Professional Documents
Culture Documents
Hunga Irari Rya Gisore! - Agakiza - Ubutumwa Bwiza
Hunga Irari Rya Gisore! - Agakiza - Ubutumwa Bwiza
Kwamamaza
+23°C Kigali
Kwamamaza
Kwamamaza
Ubundi umuntu ni inyamaswa ifite indangagaciro.
Ijambo irari rikomoka mu nshinga kurarikira (kwifuza)
Mu muntu habamo kamere ihora irarikira. Kwamamaza
Agakiza.org
Ubundi iri rari riba mu bapagani batazi Imana soma @agakiz… · May 28, 2018
4 24
urupfu”(Yakobo.1:15) kuko ibihembo by’ibyaha ari urupfu ( Abaroma 6:23)
Kumenyera icyaha ni nko kwiyororera intare ikiri nto yamara gukura ikazakwirira.
Kuber’iki tugomba guhunga irari rya gisore ?nuko hari akaga ridutera.
Bitewe no kurarikira ibikomeye abasore barimo kugera mu gihe cyo gushaka bakishyira
mumyenda batazikuramo, kugira ngo nabo bazakore ubukwe bumeze cangwa buruta ubwo
batashye,abandi bagatira ibikoresho byo munzu nyuma yamezi 2 banyirabyo bakaza
kwishyuza ibyabo…akenshi ingo zigasenyuka kuko nta kuri kwabonetsemo mu ntango.
Bitewe no kubura amikoro hari ubwo abayobozi bamwe batemera gushyingira abasore
Abakobwa nti bakibaza Imana bareba ku bintu gusa ariko ijambo ry’Imana muri
(Yakobo4:4)”…ubucuti bw’iby’isi butera kwangwa n’ Imana”
2) UBUHENEBERE :
Urubyiruko rwaterwaga inyota yo gushaka bitewe n’ubukwe bwiza ariko ubu byahinduye
isura,
Bitewe n’icyuho(vide spirituelle) abana b’iki gihe bakurana, babaye nka wa mwana w’ikirara
ntibubaha ababyeyi babo abandi bata imiryango yabo.
iyizajya imusohokana
iyizajya imukopeza bari ku ishuri
iyo yabeshye baririmbana
iyo muri cartier
na shugadady izajya imujyana nk’igisenyi,telephon…
Urubyiruko rwinshi binjiye muri uyu mwuka …bigatera bamwe kugira urukundo ariko rudafite
urufatiro.
Abandi bikabatera gutegura amakado nta bushobozi
Umufaransa yaravuze ngo “mbwira uwo mubana ndakubwira uwo uri we”
(Imigani.22:24-25) ”Ntugacudike n’umunyamujinya ,kandi ntukagendane n’umunyaburakari
,kugirango utigana ingeso ze ,zikabera ubugingo bwawe umutego”
Mubasengere
Mubabwirize
Muberere imbuto ,ariko ntimwifatanye nabo.
Umunsi umwe umukobwa yabwiye Mwalimu Etienne ngo”mwalimu ngiye murindi dini undi ati
kuki ati kwishakirayo umugabo mwalimu ati wabuze abasore mu itorero nawe ati:”abasore
b’ADEPR ntakigenda, ntibavuga niza m2u gusa no kukubaza amakuru yuko umeze kuriza
telephone gusa! Sibo unaniwe gutegereza(Yesaya.34:16)”Nimushake mu gitabo cy’Uwiteka
musome,nta na kimwe muribyo kizabura ,ntakigore kizabura ikigabo cyacyo kuko Uwiteka
ariwe ubitegekesha akanwa ke,kandi umwuka we akaba ari we ubiteranije”
Caresses ni ikizira Imana yanga urunuka ,icyaha cya ohola na ohoriba(Ezekiyeri23:1-4) ,naho
mwaba mufitanye umushinga w’ubukwe (aho ndavuga k’umusore n’inkumi bakijijwe).nabagira
inama yo gutegereza igihe cyo kubana kigeze.
(Matayo.5:27- 30) ”Mwumvise ko byavuzwe ngo ntugasambane.jyeweho ndababwira yuko
umuntu wese ureba umugore akamwifuza ,aba amaze gusambana na we mu mutima we.Ijisho
ryawe ry’iburyo nirigushuka,uri nogore urite kure.Ibyiza ni uko wapfa ijisho rimwe,biruta ko
umubiri wawe wose wajugunywa muri Gehinomu.N’ikiganza cyawe cy’iburyo
nikikugusha,ugice ugite kure.Ibyiza ni uko wabura urugingo rwawe rumwe,biruta ko umubiri
wawe wose wajugunywa muri Gehinomu.”
5) KUDAKORA:
Le8/12 kuri Radio bahoze bavuga ko abantu 65% bakiri urubyiruko hanyuma abasigaye bose
bakaba 35% .
Hari abahora bagendana imfunguzo zidafite aho zikora n’izibice ngo bagaragaze ko hari ibyo
bakora,abandi bagacunga aho bahishije bakababera abashyitsi.
(2Abates3:10-12) ”kuko iki ari cyo twabategetse tukiri kumwe namwe,ngo umuntu wese
wanga gukora ntarye.Twumvise yuko hariho bamwe bo muri mwe bagenda bica
gahunda,batagira icyo bakora ahubwo bakaba ba kazitereyemo.Nuko rero abameze batyo
turabategeka tubihanangiririza mu Mwami Yesu Kristo,gukorana ituza ngo babone uko barya
ibyokurya byabo ubwabo.”
Ubu hari ikintu cyateye murubyiruko ; benshi barashaka kuba abahanzi kandi bamwe Atari
n’umuhamagaro ahubwo ari ugushaka imibereho;kuko no kubahagurutsa ngo baze bakubaza
niba hari agatege,nuko kangana.
1) KWIZERA:
(1Yohana5:4,5) ”kuko icyabyawe n’Imana cyose kinesha iby’isi,kandi uku niko kunesha
kwanesheje iby’isi,ni ukwizera kwacu.”
2) IBYIRINGIRO :
(Yobu 19:25 )”Ariko nziyuko umucunguzi wanjye ariho kandi ko amaherezo azahagarara ku isi”
3) URUKUNDO :
(Yohana 14:21b)”…,Kandi unkunda azakundwa na Data,nanjye nza mukunda mwiyereke.”
(Rom.5:5 )”Bene ibyo byiringiro ntibikoza isoni,kuko urukundo rw’Imana rwasabye mu mitima
yacu kubw’Umwuka wera twahawe.”
(1Yohana4:21)”Kandi dufite iri tegeko ryavuye kuri yo,ngo ukunda Imana akunde na Mwene
se.”
(Abifilipi2 :15 )« Kugirango mutabaho umugayo cyangwa uburyarya,mube Abana b’Imana
batagira inenge hagati y’abi gihe kigoramye cy’ubugoryi,abo mu bonekeramo nk’amatabaza
mu isi »
a) Ku mubiri :
b) Ku isi :
(Yohana16 :33) « Ibyo mbibabwiriye kugirango mugire amahoro muri jye .mu isi mugira
umubabaro,ariko ni muhumure nanesheje isi »
d) Kuri satani :
(luka10 :17) « Nuko abo mirongo irindwi bagaruka bishima bati”Data buja ,abadayimoni nab o
baratwumvira mu izina ryawe. »Arababwira ati : « Nabonye satani avuye mu ijuru agwa asa
n’umurabyo.Dore mbahaye ubutware bwo kujya mukandagira Inzoka na
sikorupiyo,n’imbaraga z’umwijima zose,kandi nta kintu kizagira icyo kibatwara rwose. »
e) Ku bantu batizera:
“…abahungu bacu bamere nk’ibiti byikuririza n’abakobwa bacu bamere nk’amabuye atatse
inyumba”(Zaburi.144:11).
Mweneso MUGAYEMPORE Pacifique
E-mail:mupacifique2@yahoo.fr
Tel(mob):+250 788 73 10 46
Ibitekerezo (1)
espe
5-01-2012 15:22
Imana uguhe imigisha itagabanyije kubwo kuduhugura cyane kandi ujye udusengere kugirango ijambo
utugaburiye rishinge imizi mu mitima yacu rigumemo ibihe byose. Yesu Kristo akomeze kukwagura .
Tanga igitekerezo
AMAZINA* EMAIL*
Amazina Email
UBUTUMWA
Amategeko n'amabwiriza
Ohereza
arakurikizwa