/2020

Umugi wa Kigali

Akarere ka Kicukiro

Umurenge wa Gatega

Akagali ka Gatenga

Umudugudu wa Gakoki

Isibo ya 10: Intagamburuzwa

Icyemezo kiranga aho utuye

Twebwe ubuyobozi bw’isibo ya 10 Intagamburuzwa turemeza ko uyu Kabalinda


Emmanuel mwene Semajeli Simoni na Nyirabahinzi Donatille washakanye na
Musabwamana Agripine batuye mu isibo ya 10 iri mumudugudu wa Gakoki-
Akagali ka Gatenga -umurenge wa Gatenga-Akarere ka Kicukiro-umugi wa Kigali.
Tukaba tumuziho ubunyangamugayo n’ubufatanye bwiza mubikorwa bya Leta.

Ubuyobozi bw’isibo ya 10: Intagamburuzwa

Mukansanga Esther…………………………………………….

Hakizimana Innocent………………………………………

Umuyobozi w’umudugudu wa Gakoki…………………………..

Ubuyobozi bw’akagali ka Gatenga……………………………………

You might also like