You are on page 1of 2

Amasezerano y’akazi

Aya masezerano yo ku itariki ya ……../………/2020 akozwe hagati y’umukoresha witwa……………………..


Ufite nimero y’indangamuntu…………………………..n’umukozi witwa………………………………………...............ufite
nimero y’indangamuntu………………………………...

Ni amasezerano akozwe kandi yemeranyijweho hagati y’impande zombi (umukoresha n’umukozi) ko


umukoresha hari ibyo agomba uwo akoresha kandi umukozi nawe akaba hari ibyo asabwa kubahiriza
byose bijyanye n’amategeko n’amabwiriza agenga akazi ko muri__________ yitwa__________________
ya________________ ufite nimero y’indangamuntu:____________________

I. Umukoresha asabwa ibi bikurikira:

1. umushahara wa buri kwezi ungana na………………..

2. guha umukozi ikiruhuko cy’ umunsi umwe buri minsi irindwi (7) igize icyumweru
3. guha uruhushya umukozi igihe agize ikibazo cy’uburwayi gusa (icyitonderwa: izindi mpushya zitangwa
kubwumvikane bw’umukoresha n’umukoresha.

II. Umukozi asabwa kubahiriza amategeko n’amabwiriza agenga akazi ko muri………………………


ariyo aya akurikira:
1. amasaha y’akazi atangira saa……… za mukotondo, akarangira saa………… za nijoro

2. akazi gakorwa kuva ku wa ………………… kugeza ku wa ……………….. kandi umukozi ntiyemerewe


kukabangikanya n’akandi kazi akariko kose

3. umukozi ntiyemerewe kuva mukazi (muma saha y’akazi) atabiherewe uruhushya n’umukoresha we.
4. umukozi yemerewe gusa uruhushya igihe yarwaye ariko igihe umukozi arengeje iminsi………… ataza
mukazi muri icyo gihe cy’uburwayi bwe, umukoresha yemerewe guhita amuhagarika burundu nta
mperekeza

5. umukozi asabwa gutanga amafaranga buri munsi aba yakoreye yose

6. umukozi asabwa kwerekana rimwe mu cyumweru ibikoresho byose akoresha mu kazi kandi
hakarebwa niba byose bikiri bizima

7. mugihe hari igikoresho cyangiritse kandi bikagaragara ko cyari gifitwe n’umukozi, kigomba guhita
cyishyurwa nuwo mukozi wari ugifite.
8. umukozi ugaragaje imyitwarire mibi mukazi (gushyamirana n’abakozi bagenzi be cyangwa
umukoresha we, ubusinzi, ubujura, ubusambanyi no kutumvira abayobozi b’inzego zibanze) uwo mukozi
agomba guhita asezerwa mukazi nta neguza nta n’imperekeza

9. mugihe bibaye ngombwa ko habaho guhagarika akazi cyangwa kwirukanwa kukazi, umukozi agomba
guhita asubiza ibikoresho byose by’akazi bitarenze iminsi itatu (3)
Icyitonderwa: mugihe habayeho kutumvikana hagati y’umukozi n’umukoresha bikagaragara ko
bitashyizwe muri aya masezerano y’akazi bizakemuka binyuze munzego z’ibanze cyangwa mu nkiko
hakurikije amabwiriza agenga akazi.

______________________________ _________________________________

Signature (umukono) y’umukoresha itariki

______________________________ _________________________________

Signature (umukono) y’umukoresha itariki

You might also like