Professional Documents
Culture Documents
mu “IMISOKOREZE”
Ese
ora-
rwa
abu-
uvu, IRIBURIRO
wiri Muvandimwe tunejejwe no kukugezaho iyi nyandiko nto
mu- ikubiyemo inshamake y’ ubutumwa bwatanzwe n’Uhoraho,
o wo ku ngingo injyanye n’imisokoreze, ubwo yaduhaye twe abo
o! » yaremye kubwo kutwifuriza kubaho ubuzima bw’umuneze-
ro iteka ryose.
Kwemera umurimbo wa kristo ari byo kwakira kristo mu
mutima ntibigomba gusigana n’ubuhamya bugaragara inyu-
ma- ma mu myambarire no mu misokoreze... Umubwiriza 7:29.
meza
abi- Ni inshingano ya buri wese kwemera kumvira ubushake
bar- bw’Imana kuri buri ngingo yose yagaragajwe kandi igahi-
ero- shurirwa inyoko muntu. “Ibihishwe ni ibya Yehova Imana
yacu, ariko ibyahishuwe ni ibyacu twe n’abana bacu kugeza
ibihe bitarondoreka, kugira ngo dusohoze amagambo yose
a(u- yo muri aya mategeko.” Gutegeka kwa kwabiri 29:29
eze,
e ko IMPAMVU Y’IYI NYANDIKO
andi 1. Kongera gusangiza abigishwa ba Kristo bose umu-
cyo Bibiliya n’umwuka w’ubuhanuzi bitanga ku ngingo
y’Imisokoreze. Yohana 8:12; Matayo 5:16
2. Gufatanya n’abigishwa ba Kristo gukuraho urwitwazo
ruvuga ko iyi ngingo itumvikana neza bityo bigatuma
abantu bakora ibibabereye byiza, byerekeye iyi ngingo.
Ntabwo turi abacu ngo twigenge, 1 abakorinto 6:19