You are on page 1of 6

afite EMERA UMURIMBO WA KRISTO

mu “IMISOKOREZE”
Ese
ora-

rwa
abu-
uvu, IRIBURIRO
wiri Muvandimwe tunejejwe no kukugezaho iyi nyandiko nto
mu- ikubiyemo inshamake y’ ubutumwa bwatanzwe n’Uhoraho,
o wo ku ngingo injyanye n’imisokoreze, ubwo yaduhaye twe abo
o! » yaremye kubwo kutwifuriza kubaho ubuzima bw’umuneze-
ro iteka ryose.
Kwemera umurimbo wa kristo ari byo kwakira kristo mu
mutima ntibigomba gusigana n’ubuhamya bugaragara inyu-
ma- ma mu myambarire no mu misokoreze... Umubwiriza 7:29.
meza
abi- Ni inshingano ya buri wese kwemera kumvira ubushake
bar- bw’Imana kuri buri ngingo yose yagaragajwe kandi igahi-
ero- shurirwa inyoko muntu. “Ibihishwe ni ibya Yehova Imana
yacu, ariko ibyahishuwe ni ibyacu twe n’abana bacu kugeza
ibihe bitarondoreka, kugira ngo dusohoze amagambo yose
a(u- yo muri aya mategeko.” Gutegeka kwa kwabiri 29:29
eze,
e ko IMPAMVU Y’IYI NYANDIKO
andi 1. Kongera gusangiza abigishwa ba Kristo bose umu-
cyo Bibiliya n’umwuka w’ubuhanuzi bitanga ku ngingo
y’Imisokoreze. Yohana 8:12; Matayo 5:16
2. Gufatanya n’abigishwa ba Kristo gukuraho urwitwazo
ruvuga ko iyi ngingo itumvikana neza bityo bigatuma
abantu bakora ibibabereye byiza, byerekeye iyi ngingo.
Ntabwo turi abacu ngo twigenge, 1 abakorinto 6:19

Kandi n’abagore n’uko. Ndashaka ko Bambara imyambaro


ikwiriye, bakagira isoni birinda, batirimbisha kuboha imi-
satsi, cyangwa izahabu cyangwa imarigarita, cyangwa imy-
enda y’igiciro cyinshi, ahubwo birimbishe imirimo y’ingeso
nziza nkuko bikwiriye abagore bavuga ko bubaha Imana.
1 Tim 2:9-11. Umurimbo wanyu we kuba uwinyuma, uwo
kuboha imisatsi cyangwa uwo kwambara izahabu cyangwa
uwo gukanisha imyenda, ahubwo ube uw’imbere uhishwe
RY mu mutima… 1 Pet 3:3,4.
Page 1
Twize ko i Korinto abagore benshi bashiraga isoni baka- Um
ba inkubaganyi babikomoye cyane cyane ku migenzereze har
y’ubupagani. No muri Efeso niko hameraga naho. Wibuke cya
ko hari ubupagani bwinshi bwo kubahiriza Arutemi. Wi- na.
buke ko mu bitekerezo by’abefeso b’abapagani, Arutemi yari gus
imanakazi. Niwe bitaga Gran Madre Die Dio. Kuko bere- nge
rezaga iyo mana yabo y’ingore (ngo Arutemi y’Abefeso ira- ibuk
komeye ibyakozwe 19:34)
Ni k
Nuko abagore baho bakurikizaho amendeze yo kwigira na y
ibishegabo, bashaka kwirutisha abagabo, bakibonabona, sok
bakifuza kwireherezaho amaso ya rubanda kubwo kwirim- gera
bisha imyambaro y’igiciro cyinshi cyane, no kwitakaho ib- ku
intu by’umurimbo byinshi. Nicyo cyatumye Paulo yandika um
(1Timoteyo 2:9-15). Inzandiko Za Paulo N’amahame Shin- atar
giro Ya Bibiriya P.67,68 ham
nuk
Zirikana ibi: ibi n
1. Isomo rivuga kutirimbisha gukanisha imyenda (kudode-
sha imyenda) 1 Petero 3:3,4 kuko kudodesha ubwabyo gusa Aba
atari ikibazo, iryo somo ry’uzuzwa nirivuga ko hari imyam- wo
baro ikwiye kandi idahenze (igiciro cyinshi) kandi yahamya mu
ko turi abantu (by’umwihariko igitsina gore) bubaha Imana kan
1 Tim 2:9-11 cyane ko: Mode yijimisha ubwenge ikamunga Ikib
iby’umwuka… igihe cyose itandukanye no guhamya Imana. ong
Testemonies vol 1 P.695. tuw

2. Kuboha imisatsi aribyo kudefiriza, plante, imisatsi 1Co


y’imikorano yadutse(Peric), guhindura ukundi ibara kare- let
mano ry’umusatsi wawe, kwiyogoshesha bidakwiye n’ib- for
indi byaduka bituma umusatsi ukoreshwa nk’uburyo bwo let
kwiyerekana bwose budasanzwe cyangwa se butari kare- 1A
mano byose bibuzwa n’ijambo ry’Imana. 1 Tim 2:9-11, 1 Pet yike
3:3,4. Ubu bigezweho cyane mu birabura bashaka imisatsi cya
y’abandi (abazungu, abarabu, abalasita) ngo ni ukujijuka,
nyamara hari ishyano Yesaya 5:21 Mbese nawe waranan- Ziri
iranye nk’aba babagore b’I korinto, sigaho mwenedata! wik
ubw
3. Kwambara zahabu, cyangwa andi mabuye y’agaciro ose
kenshi ku masaha, ibikomo, amashaneke, impeta…uretse
no kuba ibi byambarwa byarabujijwe n’ijambo ry’Imana, “Do
aya masomo atubuza kubikoresha dushaka kugaragara my
ukundi nk’ababagore b’I Korinto twabonye haruguru. him
Page 2
aka- Umwanzuro: Kwambara ibidakwiye nkuko byagarutsweho Mb
reze haruguru: kuboha imisatsi, kwirimbisha amabuye ahenze ari
uke cyane kubwo kwiyerekana byose bibuzwa n’Ijambo ry’Ima- Kum
Wi- na. Kurimba kose kwakorwa mu buryo bwemewe n’Ijuru guk
yari gusa ari uko hari umwambaro wo mu mutima binyuze mu kug
ere- ngeso nziza maze imirimbo y’inyuma ikaza iguhamya. Tuz- yab
ira- ibukire ikibi dukurikize iby’Umwami ashaka. IK
ye
Ni kenshi haboneka inzitwazo nyinshi zo gukora ibyo Ima- “gu
gira na yabujije bati umusatsi urapfuka, simfite umwanya wo gu- ang
ona, sokoza buri munsi, kudefiriza nibyo bisirimutse nuko uwa- bya
im- gerageje udashaka kwiteranya n’abayobozi badakebakeba Za
ib- ku murongo washyizweho n’ibyanditswe byera agakoresha
dika umusatsi w’umukorano usa na karemano(Peric) nyamara ING
hin- atariwo, Nabyo ntibikwiye kuko abantu babasha kubyihis- “Ub
hamo cyane muri gahunda z’idini nyamara bitandukanye si
nuko babyemera mu mutima(kuko iyo zisoje babikuramo), (pa
ibi nabyo ni ukwishushanya bibuzwa n’Ijambo ry’Imana. mu
ode- ang
gusa Abaroma 12:2 Kandi ntimwishushanye n’ab’iki gihe, ahub-
am- wo muhinduke rwose mugize imitima mishya, kugira ngo “Ku
mya mumenye neza ibyo Imana ishaka, ari byo byiza bishimwa yum
ana kandi bitunganye rwose. ra n
nga Ikibazo cyabaye i Korinto Paulo twese yaduhereyemo umur- n’ib
ana. ongo wadufasha iby’imisatsi cyane ku bagore, umwanzuro ish
tuwuhabwa n’ibyanditswe binyuze muri Paulo: but
ras
atsi 1Corinthians 11:6 “For if a woman is not covered, hak
are- let her hair also be cut off. But if it is shameful ibik
n’ib- for a woman to be have her hair cut off or shaved,
bwo let her be covered.” “Im
are- 1 Abakorinto 11 :6 « Niba umugore adatwikiriy ‘umutwe, aro
Pet yikemuze: ariko niba ari ibiteye isoni k’umugore yikemuza kan
atsi cyangwa Yimoza ajy’atwikira umutwe we. » Um
uka, uhe
nan- Zirikana ibi: Kwikemuza umusatsi ni ukuwugabanya, gut- ara
wikira umutwe ni ugutega igitambaro. Pawulo yerekanye
ubwo buryo bubiri abagore bakwiye kugaragara. Ibindi by- “Ib
ciro ose by’ibikorano(artificial) byabujijwe n’ijambo ry’Imana. mu
etse ku
ana, “Dore icyo nabonye gusa ni iki: ni uko Imana yare- shu
gara mye umuntu utunganye, ariko abantu bishakiye ibi- aho
himbano byinshi.” Umubwiriza 7:29 ore
Page 3
eho Mbese ubwoko bwadutse bw’imisokoreze wowe ntubona ko
nze ari ibihimbano by’Abantu kandi biva k’umushukanyi satani?
ma- Kumvira Imana muri ubu buryo bw’imisokoreze bikwiye
uru gukorwa kubwo gusobanukirwa n’umugambi w’Imana wo
mu kugira imimerere karemano kubwo kunyurwa nuko Imana
Tuz- yabishimye kubikugabira.
I Korinto nta mugore wiyubahaga wagendaga adatwikiri-
ye mu mutwe. Kwambara k’umutwe byari ikimenyetso cyo
ma- “gutwarwa n’umugabo” 1Korinto 11:10 mu bapagani, cy-
gu- angwa se kuba yararongowe n’umugabo ati “Sindi Malaya,
wa- byari ikimenyetso cyo kwishimira kurongorwa”. Inzandiko
keba Za Paulo N’amahame Shingiro Ya Bibiriya P.67,68
esha
mara INGARUKA ZO KUBOHA IMISATSI
his- “Ubushyuhe bw’indengakamere butewe n’imisat-
nye si y’imikorano ishyirwa ku mutwe hamwe n’utubano
mo), (pads) duhora dukanaze umutwe, bitera amaraso ageze
. mu bwonko kuvura, maze bigatuma imisatsi wari us-
anganywe icurama. The Health Reformer {HL190.3}.
hub-
ngo “Ku ngaruka y’ubwonko bwaguye nabi urusobe rw’imitsi
mwa yumva kubera kuvura kw’amaraso, bituma impagarike idako-
ra neza ikarwara, bigatera umuntu gusa n’aho atagikabakabwa
mur- n’ibyiza. Bene nk’abo batakaza ubushobozi bwo gush-
uro ishoza butera kumenya ibyera. Ubushyuhe budasanzwe
buterwa n’uko kwihindura ukundi ku mutwe, bituma ama-
raso avurira mu bwonko, maze imisatsi isanzwe igacurama
ed, hakaza uruhara.Nguko uko iby’umwimerere bisimbuzwa
eful ibikorano by’ibihimbano. {RH, October 17, 1871 par. 10}
ed,
“Imisatsi y’imikorano hamwe n’utubano bitwikiriye icyic-
twe, aro gikuru cy’ubwonko bishyushya cyane kandi biga-
muza kangura urusobe rw’imitsi yumva ruhuriye mu bwonko.
Umutwe ugomba guhora uhuhwa n’akayaga. Ubushy-
uhe buterwa n’ibyo bitwikirizo by’ibikorano butera am-
gut- araso kujya mu bwonko ari menshi. –H.R. {HL 185.1}
nye
by- “Ibigezweho by’utubano n’imisatsi iboshye byongerwa ku
a. mutwe, biremerera abagore kandi nta na gito byongera
ku bwiza bwabo, ahubwo bituma umutwe ugira indi
are- shusho. Umusatsi urakururwa ugakanangwa ukerekezwa
ibi- aho utagamije, bikaba ari ikidashoboka ko imitwe y’abag-
ore bakunda ibigezweho itekana. RH, October 17, 1871
Page 4
“Benshi bataye ubwenge, maze bahinduka abasazi bat- Ab
agira ibyiringiro, kubwo gukurikira ibyo bigezweho by- za
angīza. Ariko nyamara imbata z’ibigezweho zizakomeza bur
guhambira imitwe yazo maze bibaviremo indwara ziteye wo
ubwoba no gupfira imburagihe, ibyo kandi ntibigera ku mo
badakunda ibigezweho.” {RH, October 17, 1871 par. 11}
Rek
Mu 1Timoteyo 2 :9,10 na 1Petero 3 :4, ijambo ry’Imana riv- nab
uga ko tudakwiriye kwirimbisha kuboha umusatsi. « Nub- tum
wo hariho amajyambere mu by’isuku ubuvuzi, imbaraga z um
‘umubiri zisubira inyuma bitangaje. Amajyambere twihim- ntiz
bira yongera ububi burwanya ibyaremwe, Ibishyigikirwa sats
nibyo bibi bicogoza umubiri bikananiza ubwenge maze bik- kw
abera abantu umutwaro udaterurwa. Abenshi bica amate- Ren
geko mu bujiji, ariko kandi abenshi cyane ni abayamenya.
ntibayakurikize yose » Rengera ubuzima, vol. I. pp. 54,55. UM
“ig
ABAGABO na,
Kuri iki cy’imisatsi abagabo nabo bakwiriye kuba maso, um
ntibamere nk’abatambyi ba Baali bahoraga bimoje umut- cum
we: Kamere yanyu ubwayo ntibahamiriza yuko umugabo wah
iyo ahirimbije umusatsi umukoza isoni. 1Abakorinto11:14 Vol
« kandi ntibakimoze cyangwa ngo batereke umusatsi bajye
biyogoshesha gusa. » Ezekiel 44 :20. Nu
mu
Zirikana ibi: Uku ni ukuri kuvugwa n’Ijambo ry’Imana kan- imy
di ni aha buri mugenzi wese ujya mu ijuru gushaka uburyo aki
uyu mucyo wajya mu bikorwa kubwo kuyoboka ubushake tug
bw’Imana. Abantu b’igitsinagabo bose bakwiye kwiyogoshe-
sha ariko ntibamareho umusatsi wose. IBI
1.
Abalewi 21:5 “Ntibakiyogosheshe ibiharanjongo” 2.
Ibiharanjongo ni ukuba hamwe hari umusatsi ahandi ntam- 3.
usatsi uhari. ubu ni uburyo bwo kwiyogoshesha buzwi nka 4.
“kwafe”. 5.
Nyamara ntitwareka kuvuga kuri ubu buryo buteje aka- 6.
ga bwadutse bwo kwiyogoshesha akenshi bukomoka mu 7.
by’amamare (abakinnyi, abahanzi, abanyamideli…) aha
naho umukristo agomba kugenzura impamvu imutera ibyo Bya
yigana, mbese tuzemera kwigana abakorera Satani uburyo Icy
bwabo bwo kwiyogoshesha? Aho si ugushaka kugendana Itor
n’igihe, tuva mu byanditswe byera? Imana yaduhaye ub- Inta
wenge dukoresha ngo tuyumvire, dukoze ibishoboka byose. Eas
Page 5
bat- Abandi bakristo bafite uko bakorana n ‘umushukanyi bafite
by- za solon de coiffure cyangwa se bazikoramo zogosha mu
eza buryo bw‘isi izindi zinyereza imisatsi zikanayiboha! Ese
eye wowe mukristo nyiri salon de coiffure cyangwa se uyikora-
ku mo, uko urimbisha abantu Imana irabishima?
11}
Reka umukristo atoranye uburyo bwiza, butarangarirwa
riv- nabamubona kandi bw’ubahisha Imana nk’umubwirizabu-
ub- tumwa. Iki gihe hari inzitwazo nyinshi ngo: mfite imvuvu, IRIB
ga z umusatsi wanjye ni injwiri. Ese mbere hose imvuvu n’injwiri Mu
im- ntizahozeho? None se twazigenzaga dute ko kumoza umu- ikub
rwa satsi bitabagaho? « Intumwa za satani zakajije umurego wo ku n
bik- kwonona ubwenge bw ‘abantu no kwanduza imibiri yabo! » yare
ate- Rengera ubuzima, vol. I.pp.64. ro i
nya. Kwe
55. UMWANZURO mut
“igihe ibyaha biboneka ku mugararagaro mu bantu b’Ima- ma
na, kandi abakozi bayo ntibabyiteho bakagumya gukomeza
aso, umunyabyaha no kumutsindishiriza, bahinduka abanyabi- Ni
mut- cumuro nabo, kandi Imana ntizabishimira; kuko bazabar- bw’
abo waho ibyaha by’umunyabicumuro. Ibihamya by’ Itorero- shu
1:14 Vol.3. p.265-266 yac
ajye ibih
Nubwo uyu ari umuburo ku bayobozi, mbese umwizera(u- yo m
muririmbyi,umubwiriza..) w’ukuri azemera imisokoreze,
an- imyiyogoshereze idakwiye nkuko yavuzwe maze yizere ko IMP
ryo akiri kumwe n’Imana. OYA! Twiyarure,Tugambirire kandi 1.
ake tugire kristo mu mitima yacu azadushoboza. Amen!
he-
IBITABO BYAKORESHEJWE 2.
1. Bibiliya Yera
2. Rengera Ubuzima Vol 1, Ellen G. White
am- 3. The Health Reformer(HR), Ellen G. White
nka 4. Ubutumwa Bwatoranijwe Vol 2, Ellen G. White
5. How to Live(HL), Ellen G. White Kan
ka- 6. Ibihamya by’Itorero, Ellen G. White ikw
mu 7. Review and Helard, Ellen G. White sat
aha end
byo Byakusanijwe k’ubufatanye bwa: nziz
ryo Icyiciro cy’Ivugabutumwa 1T
ana Itorero rya ASA UR Nyarugenge kub
ub- Intara ya ASSA Kigali uwo
ose. East Cental Rwanda Field na SYPE MINISTRY mu
Page 6

You might also like